NATOROKEYE i BURAYI mara imyaka 8 KU MUHANDA😥Ndicuza CYANE|Nageze ubwo NIYANGA ngarurwa nk'IMPUNZI😥

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 26 сен 2024
  • Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
    #IsimbiTV_0784838126

Комментарии • 389

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  2 года назад +28

    Niba wifuza kuvugisha CHRISTIAN: +250 787 119 320

    • @zumbrota7576
      @zumbrota7576 2 года назад +6

      Ubu nawe ashaka inkunga 😁😁😁😁

    • @murenziabdou6776
      @murenziabdou6776 2 года назад +19

      Ariko gufasha ntabwo ari itegeko, utamufashije hari abandi bamufasha simbona ikibazo rero gihari

    • @jpka2
      @jpka2 2 года назад +6

      Biragoye guhita kugaruka africa wajyeze iburayi tu nubwo waba udafite icyangobwa niko mbibonye !!!none ko wumva yakorera 200€ ku minsi une!bivuzeko ko yakoreraga 1000€ ku kwezi nta mapuro afite !!!ubwo ni miliyoni irenga ya manyarwanda ku kwezi 😙sha sinzi kbs uko ni ubutwari kugaruka, chapeau Christian

    • @emuw2916
      @emuw2916 2 года назад +6

      Sabin nanjye ndakwihanganishije, ntiwite kubanyeshyari , umenye ko hari abagukunda kandi bagushyigikiye. Komeza itere imbere ukore akazi utavanguye nkuko usanzwe ubikora. Turagukunda !!!!

    • @christinesemuto940
      @christinesemuto940 2 года назад +1

      @@murenziabdou6776 suko

  • @abelsabin3693
    @abelsabin3693 2 года назад +48

    Baptême yo kurara hanze cg guhamagara 115, buri wese yayiciyemo. Gusa igitandukanye ni uko wayisohokamo. Hari Abo byahiriye n'abo byanze. Christian, warakubiswe ariko ne regrette rien tu te battais pour ta réussite. Malheureusement ça n'a pas marché. Agahanga umugenzi kamenywa iyo agiye kdi inzira ntibwira umugenzi. Au moins t'as osé. Bravo mon grand ! Partout, la vie c'est un combat, battons nous !

  • @vianneynsengiyumva7592
    @vianneynsengiyumva7592 2 года назад +27

    Ikigaragara uyu musore aritonda cyane,ibyabaye byaramutunguye disi!!

  • @isaacrabineofficiel3345
    @isaacrabineofficiel3345 2 года назад +11

    Félicitation mon frère Christian k'ubw'uwo mugisha w'umukobwa ... kandi ndakuzi urimo umukozi kbs ku ngoma ho birahebuje...amahoro n'imigisha.ubutaha uge uvuga Yesu kubw'agakiza ke yaguhaye umwamamaze azakurengera muri byose.

  • @Sum34643
    @Sum34643 2 года назад +65

    Abanyeshyari nurwango bitwaje inkuru ya ndimbati ariko we all see the great job Sabin has been doing. Urakoze Sabin kubantu bose wafashije kubona imiryango, kubantu watabarije babona uko bivuza cg bavuza a babo, urakoze kubahinduriwe amateka bose biciye ku Isimbi TV nibindi byinshi la liste est longue. Keep the good work, we appreciate

    • @emuw2916
      @emuw2916 2 года назад +2

      Ibyuvuze nukuri , abanyeshyari ntibabura iyo umuntu ateye imbere. Imana ikomeze imwagure.

    • @Lily-wu7mx
      @Lily-wu7mx 2 года назад +4

      Woww ufite amagambo meza cyane nawe be blessed nukuri

    • @bmg8725
      @bmg8725 2 года назад +1

      Right

    • @KwtKwt-be7xi
      @KwtKwt-be7xi 2 года назад +1

      Uyu mu papa sabin ndamukunda kbsa agira ukuri

    • @africanqueen9452
      @africanqueen9452 2 года назад +1

      Sabin ntucike intege uri uwagaciro

  • @nadinemusabyimana8749
    @nadinemusabyimana8749 2 года назад +28

    Sabin gukunda ibyo ukora ntihagire uzaguca intege, uri Intwali100%, courage vraiment

  • @TheDreamFamily0
    @TheDreamFamily0 2 года назад +11

    Haaaa kbsa mubazungu kubamo ntagipapuro birutwa nokuba iwanyu munzu yibyastsi iwabo numuntu hubahwe!! From USA ✌

  • @lolitaimena9782
    @lolitaimena9782 2 года назад +14

    Abafite umutima waki muntu tukuri inyuma nukuri uri intwali 😭🙏

  • @Ethan00477
    @Ethan00477 2 года назад +13

    This is the only educative chanel in Rwanda i always watch.respect to Sabin.

  • @faithshow8424
    @faithshow8424 2 года назад +7

    Sabe ndagysuhuje buri munsi mbankukumbuye cyane muri weekend we love so much from saudi arebia be blessed and never give up tukuri inyuma kabisa✌️✌️✌️

  • @murenziabdou6776
    @murenziabdou6776 2 года назад +12

    Jye mba mu bihugu by’abazungu ,
    Ni Intwari kuba yaratashye kuko hari bamwe babaho gutyo ariko bakabura ubutwari bwo gutaha, uzi kubaho urara kumuhanda?
    Ikindi akazi kenshi kaho karavuna birenze uko mubitekereza, ugize icyo aguha niyo cyaba gito Uba ukwiye gushimira

    • @jineyarome6444
      @jineyarome6444 2 года назад

      Biterwa nicyo wita ubutwari icyaricyo. Hari ababona ababa ku mihanda aribo ntwari. Noneho no gutoroka itorero bwari ubutwari? Wapi wapi.

  • @yibariki
    @yibariki 2 года назад +4

    umpaye ishusho nziza y'ibintu nashakaga kumenya, thanks kandi courage ntago njye nakugaya burumwe agira inzira ye namahirwe ye

  • @btka2195
    @btka2195 2 года назад +1

    Komera cyane christian. Waragerageje biranga. Ariko ntabwo ari impera y" isi. Ntuzacike intege wumve ko byarangiye. Hari benshi nzi europe byanze bagataha nyuma baga fightinga kandi byakundiye. Pole sana bro kandi ndi sure bizakunda ntuzicuza. Allah bless you

  • @kpd.7.250
    @kpd.7.250 2 года назад +3

    Message numva ikomeye cyane: hariho abantu babi. Aho byahereye nikumuntu wabashizemo inama yokuhaguma, arababeshya ntiyabanza kubabwira ko bazi declara paka visa irangiye. Bibagombwa ko bafata option isigaye ariyo kwi declara.
    Harigihe abantu tuyobya abandi kugira tutayoba twenyine, tutisangiza agahinda etc. very sad.
    Komera cyane Christian. Kandi fécitations kumukobwa wanyu. And use the opportunity yuko uri mugihugu cyawe. Find something to start with.

  • @dushimimanaj.b3745
    @dushimimanaj.b3745 2 года назад +3

    Uyu musore ndamwibuka muri ETO- MUHIMA yiga electricite yasoje 2009. Komera cyane muvandimwe.Hashimwe Imana yabanye nawe.

  • @la_Lena
    @la_Lena 2 года назад +21

    Everyone’s experience is different.

  • @gahongayiresolange9397
    @gahongayiresolange9397 2 года назад +10

    Uyu Musore nimumufashe,ntakinyoma na kimwe yavuze,nanjye naciye mu byenda gusa nkabyo,belgique ni hatari! Wafashe icyemezo kiza gutaha kuko ibyo wari warakoze byari byanze.komera! Hari n,abataye abagore n,abana Muri africa.abanyafurika baragowe,kuvukira mu bihugu bikennye biragatsindwa!

    • @frankminani2265
      @frankminani2265 2 года назад +2

      Ntabwo ibihugu by'afrika bikennye kuko sources za byo arizo zubaka uburayi!
      Abayobozi babi bigwizaho imitungo, discours nziza!

    • @dabeza1595
      @dabeza1595 Год назад

      @@frankminani2265 minani, abayobozi bazakugaburira. vana amaboko mu mpuzu, kwitakana abayobozi ntacyo byagufasha.

    • @frankminani2265
      @frankminani2265 Год назад

      Umuyobozi bisobanura iki, leadership ni iki se????

  • @justinnshimiyimana6486
    @justinnshimiyimana6486 2 года назад +4

    Iyi nkuru harimo inyigisho ikomeye cyane kurubyiruko twakigiramo

  • @charlottekarengera2633
    @charlottekarengera2633 2 года назад

    Pole sana christian wazize guhaguruka mu Rwanda utazi ibyo ugiyemo ( batagusobanuriye neza) kuko iyo uhaguruka usobanukiwe neza nubwo wari kubura ubuhungiro wari kuzabona ibindi byangombwa bitari ibyubuhungiro (régularisation) ariko nyine ntakundi burimuntu aba afite inzira Imana yamugeneye.

  • @d.r.5350
    @d.r.5350 2 года назад +2

    Yoooo ngo bob Marley 🤔😥😭😭 aka kana kanyibukije byinshi mu buzima bwanjye usibye ko njye byari biri muri Africa. Ihangane musore. Nkurebye mu maso ndakubonamo pure innocence. Komera imbere ni heza.

  • @mukanyandwimarguerite6854
    @mukanyandwimarguerite6854 2 года назад +2

    Franchement,nkunze ikinyarwanda uvugamo histoire yawe

  • @Elshaddai2023
    @Elshaddai2023 2 года назад +2

    Uwiteka ndaguhaye icubahiro ko wandinze imiruho nkiyo suko nari mwiza ahubwo nubuntu bwawe nongeye kuguha icubahiro warakoze nibindi biri imbere undinde mukunzi mwiza mwizina rya Yesu Kristo.

  • @kekam1331
    @kekam1331 2 года назад +1

    Uri umuntu w'umugabo Sabin..ab'iy'isi ntibazaguhindure..Nyagasani muri kumwe..kandi urashigikiwe🙏🏾

  • @bellab1924
    @bellab1924 2 года назад +23

    Sabin wacu uraho urakoma?Utujugujugu uri guterwa ntituguce intege uhumure abagukunda turi kumwe .

    • @aminauwera2646
      @aminauwera2646 2 года назад

      Sabin nawe ndemera ko abizi ko ashyigikiwe nabenchi. Jye ndinyirakuru wabana ntuye mumahanga. Iyo harikiganiro cye ndebye nsanga Urwanda rufite impano kugira umuntu wubaka imiryango nkawe. Iriya nkuru ya Ndimbati yo ikwiye kumuhesha umudari. Yiyemeje gutega amatwi bose bamugarnye bipfa kuba hariwo byarengera.

    • @Ethan00477
      @Ethan00477 2 года назад

      Ariko abo nibande baba bamutera utujugujugu bo gakizwa? Ni bande?

  • @shengeodrc3103
    @shengeodrc3103 2 года назад +6

    Sha umunya Rd byananiye iburayi rwose, sinibaza ko i Kigali ariho uzabasha,nziko abanya Rw aho bageze hose babasha,stuation uko yaba iri kose,kdi nziko kuri izi camera za Isimbi hari abantu benshi baciyeho nabo banyuze muri iyo camp y,impunzi,ariko, baduha ubuhamya ko barwanye kigabo ubu bakaba bari kurangiza mortgage (idene ry,amazu) bakaza bavugako batangiye izindi project Kigali,none wowe uraduha ubuhamya ngo wari warahambiriye imisatsi nicyo nyine watahiye,gusa nkurikije ko mbona no kwisobanura ku isimbi,imbere y,abazungu ariho wari gushobora ngo baguhe ibyangombwa.Gusa ntihagire abantera amabuye,
    Mwibuke urugero rw,umwana w,umukobwa waje atubwira ko nawe yaciye muri ubwo buzima ndetse akanafungirwa mu buholandi,ariko yaje avugako aje kugira icyo akora mu rwamubyaye.Naho undi ngo yirirwaga aryamye!!!!
    Ngo hariya ntawuzigama?none se wari kumenya ko bazigama utagira aho uba?

    • @olivenkunzimana6377
      @olivenkunzimana6377 2 года назад +4

      Uvuze ukura,nange ndunva uwo musore ntacyerekezo cy'ubuzima yarafite,kko mugihe utegereje ibyangombwa wemerewe kwiga no gukora,hari benshi cane bava mu ma centre bamaze gushika kuri byinshi,naho kuryama gusa naho waba mugihugu cyawe,ntaho byakugeza,kw'isi hose, ubuzima ni guhatana.

    • @dianetuyishime2017
      @dianetuyishime2017 2 года назад +1

      @@olivenkunzimana6377 Sha buriya ntamakuru yarafite

    • @lrutagengwa2875
      @lrutagengwa2875 2 года назад

      Hoshi . Abatajya baza uzi hariho bate hariya ? Nimwe mutuma batinya kugaruka

    • @graceirakiza5170
      @graceirakiza5170 2 года назад +1

      Kbs umvugiye ibintu, uyu mutype ntazi kwisobanura, ubwo rero urumva imbere yabazungu uko byari bimeze. Rwose niyitahire ubuzima bwo hanze iyo ntiyabushobora. Gukorana umurava no gushugurika ntabyo yishoboreye

    • @shengeodrc3103
      @shengeodrc3103 2 года назад +2

      @@dianetuyishime2017 Ngaho!!!!uti Hoshi,nawe uzabanze uhagere,nibwo uzasobanukirwa n,ibyo mvuga,gusa uzaze ufite intego.isi iradusukumira gukora cyane tukaryama gake.aho waba uri hose.

  • @dushimeolivier586
    @dushimeolivier586 2 года назад +15

    Ibyo avuga n ukuri amahanga arahanda hahandi umwana arira nyina niyumve 🙏💯

    • @Queen-ze1tm
      @Queen-ze1tm 2 года назад +2

      Wapiii sha amahanga araryoha, inoti, ambiance/ holidays kumucanga etc , niba aho uri byaragucanze uzaze aho ndi ubundi turyoshye turye icyo bita life😋

    • @wolf-sv1qp
      @wolf-sv1qp 2 года назад +1

      @@Queen-ze1tm urihe se boo 😂

    • @bmg8725
      @bmg8725 2 года назад

      @@wolf-sv1qp USA 🤣

    • @wolf-sv1qp
      @wolf-sv1qp 2 года назад

      @@bmg8725 Ngaho Se sha duhuze ukore aka dedouanement 😂........twe bikomeje kwanga!

    • @dianetuyishime2017
      @dianetuyishime2017 2 года назад

      @@Queen-ze1tm ntamakuru yubuzima bwa Japan chch

  • @berry14801
    @berry14801 2 года назад +4

    Christian rwose! Eto Muhima sha, wafashe icyemezo gikwiye ngwino wivugirize ingoma bizagutunga

  • @charlottechaima998
    @charlottechaima998 2 года назад +2

    If you're not made to be somewhere no matter what you do you will never be,if you are not made to live somewhere no matter how many times you will travel to there you will never be able to live there. Try to live your best life anywhere you are,period. Stay strong my brother if you are still living you're a candidate for everything 💯 %so fight for your best life you will have it all💪💪💪

  • @kubwimanahassan
    @kubwimanahassan 2 года назад

    Ndakwibuka cyera Kamuhoza, urakoze cyane utanze umusanzu kubantu bumva ko Europe ari paradise ntoya be strong imbere ni heza.

  • @mporanyisixbert3825
    @mporanyisixbert3825 2 года назад +9

    isimbi tv niyamber kwi isi no mwijuru sambe ndagukunda cyane komereza aho ndagushyinjyi kiye

  • @josephinemukarubayiza8368
    @josephinemukarubayiza8368 2 месяца назад

    Imana, izagufashe pe
    Urumugabo kandi warize humura uzabaho kandi witunge

  • @hilairengayaberura4942
    @hilairengayaberura4942 2 года назад +3

    Sabin, ndakwemera,ariko ntugatinde ku mazina y'abo ubaza,urakoze.

  • @kabanamary453
    @kabanamary453 2 года назад +5

    Harumuntu nzi umaze 20 years atagira ibyangombwa, yasize abana n'umugabo, abana bariga bararangiza, abandi barapfa abura uko ajya gushyingura, birababaje pe. Christian uri intwari cyane.

  • @alphonsegahongayire9450
    @alphonsegahongayire9450 Год назад

    Pole sana bro’ ndakumva neza kuko ubwo buzima nabubayemo’ gusa sinamaze imyaka nkiyo wamaze hanze’ my friends iyo uvuye kgl umwaka umwe gusa uragaruka ukibura…gusa bajeune ntimugacike intege’ gerageza byange umenye ko byanze…..

  • @MMathy116
    @MMathy116 2 года назад +1

    Humura Christian Imana ni iy' ayandi mahirwe n' ayandi mahirwe....courage kuba ugihumeka ubuzima bushobora guhinduka bukaba neza any time.

  • @hangiroetincelle8167
    @hangiroetincelle8167 2 года назад +2

    None,amenyo waciye uyasiga i Bulayi?

  • @lrutagengwa2875
    @lrutagengwa2875 2 года назад +1

    Iyo byanze uritahira pe / uri intwari cyane . Byibuze aho ufite ibyangombwa . Rero n’ akazi uzakabona

  • @mariongigi3981
    @mariongigi3981 2 года назад +4

    Nice bruxelle ntiyo mwari gufata autoroute ntago mwari kugenda 3hrs ahubwo mwagiye plus de 12hrs

    • @bijouxbijoux05
      @bijouxbijoux05 2 года назад

      Nawe wabyumvise?Izi témoignages ni hatari!!

    • @alexisnsabiyaremye1363
      @alexisnsabiyaremye1363 2 года назад +1

      Harimwo utunenge twishi gusa UKO biri kwose beshi baza batazi ikibazanye yamiteto yo muri quartier twahora mwo niyo bazana muribi bihugu ino nigukora ukagoka

    • @mariongigi3981
      @mariongigi3981 2 года назад +1

      @@alexisnsabiyaremye1363 nta formation yarafite kd yari muto nt bundi buzima yarazi ikindi n' iko atashatse guhura n communaute rwandaise harimo abafasha .

  • @francineumuhoza88
    @francineumuhoza88 2 года назад +3

    Inzira z’Imana ni nyinshi peeeee n’uriya mugore watumye bitavamo waaangu🤣🤣🤣!! Imana yari yara mugupangiye kandi wenda iyo biza gucamo neza iyongiyo ntiwari k umubona. Tuuza Umugisha wawe wari murwa kubyaye ✊ why not wenda muzagenda ujyanye n’umuryango wawe w’unguste mu nzira nziza 🙏🙏 courage

  • @Lubutu
    @Lubutu 2 года назад +1

    Pole kbsa warahuritse.
    Gusa kuza mubihugu byabazungu utazi ikikuzanye biragoye, ikindi biterwa numuntu wakwakiriye.
    Ariko muri rusange iyo ufite ibyangombwa ukora ubuzima.

  • @isimbiesther3364
    @isimbiesther3364 2 года назад +4

    Sabin turagukunda cyane kdi uri imfura urinintwari ntucibwe intege nimijugujugu.

  • @tumukundemagret589
    @tumukundemagret589 2 года назад +2

    Ariko mwana wa ndagushimye kuko watekereje kwitahira wararushye muhungu mwiza abo bose baguciraho iteka bareke uzabaho neza mama komera,

  • @ducanekumaso4125
    @ducanekumaso4125 2 года назад +4

    ahubwo ubuzima bwe yabufatanyine no kututwara neza!!! gusa europe kubona ibyangombwa bisaba kwihangana. bitabaye ibyo byakugora

  • @ngabomeek6677
    @ngabomeek6677 2 года назад +1

    Sabin,courage urumuntu mwiza uganiriza umuntu akumva arisanzuye

  • @coucoubye129
    @coucoubye129 2 года назад +2

    Aliko koko babanyarwanda buzuye belgique koko habuze ugucumbikira yesu weeeeee

  • @KwtKwt-be7xi
    @KwtKwt-be7xi 2 года назад +13

    Courage sabin mwiza you are blessed

  • @khaila8990
    @khaila8990 2 года назад +2

    Sabin wanjye niyo byagenda gute Isimbi ifite ibigwi byindashyikirwa nzahora nkurwanirira uko nshoboye babihemu kuri social media barakwihaye gusa reka nkubwire kd nkubwizukuri uruwingenzi kubanyarwanda ntuzacike intenge we love you ❤️❤️❤️❤️

  • @MukankwiroPhoebe
    @MukankwiroPhoebe 8 месяцев назад

    Abantu munywa itabi rwose muragoye cyane

  • @marieclairemusabyemariya8816
    @marieclairemusabyemariya8816 2 года назад

    Petit Frere mu bazungu Kuhaza nta byangombwa ufite uciye mu nzira nyazo wapi birakugora kubera ko ibyangombwa biragoye udafite umuntu ugufasha ngo akwishingire pole Sana Sabin komera

    • @jineyarome6444
      @jineyarome6444 2 года назад +1

      Ibyanjye nabibone après 5 ans. Biterwa n’ubushake bw’umuntu. Ubu ngeze kure kurusha n’abamwe baje babifite baziko bazasanga ibitanda bishashe. 😂😂

  • @clementinekaranga3416
    @clementinekaranga3416 2 года назад +2

    You are very strong 💪 courage 👏 💪

  • @BetterSkillsTV
    @BetterSkillsTV 2 года назад +3

    Dukunda ibiganiro byanyu cyane !!!¡!

  • @lysenkwihoreze5520
    @lysenkwihoreze5520 2 года назад +1

    Mwunva i Burayi mukibaza ko arimikino, mukibaza ko byoroshye kuhabona impapuro , mubona abantu baza muri vacances iwabo mukagirango barakize bararégeje amafranga ni menshi mutazi ibyo abantu baba baranyuzemo kugirango babashe kugeraho baza muri vacances iwabo

  • @CK-hv8rn
    @CK-hv8rn 2 года назад +2

    Agize amahirwe ko agarutse inzoga na mugo bitaramwishe.

  • @gahongayiresolange9397
    @gahongayiresolange9397 2 года назад +3

    Abantu b,I buraya si abantu,ntawagucumbikira Kabiri,abanyafurika ntibakundana namba,no kubona uwagufasha ni hatari,keretse Uri umukobwa Bari bukurarane,nta mbabazi ziba I buraya.umuzungu nawe utujuje ibisabwa ntacyo muvugana.

    • @prime_a
      @prime_a 2 года назад +1

      Bakurarana kangahe se urumukobwa ko nabwo bajugunya bamaze kuguhanahana?

    • @thepoweriswithmetoday5403
      @thepoweriswithmetoday5403 2 года назад +1

      @Gahongayire solange.
      Si bose harabafashanya jew ndumurundi nahaye indaro abanyarwanda babiri umwaka wose muri Holland.

  • @lolitaimena9782
    @lolitaimena9782 2 года назад +24

    Sabin ntucike intege be strong 😭🤩🤩🤩🤩

    • @renathakayirebwa3209
      @renathakayirebwa3209 2 года назад

      Uko byagenda kose abamukunda turahari kdi tumurinyuma be strong ma brother💪

  • @hilairengayaberura4942
    @hilairengayaberura4942 2 года назад +3

    Kuza ino mu bazungu nta byangombwa byemewe ufite,ni danger ⚡. Ntimukibeshye kuza mu nzira zidafututse, from Houston.

  • @wowenanjye2064
    @wowenanjye2064 2 года назад +3

    Wooow ! Immigration ya Europe ni hatari baba baguhozaho ijisho kweli ! Man gutorokera USA ntako bisa ni struggle ariko ntawuguhozaho ijisho kabisa ! 🇺🇸🇺🇸🇺🇸🇺🇸🇺🇸

    • @prime_a
      @prime_a 2 года назад

      Wowe warahatorokeye se byibuze? Ariko ye

  • @yamuragiyeali7550
    @yamuragiyeali7550 2 года назад +1

    Urakoze Christian, Hari benshi tuzi bagiye hakurya iyo za Burayi.... Bagezeyo bacecekerayo, nanubu bagicecetse, reka mbifurize babe badacececyeshejwe n'ibibazo nkibyo waciyemo !!!! Amen

  • @Runezerwa-p9z
    @Runezerwa-p9z 2 месяца назад

    Sabin nkunda ikiganiro byawe sana

  • @regismuhigana3983
    @regismuhigana3983 2 года назад +2

    Muvandimwe, kubeshya ntabwo ari byiza.

  • @innosz7095
    @innosz7095 2 года назад

    Yoo christian disi ndamwibutse ukuntu yarazi gucuranga ingoma cyane disi!

  • @mundererejamvier1289
    @mundererejamvier1289 2 года назад +1

    Ariko Imana izamurengera

  • @danielhakuzweyezu
    @danielhakuzweyezu 2 года назад +3

    Nta Padiri nahimana yatuboneye muri chateaux?

    • @yibariki
      @yibariki 2 года назад

      😂😂🤣🤣

  • @shabajims2966
    @shabajims2966 2 года назад +2

    Wapi ntabubirigi bwakira impunzi neza. Ahumbwo numbwanyuma kuko batanga 7€ par semaine ahandi batanga amanjana

    • @aimeegracekamikazi4728
      @aimeegracekamikazi4728 2 года назад +1

      Ni 7 euro ,ariko umenye ko Uba uri mur centre bakugaburira.uzobaze abari France . uzobaze Arya majana babaha ko akwira inzu vyose nogusuma.noneho icangobwa nuguhabwa ibipapuro

    • @urujenimireille8637
      @urujenimireille8637 2 года назад

      Urebye 7€ nayo nko guhamagara kuko ibindi baba babikoze byose bagutekeye bagufuriye.....

  • @tunezerwedenys8878
    @tunezerwedenys8878 4 месяца назад

    Ndakwibuka wana nanjye nize ETO Muhima 2009

  • @christinemusanabera5319
    @christinemusanabera5319 2 года назад

    Wabuze ibyangobwa hano urahangayika cyane

  • @domithillendayishimiye8426
    @domithillendayishimiye8426 2 года назад

    Cristan ncuti ndakwibuka nshimye Imana yagushikanye mugihugu cawe

  • @jejekiki9599
    @jejekiki9599 2 года назад +1

    Musaza warakubititse gusa uko mbyumva ibintu wabitangiye ubifata nkimikino unabigezemo ukomeza kubigira ibyoroshye
    Ngira wari uziko ku i declara = kubona impapuro bihagije. Kuko nanyuma yo kubona negatif ndumva nibya Recour ntabyo wari uzi unabigezemo ntiwabyitaho mbega iyo myaka yose wamaze muri centre ntacyo yakwigishije
    Uba byibuze warakoze naga formation…
    Naho kuri ziriya 7€ batanga muri centre na 60.. na uri muri maison social wibuke ko ntakintu nakimwe uba wikorera kdi nabo baba babizi ko nyuma ya centre nubona positif ubuzima buzahinduka
    Muri macye ubivuze neza bafata neza impunzi baragerageza kugera naho byose byanga bakongera bakaguha chance zo ku ideclara bushyashya.
    Gusa wihangane tu

  • @umukumburwaalice1542
    @umukumburwaalice1542 2 года назад +1

    Sabin turagukunda cyane tukuri inyuma

  • @FrancoiseMukarukundo
    @FrancoiseMukarukundo 3 месяца назад

    Ndakwibuka twigana muwa 3APAPEM. 13:30

  • @ufitinemachantal3481
    @ufitinemachantal3481 2 года назад

    Mana weee ndabyibute mugenda iyo mugarukana na Mani Martin ubwo muba mwararushye gutyo Koko pole sha

  • @asheyyykaali6091
    @asheyyykaali6091 2 года назад +1

    Retour forcé uba uri gusebya igihugu? Ariko ye.

  • @comedyfilm9372
    @comedyfilm9372 2 года назад +3

    Ese afite amenyo?

    • @tina2075
      @tina2075 2 года назад +1

      🤣🤣🤣🤣ariko sha uri umwana mubi kabsa

  • @eric7321
    @eric7321 2 года назад +3

    ndumiwe mbonye commentaires wagirango iburaya harabahazi kurusha abandi bariko batanga amasomo muri comments😀😀😀😀😀iburaya ntamanyanga nikimenyane bikora muri admnistrations

  • @gahongayiresolange9397
    @gahongayiresolange9397 2 года назад +4

    Abo byakunze mumuremere!

  • @nishyirembereagnesi3077
    @nishyirembereagnesi3077 2 года назад +1

    Rwanda

  • @langegardien6024
    @langegardien6024 2 года назад

    Kuba I burayi ni ukwihangana bikabije twese twanyuze muri ibyo du tekereza no gutaha ukabona ntacyo waba utahanye usibye isoni ugahitamo gutegereza birangira bikunze ubuzima bukaba bwiza cyane!!

    • @langegardien6024
      @langegardien6024 2 года назад

      @@fabricendayambaje9202 nta kibazo wanvugisha

    • @langegardien6024
      @langegardien6024 2 года назад

      @@fabricendayambaje9202 mpa numéro yawe nguhamagare

  • @aimeeofficial7405
    @aimeeofficial7405 2 года назад +1

    Yes

  • @kpotoluca7284
    @kpotoluca7284 2 года назад +1

    Biratangaje kuko Ahubwo Belgium niho ubuzima bworoshye cyane muri Europe! Ngirango wabuze amakuru cg wabaye timide !

  • @salimaahamad2323
    @salimaahamad2323 2 года назад +1

    Nyagasani ageyorohereza abantu baba bagiye kuba hanze mukubona ibyangombwa uyu mugabo nawe yahuye nibibazo

  • @prime_a
    @prime_a 2 года назад +1

    Ubwo buzima ushaka kwiberamo i Burayi uretse Burayi ahubwo na Kigali ntabwo wabubamo mwana (ngirango ibyo wabibonye nkurikije uko ubayeho nanubu). Itekerezeho bikabije kuko nabo uvuga ba Kigali nabo bafite ibbibazo byabo kimwe nabo ba Burayi yaweee isi ni gatebe Gatoki mwa

  • @asheyyykaali6091
    @asheyyykaali6091 2 года назад +5

    Ubu iyo aza kubona impapuro ubuzima bw’iburayi yari kubushobora ko numva avuga iminaniro cyane?

    • @cedrickshema7610
      @cedrickshema7610 2 года назад

      Numutesi uyu😃😃😃

    • @gakunzibenjamin9764
      @gakunzibenjamin9764 2 года назад

      Hhhhhh ntawabyizer naby kbs ngo biraruhij harahant ubuzima butaruhij kurinosi kok

  • @AugustinMunyaneza-yu7bf
    @AugustinMunyaneza-yu7bf Месяц назад

    Nihatari kbs

  • @rosettemimi3476
    @rosettemimi3476 2 года назад +1

    Yooo disi abantu benshi hano bambara plus de 10ans buri bwo buzima

  • @monigamarcel8752
    @monigamarcel8752 2 года назад +3

    Twarabanye is ndamuzi ninjye muzee muri camp Anvers brokhem pole sana

  • @kagaramaventures223
    @kagaramaventures223 2 года назад

    Ariko umuntu niwe ufata umwanzuro akajya kumena umuceri kubuzima bwe? Cg barabishyura!! Uyu mu type biraboneko ko yanagize ihungabana, niba ari uku yarameze akiriyo byari kumugora kuhashobora

  • @rutamurachelbyukushime6932
    @rutamurachelbyukushime6932 2 года назад +4

    Number 1

  • @dominictwahirwa273
    @dominictwahirwa273 2 года назад +5

    Ko Sabin uwo Sabin avuga ngo utu 200€. Muminsi 4. Wowe Sabin 200.000 Fr. Haraho wakorera.wowe Sabin nabonye uha Umutumirwa ((Bishop Brigitte, wamuguriye ikirahure 1 cya Jus agusabye ko ya Kwaka icya 2, uti oya. Umuntu uunanirwa kugura ibirahure 2 bya Jus. Nigute uvuga ngo utu €200. Wowe wayakurahe?

  • @irambove
    @irambove 2 года назад +1

    Woww metamorphose iramfashije peee👏👏👏👏God bless youu . Vision 2020 iransekeje😁😁😁
    Ibiganiro bya Isimbi tv bifite umumaro wo kutwigisha pe ureke byari bindi byo gutwika gusa for views komera sabin.

  • @tuff0013
    @tuff0013 2 года назад +1

    Christian ndamuzi Courage wangu

  • @mahoroyves5024
    @mahoroyves5024 2 года назад +5

    Niyompamvu wabuze impapuro wakoze ibitakurimo

  • @yoooo4935
    @yoooo4935 2 года назад +2

    NIFUZAGA KUBAHA kukanama keza kihuse NIMBA WIFUZA KUNJYA HANZE UZAGENDE UFITE IBYANGOMBWA NAHO UTABIFITE UGOMBA KUMENYAKO UZATESEKA HANZE NIHEZA
    ARKO KUBANTU BEMEREWE GUTURA CG GUKORA RERO MUBIVEMWO MUKORE NTAHO UTAKIRIRA 🎁🎁🎁🎁🎁🎁🎁🎁🎁 KDI MURWANDA WAVANYE AMABOKO MUMIFUKA WATERIMBERE ✌️✌️♻️

  • @dominictwahirwa273
    @dominictwahirwa273 2 года назад +6

    Wowe Sabin ntiwirirwa usaba Amafranga Aba Diaspora, Uwo Christian . Ninjiji.

    • @igiraneza5759
      @igiraneza5759 2 года назад

      Ingunguru zirimo ubusa nizo zisakuza cyane!

  • @CHARLES540
    @CHARLES540 2 года назад +3

    Ase nkubu nge nzagerayo GTE !? Weee

  • @belladushime792
    @belladushime792 2 года назад +2

    Ntaheza. Nkiwanyu pee nukuri

  • @mukanyandwimarguerite6854
    @mukanyandwimarguerite6854 6 месяцев назад

    Birababaje ubuzima wagiriye en Belgique.kuki koko tutahuye?niyo mpamvu umuntu uvuye mu Rwanda atarabona ibya ngombwa,yagombye gukora uko ashoboye akamenyana nabahamaze igihe.

  • @beatricekwizera5640
    @beatricekwizera5640 2 года назад +1

    Yooo uyu mwana ndamuzi kimisagara disi

  • @DarkAngel-cj6sx
    @DarkAngel-cj6sx 2 года назад +1

    Isoni zirakwica niyo mpamvu tutagaruka iyo twabuze izo mpapuro.

  • @aimeekleine8764
    @aimeekleine8764 2 года назад

    Yoo pole sana christian warababaye Ariko Humura Haracyariho ibyiringiro. Imana igufiteho umugambi mwiza. Kuryama cyane nabyo sibyiza, Iyo usohoka ugashakisha hanze ukamenyana nabantu uwaguhesha ibipapuro😀. Ariko courage ibyiza biri imbere🙏 itabi ninzoga nokuryama cyane biri mubintu bituma abantu badatera intambwe iburayi

  • @hakizimanacelestin4822
    @hakizimanacelestin4822 2 года назад

    Amenyo yashizemo kweri ndabona ntayo akigira