Hari abibwira ko abajya mu biyobyabwenge ari abavukiye mu ibibazo. Merci Angélique et Celestin mwemeye ko umuhungu wanyu aza gutanga temoignage izafasha ababyeyi bumva ko ari igisebo kugira umwana akakunanira.Cedric Bravo guhinduka et bon courage
The fact that he’s been able to talk about his struggles with addiction and what it made him, that takes real courage and shows that he’s been healing disi! May the God bless you Cedric, you truly are a warrior.
Thank you Sabin, we needed to hear this kabisa! ndashimira Cedu cyane kubwa courage yagize, I personally learnt a lot! You are a man now and you have my support
Wow, such a talented guy! Actually you are a genius, how did you even manage to study at all after starting drugs so young! Very organised thoughts, perfectly expressing himself in 3 languages...kudos to the parents.
One of the best interview ever, nizemo isomo ryuko ababyeyi abagomba kwihanganira abana babaswe nibiyobyabwenge, actually mbonye ko utukundo Angelique yakunze umwana we ari kimwe mubyatumye abivamo. Imana igushumbushe igihe cyawe cyatakaye
Very Brave Man🙏 God Bless You Cedu , wabaye inzererezi nkuko wabivuze igihe kirekire but to day You are A Rwandan Hero🙌 ukijije benshi pe💥 iyi niyo interview ndebye nkayirangiza ntakuyeho amaso, very open,very honest,very Educative... Your Parents must be very proud of you. Cause even we, strangers We are🙌. Keep Winning Bro 👊💪
Wow!! Sabin udukorera umuti pe! This is a real testimony! a son of our neighbors Niko ameze nawe yiba iwabo cnee no muri quartier ariba, papa we ahora arira. mbese ibi ab ari Satan ushak gukura umwana w'Imana mu mugambi imufitiye kuko aba baba bazakomera cnee, even for Cedu now that he has changed, he will be a great man! Kandi keep it up bro! Proud of you!👏👏
Your story is a real testimony that God is merciful. Your mother is a prayer warrior and that what saved you. You are brave and may God uses you to teach young people who are still struggling
Sabin nnc ko kirangiye uzagarura part 2 ryari turategereje this is an inspiration to the nation!🇷🇼 rubyiruko rwu Rwanda mureke tube maso tutisenyera ejo hasaza!
I thank God for you Cedric, The courage of telling the truth to the world is another level of healing to yourself and the community around the world. I hope to see you soon tugatera story lol . God bless you
Thank you, Cedou for an inspirational nterview. Sinkuzi ariko I am so inspired! Ndimo kurira ariko they are tears of joy. God bless and keep you because you are a true vessel of God. Through you, many people will be healed spiritually and emotionally. Bless you dear!
Courage Cedric! Ndakwibuka iwawa twaje gusura my cousin we ubu we ntakiriho! Ariko ndashima Imana ku bwawe ko yakubohoye. Birababaje cyane kubona urubyiruko bikoresha drugs biragoye cyane pe umuntu ubyumva cyane ni umuntu ubana nabo ni ibintu biteye agahinda ariko ndizera ko haracyari ibyiriringiro ko nabo batera intambwe nkiyo wateye! We are proud of you and thank you for sharing your testimony! Big up
I thank God for you Cedou, the courage of testifying this is another level of healing to yourself and the community. God bless you so much, hope to see you soon
Hari umubyeyi nzi wajyaga avuga ngo ntaganira ibibazo by’abana n’umuntu udafite abana bangana nabe!!!!!!! Ushobora kumurera neza ute.... ariko ejo akaba nabi pe!!!!! Kuko buryo twibagirwa ko aba ari umuntu ku bwe, aba afite iye kamere kandi hari byinshi aba azabamo bidaturutse necessairement ku babyeyi! Byazamo Satani utera ingo rero... bikaba ibindi!!!! Ariko Imana ni nkuru, kandi za effort umubyeyi aba yarakoze akunda kandi arera umwana we bituma mu bantu haba difference nini!!!! Cyane cyane abana bawe iyo ubasengera, nibyo bigaraguyemo bakuze ya Mana wabaragije irabarinda tu!!!! Kugeza babivuyemo!!!!!
Umwana arananirana ukabura icyo ukora. Noneho iyo yavukiye mu muryango usenga aba ahagaze ku munara arebwa na buri wese,kandi baba bumva agomba kuba nk'abamubyaye. Bakirengagiza ko na wr ari umuntu
Your story can help so many young boys who are in this situation now, you should be a speaker on those situations cause you narrated your story very well and you should find a way to share it in those rehab centers, so many can be inspired
I like the man honestly 🙏 let's praise God kuko yagukuye ahantu hatoroshye pe 😥Kandi forsure uzashimire mama wawe ubuzima bwawe bwose ukiriho kuko ntiyigeze agukuraho amaboko🙏
This is one of the best interview ndebye ukoresheje uyu musore Cedric proud of him for the massive decision he took.Cedric lmana izaguhe ibyo watakaje muriyo myaka wabayemo itari myiza. Hanyuma aho ushoboye uzajye ukomeza kuganiriza urubyiruko rwacu kuko ibiyobya bwenge birarungije. May God bless u
Cedric! Je te felicite kandi uri intwari pe! Sinzi ingene nashima Yesu kubona warahevye cocaine or heroine!! Naragize incuti nyinshi zabinyoye kandi everything you said is true!! Nuguhora dusenga kuko Satani igira gahunda mbi surtout sur les jeunes kuko nibo baba bafise best future. My suggestion nuko hoba ibiganiro vyinshi bijanye niyo topic kugira les jeunes babimenye cane. Even zoom conference could be more better. Merçi bcp Yesu ahezagire Sabin and Cedric.
I am happy for you rwose nzi mama wawe kuri zion ni umumana mwiza. Ababyeyi benshi bahita banga abana babo gsa mama wawe ni intwari gsa cunga neza satani ntago aratsindwa ikuntu bita incuti nukuri ziratugusha cyane. Ukomeze usenge cyane
Courage Cedric,njye isomo nkuyemo suko bireba gusa abari mubiyobya bwenge ahubwo bireba buri wese waba ufite ingeso itari nziza akora,urugero: kwiba, ubusambanyi,amashyari,n ibindi... nisomo kuri twese ko dukwiye gusenga cyane ngo Imana idufashe kuva mu ngeso mbi ndetse ituyoborere n urubyaro mu nzira ziyihesha icyubahiro. Big up Cedou et ta maman
Turakwisimiye mwana Wacu, turagukunda kandi Imana ikomeze igushyigikire mu cyemezo wafashe. Iyo nzira wanyuze in ukugira ngo uzakomeze abandi! Jeremiah 1:5-9 we are proud of you mwana wacu courage uri umugabo! Mwana w u Rwanda urakunzwe Kandi ubereye u Rwanda, komeza
Humura niyo étage isigaye Imana izayikugezaho inahakurenze. God will restore you and your family completely. He is able to do exceedingly, abundantly above all that we ask or think...Eph 3:20-21 kandi nigihe niyo ikigenga nacyo izacyigusubiza komeza uyizere, you did not loose but you gained much more(Jesus=eternal life) God bless you and your family for sharing.
ni ishimwe utabona uko uvuga kuko ababyeyi imitima yaratobaguritse nukuri Imana ishimwe kubw'uyu mwana mwiza Imana yagiriye neza, knd ishimwe no kubw'ababyeyi be shenge arasa na mama we cyaneee
Reba ikiganiro cya nyuma Padiri Ubald yakoze!! Yavuzemo amagambo akomeye cyane(R.I.P): ruclips.net/video/cXjVzzbtQ_Q/видео.html
Que son âme repose en paix
Wakoze cyane Sabin kutwibutsa padiri💔💔
@@uwakristu4010😊😊😊
Hari abibwira ko abajya mu biyobyabwenge ari abavukiye mu ibibazo. Merci Angélique et Celestin mwemeye ko umuhungu wanyu aza gutanga temoignage izafasha ababyeyi bumva ko ari igisebo kugira umwana akakunanira.Cedric Bravo guhinduka et bon courage
Courage à mon frère Célestin G😭😭😭
Aha! Umwana wakuriye mu bibazo aba ari indushyi azi n’ubwenge ntajya muri ibyo!!!! Ni nabyo bibabaza kuko ababikora ntacyo baba babuze iwabo!!!! 💔💔💔💔 Imana yamurinze akabivamo amahoro ishimwe, ihabwe icyubahiro pe!!!
Imana ishimwe👏👏
Thank you kuri temoignage 😭😭😭mpejeje kumviriza Maman wawe ngira amatsiko yo kuza kuraba iyi sinari nayibonye Imana ibahe umugisha cane🙏yesu wenyne niwe mutabazi wintambara zose ducamwo 😭😭😭🙏
Nanje niko mbikoze. Ndagije kuraba maman we , mpise nza kureba ikiganiro ciwe. Abavyeyi turagize abana bacu Imana, kuko ntivyoroshe muri iyi minsi
Ubutaha mmuzamuzane arikumwe na maman uko yabyitwaragamo hari icyo byafasha abandi babyeyi nabandi bakibirimo byaribiteye ubwoba
Nanjye byanyubaka mama we aje kuko uba wumva ugiye guturika umutima ukanicira urubanza ko ari wowe munyamafuti
Ariko ugasenga kubera ibyo ubona umwana akitwara nabi ukaganiriza akakubwira nabi
Ariko ibi nibyiza birandema agatima nkumva atarinjye biriho njyenyine umwana akakwima umwanya ngo muganire agahinda kakakwica
Imana iguhe umugisha hari abumva ubu buhamya wenda bikagira icyo byungura
Ubu nibaza ese umwana atangira guhumuka kumyaka ingahe?? Ko uwanjye ari 19 ese azahumuka yumve ko ntawe umukunda kurenza ababyeyi nyashaka kumva inama zacu Nyagasani wenyine niwe uzamuhindurira amateka nzamuhata isengesho kuko kumuganiriza ntabikozwa aba adukwepa ngo tudahura.
Pole bazina komeza isengesho bizaza
@@machanical01 komera nturi wenyine! Abandi 18ans baba bateyeinda! Isengesho rirafasha ntuzahweme kera kabaye arahinduka!
@@machanical01 mpore mpore nukuri . Isengesho ryonyine niryo ribahindura. Uyu mwana rwose ibyo yavuze nibyo kuko ndamuzi yarananiranye pe! Disi yarahindutse yaranabyibushye. Imana ni nziza pe.
@@machanical01 mama mukomere mwijuru dufite Imana ihindura ibyanze guhinduka umwana wawe uko ameze ntabwo yari yagera uko Sauri yarameze uwiteka yamuhinduriye amateka amuhindurira amazina ubu musezarano rishya yanditse amateka akomeye.ntabwo yariyagera kurwego rwa Rahabu muri bibiria etc....nukwitabaza Uwiteka gusa kuko arabishoboye.Imana igutabare kandi natwe nubwo tutabazi tuzinginga Imana igire icyo yabakorera mukomere Imana ibahe umugisha mama
The fact that he’s been able to talk about his struggles with addiction and what it made him, that takes real courage and shows that he’s been healing disi!
May the God bless you Cedric, you truly are a warrior.
Thank you Sabin, we needed to hear this kabisa! ndashimira Cedu cyane kubwa courage yagize, I personally learnt a lot! You are a man now and you have my support
Yooooo mbega weeee mbega ababyeyi bababaye weee kubona umwana apfa ahagaze byanabashobeye icyo gukora yewe muhungu ndagushimiye kuka ibyo bintu warabivuyemo wahaye cadeau iruta izindi zose ababyeyi bawe numuryango wawe Imana mama wawe asenga irakomeye niyo kwiringirwa tuyishyize hejuru kandi uyizere izakugirira neza. Ntusubire inyuma musore mwiza shyira ibyawe byose mu biganza byayo ngo irebe ukuntu uba amahoro masa. Urakoze ubutumwa utanze bizagirira benshi akamaro
Aline UWIMBABAZI???
🥰
Wow, such a talented guy! Actually you are a genius, how did you even manage to study at all after starting drugs so young! Very organised thoughts, perfectly expressing himself in 3 languages...kudos to the parents.
One of the best interview ever, nizemo isomo ryuko ababyeyi abagomba kwihanganira abana babaswe nibiyobyabwenge, actually mbonye ko utukundo Angelique yakunze umwana we ari kimwe mubyatumye abivamo. Imana igushumbushe igihe cyawe cyatakaye
Very Brave Man🙏 God Bless You Cedu , wabaye inzererezi nkuko wabivuze igihe kirekire but to day You are A Rwandan Hero🙌 ukijije benshi pe💥 iyi niyo interview ndebye nkayirangiza ntakuyeho amaso, very open,very honest,very Educative... Your Parents must be very proud of you. Cause even we, strangers We are🙌. Keep Winning Bro 👊💪
Wow!! Sabin udukorera umuti pe! This is a real testimony! a son of our neighbors Niko ameze nawe yiba iwabo cnee no muri quartier ariba, papa we ahora arira. mbese ibi ab ari Satan ushak gukura umwana w'Imana mu mugambi imufitiye kuko aba baba bazakomera cnee, even for Cedu now that he has changed, he will be a great man! Kandi keep it up bro! Proud of you!👏👏
Your story is a real testimony that God is merciful. Your mother is a prayer warrior and that what saved you. You are brave and may God uses you to teach young people who are still struggling
Nubwambere ndebye ikiganiro cy'isaha yose nkakirangiza! It's an inspiration
Imana Ihabwe icubahiro Kiyikwiye, nukuri mbonye ko atakidashoboka, congratulations Cédu! Aravuga neza nkumva umusalaba uwo muryango wagize, kubana n'umuntu anywa drogue, birakomeye, kandi ndizeye Imana ko Izohindura Musaza wacu..
Umwana w'umuntu disi ! Bravo maman-Cedou et longue vie à ton fils!🙏🙏
Ubu buhamya babweretse abantu bari iwawa bwabahindura pe,uwo tubyumva kimwe ampe like,
Courage cedrick Imana igufiteho umugambi mwiza
Imana izagukomezepe taho itagukura tanaho itakungeza
I'm crying😭😭😭😭bro cedou you'll be a great man
Thanks for the encouraging story Keep it up....uko numvishe wagiye usaba imbabazi knd birakwiye...ubishoboye wazagenda usubiza abo watwaye ibintu ubishyura( dnc abo wibuka)... Courage Nyagasani murikumwe
Sabin nnc ko kirangiye uzagarura part 2 ryari turategereje this is an inspiration to the nation!🇷🇼 rubyiruko rwu Rwanda mureke tube maso tutisenyera ejo hasaza!
Uri imfura, Imana ikomeze ikurindire muri décision nziza wafashe🌹
I thank God for you Cedric, The courage of telling the truth to the world is another level of healing to yourself and the community around the world. I hope to see you soon tugatera story lol . God bless you
Thank you, Cedou for an inspirational nterview. Sinkuzi ariko I am so inspired! Ndimo kurira ariko they are tears of joy. God bless and keep you because you are a true vessel of God. Through you, many people will be healed spiritually and emotionally. Bless you dear!
Fisto disi I can’t believe ko ariwowe wakoze ibyo nkuheruka kera tukiri abana duturanye but is good ubwo wabiretse Imana igukomeze
Courage Cedric! Ndakwibuka iwawa twaje gusura my cousin we ubu we ntakiriho! Ariko ndashima Imana ku bwawe ko yakubohoye. Birababaje cyane kubona urubyiruko bikoresha drugs biragoye cyane pe umuntu ubyumva cyane ni umuntu ubana nabo ni ibintu biteye agahinda ariko ndizera ko haracyari ibyiriringiro ko nabo batera intambwe nkiyo wateye! We are proud of you and thank you for sharing your testimony! Big up
Big up 🙌🏾
Pole sans disi. Ubu se cousin wawe arihe? Biragoye, ibi bintu biratuzengereje
Happy to hear that you changed Cedu... all da best, it's now your time to shine 🔥🔥
Coup de chapeau a mama Angelique najyaga ngirango aba ariho arexagera....ariko ni aba abifitiye experiance nibaxa ko ababyeyi bafite byinshi bamwigiraho....nibyo umusore yanyuze muri byinshi, kandi uburebye abana bubu bahura nibibazo bakuru babo batanyuzemwo...ariko abo banyuze muri ibyo bakwiye gufatisha abo bagurisha za heroine bose kuko ntakindi bamarira barumunawabo cg igihugu. Cedu Imana iragukunda, genda nawe uyikunde kuko uwa warapfuye kera...utiyishe kdi utanabishatse...
Ariko mana yangye ndanezerewe ubuhamya bwiza cyane Imana iguhe umugisha
I thank God for you Cedou, the courage of testifying this is another level of healing to yourself and the community. God bless you so much, hope to see you soon
Ndumu mama mfite abana bato cyane ariko iyombonye ikiganiro nkiki ngira ubwoba!!! Kera sinajyaga numva uburyo umwana ashobora kunanira ababyeyi !!! Ariko maze kubyara nibwo natangiye kubona ko byose bishoboka!!! Imana itabare urubyiruko nukuri.
Ababyeyi twese tujye duhora dufatanya gusengera abana bacu nukuri umwana wanjye umubonemo uwawe nanjye bityo kuko ni urugamba twese dusangiye !
Hari umubyeyi nzi wajyaga avuga ngo ntaganira ibibazo by’abana n’umuntu udafite abana bangana nabe!!!!!!! Ushobora kumurera neza ute.... ariko ejo akaba nabi pe!!!!! Kuko buryo twibagirwa ko aba ari umuntu ku bwe, aba afite iye kamere kandi hari byinshi aba azabamo bidaturutse necessairement ku babyeyi! Byazamo Satani utera ingo rero... bikaba ibindi!!!! Ariko Imana ni nkuru, kandi za effort umubyeyi aba yarakoze akunda kandi arera umwana we bituma mu bantu haba difference nini!!!! Cyane cyane abana bawe iyo ubasengera, nibyo bigaraguyemo bakuze ya Mana wabaragije irabarinda tu!!!! Kugeza babivuyemo!!!!!
@@lus4277 Mujye mubacishaho igiti
Angélique we nejejwe no kuba utari umubyeyi ku bandi gusa ahubwo uri mwiza no kubana bawe. Bravo maman
This is what we colled testimony 😩😩 Imana ibishimigwe ko wabohotse🙏
Cedric urakoze kudusangiza ubuzima wanyuzemo kandi ukomeze ubere urumuri ababa bakiri cg batekereza kujya mu biyobyabwenge. Imana ihe umugisha umuryango wawe.
Yooo Imana ishimwe kubwawe Cedric nubwo ntakuzi ariko uwiteka Imana yakoze imirimo ikomeye .Thxs for the message nukuri .God bless u so much
Who else is here before 1Million views? 65K at the moment. Count my word!🇷🇼
Eeeeeh I know this guy back school, IFAK... I'm glad you made it out bro
Ati numvaga nsa nkuwabaye Yezu 😂😂😂. Gusa nukuri ndagushima ko wafashe icyemezo kiza cyo gufata ubuzima bwawe mu ntoki. Wakijije ababyeyi bawe agahinda n, ikimwaro rwose Imana irabakunda. Uri umusore mwiza cyane ntuzongere kugwa nicyo nkwifurije Kandi ngushimira wowe na maman kubwubu buhamya. 💕
Ooohh haraho agera ukabona ko nawe rwose afite agahinda, Imana izakurinde gusubira inyuma
Ndakirangije fone yambere yanzimanye mfa akandi ntakoresha ark paka nkirangije.turagushimiye cyane koko wasogongeye kumwuka wera.biraryoha kuwuzura
😭😭😭😭😭😭😭😭 Mana ndakwinginzeee uzamukomeze ntazakumbure ukundiii!!! Turakwinginze ngo natwe uturerere weee! Thank you Cedric guhamya
Wakoze angelique et celestin kuko hari abumvako abakozi B'IMANA abana kubananira baba barangaye, batanasenze, ariko byibuze bumve turi abantu nk'abandi, babasha kutunanira tutabigizemo uruhare, kdi n'abakibafite bakomere, yesu kristo azabarengere.
Ababyeyi bakiri kuri uyu musaraba, mugire courage, nka ange na celestin, murumva ko bari banifite ntacyo umwana yabuze. Ahubwo mucunge cyane ikigare abana barimo, mwihatire kumenya incuti zabo neza, wenda mwabatesha bataragera kure.
Umwana arananirana ukabura icyo ukora.
Noneho iyo yavukiye mu muryango usenga aba ahagaze ku munara arebwa na buri wese,kandi baba bumva agomba kuba nk'abamubyaye.
Bakirengagiza ko na wr ari umuntu
@Maman Cedric, jye ndabona wabasha gufasha abana benshi cyane cyane abatagira ababyeyi, babandi batagira gikurikirana. Imana yaragufashije ariko harimo no kuba usobanukiwe , kuko hari ababyeyi bahita bahebera urwaje. Ufatanyije na Cedric mwafasha benshi cyane.
Cedou weeee,God bless you for daring this. Peace be with you. Much love eee
Iwawa ntihahindura abantu , mfite umuvandimwe ugiyeyo 3 kubera ibiyobyabwenge wagiye no muri gereza ya Nyakiriba hahandi henshi ariko ntahinduka, imana ishimwe ko Cedric yahindutse Wenda nawe imana izamuhindura , mumfashe mwese kumusengera nawe azahinduke.
Nawe uzamujyane doubai azabivahow
You are very brave for sharing your story man!you made it through,and I praise the Lord for your change.🙏🏿🙌🏿Respect man🙌🏿🙌🏿🙌🏿🙌🏿
Ndagukunda cyane cedou. Imana ikomeze Ibane nawe. Nkunze ukuntu ubaye humble ukavuga byinshi, ufashije benshi.
Yooh basi thank u kubwikikiganiro cedu nukuri Hari benshi uba ufashije anyway urimwiza bambe ❤️
Ndababzwa bingene tubabaza Abavyeyi...😭😭😭
Imana Ishimwe k wahibdutse gusa unteye amarira..2
Ibiganiro nk'ibi byubaka society nibyo dukeneye. Imana ibahe umugisha , en tout cas respect !
Mana wee narize😭 nagize nubwoba ubuse koko uru rugamba ko rutoshye mwa babyeyi mwe Mana weee turindire abana .gusa Imana ishimwe nukuri igira amaboko
Cakoze uyu Musore arakoze Komera cyane humura tout va bien ce passe. Dieu merci . Angélique warakoze kwihangana
Nukuri Imana ninziza peh ntahanu itagukura 🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼 iyo imana igufiteho umugambi ntiyo byawapfa ngirango wazuka 🙏🏼🙏🏼🙏🏼🥰
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭, Mana weeeeee ujye uba hafi ya ababyeyi na abana! Cedou, courage knd Imana ikomeze igushoboze mu buzima bwawe bwose
Cedou nashyirwe dans la lumière cyane akorere ibiganiro abajeunes bari rwanda ndetse no hanze yarwo bunva ikinyarwanda kuko abisobanura neza cyane muri details rwose yabera abandi urugero rwiza ku rugendo yaciyemo cyo kurekura ibyo biyobyabwenge naho ageze ubu. Courage musore uri na mwiza cyane warakoze cyane.
Mubitangaza Imana ikora; iki ngishira imbere
Imana ishimwe rwose
Your story can help so many young boys who are in this situation now, you should be a speaker on those situations cause you narrated your story very well and you should find a way to share it in those rehab centers, so many can be inspired
Imana ikomeze ikugirire neza Cédric, nukuri it was good to listen your story! Ugende ubivuge hose, aba youth baragukeneye!!
Iyi témoignage irababage ariko ifite umumaro cyane. God bless you Cedou kuba warumviye ijwi ryayo ugahinduka.
I like the man honestly 🙏 let's praise God kuko yagukuye ahantu hatoroshye pe 😥Kandi forsure uzashimire mama wawe ubuzima bwawe bwose ukiriho kuko ntiyigeze agukuraho amaboko🙏
Cousin ton temoignage c'est touchant dieu soit louer que tu as arrete
Maman wawe ni ukubyeyi mwiza ndamukunze cyane, ni intwali kandi ni imfura cyane
Cedo thx kbs, iyi ni temoignage touchant.... Nubishobora uzakore igitabo kuri ubu buzima
This is one of the best interview ndebye ukoresheje uyu musore Cedric proud of him for the massive decision he took.Cedric lmana izaguhe ibyo watakaje muriyo myaka wabayemo itari myiza. Hanyuma aho ushoboye uzajye ukomeza kuganiriza urubyiruko rwacu kuko ibiyobya bwenge birarungije.
May God bless u
This is an inspiring story kbs !!Thanks to Almight who changed him.
Cedric! Je te felicite kandi uri intwari pe! Sinzi ingene nashima Yesu kubona warahevye cocaine or heroine!! Naragize incuti nyinshi zabinyoye kandi everything you said is true!! Nuguhora dusenga kuko Satani igira gahunda mbi surtout sur les jeunes kuko nibo baba bafise best future. My suggestion nuko hoba ibiganiro vyinshi bijanye niyo topic kugira les jeunes babimenye cane. Even zoom conference could be more better. Merçi bcp Yesu ahezagire Sabin and Cedric.
Imana Ni Imana Pe. Abantu baguciraho iteka ariko Imana Yo Igira Imbabazi Kandi Ikakubabarira Ikibagirwa burundu, ugahinduka umwana Mu Bwami Bwayo kandi wari umunyabyaha ruharwa. Bonne chance Cédric. Imana Igukomereze Mu Buntu Bwayo.
😭😭😭 Imana irahambaye gusa Urimfura byongeyeho Mama wawe we nacyo nabona muvugaho Imana izamuhembere ubutwari yagize iyabundi aba yaraguhaye mumuhanda
I am happy for you rwose nzi mama wawe kuri zion ni umumana mwiza. Ababyeyi benshi bahita banga abana babo gsa mama wawe ni intwari gsa cunga neza satani ntago aratsindwa ikuntu bita incuti nukuri ziratugusha cyane. Ukomeze usenge cyane
Imana ishimwe yakurinze
Je felicite Angelique na Celestin kubera ubutwari bagize. Ntabwo byoroshye na buhoro kubona umwana wawe agera aha. Hari abana benshi bazafashwa n'iyi interview.
Cedu Thanks ,njye ndi Umwalimu ariko iyo tubonye ubuhamya nkubu turishima kuko aba adufashije akazi ka buri munsi duhoramo ,babyeyi mwicare hasi mugire inshuti abana banyu ari nabo bacu kuko batubwira byinshi cyane ugasanga babuze ubaganiriza umwana urwego yaba ariho rwose yakira turabwizero mubagire inshuti magara zanyu abana ni beza.
❤❤ WAzize ikigare muhungu mwiza, komeza Yesu ntazakurekura,nayo maherena uzayaye ,maze uvuge Yesu utanga n'ubuhamya uzaba wubatse igihugu muhungu mwiza, maman na papa ujye ubasekera kenchi
Imana ikurinde gusubira lnyuma nukuri.
Ubu buhamya mbusubiyemo nyuma yokuna ubwa mama we nabashimiye cyane ibi biganiro nibyiza cyane kumuntu ubihaye umwanya kd akabizirikana Imana ibahe Umugisha
Yoooo c'est bien soyez béni énormément Cédric. Je suis très fier de Toi
Nukuri Imana igira neza 🙏. Icyubahiro kibe icyawe Nyagasani kubwi imirimo yayo ! Yarakubuhoye kdi iza bohora nindi miryango yose iboshwe muri ibibihe 🙏 . Merci seigneur
Courage Cedric,njye isomo nkuyemo suko bireba gusa abari mubiyobya bwenge ahubwo bireba buri wese waba ufite ingeso itari nziza akora,urugero: kwiba, ubusambanyi,amashyari,n ibindi... nisomo kuri twese ko dukwiye gusenga cyane ngo Imana idufashe kuva mu ngeso mbi ndetse ituyoborere n urubyaro mu nzira ziyihesha icyubahiro. Big up Cedou et ta maman
Urakoze rwose kwirekura unyigishije byinshi cyane.hari uwambeshyaga ark ndabimenye ko nawe abikoresha.ibimenyetso uvuze byose .najyaga mbimubonaho.
Yoooh ange uyu mwana sedu nuwawe ibibintu koko byari byaje gute koko? Yayayaya ibiyobyabyabwenge birakabulinka nyagasani akora bikomeye kuba yaravuye muli ibibintu wee ibigare byica abana weeee sedu warakoze cyane kubivamo nihyize mucyigwi cya mama wawe wabibayemo abona umwanawe abibamo ntacyo yamuburanye weee pole mama angelique nyagasani yarakuruhuye weeeeeee
Ooooh il est très courageux ce jeune.. IMANA ikomeze kukwiyereka cane
Wenda Imana izahindura na Bro wange😭😭😭
Yoooo Imana izabafashe
Humura mama iyahinduye sauri ,ikaduhindura twese twari musayo yibyaha bro wawe ntabwo izamunanira.mwijuru dufite Imana ishoboye byose .umwami wacu Yesu christo azagira icyo akora mubugingo bwe.nugusenga no kwizera yuko abishoboye.
Nanjye i wish the same for my brother😥😣
ihangane azabikora.
nawe ntuzamukureho amaboko ,rushaho kumuganiriza.
Wow this is very deep story this guy is cool
Thank God bro 🙏
Well done, it wasn’t easy but, you got there, made ur mum/ family and friends proud 🥲
Sinajyaga nkunda gutanga comments, ariko ibi byo biranyuze pe. Icyampa bikazerekwa les jeunes bari i Wawa. Thanks Cédric . Nawe munyamakuru turagushimye
Nukuri pe iri ni isomo
Imana ishimwe cyane ko yagushoboje kubivamo.Ababyeyi bawe barakoze gukomeza kukwitaho, cyane mama wawe
Bishobora bake abenshi barabirukana.
Cedu merci ku buhamya buzafasha benshi
Turakwisimiye mwana Wacu, turagukunda kandi Imana ikomeze igushyigikire mu cyemezo wafashe. Iyo nzira wanyuze in ukugira ngo uzakomeze abandi! Jeremiah 1:5-9 we are proud of you mwana wacu courage uri umugabo! Mwana w u Rwanda urakunzwe Kandi ubereye u Rwanda, komeza
Cedric ndamuzi namubereye umu psychologist muri rehabilitation I Butare! Ark nshimiye Imana ko we yakize ! Gusa biba bigoye gukira!
All the glory belongs to God kuko niwe umubyeyi wambere. Félicitations musore mwiza, Imana ikomeze igushikire uzanayikorere utange ubuhamya kw'Isi hose ube nka Pst Theogen kugirango bizahindure aba jeunes benshi. Ntuzahagarare aho ngaho gusa kuko ibi ça prouve que kugera Kure siko gupfa. Kand bravo aux Parents
Yooo! Que Dieu soit loué!! Tu as vraiment changé Cedou! Merci pour ce témoignage
Nukuri urintwari nejejwe nawe
Mfite umwana witwa IVON nawe wize ESCAF ungana n’uyu muhungu,yaje kujya nanone kwiga mu APE rugunga,bashobora kuba baziranye kandi nawe yarabyinaga cyane muribyo bita crew.Uyu muhungu aramutse amumenye yampa amakuru niba bararutangiranye,byampa inzira yo kumukurikirana nkamuvuza
Courage muvyeyi nawe aZobohoka 😭😭😭🙏sending prayers 😭
@hirwacedric
Imana izambabarire abahungu bange nibazambere uko numva kuko byantera umubabaro ,gusa imana izabankomereze , uyumwana hirwa yakoze guca bugufi agasaba imbabazi Kandi akaba yemeye kubivuga , mam wawe nawe yarakoze cyane
Yewe umwana arivukira, gusa urumva ko yabyigiye mûri groupe aho yabyinaga, nukujya tu menya neza Inshuti zabana bacu kuko Hari Inshuti mbi pe.
@@alicerusaro2984 cyane
Nibyo rwose bajyaga baca umugani ati ihenembi ntawe uyizirikaho iye.yatangiye gahoro.ageraho araromora.
@@alicerusaro2984 inshuti mbi shenge irutwa numwanzi uzi kuko umwirinda , abana bubu se ahaaa
@@alicerusaro2984 nanjye niryo somo nkuyemo
Cedric suis vraiment fière de toi ukuntu ushimira ta famille kandi Imana izaguhora hafi ntuzasubira inyuma musore wacu🙏🙏🙏
Nfite ikibazo ko atarabireka kubera yikorakora kumazuru cyane.kandi iyi signe niyabankei burumogi .mbega umusore mwiza .imana imube hafi pe🙏🙏
Humura niyo étage isigaye Imana izayikugezaho inahakurenze. God will restore you and your family completely. He is able to do exceedingly, abundantly above all that we ask or think...Eph 3:20-21 kandi nigihe niyo ikigenga nacyo izacyigusubiza komeza uyizere, you did not loose but you gained much more(Jesus=eternal life) God bless you and your family for sharing.
Iki kiganiro kibaye inyigisho nziza cyane pe, icyampa nabandi bakakureberaho Cedu! Abo uzi uzabagereho ubafashe pe
Sha ibiyobyabwenge bikwicira umwana umureba agahinda kakakwica ukabura icyo ukora!😭kubona abivuyemo ni ishimwe rikomeye
Cyane uyu wagira ngo nimusaza wanjye neza neza ubu baranaziranye
Nawe azahinduka ntakinanira Imana
Birababaza cyane ariko nta kwiheba
ni ishimwe utabona uko uvuga kuko ababyeyi imitima yaratobaguritse nukuri Imana ishimwe kubw'uyu mwana mwiza Imana yagiriye neza, knd ishimwe no kubw'ababyeyi be shenge
arasa na mama we cyaneee
@@yanisbebeto9208 umva iyahinduye uwanjye kumyaka 31 ans nawe izamuhindura yarateye agahinda kdi akuze ark narasenze wamuntuwe kuko naramurebaga amarira agashoko noneho binyumiza aho yegeze kujyana umupangayi kunzu ati bumpaye makeya uyu urimo namuhaye priave azavamo umusibe ejo hhhhh shn 100k yose mucyaker umugabo murugo ati amafranga yinzu wambeshye tuyamubajijr ati yashize kera mugo nimbi ziragatsindwa Gusa yarahindutse byararangi ubu rwose numusore Uri serious ark nawe urumva imyaka agize nigihe yataye rero senga ubudasiba umusabire Rurema wenyine niwe wahindura umuntu wagizwe imbata yabyo
😭😭😭😭mbegaa inkuru indijije gsa disii Imana ikura kure kandi n' ibisigaye izabikora stay blessed🙏
Ese ingene uri mwiza jeweeee...Imana yarakoze kukurokora Cédric ukomeze ukore neza aho wababaje abavyeyi ubikureyo ubanezeze bihebuje.
Kubukiriho ubicyesha mama wawe yaragusenge,yakwirukanse inyuma umukunde,unamwubahe waramuruhije bihagije yanzekukureka kubera ko yakugiriye kugise gusa imana izamuhe umugisha yakoze akazi gakomeye.
Je suis très fier de toi cher neveu Cédric, merci belle soeur Angélique, merci mon frère Célestin, thank you very much young brother Sabin.
Wowww Thanks sabin. Cedric Bana Nimana always.
sha wagize Imana ujye upfukama ushimire Imana sha warikuzumirwa ukibabariza mama wawe.