NACIYE MU NZIRA Y'URUPFU njya i MAPUTO😭NAFUNZWE kabiri|Ngeze TANZANIA no mu nyanja byari nko GUPFA
HTML-код
- Опубликовано: 6 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Komera cyaneee muvandi gusa rwose una bisobanuye neza ureke wa mudamu waryanga indimi
Uyu musore abisobanuye neza. Claudine yarabeshye cyane. Isi yose ni imwe. Ark usoje wivuguruza kuko icyangombwa cy'ubuhunzi nawe waragisabye kinagufasha kwikura Tanzania utaha
Sadoc bro komera bibaho! abihanganisha umuvandimwe nkanjye mumpe like👍🏼
Thanks ernestine
Ibihugu byo hanze ntago hakora ubunebwe n’ubutesi wangu. Iyo utakoze ntago urya kuko nta munsi y’urugo uri buceho igitoki. Kuba hanze byigisha gukora kuko Abanyarwanda benshi ni abatesi . Dukeneye story z’abo byakunze muzihangane mubahe umwanya na bo. Kwigira kubatsinzwe ni ukwikurura mu mbaraga z’ubwoba buganisha mu nyanja y’ubukene bw’iteka .
Abantu baba hanze ntibavuga ukuri k'ubuzima babayemo...
menya mozambique kujyayo ari inzira yumusaraba mumpe likes se nshuti
Timuzavunge amahanga nabi harabahirwa nabo byanga sabe jyewe MBA zambia nahangeze 2017 ark ubugubu ndumugabo ngeze kurugero rushimishije iyo wigize umurara tabwo byaguhira ubugubu narubatse ikigali gasabo ubugubu fite gahunda yokurongora
Jyubihorera sha erega bitabaho neza ubuzima butagukaranze rata iturize
Bravo. Shyiramo agatege
Uyu mugabo asobanuye ibyamubayeho mu buryo bwumvikana. Wa mugore yavugaga aca ku ruhande .Akavuga ngo" urumva umuntu ajya kwa muganga ari ku bise bakamusezerera atabyaye. Aho nta mpuhwe namba" .Akenshi yavugaga ibyamubayeho akabishyira muri rusange maze bigatera urujijo Ariko twamushimira cyane kuba yarabashije kutubwira ibyo ubuzima bwe muri Mozambique. Yakijije benshi bashaka kwiroha. Gusa afite inkuru irimo amasomo menshi tutashoboye kumenya
Wawuuuu ni Video reka nyirebe ndaza kuvuga ibindi nyuma, gusa ndakwemera Sabin, urakarama rwose, ishya n'ihirwe mubyawe byose rwose wowe na Robert
Barabesha they must tell the truth abayarwanda bari Maputo ntibakundana kubera bakekana ibyo bakoze 1994 Sabin Nukuri ndabazi!
Hanyuma se sehene we ukaburwanya bwo bukakwihorera nabwo bugomba gukoresha inzira zose zishoboka bukirwanaho. Mujye mukura ubutesi ahongaho
@@Alex-cb4rt Eh wana uri kumusubiza neza kabisa!
nonese abantu baba Mozambique bose bakoze akantu 1994
Ibyo uwomuvandimwe avuga ni ukuri nanjye nagiyeyo mbona ntamuntu ushobora kukubwiza ukuri banyitaga inkotanyi mbonabashobora nokunyica ndigarukira
Ubivuze neza pe! ahubwo abantu bava mu Rwanda baza Mozambique balibeshya cyane baba baziko ibintu byoroshye kandi siko bili.abahageze cyera ibintu bikimeze neza barakize kabisa!ariko abaza ubu nubwo wazana miliyali y'u rwanda yamuhombana pe!
abantu twemera ko mozambique habayo abanyarwanda ba bagome bahemukira bagenzi babo babasanzeyo dukurikije ibyo twumbise muri interview zose mumpa likes
Sha urinkuye mukanwa hariya hantu niho hambere haba interahamwe nyinshi kbsa
Birahari
Ewana izongendo ntizizanarangira kbc Imana niyo irinda umuntu pe
Sabin uzadushakire nabo byakunze ,ntukazane abo byacanze gusa !!!
Arko nibyo kbx👌
Abo bose Sabin avugisha ni abo byacanze wangu. Njye niho mba. Ntimuzaheranwe n'inzara ni Muze mushake ubuzima
Reka ubushize yanzanye wamugore ukorayo Wu muganga .
@@itsroberto922 umva karumuganga nyine ,azazane uwikorera ,urugero umucuruzi .
Maputo nuburyohe sha uwayigezemo kuyivamo nintambara
Ikinti hano turakora cyane pe.ariko bajya bavuga ngo umurimo ntiwica ahubwo hica inzara.
An empty pocket and a hungry stomach can teach you the best lesson in life.
Sha woe wahageranye umwaku umuntu wahise ufungwa
Umuntu ushaka Gukira cg gutera imbere ntago yigira ku bo byanze gusa (aba failinze). Muzasome inkuru z’abakire bakomeye ku isi ba Jeff Bezos cg ba Jack Ma murebe.
Iteka mutwereka abantu byacanze, muzatwereke n’abo byemeye. Ikindi ibibazo mubaza ntibifasha muri business. Ko utababaza imisoro yaho bagereranyije no mu Rwanda ? Uzatuzanire abo byakunze na bo ni benshi ariko kubera ko gahunda ari ugura abantu intege ntago mwabazana byo ndabyisubije. Icyo nasaba Urubyiruko ni uko rutajya rusohoka rudafite ibyangombwa cg aho bagiye mu buryo bwemewe kuko ni ugushyira ubuzima mu kaga. Ariko kandi gushishikariza abantu kuguma imbere mu gihugu ni ukwikunda mu gihe abana b’abakomeye bose twirirwa dukubitana imitego mu bihugu byadusize.
Uko Niko kuri
Ndakuzi cyane twizehamwe
urimurwanda,ubu none nyuma yimyaka Itatu uzatubwira icyo umaze kugeraho?
reka mbe clear kuri iki kintu icyambere harabantu bibwira ko harahantu wajya ntafaranga ufite ngo ukore investement then ukayoragura anafaranga gusa ibyo ntibishoboka urwanda nkigihugu cyacu business ziri limited hano rero nigihugu kinini bivuze ko business zo gukora ni nyinshi rero mwihasebya uje afite amafaranga nubwenge beo kuyakoresha arakora utayafite nawe biramunanira
Muraho neza! Sha mba Zambia ariko ibi bihugi byo mumajyepdo ya African ni bibi cyane ntamuvandimwe nakwifuriza kuhaza pe biragoye utaragende abeshywa byinshi
erg amahirwe y'ihene siyo y'intama .
Eeeeh sadoc ndamuzi kweli twariganye nuwiwacu nyamasheke bitaba centre
Urakoze bugi
Imana ihe imugisha aba baza bakatibwiza ukuri pe. Nari hafi kujyayo
Abagabo nabagabo kweli urumva ukuntu abisobanuye neza 💞kbx story yawe iraryoshye kbx uvuze nez💯
ubushobozii bwomumutwe cg intellectuel bw'umuntu ntaho buhuriye n'ubugabo cg ubugore bwe
nturahinduka mumutwe kora effort.
Abanyarwanda barababaye cyane barandagaye isi yose twabaye abacakara babanyamahanga turatukwa turakubitwa Mana dutabare
Ni byo rwose natwe Malawi iratwandagaje muvandi
Ntahantu nahamwe wajya ngo uyore amafaranga utashoye menshi igihugu cyose wabamo ntagishoro ufite urahondagirwa
ikiganiro camateka kabsa
😢 RIP
Maze mozambique imyaka irindwi arko abaza bavuga ko ntarukundo abanyarwanda baba mozambic bagira barabeshya pe gsa umwanya wo gusuraa mugenzi wawe urabura arko arko baragerageza nko kucyumweru nimugoroba barasuranaa sabe uziko iyo umuntu agusuye aza akuzaniye nibintu byo kurya nkumufuka wumuceri nibirayi nukuri urukundo rurahari pe njye ndabihamya iyo ukoze ubukwe bagutwerera atari munsi yamilioni yamanyarda iyo usabana ufite inshuti kuko nabibonye kubantu benshi bakoze ubukwe urukundo rurahari pe ntecyereza ko kubera iyo utaganiriye numuntu nubundi umufa nkutagira urukundo kdi nawe utarifite ntawarukugirira murakoze!
Ibyuvuze nukuri barimubantu bafashanya Mozambique iyufite ubukwe baragutwerera ukibaza niba harigisigaye erega ntahantu umuntu wese Imana itamuhera umugisha ahubwo kwihangana nibyo dusabwa tugategereza isaha y'Imana ( Igihe cyayo) Yesu ajye aduha kwihangana
Buriya njye numiwe!!
Ngo ntarukundo bagira ???
Sinzi urukundo tuba twifuza nukuri!!
Hano ugira ubukwe ukanatwererwa n'abo utazi kuba byonyine warahuriye n'umuntu muri bus cg mugahurira aho murangurira iyo agutumiye rwose uramutwerera ikindi iyo wagize ibyago bikamenyekana upfa kuba uri umunyarwanda baragutabara peee sinzi ahubwo ahari biterwa n'umuntu ku giti cye n'ibyamubayeho ariko ibi siko biri
Ikindi business yo harapfuye si nka mbere nkurikije uko abahageze mumyaka 10 ishize babivuga n'urwego bariho,ariko iyo uhageze ufite icyo ushaka ukareka kujya muri mama nararaye, ngo wumve ko uzitwara uko ushatse ngo nahasanze kanaka azankorera buri kimwe cyose icyo gihe uyatamo da!
Sabin hari benshi bahahiye Mozambique bigenda neza ubu baragarutse kdi bameze neza nabo uzabahe ikiganiro
Urasetsa Niba uri umuserebanyi murwanda ntaho uzajya ngo uhinduke ingona
Niba uringona murwanda c too ntaho wanjya ngo uhinduke umuserebanyi
Bajye bibukako murwanda Hari byose
Ndibutsako kujya gushaka ibuzima mu mahanga atari ubujiji kuko hari abo byagize abo baribo ubu plz sabin nabo byakunze barahari kdi uzagire ubutwari ubadushakire murakoze
Wikwicuza ngo wataye igihe bro! Mu minsi irembere uzasanga wari waragiye kwiga!!
Asante muvandimwe, uduhaye amakuru meza ahamye, uwashaka gukora yaguma ino hano akagerageza uko ashobora
Nibaguhinjarike ubure kujyagushaka inote ugifite imbaraga sibyubu nacyera bajyaga gushaka inote
@@manasseh6303 hahahah, have utanyuhura wo gacwa we maze ngashya.
Nanjye ibisobanuro uyu ampaye byatuma ntazajyayo wamu mama ntakintu yatubwiye gusa uno mugabo rwose ni muto kandi asa nukuze di Pole sana amahanga arahanda surtout ayino iwacu muri Africa
Uzashake passport na ticket ugende byemewe namategeko. Abantu binjira mubihugu byabandi nkinyeshyamba bage bahanwa
Urabeshye,ahubwo abantu bava ikgari bazabiyemera gusa ntagukora bazi
Hhhh! Kbs
Nonese baba baje kwiyemera cg baba bagiye gushaka inoti
Ollala bubujije warufite ukiri umwana ubu waca munzira nziza ufite na visa ukagerayo neza
Ariko sabe ukora politic kabisa.
Ntabwo wava mu iwanyu ngo ujye mukindi gihugu bikworohere udafite uwuzabikworoherezamo wenda mwene wanyu. Rwose ibyo ntimukabitindeho ubishoboye ajye akoresha ingufu nyinshi ashakishirize mu Rwanda nibyanga ajye hanze aziko ari straggo iyo uri solf birakunanira
Sha Maputo yubahwe ese uratekereza niba utabasha kwijyana imahanga ngo wigezeyo unafite ibyangombwa bakagenda bakurandase byitwa ngo warize, urakeka gupagasa byo byapfa kukwemerera? Guy Maputo ko iryoshye ra? Abariyo bararya bakanwa gusa hariyo n'abasaze bro, mais ahantu hose haba curse na chance
Ko mbona ito ugite Passport nta kibazo mbona gihari
ikigoryi gusa!ko bihindura impunzi se kugirango bibonere aho bahahira ugirango nizindi mpamvu,komeza utereke ubwanwA i kgl uzambwira
Umubwije ukuri bro
Shawe uravuzengo abanyarwanda hano ntarukundo bagira biterwa nimyitwarire yawe chef Sabem wowe uzampe ikiganiro najye mfite ibyonzakubwira
Sabin uzatuzanire umutumirwa byahiriye
Yamukurahe? Ntamwanya bafite wo kuza kuvuga on utube
Uwo byahiriye c yamukura he ko abagaruka arabakubiswe gusa kkkk
@@victoremilio5248 wabimenye kkkkkk
Ark nkubaze mbereyuko ujyira igitecyerez cyogushakira ubuzima mur mozambique kucyi utibutse ko imana yavuzeko umugabo azarya yiyushye akuya
Uyu mugabo ibyo avuze ni ibyamubayeho na observations ze abantu ntitubona kimwe no muri Afghanistan haba aba doctors baba gore.
Oya ahubwo harurubyiruko
Mukura mudakunze igihugu
Indoto zanyu zibereye hanze
Ahubwo vugako Hari nabagwa munzira
Naba nawe Uzi gusobanura ubuzima bwa Maputo uretse wa mudamu yaryaga iminwa
Ufite umunwa ukabije cyane
Bro natwe twarahaciye ibyumweru bitatu byose uri munzira urara kumuhanda inzara 😭imagine noneho njye ndi n'umukobwa sh ninzira y'urupfu byo
Pole Rose
@@ruzindanarobertclement6169 thanks
@kigali sexy Tv nukubera covid yo gatsindwa
Rose 🤣nange ndibutse 🤐🤐🤐
Muzambique harakazi gukora misi yose gusa je nagize ibibazo bisubivyo mukuhinjira nciy zimbabwe ingendo zohasi nurumogi
Sabe nimba ari sabe!! Wowe urintasi!! Kuki bariwese ubushaka kumukuramo amakuru wamureziwe
Rip sadoke
uyu we azi kuvuga inkuru kbs
❤
Ubwo wagiye ntacyo wigirira uzi inote ziriyo? Ugomba kujyayo ufite igishoro
Imbuto yumugisha yera kugiti cyumuruho,ikibabaje ni urubyiriko rushaka ubukire bwo mukirere ibintu byose bigira aho bihera naho bisoreza ahubwo amahirwe nkayo wagize ya experience ukaba utayabyaje umusaruro ikindi gihe nayo uzayicuza
Bro ikiganiro nagikunze ariko urinogushiramo kubeshya cyane kuko njye ndi Mozambique 🇲🇿 kandi nari nakuzi si ukurwanya ariko gabanya kubeshya , ngo ntiwakwiyita impunzi kandi wavuzeko aricyo cyatumye bagufungura Mozambique 🇲🇿 ba honeste
Bajye bagabanya kubeshya kbs ahubwo c yamaze imyaka 3 yose adafite icyangombwa nacyimwe?? Ntibagakabye pé! Knd imyaka 3 ntabwo waba umenye neza ahantu.
Kuburyo yavuga ngo abantu bahano ntibaruhuka, ntarukundo bagira,... Niba atararuhukaga yivuga muri rusange... Niba atarahuye nabafite Urukundo ntibivuze ko Hari abatarufite.
Urugendo ntiruba rworoshye ariko iyo ushyitse amahoro ukagabanya ubutesi ibintu bigenda neza but Sha urugendo ruba ari dange nyine umenye uko uzagenda ukiri mu Rwanda ntiwaza.
Igiportige iminsi 3 arabeshye Sabin ninkokubwira umuntu utazi na Bonjour muri franc ngo iminsi 3 azi kuvuga igifranc noe posivre kandi ikindi Sabin abantu wakira bavuye Mozambique ntibakajye bakabya ngobavuge ibitaribyo natwe niho dutuye kandi ibyo babeshya ntabyo tuzi
Bajya gukabya kuri Camera nyine kkkk
sha babwire kbs.inaha umuntu gereza ya zambia twayigize nko murugo.ukumva abantu baririra kujya hanze yigihugu batazi ibiberayo🤣
Uwo azagaruka vuba aha
Uvuze ukuri % narahabaye kuva 2012 mpava 2016 gusa abantu mujya muzambike muribeshya mukabeshya pe
umuntu aza kinyeshyamba akinjira igihugu cyabandi muburyo butemewe namategeko then akizera ko izo business zizakunda mumezi atandatu business simikino
Wibeshya aho,,,None niba uvuga k utakitwa Impunzi wakoreshaga ikihe cyangomwa Iyo myaka 3 yose wahamaze??
Nange binyobere ra,wasanga yarabaga mugiti nkinyoni cg mugiseke,😂😂😂😂
Muravuga nkaho mutabaye impunzi lol.
Ushobora no kumara imyaka 10 nta mpapuro ufite urumva ko nta buzima uba ufite.
Umuntu uri muli Europe, USA na Canada babikubwira.
Iyo ugize ibyago ntubone impapuro ni struggle idashira
Hariya kugura ubwenegihugu nibintu toto cyane
Sadock 😉 keep on going brother
Kbs uvuze ukuri umunaniro uba ari wose kujya mumahanga nugufunguka mumutwe
Byose nimumutwe waruhuka bikemera pe!
Mozambique ntamuteto ubayo mumodoka barabapakira nkabapakira ubufu kandi bakora nk'umutima
Uvuze ukuri neza rwose, ahantu hose wakora kandi ugatera imbere. Byose ni mumutwe
Bavandi twubahana kandi turabizi nabyera ngode ariko Maputo yubahwe kbx
Ujemurwanda uzagaruke kwi simbi nyuma yimyaka 3 uzanze utubwire ibyo uzaba warangezeyo
True
Niba warahuye nababeshya siko Bose babeshya
Man uzandike igitabo n'ukuri. Urugendo ni hatari.
🛑🛑 abifuza gusobanukirwa ibijyanye n ubuzima bwo mumutwe, imibereho myiza n'imibanire, mushake Nene Rwanda kuri RUclips. Ndabizeza ko muzahakura ubumenyi n'inama bizabafasha mubuzima
Twa nyu ze ha mwe sha
Niho uri
Wawuuuuuu brother David ndagukomeje ni vestine
Nimba nawe warahavuy ,muge mufasha nabo byananiy kuhava
Umusore avuga ikuti. Komera cane
Mbaye uwambere mumpe like👍
Ihangane bro. Niko bimera kwisi bibaho
Usobanuye neza kbs harimo isomo ....naho wamudamu uheruka sabi azongere amuhe ikiganiro bagisubiremo!
Sha narinziko arinjye wabonyeko uriya mumama atavuze neza njye nabonaga asanaho harutuntu arikuducyinga atashakaga kuvuga gusa uyumusore abisobanuye neza
Uzii impamvu we ateganya gusubirayo yaba yifungiye inzira numuhanga
Ubwose urahuguka ngo bagufashiki cg nukugirango usibire inzira abandi
Mwandangira uko nahajya?gushaka ubuzima najye?
Ko ndeba uwo mugabo atabasha guhumeka ra
Inaha I mahanga ni ugukora iyo wihaye kubaho, nkuba Ikigali woza akarenge ukararira mukaru ntibyavamo🤷
Sadock go higher man
Sadoc umwana wokwivuko duturanye ko wabaye igisaza kdi urumwana koko nkuzi neza ntana 27 ufite pe
Narashaje
That’s true ❤️☹️
Numubesyi
Harivyo uriko ubesha weee! Uriko besha kuko Mozambique est un pays de beaucoup d, opportunités.
Arko uzazana 1000$ ushake gukira mumwaka umwe urumva bishoboka kwisi hosé ubuzima nibumwe
Komera komera sadock ndumva urugendo twararutangiriye rimwe tu rwo gushaka amafranga
Pole sado !
Hhhh sadoke rwose mise nkwibuka😋😋😂😀kwishuri
Business yaho ngo ntibasora nkinaha, byabaribyo?
Hoya ibyo ni ibinyoma,ahubwo ushobora kwishyura,ukwishyura n'umurengera,kandi contrôle ikorwa n'inzego zitandukanye,na Immigration izamo,Kubera abanyamahanga.
Abirukira hanze kuko ari hanze gusa nimwumvireho || Mukomeze mukurikire ibiganiro byiza kuri channel UBUKIRE NYABWO TV
Wajyagahe sha , Mozambique ni sawa cyane
Mureke ajye gukorera inkotanyi ntaziko ukora mugabana,🤷🤷🤷🤷
Wowe warahumutse ,ubwo warabonye,
Ndumva warahuritse
Reka izo stress hari kera,ubu corona yatanze ikiruhuko shaaa wahora
Sadoc weee kumbi wabuze waragiye iyongiyooo garuka iwanyu
Ushaka kumenya neza: ICYONGEREZA wibereye iwawe?
Gura igitabo kinini cyane "IBANGA ryo KUMENYA ICYONGEREZA" gikubiyemo amasomo yose y'icyongereza mu KINYARWANDA. Icyo gitabo gikubiyemo ibiganiro byose bikorwa buri munsi mu cyongereza no mu kinyarwanda. Harimo kandi uburyo wabasha kwisomera amagambo yose y'icyongereza. Muri iki gitabo urasangamo: IBIGANIRO bikorwa buri munsi, Uburyo wakwikorera INTERURO mu buryo bworoshye, INYUNGURAMAGAMBO zose, INSHINGA zose, IKIBONEZAMVUGO cyuzuye,........ku mafaranga 9000 gusa. Niba ugikeneye twandikire kuri Whatsapp: +250 788 630 235.
Dufite n'ibindi bitabo byigisha: IGIFARANSA, IGISWAYIRE, IGISHINWA, ILINGALA, IKIGANDE, ICYESPANYOLI,....izo ndimi zose zisobanuye mu KINYARWANDA
AKARUSHO: Dufite abarimu kabuhariwe mu kwigisha izo ndimi ahantu hatandukanye yaba kukwigisha imbonankubone, cyangwa se ukigira ONLINE kuri telefoni yawe cyangwa se kuri Mudasobwa. Niba wifuza imwe muri services zavuzwe, Twandikire kuri Whatsapp: 0788 630 235...