REBA:ABAYOBOZI BA NYAMAGABE BAHUZAGURIKIYE IMBERE YA KOMISIYO YA PAC, UMUGORE AHITA ABASABIRA ICYAYI

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 4 окт 2024
  • Nyuma yo kubona ko abayobozi ba akarere ka Nyamagabe basubizanya igihunga n'ubwoba ibibazo bya Komisiyo ya PAC bigatuma banyuranya,iyi Komisiyo yabasabye gushira ubwoba bagasubiza batuje. #Rwanda

Комментарии • 5

  • @tuzagerayomahoro3532
    @tuzagerayomahoro3532 2 года назад +2

    Ibi byose bizakemuka ari uko hagiyeho Ministry of planning akaba ariyo iza ibikora gusa, igatanga report muri MINECOFIN, nayo igatanga amafaranga. Ku buryo amafaranga araza araba afite aho yavuye n'aho yagiye. Naho iyi vurugu-vurugu nimwo bibira.

  • @jeannniyonzima2480
    @jeannniyonzima2480 2 года назад +3

    Ubundi mubihugu byateye imbere izi nama mwamugiriye azibona agitangira akazi. Naho guhita atangira akazi nta na training nibwo usanga yisanga mumakosa doreko bagira ninshingano nyinshi.
    Ngaho inama zitateganyijwe zigitaraganya nibindi

  • @joshuap1883
    @joshuap1883 2 года назад +1

    Ark bari kwinywera united Gin?? 😀😀😀