Ku ISABUKURU byari AMARIRA kwa JUSTINE😭uyu MUGABO yanyemeye ndwaye SIDA ari muzima😭ashimiye GASARO😍
HTML-код
- Опубликовано: 2 окт 2024
- #GASARO0788827820
TURAGUSHIMIYE! wowe udahwema kudushyigikira no gukunda ibiganiro GASARO TV ikugezaho.
Niba wifuza kutugezaho igitekerezo, hari inkuru wumva twagutangariza cyangwa inyunganizi watubona kuri +250788827820
Share,comment utibagiwe no gukora Subscribe ni ukudushyigikira murakoze Imana ibahe umugisha.
Gasaro wakoze ubuvigizi kuri uyu mubyeyi n'abumvise ijwi ryawe bakamutabara,mwese Imana ibahe umugisha.Uyu mupapa nawe Imana imuhe umugisha
Yego rata chr
Wamubyeyi sinkuzi pe ,ariko nshingiyeko iyo umuntu ababaye babara wenyine kd nkabambona ufite amarira yibyishimo ishimwe kd wishime iteka. Niwowe uzi aho Imana yagukuye rwose kd niwoe uZi ibyo Iman yakoze pe, nange rekankubwirengo ishimwe kd nawe ukwiye ibyiza mubyeyi❤
Nukuri ndabizi❤❤
Umutware wawe yubahwe maman Justin Imana kdi izagukiza.
Yegorata urakoxe
Ndishimye ku bwa Justine n'umutware we. Uno mugabo yabaye intwari pe🎉🎉🎉❤❤❤
Urakoze cyaneee
Amen Amen nukuri imana ihemba neza 🙏❤️❤️❤️❤️
Amen chr
Imana ikomeze ibishimire, mukomeze mugubwe neza.🥰🥰🥰💝🙏🙏🙏
Gasaro imana izokumpere umugisha ntakindi nugusabira😭🙏🏾
Nakumiro pe Urumva Biryani Nde Buriya Koburi Wese Agira Igihe Cyiwe
Ndarize weeee...disi Imana yaguhaye umugabo ugukunda dear
Urakoze chr
Imana ishimwe yo yaguhojeje amarira ikakomora inguma ikukugira umugisha aho watse ibishimirwe nukuri
Amen
Waoooo nukuri uwiteka ahabwe icyubahiro ndagukunda mama wacu❤
❤❤❤
Ameeen ndakunda lmanaaa gabasha izigutwenza shahuuuu mbega vyiza
Urakozee❤❤❤
Nabonye Justine Arira ndashimimana kumubonasekuyumunsi.
Nkunda abantu bazitikana uwabagiriye neza disi ❤
Sinabyibagirw chr
Imana ishimwe kubwa Justine ndayishimye
Amen
Justine ukwiye ibyiza maman
Imana ninziza ibihe byose
Yegorata bambe urakozeeee❤❤❤
IMANA ishimwe
Ndishimyepe sando komerezaho❤❤❤❤❤❤
Kbs
Imana ihabwe icyubahiro
Amen
Yooo mbega umubyeyi uzirikana❤😊
Birakwiye😂😂❤
Yooo komera mama ntukarire Yesu arakora
Amen
Muzehe byamurenze disi
Nimwiza imbere ninyuma❤❤❤
Yooooo Justine sha lmana ninziza weeeeee
Yego chr
Gasaro❤❤
Waaaawuuu mbegabyiza
❤😂
Ni papa wawe se ngahoda
Numugabo sha ndanyuzwe kuba mufite
Amen amen amen
Amen❤❤❤
Ameni❤❤❤❤❤
Amena
Gusa disi uyumumama nimwiza kumutima
Halleruya
Amen❤❤❤
Yoooo ❤️❤️👍👍
❤❤❤❤❤
❤❤❤❤🙏🏿🙏🏿
ariko nizere ko ari ikinamico mwibeeyemo,uyu ni SOGOKURU WE
Ntasoni papa wanjye we ahakurya shima😂😂
Nanjye byanyobeye😂 numugabowe abagabo barabuze mufate abagabo banyu neza mana yanjye cyakora justine imana izakubacyire nicyo ngusabiye
Byaribyizap
Nukuri
Sengeramuri kanguka uzokira. Sida
Ndahari shenge
Jya muri grace room Imana irakora ibitangaza iyo sida uzakira mwizina rya yesu
😂
Selile ya gasaro itanga abageni,ako gasaza kariyahuye muri sida
Nawe nuticwa na sida uzicwa nurundi😢
Shamurabagome.
Wowe se ntuzapfa? Wamenya ibyawe . Ubugome bubamarira iki koko?
Ariko amagambo yawe ntacyo avuze kuko utari Imana . Tuza isi ntisakaye
Imana izamurinda knd wowe harigihe uzayandura ukiri muto reka Justine yushime kuko yarababaye cyane
@@NzigiyeLily-tl5zj uri umutindi k'umutima byo!!!
Uwo numwijogonyoro muba muhaze
Wariye we?
Reka duhage❤❤
Gahagiteka wa ninjajwawe
😂😂😂😂😂 ndagagaye
Arko abagabo barakundwa Koko , ubu c uyu ni umugabo wawe cg ni papa wawe ni akumiro.aka gasaza c ko kagiye kwiyahura muri sida 😂😂😂😂
Sha imana ikubabarire ntakindi nogusabira mbe nkubu imana iguhanye ugasaga urwaye iyo Sida buvuga make kuko urimwisi tu🙄
Ariko muri babii puu,numugabo kdi mwiza kuraho ishyali
Nibyo nanjye naringiye kuvuga rwose abagore dukunda abagabo pe!😂😂😂😂😂😂
Birakuriyese shoka nyabarongo nu mugabo kuko ntumiruta
Hhhhh!!! Sha urinjijipeee!!!😂😂😂
Uwo ni umugabo wawe se cg ni so,yewe ntaho uvuye ntaho ugiye,uragira uti mfite umutware unkubda ndagukomeje,njye ndabona ari so
Ariko mwabaye mute umugabo muzima nuwi myaka 30 apuuu abagabo bakuze nimba utanabizi nibo bubaka urugo rugakomera ingirwa nsore sore zubu usibye kubasambanya Niki kindi babamarira
Ariko abantu twabaye dute koko, niba atari type yawe, wanejejwe nuko hariwo yahisemo umukwiye. Uwo n'umutima mubi pe!!!
Na ahitamo ye gukunda uwo ashaka.
Byitwaye iki se? Ugira amahirwe nubona umukunda. Bangahe bashakana na size zabo ariko bikarangirira mu mariro n'imiborogo. Nimukomere rata mikundanire
Kuri we amwita kwarumugabo we ishari gusa