UBUHANUZI BUTEYE UBWOBA😭INZIRA UMAZE GUPFA ACAMO😭ITANGAZO RYANYUMA UMUNTU UGIYE GUPFA ABANZA GUSOMA💔

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 19 окт 2024
  • #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
    Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
    USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
    Email:beulahministry2012@gmail.com

Комментарии • 217

  • @nkeramugabapascaline3865
    @nkeramugabapascaline3865 4 месяца назад +16

    Yesu nashimwe! ngize ikibazo kubijyanye no gutuka umwuka wera! mbese ko hadutse abahanuzi bibinyoma benshi, harigihe uhura numuntu ukamushidikanyaho, mbese gushidikanya kumuntu urimo umwuka wera wibaza niba koko arimo umwuka wera, nibyo bita gutuka umwuka wera, mutuvane murujijo dusobanukirwe neza

    • @mwalimuzawadi
      @mwalimuzawadi 4 месяца назад +2

      Nonono
      Gutuka umwuka wera ni ukwanga ubutumwa bwiza ngo uhindurwe nabwo .
      Ijambo ry'Imana rivugako "uwo mwuka w'ukuri naza azatsinda ab'i si abemeze iby'ibyaha,..."
      Bityo iyo wanze kwemerera no kumvira umwuka uba uciriweho iteka.

    • @gasasiragaetan996
      @gasasiragaetan996 4 месяца назад

      @@mwalimuzawadi
      ukurikije icyanditswe uko kibivuga ngo Yesu yari amaze gukiza abantu indwara zikomeye rero ntiyabwirizaga nge nàkumva ko yarebye akabona barapinga (baratukisha ibyo bazi neza cyane ko na Pahuro yabigarutseho ko abamaze kuwusogongeraho bakabivamo kwihana bidakunda) nahubundi umuntu ashobora kwanga kumwakira none ariko ejo akisubiraho naho ibindi ni nko gukumira imbangukiragutabara kdi Uzi neza ko itwaye umurwayi w'indembe ibura gato igahwera

    • @NadineMuteteli
      @NadineMuteteli 4 месяца назад

      Yavuzeko kwatuza akanwa kawe ukavugango runaka akoresha imyuka y abadayimoni, utabihishuriwe n Imana ariho uba umututse, nkuko Yesu bavuze ko ar umwami w abadayimoni berizeburi, gushidikanya ko ntago uba utunze umuntu urutoki NGO umusebye mubandi

    • @IradukundaChantal-p5u
      @IradukundaChantal-p5u 4 месяца назад +1

      Oya gutuka Umwuka wera ni ukwanga kwihana ugapfana icyaha kuko utuka IMANA azababarirwa kuko azihana gutuka Umwuka wera rero ni ukutihana ukarinda upfa

  • @BLF-yo1jf
    @BLF-yo1jf 4 месяца назад +5

    Amavuta amavuta mukozi w'Imana. Hashimwe Imana yaguhaye ijambo,ndakwibuka i Nyaruguru (A D P R Rugerero )ni Mama Mugisha warutuye mu Rwishywa (ubu ntuye i Huye),nakubonye ndashima cyaneeeee, wabaye umugabo disi!! wo guhamya Yesu .Imana niduhane umugisha.

  • @uwumukizamarieleatitia8818
    @uwumukizamarieleatitia8818 4 месяца назад +6

    Nta dini ritazavamo umugeni kuko mu ijuru ntamadini azabayo ahubwo buri wese wizera KO yesu kristo ari inzira yukuri nubugingo kandi agakora ibyo gukiranuka wese azabona ubugingo buhoraho,buri wese imirimo ye izapimwa

    • @BwirayesuEmeline
      @BwirayesuEmeline 24 дня назад

      Yesu yavuzeko mugomba kubyarwa uwakabiri mumazi meshi

  • @annuarittenyirabaributsa6758
    @annuarittenyirabaributsa6758 4 месяца назад +4

    Ngize ikibazo niba menye ko nkoze icyaha nkihana nkasaba Imana imbabazi nkareka kugikora ukundi sicyature kuko ntabonye uwo naturita simbabarirwa ?urgero: ntuhura nuwo waturita kuko abo ubana nabo badakijijwe kdi utajya no gusenga umwaka 1 cg 2 utajya mwiteraniro cg ngo uhure numukozi w'Imana kohari ibyaha wibagirwa cyane ko uba utakibikora ubwo mpfuye najya gihenomu mumfashe murakoze

  • @furahamucumashyinge4784
    @furahamucumashyinge4784 4 месяца назад +2

    Urakoze Imana iguhe umugisha Muhanuzi w’ Imana ubu buhanuzi burigihataho cyane muriyi minsi bwazabariyeri?? Ubaye uwagatatu Imana irimo kutuburira bihagije? Uwiteka amabrire kuko ndumunyabyaha naho ndageze nihana weee????😭😭😭😭😭😭😭

  • @gasagasajeanne6756
    @gasagasajeanne6756 4 месяца назад +2

    Imana Idutabare ndumva bitoroshye pe. Gusa jyewe sinjya mpiga imihigo kdi numva nizera ko Uwiteka anyumva cyane ntumvise ijwi ntarose nta buhanuzi.
    Arko icyo gutuka Umwuka wera mfiteho ikibazo kuko ubu amadini yo nayavuyemo pe. Nkurikiye Imana igaburo ryera ndarifata vuba aha. Nzajya ndifata jyewe mu rugo i mahanga iby'amadini byo birababaje cyane. 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭.

    • @tuyirinde3755
      @tuyirinde3755 4 месяца назад

      Imanayo nyine niyoyogutabara

  • @mugiranezafeolonie7801
    @mugiranezafeolonie7801 4 месяца назад +1

    Mwakoze mwembi turasobanukiwe Imana ibahe umugisha mwinshi cyaneee.Mukomeze mudutegurire n'ibindi dukeneye gusobanukirwa

  • @jeaninekamikazi8751
    @jeaninekamikazi8751 4 месяца назад +1

    Yesu Christo Ushimwe cane Uradukuuunda Urakoze kubitumenyesha kugirango twikosore ntituze tuje gihonomu.

  • @sibomanapascal6114
    @sibomanapascal6114 4 месяца назад +4

    Imana ishimwe cyane ariko uvuze ko uzapfa nabyaha afite yaranizeye yarasoje gukiranuka kose ariko atarakira umwuka wera ese kuki uwo mwuka atamuzaho Kandi nacyaha afite?? ikindi umwuka ntamuntu uwiha umuhabwa nayesu none nigute umuntu yamenya ko yamuhawe? nziko umwuka atwemeza ibyaha knd ubatijwe ntakore nibyaha aba awufite ariko atarakura mumwuka aricy abapfa nibenshi bataramuhabwa ubundi niki cyerekana ko wamuhawe cyangwa utamuhawe? ubwo sinumva uko kumuhabwa uko ariko mwatubwira kuko nziko niba ukora ibyo gukiranuka byose wirinda icyaha harumwuka Uba ubikubuza urimuriwowe ubwo bivuze kumuntu aba awufite ahubwo habaho gukura mumwuka mudusobanurire ibyaribyo tuwushak .

    • @ingabiregrace2320
      @ingabiregrace2320 4 месяца назад

      Ntago wareka kuzura mwuka wera udafite icyaha arizana mwuka wera avuga nkekako atari uguhanura cq kujya mu mwuka

  • @gasamunyiganoel551
    @gasamunyiganoel551 3 месяца назад

    Wa Musore we weretswe n'abadayimoni peee!! Winginge Umwami wacu Yesu kristo aguhishurire gukizwa n'ubuntu kubwo Kwizera!! Kandi uzige gutsindishirizwa n'ubuntu bw'Imana kubwo Kwizera. !! Ubu buhanuzi buvuguruza umurimo Yesu yakoreye i Golgotha!! Uyu ni umwuka urwanya Yesu ,ni amayoberane ya Satani. Mwitonde cyane

  • @beckythehustler2981
    @beckythehustler2981 4 месяца назад +6

    Byinshi DAmien avuga nibyo ariko harimo udukeregeshwa Ameze nkawamugabo winkiko mirongo irindwi na zingahe😢

  • @NasengeFrorance
    @NasengeFrorance 3 месяца назад

    Ubwo rero bivuze ngo abantu bose duhinduke abadeperi pamphi aha rwose udusobanurire naza pe cyangwa muzatubatize

  • @NyiranzirikiJeannedarc
    @NyiranzirikiJeannedarc 4 месяца назад +2

    Aho nanjye ngize icyo mvuga ese umuntu yahanura yarangiza agasambanya abo ahanuriye cg agahita ahanura avuye gusambana kd ubizi neza ko ari umusambanyi ubwo uvuzeko akoreshwa nabazimu waba ukoze icyaha kd yesu yavuzeko abahanuzi tuzabamenyera kumbuto zabo ndakurahiye ngewe umaze guhanura warangiza ukanzaho imitwe abe ubusambanyi cg inda nini yubujura ngufata nkinzererezi yasatani

  • @DedithNimbona
    @DedithNimbona 4 месяца назад +1

    Komera Pamphile,beulah tuyikundira ibibazo ubaza kuk utajanirana n'a cane cane ukabaza ibikenew bikaduha gutahura.

  • @ugiriwabomarieclaire9502
    @ugiriwabomarieclaire9502 4 месяца назад +3

    Imana ibahe umugisha.Uwiteka adushoboze tuzasoze amahoro!

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 4 месяца назад +2

    Yesu niwe Mana nzima.gutuka umwuka wera ni ukwanga kwizera yesu Kandi barabwirijwe.

  • @nyiramanaclementine1338
    @nyiramanaclementine1338 4 месяца назад +3

    Pamphile ndagukunda again 💓 uzana abakozi b'imana babanyamasengesho rwse

  • @ShemaAlphonse-d8t
    @ShemaAlphonse-d8t 4 месяца назад +2

    Murakoze gusa biteye ubwoba ndumva nkwiye kwisuzuma inzira iracyari inzitane

  • @ChristineKanzayire
    @ChristineKanzayire 4 месяца назад

    Murakoze w'lmana UWITEKA abahe umugisha Kandi abakomeze.mudushyirireho na bariyeri zikurikiyeho.murakoze

  • @MukeshimanaAline-lf9to
    @MukeshimanaAline-lf9to 4 месяца назад +1

    Nanjye kwambaza bikiramariya simbyemera hariho ubutatubwera aribwo imana ,umwana,numwukawera baribwomwambaza.

  • @UwingabireChantal-kf6ix
    @UwingabireChantal-kf6ix 4 месяца назад +1

    Pamphile ngize ikibazo kubatizwa mumwuka wera bisobanuye kuvuga indimi ese niryari umuntu yamenyako yabatijwe mumwuka wera?

  • @SBT_24
    @SBT_24 4 месяца назад +3

    Rom 5:18
    [18]Nuko rero, ubwo igicumuro cy'umuntu umwe cyateye ko abantu bose bacirwa ho iteka, ni na ko icyo gukiranuka cyakozwe n'umuntu umwe cyahesheje abantu bose gutsindishirizwa, bagahabwa ubugingo.

  • @ngogajeandedieu6640
    @ngogajeandedieu6640 4 месяца назад +3

    Murakoze Beula kubwuyumuntu. Gusa muzamumbarize gutya: haraho yavuze ko Umwana uri munsi yimyaka 8 numunsi umwe aba atarabarwaho ibyaha bitewe nuko ataramenya gutandukanya ikibi nikiza Nagize ikibazo Mbese umuntu aba umunyabyaha kuko yakoze icyaha? Ese witwa umunyabyaha mugihe wakoze icyaha uzi gutandukanya ikibi nikiza? Cyangwa Umuntu wese avuka ari umunyabyaha? Njyewe nasomye Bible nsanga Ijambo ry'Imana rivuga ko umuntu avuka ari umunyabyaha(Zab 51:7
    [7]Dore naremanywe gukiranirwa,Mu byaha ni mo mama yambyariye.) Muzadusobanurire. Kuko dukurikije iyi Zaburi umuntu aba umunyabyaha kuva avutse ntabawe kuva kumyaka 8... Murakoze

  • @solangemukafeza9085
    @solangemukafeza9085 4 месяца назад

    Wabuze ibyo umara wogere ujye munmwuka neza naho ubundi urambabaje Imanabikubabarire kuko utazi icyo uvuga ukeneye gusenga no kwihana

  • @jeanneuwanyiligira1609
    @jeanneuwanyiligira1609 4 месяца назад +2

    Akabazo k'amatsiko :
    Ko Yohana Umubatiza yavuze ko we abatiza mu mazi ko ariko uzaza nyuma ye ( Kristo ) azabatiza mu Mwuka Wera ?
    Kristo ko yaje ubwo umubatizo wo mu mazi uracyari ngombwa ?
    Cyane ko hari n'abantu babatizwa mu Mwuka mbere yo kubatizwa mu mazi menshi !
    Ntegereje icyo muzansubiza
    Murakoze !

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw 4 месяца назад

      Yego uwo mubatizo uringombwa kuko yesu we yaravuzengo(( soma yohana 3:5))

  • @jeanneuwanyiligira1609
    @jeanneuwanyiligira1609 4 месяца назад +1

    Ibyo kuba watuka umuntu urimo Mwuka Wera cg ukamupinga ntaho bihuriye no gutuka Mwuka Wera rwose.
    Ubwo se uwihakanye Kristo cg akamutuka we yaba akoze iki ?

  • @irakozeadeline5840
    @irakozeadeline5840 4 месяца назад +1

    Murakoze !!
    2) Ibyo bibazo Malayika abaza, aba abiyobewe? Aba se ari ukugira ngo nyir'ubwite abisabire imbabazi?
    2) Kwizera Yesu Kristo ni iki?(Yohani 3 :16)
    3) Uzahorwa Kristo ibindi atabyujuje, yabona ubugingo?(Ijuru)
    4) Igihe Yesu yihinduraga ukundi, Eliya na Mose bari bavuye muri paradizo?
    5) Munsobanurire Matayo 25: 32-46
    6) Ni henshi Bibliya itugaragariza uko Yesu yakizaga ibyaha atabisabwe naba nyirabyo, ni uko se yari atarapfa ngo azuke??
    Muzihangane munsubize.

  • @BertinSikubwabo
    @BertinSikubwabo 4 месяца назад

    Ese ijambo ry'impfabusa ni uguhiga ntuhigure ni cyo bivuga ?

  • @NyangeziSabenniene
    @NyangeziSabenniene 4 месяца назад

    Muzadusobanurire cyane kuricyo cyogutuka mwukawera ese bitandukaniyehe nokutizera Ibyo umuhanuzi ahanuye shobora kubona ntambuto afite nkabipinga nubwo ntabimubwira cg nkaba nabiganiriza abandi shaka kumenya ukuri ibyo nkunda kubikora kuberako abantu beshi bavugako Imana Ibatumye akeshi bakaba bayobya beshi Imana idufashe dusobanucyirwe tumenye uko tujyenda

  • @josephndayisaba9971
    @josephndayisaba9971 4 месяца назад

    Nonese ko uvugango buri muntu mu Itorero abe uwejejwe muriryo waba uri muri catholic ukezwa Ute bigisha kwiyambaza bikira Mariya nabatagatifu wakwezwa Ute tujye tuvuga ibintu mumazina yabyo ntabwo wakizwa uri muri catholic cyangwa Islam ntibishoboka. Njye nahozemo menye ukuri kwijambo ry'Imana mbonako ndahantu ntagomba kuba mvamo. Tubwize abantu ukuri kwijambo ry'Imana kuzuye. Murakoze.

    • @m.joseenyiraburanga5523
      @m.joseenyiraburanga5523 3 месяца назад

      Itorero ni abakijijwe neza(kureka ibyaha byose kubwo kwizera Yesu, ukizera n'inyigisho zima) kdi bakora imirimo myiza muri Kristo kubwo ku mwizera.
      Umunyetorero ,ahora yiyeza, arwana inyambara nziza.
      Ugendeye kuri ubu busobanuro, buri uhita wumva ko hari abanyamadini batari mu itorero.
      (Kuko bigisha ubuyobe kdi bagoretse ukuru, kuko bizera inyigisho bibiliya itigisha, imihango bibiliya iziririza:aba n'iyo baretse ibyaha bigaragara mu buzima busanzwe, ntibajya mu ijuru kuko bagoretse ukuri kw'ijambo ry'Imana)

  • @MuremyiGonzalve-gd8pu
    @MuremyiGonzalve-gd8pu 4 месяца назад

    Imana ibahe imigisha mutuzanira abantu bumumaro kd Imana ihabwe icyubahiro ko itugezaho ubwiru bw'Ijuru

  • @frcosmastheobaldmutabazi4728
    @frcosmastheobaldmutabazi4728 4 месяца назад +5

    Biteye n'isoni kuba watinyutse kuvuga ngo abakatolika bazarimbuka.

    • @LaurentTV
      @LaurentTV 4 месяца назад

      wumva nabi aliko. ntabwo yavuze ko abagatolika bazarimbuka yavuze abunamira ibishushanyo nabasoma amashapure

    • @twisunganetv6983
      @twisunganetv6983 3 месяца назад

      Nonese nibatihana ntibazarimbuka abantu basenga ibishushanyo bose?

  • @mukantambaraliberathe-li4wp
    @mukantambaraliberathe-li4wp 4 месяца назад

    Yesu nashimwe ahohantu ho kubatizwa mumwuka wera simpasobanukiwe muzahansobanurire neza murakoze

  • @AnuariteMasengesho
    @AnuariteMasengesho 4 месяца назад +1

    Imana imbabarire ibyahabyanjye byose 🙏

  • @liberatamukasafali
    @liberatamukasafali 4 месяца назад +1

    Reka nanjye mbunganire kubyerekeye umuhigo. Kuko aho guhiga birutwa no kubyihorera ntuhige, nkurikije uko Ijambo ry'Imana rivuga mu Mubwiriza: 5: 4-5
    Haravuga ngo: 4.Nuhigira Imana umuhigo, ntugatinde kuwuhigura, kuko Itanezerwa abapfapfa; ujye uhigura icyo wahize.
    5. Guhiga umuhigo ntuwuhigure, birutwa no kutawuhiga.

  • @SylvestreNtakirutimana
    @SylvestreNtakirutimana 4 месяца назад +1

    Wakoze kumuzana wew ndagukundira ukuntu ubaza ibibazo natwe tuba tubakurikirana tugatahura❤

  • @manasemparibatenda9515
    @manasemparibatenda9515 4 месяца назад

    Ese uvuga, Ubutumwa bw'Idini ryawe cyangwa ni ubwa Kiristo?

  • @Irakoze-m5n
    @Irakoze-m5n 4 месяца назад

    Imana idutabare,bene data,ariko mumfashe kwatura,kwihana ,gusaba IMANA,imbabazi,munsobanurire birancanga

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw 4 месяца назад

      Kwihana nuguhindukira, kwatura nukuvuga icyo cyaha wakoze, nyuma ukavugango IMANA ikubabarire, hanyuma icyo cyaha ukakireka.

  • @irakozeadeline5840
    @irakozeadeline5840 4 месяца назад

    Imana yeretse Salomon iby'impinja ziririra ikuzimu ntabwo ari Yeretse Damien ko umuntu azacibwa urubanza kuva Ku myaka 8??

  • @celineyankurige8442
    @celineyankurige8442 4 месяца назад

    Kubabarira nigute ni ukugirana ubusabane numuntu wababariye cg ushobora kumubabarira bucece cg ukabimubwira ariko ntacyo muhuriraho cyane ?

  • @ChristineMunezero-tj4hj
    @ChristineMunezero-tj4hj 4 месяца назад +1

    Iyo sekibi izimiza abantu mumabonekerwa yubuyobe ndawurimbuye mw'Izina rya Yezu Kristu yapfuye akazuka Umuvyeyi Bikira Mariya nayikandagire ayimene umutwe ndabitegetse kuja munyenga yirimbukiro mw'Izina rya Yezu.

  • @IreneUwimbabazi-kq5uv
    @IreneUwimbabazi-kq5uv 4 месяца назад

    Mwiriwe neza ese ko twebwe ko batemera kutubatiza mu mazi menshi iyo wabatijwe mu mazi make cyane cyane muri EPR

  • @mugiranezafeolonie7801
    @mugiranezafeolonie7801 4 месяца назад

    Birakaze tu! Gukiranuka muri byose ko bitoroshye?Imana idushoboze pe😊

  • @NISHIMWEMarieAgnes
    @NISHIMWEMarieAgnes 4 месяца назад

    Imana ibahe umugisha kubwubutumwa mutugezaho ndabakunda cyane

  • @UpeaceDenyse
    @UpeaceDenyse 4 месяца назад

    Imana igihe umugisha rwox

  • @cecileuwimana8149
    @cecileuwimana8149 4 месяца назад +1

    Narimbizi ko kwa Pamphile iki kiganiro kitarangirira igice kimwe

  • @holly.empire
    @holly.empire 4 месяца назад

    Muraho ndashaka kubaza uwakoze icyaha cyo gutuka mwuka wera akabimenya ko yakoze icyaha amaze kumva icyi cyiganiro ahite areka agakiza kuko yamaze gukora icyaha kitababarirwa?

  • @MukanyandwiLydivine
    @MukanyandwiLydivine 4 месяца назад

    IMANA utubera maso ese nkumuntu yaribagiwe umuhigo yahise ubwo byagenda gute?

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 4 месяца назад +1

    Singirango se Elita yazamuwe adapfuye???? Roho ye se itegerereje hame nizabandi gute???

  • @angechristellanshimiyimana902
    @angechristellanshimiyimana902 4 месяца назад +3

    None se umuntu ukizwa agahita apfa atabonye uburyo bwo kubatizwa mu mazi menshi ubwo azarimbuka?

    • @gasamunyiganoel551
      @gasamunyiganoel551 3 месяца назад

      Iri yerekwa n'iry'abadayimoni pe!! Kuko harimo kuvuguruza Ijambo ry'Imana. Namwe mubigenzure neza mukoresheje ubutumwa bwiza

  • @FannyFafaofficial
    @FannyFafaofficial 4 месяца назад

    😮😮😮😮😮none ko twigishijweko idini arumutima?😢😢😢jew abavugishw biki gihe munter amatsiko knd ijamb riratubwirngo haragowe uwuvg ngo mwuka yavuze atavuze😭😭😭😭 Fanny Fafa official 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 4 месяца назад

    Idini yesu ntaryo yasize ku isi.ahubeo kuko aribyo abantu. Amenyereye baziko kuba mumadini ari byo byingenzi.ni iki bazo.itorero yesu aje kurishyira kuruhande nkuko byagenze mu itorero rya mbere

  • @GirimbabaziCharlotte
    @GirimbabaziCharlotte 4 месяца назад

    Murakoze cyane ndabakunda uwiteka abahe imigisha

  • @uwimbabazimarieclaire5131
    @uwimbabazimarieclaire5131 4 месяца назад

    Iyo si Imana yagutumye ,Bikiramariya ni umwamikazi w'ijuru n'isi ubyemere cg ubireke.
    Ese Bikiramariya Nyina wa Jambo i kibeho uzicyo bivuga.Imana igusobanurire

  • @JacquesHitimana
    @JacquesHitimana 4 месяца назад +1

    Abahanuzi biki gihe baracanga!Sha ntawamenya!

  • @chantalrupfura9953
    @chantalrupfura9953 4 месяца назад +1

    Ibyo uvuga byose ni ukuri nubwo Abantu bakwihesha amahoro nyuma ya byose bazamenya koko ko hari abigisha nyakuri.

  • @UwamweziAntoinette
    @UwamweziAntoinette 4 месяца назад +1

    Nigute umuntu yaba yujuje ibyobyose akabura kubatizwa mumwuka wera kd tuziko igituma umuntu atawubatizwamo aribyaha?

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 4 месяца назад +1

    Gutuka umwuka wera ni ukwanga kwakira umwami yesu

  • @thakianezerwa
    @thakianezerwa 4 месяца назад

    Nimba ivyaha vyandikwa uhereye ku myaka 8 numunsi umwe imbere yaho ntarubanza?abana ntibarimbuka nubwo baba bavutse kubapagani?

  • @mauriceniyikora8102
    @mauriceniyikora8102 4 месяца назад +1

    Ibintu uvuze ko biteye ubwoba cyane. Uzajya mwijuru ninde? Abantu batabatijwe mumazi menshi bazarimbuka bose? Hari Verse Ibigaragaza??

  • @ngogafrancis5605
    @ngogafrancis5605 4 месяца назад

    imana iduhane umugisha bakozibimana ko munteye ubwoba nange ndi umwigisha murusengero ariko ariko hariya muri yakobo 3:1 hatubwiyeko hadakwiriye kuba benshi muritwe bashaka kuba abigisha kuko abigisha bazacirwa urubanza kuruta abandi,ubwose ntibyatuma abantu benshi bagira ubwoba bwo guhamya kristo cg kuba abigisha batinyako azabazwa byinshi,mumpurize ibyo nokuba yesu yarashishikarizaga abantu kumuhamya muruhame avugako abazamuhamya imbere yabantu nawe azabahamya imbere yase

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw 4 месяца назад

      Nibyiza kwijyisha arko ukijyisha uziko uzabazwa byinshi kd ningombwa kuba umwijyishwa wa yesu kristo ark mubyo wijyisha ukirinda cyane.

  • @UpeaceDenyse
    @UpeaceDenyse 4 месяца назад

    Ese icyaha ucyiretse ugasaba imana imbabazi mumutima ntabwo imana ikubabarira

    • @LaurentTV
      @LaurentTV 4 месяца назад

      ijambo riravuga ngo mwaturirane ibyaha byanyu mubone kubabarirwa

  • @nyirambarushimanaclementin9723
    @nyirambarushimanaclementin9723 4 месяца назад +1

    Imana ishyimwe ndagirango mbaze uwo musore watanze ubwo butumwa kucyinjyanye no kwatura ibyaha ese umuntu yakaturira murusengero gusa cyangwa uramutse uri umukirisito ukarwa mucyaha runaka wasanga mweneso ukamwaturira imana yakubabarira? uzambarire unsubize itandukaniro riri kwadurira imbere yabakirisito no kwaturira umuntu umwe?

  • @elieniyoyitungira8331
    @elieniyoyitungira8331 4 месяца назад

    Wakiriye Yesu uba urose agakiza kandi uba urose Mpwemu Yera hasigaye kumwuzura gusa

  • @BasaboseEric
    @BasaboseEric 4 месяца назад

    Imana iguhe umugisha.

  • @claudinemujejimana3637
    @claudinemujejimana3637 4 месяца назад

    Nkunze ko uyu musore azi gusubiza rwose pampi uziko hari igihe ubaza umuntu agatangira guhindura ubutumwa yahawe naho uyu abukomeyeho pe Imana ikomeze kumuha ubwenge

  • @KomezusengeMediatrice-eg4uy
    @KomezusengeMediatrice-eg4uy 4 месяца назад

    Yesu nashimwe nonese uwabatijwe ku gahanga ategetswe guhindura idini kugira ngo abatizwe mumazi menshi cyangwa ibi byose yabikora akarekera ago ntakibazo

    • @uwimbabazimarieclaire5131
      @uwimbabazimarieclaire5131 4 месяца назад

      Erega urabyemeye koko

    • @gasamunyiganoel551
      @gasamunyiganoel551 3 месяца назад

      Amadini yose ni amwe ,yose yerekeza abantu kurimbuka,kuko yose afite ubuyobe bwayo!! Gusa ibya Gaturika byo biteye ubwoba pe!!

    • @gasamunyiganoel551
      @gasamunyiganoel551 3 месяца назад

      Wowe fata umwanya uhagije wo gusoma Ijambo ry'Imana no gusenga ukiranuka,uyiboza Imana inzira,Imana izakuyobora inzira y'ukuri

  • @celineyankurige8442
    @celineyankurige8442 4 месяца назад

    Umuntu wahize imihigo ntayihigure akayibagirwa bigenda gute?

  • @umuhozadiane7099
    @umuhozadiane7099 4 месяца назад +2

    Ngo ubakatolike bose bazarimbuka? Kuki hari abantu bayirimo bakijijwe kdi Imana ntibabwire kuvamo? Sha hari ibintu byinshi wavuze bicanganye pe.

    • @UkwishakaAnitha
      @UkwishakaAnitha 4 месяца назад

      None se ubwirwa n' iki ko umuntu akijijwe kdi Imana ariyo imenya abayo ? nuziko hari ibishimwa mu isi mu ijuru bidashimwa cg niwibuka ko Imana ireba m' umutima itareba nkuko abantu bareba.

    • @ChantoNkusi
      @ChantoNkusi 4 месяца назад

      Muri catholic harimo abantu Imana ivugisha!nibaza yababurira kuyivamo! Imana idufashe abahanuzi babaye benshi!

    • @nadratirankunda3052
      @nadratirankunda3052 4 месяца назад

      Bakijijwe gute kandi basenga ibigirwamana?bashobora kuba bakora imirimo myiza arko kuko bapfukamira biriya bishushanyo imbere y'Imana nicyaha. Ikindi kandi ntibabatijwe mumazi menshi. Rwose muri catholic hariho abantu benshi bafite imirimo myiza arko ikibazo ni idini barimo irabayobya kubera amahame yaho.

    • @umuhozadiane7099
      @umuhozadiane7099 4 месяца назад

      ​@@nadratirankunda3052barahari batemera biriya bishushanyo,batanemera kunywa inzoga,barahari bakijijwe ntabwo abakijijwe ari abari muri pantekote honyine

    • @umuhozadiane7099
      @umuhozadiane7099 4 месяца назад

      ​@@UkwishakaAnithani iki kikubwira ko abatari abakatolic bakijijwe? Ni cyo cyanakubwira ko ukukatoloke akijijwe. None uvuga ko muri bo nta mutima Imana ireba uhari? Bibaye ibyo ubwo nawe waba ugiye kumbwira ko Imana ifasha idini😮

  • @NyiranzirikiJeannedarc
    @NyiranzirikiJeannedarc 4 месяца назад +1

    Gusa lmana iguhe umugisha bambe

  • @gasasiragaetan996
    @gasasiragaetan996 4 месяца назад +3

    Hari icyo wishe hari ababatijwe mumwuka batabatijwe mu mazi menshi

    • @beckythehustler2981
      @beckythehustler2981 4 месяца назад

      Ndi umwe muribo kdi urupfu runyibye narimbuka kuko yesu ubwe yabyibwiriye nicodem ko utabyawe namazi atazabona ubugingo,ntacyo tuzireguza

    • @Isaac-yb2gt
      @Isaac-yb2gt 4 месяца назад +1

      Yego..aba batijwe mu mwuka wera nibo bana b,Imana..

  • @josephndayisaba9971
    @josephndayisaba9971 4 месяца назад

    Iryo torero rivugwa uwo muririmbyi yavugaga mwene data ngukosore si amadini ahubwo ni Itorero ryaho umuntu aherereye, urugero niba mperereye i Huyebe uwejejwe i Huye ntabwo ari muri catholic cyangwa muri ADEPR. Ikindi Itorero rya Kristo ni abantu Yesu Kristo afite mugitabo cye cyubugingo ntabwo ari amadini kuko amadini yose ni inzira ngari ijyana abantu kurimbuka ndetse akaba maraya.

  • @sanchezrose1560
    @sanchezrose1560 4 месяца назад

    Muraho bavandi nashaka kubaza mbega umuntu yabatizwa gute na mwuka wera?? Kuko jewe narabigerageje kenshi ariko sindabona igisubizo mwamfasha ingera nabatizwa na mwuka wera? Murakoze

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw 4 месяца назад

      Ntuzacogore ntakundi nugukomeza gusenga usaba IMANA ngo ikubatize mu mwuka wera

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw 4 месяца назад

      Kd mujyihe CYO gushaka u mwuka wera ukirinda kubivanga nibindi byifuzo cg kubivanga nibyaha

  • @mukanyrigiraprovidance-yn8cy
    @mukanyrigiraprovidance-yn8cy 4 месяца назад +4

    uzadusobanurire umuntu amenya gute ko yabatijwe mumwuka wera murakoze

    • @gasasiragaetan996
      @gasasiragaetan996 4 месяца назад +1

      Ibyakozw 2:3-4
      Haboneka indimi zigabanije zisa n'umuriro ururimi rujya kuri buri wese wo muribo
      Bose buzuzwa umwuka wera batangira kuvuga izindi ndimi nk'uko mwuka abahaye kuzivuga

  • @InezaAdelphine
    @InezaAdelphine 4 месяца назад

    Nagize ikibazo none Yesu siyavuzeko nta torero ritazavamo umugeni none umuntu uzakora byose ntabatizwe mumazi kubera I torero arimo bizagenda bite😕

  • @ayingeneyedrocella6355
    @ayingeneyedrocella6355 4 месяца назад

    Imana idushonoze gukizwaneza

  • @KaweraYvette-nv6ox
    @KaweraYvette-nv6ox 3 месяца назад

    Arikose koko ninde watu ganja ibi byose uko bikurimirana, imbabazi n'amaraso ya Yesu yaba yaratubabariye ibiki niba nutwo duto iyo wihanye utatubabarirwa😢

  • @marcelinemukandutiye80
    @marcelinemukandutiye80 4 месяца назад +2

    Hhhh ntawe uzajyanwa mwijuru nidini! Yezu yabaga murihe dini? Reka kwibasira kiriziya , birababaje kubona umuntu ungana utyo uziko uzajyanwa mwijuru nuko wabatijwe mumazi menshi.

  • @nyirasikubwaboimmaculee5579
    @nyirasikubwaboimmaculee5579 4 месяца назад

    Gusajye sikobyumva umugaturikawese azarimbuka nonese ntawubatizwa mumazimeshi urimbuka nagirango imirimo ukorakwisi niyo ukujyana mwijuru gusandagukunda Damiye

  • @mumporezemarierosine7975
    @mumporezemarierosine7975 4 месяца назад

    Nibyo itorero ryacu ribatiza ku myaka umunani. Ashobora guhabwa n' inshingano z'ubutambyi

  • @frcosmastheobaldmutabazi4728
    @frcosmastheobaldmutabazi4728 4 месяца назад +1

    Ikindi nkubaza uvuga ko bariyeri umuntu ahura nazo nyuma yo gupfa ari 6 gusa Kandi ubusanzwe ari 22?Ibyawe si ibyo kwizerwa ,wigira umwigisha ariko ujye wibuka ko ibyo uvuga aribyo uzacirwaho urubanza.Hari amagambo meza uvuga ariko ukavangamo ibitantaragasi byinshi,njye nkubwije ukuri ko nta Mana nzima yaguhishurira ko kwiyambaza B.Mariya wifashisha ishapule ari bibi,ikindi iyo wizeye imbaraga zawe zonyine ,urugendo rukubana rurerure,ariko iyo winyuriye ku mugabekazi,cg umwamikazi ugera ku mwami bikoroheye,nujya kwiha kuvuga nabi B.Mariya Nyina wa Jambo ,cg kubuza abamwiyambaza kubireka,ujye uvuga uziga,njye narangije kukubona neza,ukwiye kwigaya kubyo usobanura nabi wiyita uwabihiruriwe,witonde pe!

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw 4 месяца назад

      Yesu niwe nzira yonyine itujyeza kumwami yonyine vusa ntayindi

    • @mugisha719
      @mugisha719 4 месяца назад

      Duhe umurongo wa bibiliya utubwira ko hari indi nzira itari Yesu umuntu akwiye kunyuramo cyangwa ahanditse ko Yesu bijya bimunanira kudutsindishiriza noneho tukaba dukenera abandi. Muvandimwe, ijambo ry'Imana ritubwira kudahinyura ubuhanuzi ahubwo ko dukwiye kubwumva hanyuma tukabugenzuza ijambo ry'Imana. Ikindi, si byiza ko waterana amagambo. Ufite uburenganzira bwo kubyemera cyangwa ntubyemere

  • @indatanatv2006
    @indatanatv2006 3 месяца назад

    Ubu butumwa ni bwiza, ariko harimo amarangamutima yawe. Nemera ko gusenga ibigirwamana, gusenga amashusho ari icyaha rwose, ariko kuri Bikiramariya washyizemo amarangamutima yawe.

  • @HabanabakizeJeandedieu-lu1wn
    @HabanabakizeJeandedieu-lu1wn 4 месяца назад

    Rekereaho kuyobya abantu imana igira imuhwe

  • @BertinSikubwabo
    @BertinSikubwabo 4 месяца назад

    Bertin .murakoze ku kuri icyo kiganiro twasigaranye ibibazo byinshi kandi dukeneye ibisubizo.1.kubatizwa mu mwuka wera bitangwa n'lmana none ni gute umuntu yabizira kandi atari ibyo yiha? 2.umuntu ashobora guhiga umuhigo abikoreshejwe n' ishyaka ryiza ku murimo w'lmana hanyuma akabura ubwishyu.none aciriweho iteka akiri muzima ko satani ari we wamaze gucirwaho iteka nta cyo yakora byarangiye nta yindi nama yagirwa uwo muntu ngo ubugingo bwe bukire kandi akaba yabyifuzaga ?niba ari amafarnga arayakura he ?arakora iki ko nawe atari yiyanze muri iyi mibereho isanzwe?

  • @celineyankurige8442
    @celineyankurige8442 4 месяца назад

    Umuntu ashobora kwihana atatuye?

  • @beatrice_yadidiya
    @beatrice_yadidiya 4 месяца назад

    Uli umusazi!!! Ujye umenya ibyawe

  • @FlorenceMukarugwiza
    @FlorenceMukarugwiza 4 месяца назад +1

    Mwukawera dufashe utuyobore tutazayoba inzira, none se Umuntu yatandukanya ate iyerekwa rivuye kumana nirivuye kuri satani?

  • @RutarindwaAnselme
    @RutarindwaAnselme 4 месяца назад

    N'ukuri murakoze cyane ark mfite ikibazo mbaza kumihigo.
    1.ese birashoboka ko umuntu yakiranukira Imana atarakiranukira umuntu barikumwe?
    Urugero: Mfite ideni rya banki ,mpize umuhigo ko Imana ninyishyurira nzajya mfasha imfubyi buri kwezi uko mpembwe kd hari abantu mfitiye amadeni .ese natangira guhigura wamuhigo nyamara ntaramara kwishyura babantu ?

    • @MuremyiGonzalve-gd8pu
      @MuremyiGonzalve-gd8pu 4 месяца назад

      Reka wabanza ugakiranuka namugenzi wae banza wishyure ayo maden

    • @imanizabayodiocles4890
      @imanizabayodiocles4890 4 месяца назад

      Uzatangira guhigura usoje kwishura ideni rya Bank, niko byumva

    • @cecileuwimana8149
      @cecileuwimana8149 4 месяца назад

      Kuberikise ubawarahize uziko ufite ibyo byose ? Guhiga ntuhigure birutwa no kudahiga.

    • @Abayoiwacutv
      @Abayoiwacutv 4 месяца назад

      Ivy Imana nukubiha Imana

    • @beckythehustler2981
      @beckythehustler2981 4 месяца назад

      Wakunda(shyiramo ngo wAhigurira) Imana utarabona usize mugenzi wawe ubona?uretse ko no guhiga no kurahira Atari umuco mwiza ukwiriye umukristo kuko ubawiboshye

  • @MarieNYIRANSHUTI-m6k
    @MarieNYIRANSHUTI-m6k 4 месяца назад

    Ariko yabibwiwe nande? Gute?

  • @EmeryNiyonemera
    @EmeryNiyonemera 4 месяца назад

    Kubwawe rero ibatisimu ni zi2?tuzi ko tubatizwa kw'izina rya data n'irya Mwana n'irya Mutima Mweranda ivyo bindi nivyawe

  • @NasengeFrorance
    @NasengeFrorance 3 месяца назад

    None ngewe rero lbintu byaya madini biteye ubwoba nonese ko basigaye bakorana nimyuka mibi pampi udusobanurire neza pe nonese tuve aho dusengera mudusobanurire neza nonese kwezwa ni ukubatizwa mi mazi manshi

  • @ingabiregrace2320
    @ingabiregrace2320 4 месяца назад

    Pamphile namwe muraducanga uribuka umuntu wigeze kuzana avugako atari aziko aba catholique batazajya mwijuru ngo Imana ikamutemberezayo yajya kubona akabona hinjiye aba catholique benshi namashapure none Imana ibabwira ntago ari imwe?

  • @irakozeadeline5840
    @irakozeadeline5840 4 месяца назад

    Yesu yaba yarapfiriye iki?ko mbona kuzabona Ijuru bitoroshye?Umugeni wa Kristo azaba nde?

  • @NyiramahirweSoline
    @NyiramahirweSoline 4 месяца назад +1

    None se iyo ukoze icyaha ugasaba imbabazi mumutima arko ntubyaturire abantu arko ukazibukira ntabwo ubabarirwa? Munsobanurire?

  • @ubuzimabwaclaudine9798
    @ubuzimabwaclaudine9798 4 месяца назад

    njewendemerape ariko gutuka umwuka wi mana mbona atarukuvuga nguriya akoresha imyukamibi gusa nubundi ijamboryi mana rivugako muminsi yimperuka hazaduka abahanuzi bibinyoma ndunva ahubwo turaenzura nkuko siko bose iyomyuka iva ku mana ahubwo njewe nemerako gutuka umwuka nukuba warakijiwe ukagwa ukaroga ukaramya ibishushanyo kandi urimurusengero

  • @jeanneuwanyiligira1609
    @jeanneuwanyiligira1609 4 месяца назад +2

    Nta muntu ushobora kureka ibyaha byose atabatije mu Mwuka Wera !
    Imbaraga se yazikura he ?
    Keretse nawe niba ufata kuzura Umwuka w'Imana nko gutitira, kuvuga mu ndimi cg guhanura ?
    Sinon, utaraba icyaremwe gishya ntitareka ibyaha !

    • @jeanclaudesinzobatohana289
      @jeanclaudesinzobatohana289 4 месяца назад

      Uko nukuri ntiwaheba ivyo vyaha vyose yavuze ata Mwuka Wera ugira. Benshi bafise imyizere ko kwuzura Umwuka Wera ari ugutitira

  • @mukanyrigiraprovidance-yn8cy
    @mukanyrigiraprovidance-yn8cy 4 месяца назад

    IMANA iguhe umugisha

  • @hakizimanaviolette1564
    @hakizimanaviolette1564 4 месяца назад +1

    Mana uzampe gukora neza, ham nzenger iwaw amahor

  • @gajuselaphine3054
    @gajuselaphine3054 4 месяца назад

    Ndumva agakiza twazaniwe na yesu kristo karashyizwe kuruhande ahasigaye nimwmere tuyoboke amategeko nimihango bivugwa muri bible uko biri kuko ndumva yesu muri iri yerekwa yarashyizee kuruhande

    • @UwiringiyeClement-g4h
      @UwiringiyeClement-g4h 4 месяца назад

      Exactly! kristo niwe nzira , akaba ukuri , ndetse akaba ubugingo (yohana 14:6)
      sinzi aho abizera bazahurira nazino bariyeri !!!? kandi bayoborwa numwuka wera ( bera imbuto zawo) bena aba ntamategeko abahana
      mube maso mudahererwa, Ubuntu bw'Imana gupfa ubusa, munyumve ntibikabeho ko twakomeza gukora ibyaha ngo ubuntu busage
      murakoze

  • @DedithNimbona
    @DedithNimbona 4 месяца назад

    ICO kintu aherejeje uzokimubaz pamphi,ngo umuntu aciy inyuma uwundi ngo yoja kwihana ntasab imbabazi uwo yaciy inyuma,non Niko kuri cank?dufashe Aho hantu.