Wari uzi uko wategura Menu y'icyumweru mu rugo iwawe?

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 25 окт 2024

Комментарии • 72

  • @irakozechanella3653
    @irakozechanella3653 3 года назад +9

    Urakoze imana iguhe umugisha ariko Ube ubivuga muki nyarwanda vyos kubr hari abatumva urundi rurimi abavyumva nkanj bampe lk

  • @dianeuwitonze7203
    @dianeuwitonze7203 6 месяцев назад +2

    Urakoze cyane pe! Uramfashije

  • @jeanclaudedusabe3331
    @jeanclaudedusabe3331 10 месяцев назад +2

    Thanks mam, very good idea for weekly home menu.

  • @fabricefaregs6835
    @fabricefaregs6835 3 года назад +3

    nibyiza kitwigishya ariko urihuta.cyane kuvuga.bimwe bikaducika

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад

      hahahhhh nibyo! Pole basi nzagerageza ndebe ko bikunda kuvuga ntihuta!Ubu se bizakunda; hahahahhhhh

  • @francinegasengayire9980
    @francinegasengayire9980 Год назад +2

    Nibyiza cyane ariko dukeneye session ubikora byadufasha kurushaho

  • @annendayishimiye309
    @annendayishimiye309 2 года назад +2

    Wow!Hari ibintu mbonye duhuje,biranshimishije

  • @irisleonciesinzabakwira3367
    @irisleonciesinzabakwira3367 3 года назад +2

    Byiza cyane reka nkurikire

  • @bizimanachristiane658
    @bizimanachristiane658 3 года назад +3

    Wooow ibi bintu wavuze neza wenda dutandukanyeho gato ariko nanjye niko mbigenza

  • @kantengwagrace5858
    @kantengwagrace5858 3 года назад +3

    Murakoze

  • @jeromengarambe7943
    @jeromengarambe7943 3 года назад +7

    Uzabivuge ubikora,uduhe gahunda,kuwambere dufatanye guteka,kuwakabiri,gutyo gtyo naho ubu harinibyo uvuga ntitubimenye pe.

  • @happyangesk789
    @happyangesk789 3 года назад +1

    Urakoze cyane Doudou

  • @christineiliza716
    @christineiliza716 Год назад

    Merci bcps

  • @landryrukemampunzi8982
    @landryrukemampunzi8982 3 года назад +1

    Iwanyu nta cyayi numugati murya

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  3 года назад

      hahahhhh Landy uhise ubibona!Tuwurya muri week end cg se twawukumbuye kdi nabwo akenshi turya brown bread.

  • @urwagasabo.
    @urwagasabo. Год назад +1

    Haribyo tutumva uvuga Mundial zamahanga. Ukeneye kubitwereka!!

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Год назад

      Murakoze kudukebura, ubutaha tuzajya dushakisha ikinyarwanda nubwo buri gihe bidapfa gukunda.

  • @byukusengeassoumpta5972
    @byukusengeassoumpta5972 3 года назад +1

    Doudu urakoze cyane kudusangiza ibi. Nibyiza.
    Gusa ubanza warumuhanga cyane.
    Mugusobanura usobanura nkaho twese tuzi ibyurikuvuga. Donc ujyewibuka ko inshuti zanyu harimo n'abagarukiye muri primaire gusa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад

      Oh la la..... nibyo se buriya hari ibyo mvuga bikabazimiza. Ariko uko iminsi ishira bizajya bigenda biza, namwe munsobanuze ibyo mutumvishe kuko mba nabishyizeho ngo bifashe abantu babireba. Icyo mutumvishe mujye mumbaza

    • @JoachimBigirimana-oe6hi
      @JoachimBigirimana-oe6hi 5 месяцев назад

      Ndunva murya ni

  • @musabyemariyaappolinarie9510
    @musabyemariyaappolinarie9510 3 года назад +3

    Cyane rwose!

  • @mukabarangajeanne8403
    @mukabarangajeanne8403 Год назад +2

    Ndagukunze ariko nuko uvuga mundi zamahanga gusa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Год назад

      Murakoze Jeanne n'inama turayumvise ariko ni ukuri hari ibintu uburira ikinyarwanda, cyane cyane nu by'imirire. Ngaho mfasha ukuntu navuga brocolli, olive oil, casserole a pression. Tuzajya tugerageza dushakishe ikinyarwanda cyabyo ariko sinkwijeje ko byose twabibona. VU.

  • @turahoamen4506
    @turahoamen4506 3 года назад +1

    Nibyiza pe, Ariko ibishyimbo byaburi umunsi , ahaaaaaaaaaaaaa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад +1

      hahahhhhh, ibishyimbo se!Hewe iwacu rero turabyemera kubi n'abana bidahari bahita babona hari icyahindutse.

  • @niragiresamuel947
    @niragiresamuel947 2 года назад +4

    Ni byiza nabishimye ariko nabonye menu yanyu nta mafi ariho😅ikindi nuko amakaroni na viande haché biraryoha ariko biba digeré difficilement kubirya nijoro sibyiza kuko proteine animale zitinda kuva munda.(amakaŕoni muyafashe nimboga byaba byiza kurushaho. Murakoze j'ai bcp aprecié votre menu.

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад +2

      Merci bcp Samuel. Niyo mpamvu dukunda comments zanyu. Ibyo tubasangiza hano ntab wo ari ihame aba ari ingero z'ibyo dukoresha ariko kungurana inama ni byiza. Ku bijyanye n'amafi ndabizi ni meza, ndetse turanayakoresha gusa abana bacu bayakunda yokeje cg wayatetse muri four. Nyabakorera akenshi mfite umwanya cg se ndi bufate umwanya nkayabagaburira. Iyi menu nakoze ni rumwe mu ngero z'ibyo kurya umuryango wakoresha, ndi hafi no gukora indi na none kuko ntimwahorera imiteja na carotte n'indagara mwabirambirwa, hahahhhhh....

  • @florencekanyana8034
    @florencekanyana8034 3 года назад +1

    Inanasi,epinard,umuneke,amata biraryoha cyane

    • @entrepriselaconfiance3173
      @entrepriselaconfiance3173 3 года назад

      bivanze se? ???

    • @florencekanyana8034
      @florencekanyana8034 3 года назад

      @@entrepriselaconfiance3173 yego ushyira muri brenda ugasya amata 500ml inanasi nyinshi imineke 2 ya glomicheli epinard nkeya

  • @theogenechinwa5816
    @theogenechinwa5816 3 года назад +3

    Dimanche fresh nahitamwo kujya ubugari ni nyama sa sita

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  3 года назад

      Ugahita usinzira rero.

    • @theogenechinwa5816
      @theogenechinwa5816 3 года назад

      @@IjuruRito cyane

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 3 года назад

      Wowe twimereye kimwe burya nanjye ubugari naburya buri gihe. Si na dimanche gusa. Ariko kubera bose batabukunda tubuteka nijoro nta kundi.

  • @magnifiquemunganyinka2868
    @magnifiquemunganyinka2868 3 года назад +2

    Muraho neza wadufasha ukatwereka iyo casserole en presion

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 3 года назад

      Yego nzayibereka vuba cyane

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад

      Magnifique nizere ko video ya casserole a pression wayibonye, narayikoze

  • @dushimimanamartine7534
    @dushimimanamartine7534 Год назад

    Ako ka liste ukanyoherereze nyabu 😂😂

  • @umuhozaassoumpta3031
    @umuhozaassoumpta3031 5 месяцев назад +1

    Haraho wavuze isombe bucyeye bwaho ryagakwiriye kugarukamo kuko isombe iyo umuntu aritetse Riba ariryinshi ntiwariryaho rimwe gusa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  5 месяцев назад

      Hahaha mbega Assoumpta, good comment kabisa. Ako kantu uziko tutagatekerejeho. Ariko hari abarishyira muri firigo. Aho ngaho uhita wiyemerera kunyuranya na plan, ukongera ukarisjyiraho ejo. Bitari ibyo wazarigarura hashize icyumweru 😂😂😂

  • @entrepriselaconfiance3173
    @entrepriselaconfiance3173 3 года назад +2

    Doudu big up
    nonese mbwira :imboga za breakfast uzitegura ute? dusobanurire neza!!!! please

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад

      Imboga za breakfast harya ubwo ni izihe? uravuga izo dushyira muri smoothy se?

  • @urwagasabo.
    @urwagasabo. Год назад

    Basis Jya ubutwereka niba utari uwavukiye Murwanda. Urunyamahanga nirwo Ruborohera.Ndi nkawe navuga ururimi Rumwe. Undi Munsi nkavuga urundi!! Ibyo uvuga Muruzungu Jya ubutwereka kuruta kubivuga!!!!

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Год назад

      Si buri gihe byoroha ariko tuzajya tugerageza. Hari ibintu bitagira amazina mu Kinyarwanda. Yaourt, pate jaune, brocolli,

  • @dusabeange6385
    @dusabeange6385 3 года назад +1

    Sibyiza

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO 3 года назад +1

      To fuel our wholesome, rea/lst/c goals, I'm
      sharing this round up of healthy breakfast I
      smoothies that are packed with all the protei
      fruits, and veggies you need to power your
      day.
      When recipes are as tasty as these, eating
      right is a delight, not a chore.
      If you've ever ventured to the smoothie
      section of my website, then you'll know just
      how much I love healthy smoothies. They
      taste like a treat but have incredible
      nutritional value.

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO 3 года назад +1

      Ni byiza ahubwo cyane. Uzanyandikire nkwigishe uko bazikora. Kereka niba ufite source wabikuyeho nabyo ntacyo wabidusangiza. Urakoze. Doudou.

  • @uwambayesylvie4470
    @uwambayesylvie4470 3 года назад +2

    Puree utitegura gute?

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 3 года назад +1

      Waramutse Sylvie! Puree akenshi y’ibirayi tuyitegura gutya: dutogosa ibirayi mu mazi aringaniye atabirengeye, hanyuma byamara gushya tugakaranga igitunguru mu mavuta noneho tugasuka cya gitunguru mu birayi n’utuvuta duke cyane, si ngombwa ko ayo wakarangishije igitunguru yose uyashyiramo. Ubundi rero ukabicucuma n’umumamiyo bikanoga cyane ku buryo bimera nk’ubugari ukayirya ishyushye inahumura neza. Doudou.

  • @niyonizeyechantal1366
    @niyonizeyechantal1366 3 года назад +1

    Iyo casserole twiyigurirahehe

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад

      Sha iyi nayiguze ku banyamahanga bazigendana muri za offices aba ari set irimo ibintu byinshi.. Ariko hariya mu mugi bacuruza ibyombo wazihabona zitandukanye.

    • @adabahizi4568
      @adabahizi4568 Год назад +1

      Ahubwo wakayitweretse ntitunayizi

  • @kantengwagrace5858
    @kantengwagrace5858 3 года назад +2

    Kubantu se bazindukira mukazi nka sakumi nimwe bakagaruka nimugoroba wabafasha gute gukora menu y'icyumweru?

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  3 года назад +1

      Hello Grace. Inama nakugira ibyiza iyo uzinduka ibintu byinshi ubitegura yaba nimugoroba cg se muri week end. Doudou

  • @umutonialine2439
    @umutonialine2439 3 года назад

    Ese ubwo kurya akawunga cg pate jaune mw'ijuru ni ibyiza.Numvaga ibyiza umuntu yarya ibiryo byoroshye

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  3 года назад

      Hello Aline, akawunga buriya na ko kari mu biryo bitagora umubiri mu igogora. Ahubwo ikintu abahanga mu by'imirire batangaho recommendation ni ukurya ibya nijoro hakiri kare mbere ya saa mbili. Ngira ngo urabizi ko ari ibigori. Ahubwo burya no ku bana bato karemewe ni keza cyane. Merci dear

  • @urwagasabo.
    @urwagasabo. Год назад

    Yivuga Mukinyarwanda tuyimenye

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Год назад

      Hari ibigorana kujya mu kinyarwanda. Tuzajya tugerageza

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Год назад

      Hari ibigorana kujya mu kinyarwanda. Tuzajya tugerageza

  • @SN-wb3gm
    @SN-wb3gm 3 года назад +1

    Wari kutwereka uko babireka rero

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  2 года назад

      Hari igihe tuzajya tubikora mu minsi iza Ishallah

  • @karemerahenriette911
    @karemerahenriette911 3 года назад +1

    Wiriwe neza wabwiye icyo wavuze mufata kuwagatatu kuri break fast

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 3 года назад

      Cornflakes ni zo navuze kuri break fast. Ni ibinyampeke baba bashyizemo ibintu bituma zigira akamaro (fortified cereals) ku buzima. Hari brands zitandukanye nka Kellogs, nka cornflakes yo ni ibigori, babirya mu mata. Niwumva utabyumvishe umbwire nkwereke foto. Watwandikira kuri 0788643708.

  • @dusabeange6385
    @dusabeange6385 3 года назад

    Ikintu kimwe mwokosora imbuto ni mboga ntizihurira kwisahani imwe ndavuga ko utabivanga

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO 3 года назад

      naa a source OI protein
      "Anything that contains a lot of sugar, such as
      smoothies, can make us feel very hungry
      again shortly afterwards", says Medlin,
      because "the sugar is absorbed more quickly"
      than from wholefoods. Adding protein to your
      smoothie helps slow the digestion ofthe
      sugar, so you stay fuller for longer.
      Witherspoon suggests adding nut butter and
      ground flaxseeds to her recipe of spinach,
      lettuce and fruits, and you can add whole nuts
      and seeds, such as chia, a tablespoon of(no-
      added-sugar) yoghurt or oats to any smoothie
      recipe for a protein boost. Dr Rupy Aujla's
      berry banana smoothie includes a milk
      alternative, nut butter, seeds and oats!
      Use an environmentally friendly straw

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO 3 года назад +1

      Mugeni ntabwo wenda nzi source yawe ariko njyewe ibyo ni bimwe mu byo nkuzaniye nasomye kdi smoothie abantu benshi barazizi barazikoresha. Urabona ko aho banagira inama abantu yo kongeramo protein source aho washyiramo nka chia seeds, porici nk'uko tuyita inaha (chia seeds)bakanagira abantu inama yo kuyinywesha umuheha kubera amenyo.Sha smoothie ni nziza rwose ahubwo nzabigisha ubwoko butandukanye bwazo mfite igitabo. Wakoze ku bwunganizi uduhaye. Blessings

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO 3 года назад

      Ni Doudou

    • @dusabeange6385
      @dusabeange6385 3 года назад

      @@VirgileUZABUMUGABO ok ubwo buri muntu yaja abakora uko abizi ariko nye nzi ko kubivanga atari byiza

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 3 года назад

      Uzakore research urebe ntacyo bitwaye aho kubyanga gutyo gusa. Ubishatse naguha links zo kubisomaho. Thanks

  • @jeromengarambe7943
    @jeromengarambe7943 3 года назад +4

    Uzabivuge ubikora,uduhe gahunda,kuwambere dufatanye guteka,kuwakabiri,gutyo gtyo naho ubu harinibyo uvuga ntitubimenye pe.

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 3 года назад

      Hahahhhh yego ndaje mbyirukemo. Ubwo ni session zo guteka. Nzashaka akanya