Bamporiki ati twiyubakire igihugu ubwo tubonye umwanya

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 2 окт 2024
  • Mu gihe yaganiriraga abari bitabiriye #MeetThePresident 2018, Umuyobozi w'Itorero ry'Igihugu Bamporiki yibukije urubyiruko ko imbaraga za gisore bafite zidakwiriye kubapfira ubusa, dore ko zitazahoraho. Yakoresheje ingero nyinshi mu mateka y'u Rwanda agaragaza ko igihe cyatakaye kiba kitakigarutse. Ibi byose icyo yari agamije kwari ugutera umwete urubyiruko kwiyubakira igihugu. Rusororo, kuwa 19 Kanama 2018.

Комментарии • 8

  • @h-dofficialtv6549
    @h-dofficialtv6549 4 года назад +2

    Nice message to youth thanks Mr Bamporiki

  • @RwandaBurundiTV
    @RwandaBurundiTV 6 лет назад +2

    Nuko afite akazi niyompamvu. ntawutifuza gukorera igihugu ariko tubura uko tugikorera.

    • @niniarutek7257
      @niniarutek7257 6 лет назад +1

      General shame on you ngo wabuze uko ugikorera hmmm gukorera igihugu ntibigomba ibyamirenge uburyo wakoresha bukagirira akamaro igihugu twese ntidukize kuba ufite amaguru namaboko imana itarakugize ikigiryo nigute utagira akamaro kugihugu cyawe ntasoni ninkabyabindi njya mbona ngo umuntu yibye cg yabaye indaya kubera kubura ukwagira mwavuze k'ubuntu mwavuze ko ubuntu buba bwarabavuyemo twumvikane buriwese agiye amenya abantu bari successful aho baturutse ntawakagiye avuga ubusa hello

  • @tinyicyahatv847
    @tinyicyahatv847 4 года назад

    Yesu niyamamare hose Tv
    Menya ko ko ibintu byose ari ubusa, ubuto n'ubusore ni ubusa.
    👇. 👇
    Nyanyagiza imbuto yawe ku mazi, kuko igihe nigisohora, uzayibona hashize iminsi myinshi.
    Ubigabanye barindwi ndetse n'umunani, kuko utazi ibyago bizatera ku isi ibyo ari byo.
    Iyo ibicu byuzuwemo n'imvura biyisandaza ku isi, kandi igiti iyo kiguye cyerekeye ikusi cyangwa ikasikazi, aho kiguye ni ho kiguma.
    Uhora yitegereza umuyaga ntabiba, kandi uhora areba ibicu ntasarura.
    Uko utazi inzira y'umuyaga iyo ari yo, cyangwa uko amagufwa akurira mu nda y'utwite, ni ko utazi imirimo y'Imana ikora byose.
    Mu gitondo ujye ubiba imbuto zawe, kandi nimugoroba ntukaruhure ukuboko kwawe, kuko utazi ikizera ari iki cyangwa kiriya, cyangwa yuko byombi bizahwanya kuba byiza.
    Ni ukuri umucyo uranezeza, kandi kureba izuba bishimisha amaso.
    Ni ukuri umuntu narama imyaka myinshi akwiriye kuyinezererwamo yose, ariko ntakibagirwe iminsi y'umwijima kuko izaba myinshi. Ibibaho byose ni ubusa.
    Wa musore we, ishimire ubusore bwawe n'umutima wawe ukunezeze mu minsi y'ubuto bwawe, kandi ujye ugenda mu nzira umutima wawe ushaka no mu mucyo wo mu maso yawe, ariko menya yuko ibyo byose bizatuma Imana igushyira mu rubanza.
    Nuko rero ikure umubabaro mu mutima wawe, kandi utandukanye umubiri wawe n'ibibi bikube kure, kuko ubuto n'ubusore ari ubusa.
    Umubwiriza 11:1;9
    Nikoko nyanyagiza imbuto yawe kumazi, kugirango igihe nigisohora uzayibona hashize iminsi myinshi.
    Nikoko ibyo dukora tukiri mu isi nibyo bizatugarukira Amen.
    Kora share sangiza abandi ubu butumwa bwiza butangwa buri munsi kumbuga nkoranya mbaga nyinshi zitandukanye zacu Ndetse nizabandi
    Kora subscribe una kande kukazogera kugirango unjyuhita ubona ubutumwa bwiza tukibushyiraho.
    Tubutanga kuri: Facebook group
    Instagram
    Na Twitter
    WhatsApp group
    Nahandi hose bishoboka kotwabutanga.
    Murakoze
    Shalom, shalom
    Ev.isaie

  • @nshimyimanasilas5197
    @nshimyimanasilas5197 4 года назад

    Nice word

  • @kevinmugambi6463
    @kevinmugambi6463 6 лет назад

    Ntamuntuwimbwankawe

    • @niniarutek7257
      @niniarutek7257 6 лет назад +2

      Kevin mugambi ubwo umunsi imbwa kuko atabaye nkawe wigicucu arakuruta inshuro igihumbi

  • @bajyamberepeter1793
    @bajyamberepeter1793 6 лет назад +1

    💪🏻