Iyo ubimubonyeho mubiganiraho mu mutuzo, yabyanga ni ikimenyetso cy uko atagukunda cyangwa atakwiyumvamo. Ufata umwanzuro wo kumureka agakora ibye nawe ugakora ibyawe ubundi mugahurira ku baba banyu.
Ureba intege nke ze icyo atinya ukakimutegeraho. Urugero abenshi batinya ko bimenyekana umwihaniza umubwira ko yongeye umuteza umuryango cyangwa Leta. Ni byiza kumuhagarika wihagazeho nta kurira💪
Komeza uri mu kazi k Imana
True 💯🥰
yego nabyo kbs
❤️❤️
URACYARI MWARIMU MWIZA NDAGUKUNDA
Njyewe ibyo byose ndemeranywa nawe nibyo 100/100 aho ngize akabazo ni mubijyane no gufuha njyewe iyo nkunda umuntu ndamufuhira ariko iyo ntamukunda sinamufuhira bibaho
Gufuha byica amarangamutima y umugore, ntakomeze kugukunda. Yanga ko umutekereza uko atari. Iyo bitinze ashaka umugabo umuhoza kandi mukiri kumwe. Byitondere uburyo ufuhamo.
@@balancedlifetv noneho ubwo ndumva byaba byiza mbafite ari babiri kugira ngo ntazajya mbona umwanya wo gutekereza wawundi umwe gusa!
@@ndahayofrodouard3700 hhhhhhh induru zabo ntiwazikira
❤❤❤❤❤
❤️❤️❤️❤️❤️
@@balancedlifetvand
D'ACCORD.
🍓❤️
Aa
Kwabinobintu uvuze wagira umuntu namaki yakoresha ikikugira ichokibazo chekuduntandukanya
Iyo ubimubonyeho mubiganiraho mu mutuzo, yabyanga ni ikimenyetso cy uko atagukunda cyangwa atakwiyumvamo. Ufata umwanzuro wo kumureka agakora ibye nawe ugakora ibyawe ubundi mugahurira ku baba banyu.
Nibyo pe.
Urakoze cyane mukundwa 🍓❤️
Urakoze cyane gusa nge ndifuza number zawe za whatsapp ndifuza kuvugana nawe urakoze cyane
Urakoze cyane gushima 🍓❤️ WhatsApp ni 0722395812
Urakoze cyane
Abagabo benshi barikunda
Ibyo nibyo pe ariko ntibyatuma utandukana numugabo kuko benshi bari mu ngo babana nabyo.nta mugabo cyangwa umugore wumwere wabona.kwihangana no gusenga nibyo byubakira abantu cyane cyane iyo mwabanye fondation ari urukundo.
Iyo mutakundanye,ubwo nta fondation nubundi ntacyo muba mwubaka ,isaha nisaha mwatandukana ariko mwarakundanye urihangana ugusenga agera hope agahinduka.
Urakoze cyane mukundwa 🍓❤️ uvuze ukuri rwose, mu rukundo byose biroroha. Gusa zirikana ko hari ababana mu kinyoma, umuntu akagushaka yakubaze ko ufite cash, amashuri, imutungo, umuryango ukize uvamo, ko usenge n ibindi nk ibyo. Gusenyuka rero bitinde bitebuke biraba kuko ikinyoma ntigihora kicaye ku ntebe.
Urakoze cyane ukomerezaho
None wakoricyi
Urakoze gushima mukundwa ❤️🙏
Ureba intege nke ze icyo atinya ukakimutegeraho. Urugero abenshi batinya ko bimenyekana umwihaniza umubwira ko yongeye umuteza umuryango cyangwa Leta. Ni byiza kumuhagarika wihagazeho nta kurira💪
Kbsa murakoze cyane kutubwira ibi Bintu
Urakoze gushima mukundwa ❤️❤️
Nn mama iyo ivyobimenyetso ubibonye kuwo mubana kandi ntibihere umuntu ukwiye gukoriki?kwigendera niwomuti gusa?
Umusaba kubiganira, iyo yanga wiga kubana nabyo ubundi ugategereza icyo Imana ikubwira kuri we. Wiga gufata control kuri we.
Urabeshya
Uzabishima bibaye nibwo uzabyemera, niba bitarakubaho ntiwabyemera .Uwiteka akomeze akubere maso 🙏
❤❤