Hi first time watching 👋🏾. Interesting take on various topics.👍🏽 I would like to make a suggestion. I think you should put English subtitles. It will increase your followers and Maximize on viewership. One last comment…….wearing 😎shades indoors….🫣it’s hard to take you seriously. 😂😂😂😂
I am very much impressed by your team, we are thinking about a health related project to run with my wife that can pave us the way to self employment. Actually we are gov't employed in health sector, but not satisfied with both the income and the extent to which our knowledge & skills are exploited by the public because we are limited to job descriptions. Hope to get the help from you. Long live
This is really constructive, please you can pin all the websites you always mention in your conversation! Buy me something if you feel my idea is material on your end.
PLEASE MUDUFASHE IKIGANIRO UKO KIZAGENDA GIKURA ARIKO NAMWE MUZANA UDUSHYA MUKIGANIRO NDETSE NA CONTENT NZIZA KURUSHAHO ARIKO PLEASE NTIMUZADUSIGE KBS MUZIHANGANE KBS MUGIKORE BY IGIHE KIREKIRE NDAHAMYA KO NATWE HARI AHO TUZABA TUGEZE MUGUHE DUKOMEJE KUBAREBA NO GUKURIKIRA INYIGISHO ,AMAKURU NDETSE N IBITEKEREZO BISHYA IKIYONGEREYEHO NI UKO BIDUHA MORALE AKO NIKO KAMARO IKIGANIRO CYANYU KIDUFITIYE!
Mbega ni ukuri muduhaye inama nziza kandi mbasabiye umugisha mwese ngo ibyo mukora birusheho gutera imbere.
Igishoro cyumukene
1 ni ikinyabupfu
2 kubaha buriwese
3 kumenya icyushaka
4 kubanira neza abantubose
No kwihangana
Kuba inyangamugayo
Ndetse no kuba umwizerwa mu bukene
very true !
Kba aba bahungu ndabemeye nabahanga mutangire mutegure imbirwa ruhame mujye mu bigo by'amashuli cyane cyane kaminuza byafasha guhindura imyumvire
Guys nneho muranyishe go higher guys
I really appreciate u guys🎉much respect
I'm very happy for your effort you make in teaching us for making a business, God bless you so much 🙏
Hi first time watching 👋🏾. Interesting take on various topics.👍🏽
I would like to make a suggestion. I think you should put English subtitles.
It will increase your followers and Maximize on viewership.
One last comment…….wearing 😎shades indoors….🫣it’s hard to take you seriously. 😂😂😂😂
I like the last comment
I am totally appreciate your skills guys
Wow
Show zanyu zimaze kumpindura cyane.
Thanks
welcome
Wao,
Your course is awesome
Sha Ibyomutubwira Turabyumva Kandi Ninabyiza cyane x Buriya Mutekereza Mugutangira ako Gasmall business Ibijyanye Nigihundu Cyacu Ndavuga Umusoro,Ubukode Bwaho ukorera,Mbese Udufaranga Twahato Nahato Reta Ikwaka Kandi Ningombwa kuyatanga Kuko Nturimugihugu Cyawe.Nonese Iyo Smoll Business Nutangira Kuyikuramo Ibyobyose Amaherezo Nayahe?Gusa Ikiriho Nuko Twese Nkabantu Baba bifuza Gukora Tutagomba Gucika Intege.we never know
Yegoryiza cyane pe
So muri kunyubaka cyane kabisa ubu ndi gutekereza uburyonazamuka
Good top
Hello sinarimbazi gusa ndabona nakagombye kuba narabamenye mbere,ndabashimiye rwose nusawa mukomeze!
Vip from Uk turabemera cyane kandi tubirimo neza
I had no idea there was money in sh*t (amase) too bad Im just discovering you guys. Thx so much.
I am very much impressed by your team, we are thinking about a health related project to run with my wife that can pave us the way to self employment.
Actually we are gov't employed in health sector, but not satisfied with both the income and the extent to which our knowledge & skills are exploited by the public because we are limited to job descriptions.
Hope to get the help from you.
Long live
coach Tony mkali bwana ariko aduhe ibigize iyo mborera tugerageza business big up guys we love you.
thanks bro
Wow ,iyi topic ni nziza cyane 🙏
Ooooh! Kuki mutambwiye ko mufite tv koko??? Ariko ni sawa cyane nizereko ntakererewe aya masomo rwose p
ntago wakererewe rwose! kore subscribe
Muradufasha cyane ariko nimugabanye Blague nyinshi muge murasa kungingo bibe serie kuko tuba turimo kumedita kabsa
Nishimiye kubasanga hano iwanyu najye ndifuza kuba Umu Vip murakoze Gael uduha inama nziza 👊👊
karibu kabisa
Isengesho ntacyarisimbura! otherwise you are doing a great job!
Nitwa Emma, ndi Uganda ibiganiro byanyu ningenzi, muzadusure murebe aho bitugejeje
Thanks abavip for your sharing this knowledge.
murakoze namwe
Nubwa mbere nkurikiye ibiganiro byanyu, ariko muranyubatse muburyo ntasobanura ,mumaze ubwoba no kwitinyuka.mfite imyaka myinci ariko ngiye gushyira mu bikorwa ndebe icyo bibyara.muhabwe umugisha
I wish i understood kinyarwanda. Guys i might need what you guys are talking about here
Ndabakunda setuu😍
much love
Nice kbs
Nibwo mbakurikiye ark ndabakunze cyane mukomerezaho
kora subscribe ntago wakererewe
Tonny nagukunze gusa ark ndikwiboza. Nkabantuturimucyaro imean badakoresha social media mwadufashiki?
Merci aba vip ariko murye muvuga ikinyarwanda kuko sibose bumva icongereza kand nabo bashaka gukora bissines
tuzajya tugerageza kabisa. kandi murakoze
Mukomerazaho
Ndabashuhuje
Mujye muvuga mudashyiramo icyongereza kishi
Kenny ,kbsa utumye gael ansensa peee ,
Ndi🇧🇮 muriko muvyitwaramwo neza muradufasha cyane🙏🏾
turanezerewe ko turimo kugufasha
Nonese ko mutakoze part 2@coachgael mubitekerezeho
Thank you
Much love!!!
natwe kabisa nuko
keep it up guys we appreciate your work
thanks for supporting us
Aha
Ese ntangero mufite kubyo mu Rwanda ?
Icyiza n'uko mwitangaho ingero ark mushake n'abanyarwanda bakoze udushya mujye mubatangaho ingero rwose!
Nanditse igitabo kuri small businnes in management
Ese nigut wagenzur umukozi muri business
Iyo topic ninziza knd guhera hasi birashoboka
birashoboka cyane.
Ibihumbi maganatanu cg maganatanu isanzwe?
Kbs murabikora neza kweri
Bjr aba VIP . Njyewe ibyo muvuga byose ndabyemera, kandi iyo muvuga umuntu yumva ko muvuga ibyo muzi pe burimo ubwenge. None njyewe ndi opératrice de saisie, ndi computer operator, (excel&Microsoft word ) means typing kurwego rushimishije 70/min ni gute nahura n'abantu bakenera iyo service. Murakoze
Amakosa n ugucika intege
Ese mwavuze Mu kinyarwanda mukigisha abanyarwanda bose.
Ibindi maze kubona nuko abantu bayitangira bahita bashaka kwitwara nkaho ari Big business nkaho bageze iyo bajya bigatuma bahomba.
Amakosa abaho naya gutangiza amafaranga menshi
Kenny mugutereta uratwika peeee
Mwambwiye umushinga nakora ku 100k
🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮 ab vip ndabemera
natwe nuko
Mugabanye Kubyongeraza Cyane Kuko Turibenshi Tubakurikira Ariko Sitwumva Icyongereza
Mudufashe mugabanye icyongereza abafite make abeshi ntitwakize,Kandi nitwe tubwirwa.
This is really constructive, please you can pin all the websites you always mention in your conversation! Buy me something if you feel my idea is material on your end.
Ntamafaranga abamake nigeze gucuruza ibicosho ntangiza 6000 nabonagamo make gusa yarazaga muri 2016 hajemo kwishyura imisoro ambana make mpita nza ikigali gusa murankanguye
kandi courage uzongere utangire indi bizakunda
Ebana muhindura benchi
Muteye ubwoba pe,muri ibitangaza.
Rwose murarenze
Thank you gys 🤝 ibiganiro byiza cyane gusa bitumye nibaza izo business ninziza kand ziroroshye ariko se nkumunu taba murwanda kand ahanari akaba tabasha kwikorera nicyiyakora kujyirango nawa bashe gutajyizibye kuburyo nkijyihe yatashye yakomerezaho
hari ikiganiro cyaba diaspora tuzakora vuba. tuzagerageza kubafasha. just stay tuned!
@@AbaVipTV thank you kadutejyereze
Nabanyarwanda babyumve
Web3 kabisa ndagitegereje
umva icyo kiganiro tuzagikora kandi kizaba ari FIRE!!! just stay tuned!
i'm sad ko menye iyi channel aka kanya
Mujye muvuga ikimyarwanda
Inzu ndayifite mumpe akarongo basore banjye.
Ibiganiro byanyu ndabikunda cne pe murabarimu beza.
Iyombumva ibyiringiro byange birazamuka,ndetse nkumva hari changement ibiye kuringe ariko iyo ikiganiro kirangiye nsubira kukange.mera nkawamuntu ukangutse yarotaga yatoraguye amafaranga.
merci Jean paul
Hello aba vip nge nshaka kubaza ese nihe umuntu yakwigira gukora analysis kubijyanye candle charts
Niba ubishaka wabwira .nakwigisha uko bazireba
Ese Kenny ni murumuna wa Coach Gael???
cyane rwose! ubona basa ?
Eddy business from zamani brother man nashakaga kivita uko byaza ibi bitekerezo byanyu inyungu gusa how can get your number,,,🙏🙏
Muraho isomo niryiza kubanyarwanda ariko muravugamo indimi tutumva mugabanyije byadufasha ndabakunda
👋👋👋👋👋👋👋👋👋👋👋
edy giramahoro nsobanurira iyobusu ness gesinize aiko najyanumvise arisawa
Murashyiramo gukabya cyane kuvanga indimi.
Ikindi mubanze mumenye imbogamizi zishobora gutuma ubucuruzi buto buhira bupfa bugitangira .
Urugero: amafranga usabwa na Leta ugitangira. Patente,isuku ,umutekano,.....
team of wise 🤑🤑
thanks so much
Team yanyu iradufasha arko haribyo tudasobanukirwa neza nka LBNB ukobyandikwa ntago abenshi tubizi
ni Air BnB
Muravanga Indimi Cyane Bigatesha Urwanda Umwimerere Warwo Kbs
Murikuvuga ibyabacyire gusa rubanda rugufi ntirwisangamo
I'm Christian Ira from Burundi how can I get contact adress of Mr Cash money kenny?
ibihumbi 500 ni makeya ubwo🤭🤭🤭
Ntabwo ari makeya. Njye natangiye kuri 45.000 none ubu ngeze muri million 50
@@christinen8291 oya njye navuze ko ari menshi kuri bamwe byatugora kuyabona
ntago ari make ariko birashoboka ko yaboneka. uretse ko business nyinshi twavuze ziri munsi yayo mafaranga
@@christinen8291 wowe wakozi wadusangiza
@@christinen8291 ohhhhh my God
Nonsense
NSHAKA GUTANGA COMMENT ITANDUKANYE N IYABANDI ARIKO PLEASE MUYIHE AGACIRO
Urakoze
ruclips.net/video/cSDxfmMSSL8/видео.html/// ntucikwe
PLEASE MUDUFASHE IKIGANIRO UKO KIZAGENDA GIKURA ARIKO NAMWE MUZANA UDUSHYA MUKIGANIRO NDETSE NA CONTENT NZIZA KURUSHAHO ARIKO PLEASE NTIMUZADUSIGE KBS MUZIHANGANE KBS MUGIKORE BY IGIHE KIREKIRE NDAHAMYA KO NATWE HARI AHO TUZABA TUGEZE MUGUHE DUKOMEJE KUBAREBA NO GUKURIKIRA INYIGISHO ,AMAKURU NDETSE N IBITEKEREZO BISHYA IKIYONGEREYEHO NI UKO BIDUHA MORALE AKO NIKO KAMARO IKIGANIRO CYANYU KIDUFITIYE!
🙏🙏🙏
Nabandi bakoze bigakunda batubwire MRI comment byadufasha
Ibiganiro ni byiza ariko ntabwo murasa ku ntego.
Umuntu udafite umwanya uhagije ntabwo yakumva icyo mugamije.
Be straight and practical, please
GUYS MBONA MURI SMART (MU BITEKEREZO), KANDI IKIGANIRO CYANYU KIRI VERY INSPIRATIONAL CYANEE ARIKO KURITWE TUKIREBA, ICYO NASHAKAGA KUVUGA NIKI PLEASE NK'ABANTU MBONA MURI SMART NTUMUZAKORE AKANTU KO KUDUHA IKIGANIRO CYIZA AND THEN NIDUTANGIRA KUBAKUNDA NGO MUDUSIGE ( BURI UMWE AGIZE IZINDI GAHUNDA) CG NGO UMWE NTAGIHARI
Humura ntago tuzabasiga rwose
@coach Gael muduhe whatsapp ujye dukora text
Ibiganiro byanyu ndabikunda cne pe murabarimu beza.