Kumugaragaro Elyse atwikuruye ya myukamibi wamugore yirirwa aterecyera ashaka kuroha mu Banyarwanda
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku biganiro n'inyigisho tubagezaho cyangwa ukaba ufite n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788426035
Ibiganiro bya Elyse mujye mubisangiza abandi bantu bamenye IMANA nyamana kuko avuga IMANA uko bikwiye
Ameeeeeeeeen
Amen amen
Umucwezi n'umurangi bashye mwizina rya Yesu
Amen😊😊
Yesu Kristo aguhezagire mukozi w'Imana knd agukomeze.ntaco abo bacwezi bazokugira wegamiye umugabo akomeye Kristo YESU
Urakoze Elyse. Imana iguhe umugisha Kandi ijye ihora ikuzuza Roho mutagatifu ugufasha kutugezaho amagambo meza atwubaka muburyo bwose. Tubisabye kubw'umwami wacu Yezu Kristu. Amen.
Imana Irihagije abantu nibamenye Yesu kristo wabambwe agapfa akazuka ntarindi Zina dukirizwamo
Nange baranteye bakazabivuha munzozi bakivuga arikosimenye ngobaturukahe😂abantunibasenge kristoYesu azatuneshereza rwose kukonsengaumwami wabami Yesukristo
Uvuga ukuri nkuko kuri mumutima wawe pe ariko icyo dupfa nuko uba udashaka ko umuntu akubona,ntuhamagarwa ngo witabe,kuri WhatsApp ntusoma ngo usubize,wakoze umurimo W'Imana hakiri kare ugasengera abo uzi nabo utazi.nicyo kimbabaza kuri wowe
yesu ni umugabo ukomeye👍turagukunda❤❤❤❤❤❤❤ kandi nawe turamukunda kuko ariwe rukundo n'ubugingo❤!!!!!!!!
Amaraso ya Yesu Kristo w'inazareti natwike akongore ibitavuga Imana yaremye ijuru n'isi
Haleluya haleluya,
Imana igukomereze amaboko
Mwizina rya yesu,,,,
Turatwika turatokesha imbaraga z'abarangi,abakonikoni n'abacwezi kuri twe n'imiryango yacu mu izina rya Yesu amaraso ya Yesu aturinde anaturengere Amen
Akokantu kogushyira Yesu imbere ni sawa igukubitire abo badayimoni baguhagurukiye mwizina rya Yesukristo
Ibi bintu birakora Elyse Aho wankuye yesu azakumpembere pe
Yesu agushyigikire na Eliya yaranesheje ku musozi wa karumeri, abahanuzi ba bayari baraneshwa,abacwezi na barangi bagurukiye Yesu abahagurukire nabo.
Abarangi nibashye mwizina rya YESU. AMEN
Natwe Oman turagukurikiye cyane
Mana yanjye ndagukunda cyane Imana igume muruhande rwawe ibyuvuga ndabyumva cyane
Ibitavuga IMANA bishye mwizina rya YESU Christ
Nkunda ukuntu ufuhira IMANA nibyo rwose uriya murangi mucecekeshe nta mwanya afite mubana b'IMANA.
Nibyo rwose
Barangi, bacwezi, bakonikoni mpate swata kwa jina la Yesu 🙏🏿🙏🏿🙏🏿
Urareka Imana ikakurwanirira umurangi asakuze nawe umusubize uratuza Imana igakora iyo uhanganye nabo mumagambo si sawa urwana bucece usenga Imana igakora naho ubundi biharire Imana usenge cyane
Nkunze iyi nama yawe,Elise rwose we ntiyihangana umuvuze arakuvuga🙈🙈😁ameze nkanjye Imana itubabarire
Amen Imana iturindire mumubaba yayo
Twika mu izina rya yesu , hallelujah hallelujah hallelujah
Mbegawe Mugwiza we umurozikazi pe
Ndumiwe pe
Elyse? Umunyorogoto w'igihe runaka uza muri douche na toilet y'amakaro Kandi uhora uza muri douche imwe yababyeyi rimwe na rimwe ukaba wawusanga no mucyumba cy'ababyeyi uwo nawo mu isengesho usenga ujye uwuvuga cyane ndizera ko ijwi ryawe nirihura n'iryanjye bizatanga umuriro w'amazuku ukongora ugatwika mu izina rya Yezu abarozi nabarangi badutumaho izo ngenza zose nk'imbeba zirwa zidusahura ibyo twahashye, ibikeri bitaragurika munzu y'umuntu nkaho ari mugishanga, wasasa ukabona inyenzi iratambutse muburiri. Yewe dufatanye, dushikame dusenge cyane Twizere umwami wacu Yezu Kristu byose araje abirangize. Tugushimiye ko watwigishije gusenga Kandi twizeye ko byose tuzabitsinda
mu izina rya Yezu Kristu. Amen.
Twika abacwezi n,abarangi mw'izina rya Yesu christo
Mwiriwe neza Elyse nagusaba kugirango uzaze nyarurema hari umuntu usenga turamucyemanga uzaze udusengere yatwaye imitima y'abantu beshyi paruwasi nyarurema akarere ka nyagatare nuhagera uzaba ukoze kd turagukunda 24:50
Cane gose Yesu aguhumugisha turi iburundi komeza guhishurirwa icotwokora dukubite abadaimoni ryanguhe Mana uduhe imbaraga nyishi
Hallelluuuuu, Yesu nashimwe nukuri urimumavuta atavangiye pe
Imbaraga z'Imana yaremye ijuru nisi igatanga umwana wayo akatubera igitambo tujezwa namaraso ye, zikugote mwana w'Imana turagukunda abazimu bashye.
Amen Amen Pastor Elysé
Yesu nashimwe mukozi wimana uko nukuri❤
Mu izina rya Yesu christo abadayimoni n' abazimu bashye
Imana iguhe umugisha nkeneyeko usejyera imyuka mini yaranzejyereje
Yesu yaratsinze ni umwami w'abami.Ububasha bwe busumba ibinyabubasha byose byo mu isi y'umwijima.
IMANA yacu irihariye rwose aba barangi mu izina rya Yesu tuzabatsinda
Turabashimira kuko ikiganiro mutugezaho kiradufasha cyane .
Yesu abahe umugisha inshoboze kwisengera ngakira
Elyse ndagukunda cyane kubota abazimu bashye mwizina rya Yesu abarangi nabarozi
Twegamiye umugabo ukomeye ari we Yesu 🙌🙌
Imana iguhe umugisha
Imana nyen'amahoro une muruhande rwawe
Mukomeze mireme imitima yabenchi Imana ibongerere imbaraga
Urakoze kunyigisho nziza utambukije
Amene amenna yesu ashimwe
Babantu bamuhaye imyirondoro yaboyose ngo abahuze bakundane nahantu yagiye kubanga muzabona amaherezo yabo mungwiza numurozi kabuhariwe nonengo nimutere inkunga ngo age kuzana sertifika yabarangi mwemwayamuhaye azajyakubamagira muzabibona Romeo bakorana yaragowe
Nuyu urikuvugax
Ariko iyi simikino murumo n'abarangi ngo mushake abafana!! Ese kuki hahoraho umuntu umwe mukiganiro!!!?
ibyo uvuga urabeshya ushakira amaramuko kubarangi,ese uzi icyo umurangi bisobanura? ndashaka unsobanurire gukizwa icyo bivuga ese Yesu uvuga nuriya muzungu uhora amanitse munzu?Njye nemera Imana ariko sinzarwanya undi kubera amaramuko ,ikindi nimba ufite ububasha uzadusenyere izo ndembo ubundi ubitwereke live atari ibihimbano nibwo tuzemera ibyo uvuga.
YEZU Ashyirwe hejuru yibibaho byoseee niwe udukiza n urukundo ibihe byoseeeee
Ntujyire ubwoba ntutinye Yesu umwami w'isi nijuru❤❤❤
Ntambaraga bafise mw’Izina rya Yesu Christo.
Yesu aguhumugisha
Elise mbabarira weguhangana Imana izirwanirira,rwose icecekere
Komera komera muhanuzi w Uwiteka
Amena. Imanigushyigikinire
Iyaba mfite Amababa MBA ngurutse nkagerayooo
Gumamo
Imanaiguhagarareho
Halelluaaaaaa
Halelluaaaaa
Halelluaaaa uba murwihisho rw lsumba byose azahama shaemugicucu cy Ishoborabyoseeeeee
Turi mumutamenwa
Turashinganyeeeeeeee
Mbaye One Imana ibahe imigisha
Yewe abarangi urabasebeje pe. Baravura ntabwo ari idini. Ikindi byaba byiza wigiriye kuri terrain ukamenya ibiberayo kurenza kumva amabwire.
Imiti y ibyatsi nta kibazo, ikibazo ni ukumenya ni nde wayigusoromeye, yayivugiyeho ibiki? Uwo mudamu rero nigeze numva avugako imiti ye ayikorera incatation ( niba aribyo twita imihamuro), ariko yavuze ijambo incatation ngira ubwoba.
Murakoze cyan nchuti 🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Icyakora uvuga Yesu ukaneze
Ndafashijwe mwene yehova.
Imana iturinde abazima babi
Ujyukubita nabadaimoni nitwa abajyama Amanita namufasha baragwanamabara arikuriyongofero yuwomugore nibyinshi cyeretsetuvuganye
Amen Amen 🙏🙏🙏
Imama ikomeze kukuri amaraso ya yesu akugote mw.izina rya yesu kristo ntutinye natwe turakomeye muri yesu kd turakomeje kugeza yesu agarutse
Kamera wukuri jewenemera ni YESU nayibindi ntitwobivamwo nukwizera YESU wanyawe agakomeza kutugwanirira
Amen
yesu kistu ashimwe ndagukunda kubwumurimo winana ukora isaro tv waziye igihe nimuganga ubohora imitima
Komera imana igushikire ikuzuze imbaraga zidasazwe
YESU kristo dukorera Arusha imbaraga satani niwe utuneshereza , humura yavuye mu gituro .
Amene amene 🙏
Yesu ni umwami w' abami bose
Abarangi nabacwezi ndabatwika mwizinz ryayesu winazareti
Fireeee🔥🔥🔥🔥
Yezu krisitu adukomereze ukwemera maze dutsinde sekibi iduteza irwara zamayobera
Komera mukozi somana?
🖐️🖐️🖐️🖐️. Komera lmbaraga amavuta
yesu kristo nashimwe
komera
Satani ntakagukange Imana iragushyigikiye gumamo
Gumamo
Yeeeg muhashye
Urasenga
Ese kukizq indeara kuki ibitaro bicyuzuye😂😂😂😂ubweskro gusa,
Bibaye byiza wazafata igihe cyo gusenga ukabaza Imana nimba koko abarangi ari imbaraga z'umwijima kurenza kumva ibyo abantu bakubwiye cg c ukigira aho bakorera bityo ugatangaza inkuru y'ukuri.
Turabazi yewe! Tuza!
Menagura , senya ,twika imbaraga mbi sa satani, abarangi , abazimu , abacwezi , nyabingi , ryangombe , amahembe , ibitega nizondi mbaraga zabarozi nabakozi ba sekibi zose mu izina rya Yesu kristo.
❤❤❤🎉🎉🎉uko n' ukuri rwose
Kubita mukozi wimana
Yesu nashimwe
Wazandangiye aho uba nkaza kugusura koko
Yego nibyo
Iravuga izina rya cyakiganiro ijwi rya we ntirisohoke satani ararwanya ko bamenya umugambi yabarangi Kitwa ngoNimudahaguruka ngo murwanye kado uyumugore agiye
Gumamo rwose turagukunda
Uragahora kungoma mwami w Abami
Turabakurikirana turi mu Burundi.
Gumamo ..Yesu ntayandi maboko akeneye
Elyse ibyuvuga nukuri nanjye mbana nabyo munzu
uzatubwire tubisengere
Ariko elyse rwose wagabanyije ubujiji abarozi babaho cyane rwose ariko kwivuza ibimera niko kuri imiti yo kwa muganga ntaho ihuriye n'imiti gakondo nge ndi muganga wabyize neza kandi mfite n'impamyabumenyi ariko mu ishuri bahita bakunwira bwa mbere ko imiti yo mu nganda ari uburozi ko kandi iyo miti ari ibimera bicishwa mu nganda bikongerwamo izindi produits gabanya ubujiji rero wibuza abantu kwivurisha ibimera kuko uwo yesu niwe waremye ibimera ngo bidufashe kubaho
Wowe uri umurangi uragatsindwa n'ijambo ry'Uwiteka, amaraso ya Yesu atwike imbaraga ukoresha maze ukizwe winjire mu mukumbi wa Yesu kristo. Yesu yahawe izina risumba andi mazina yose ubwo yari amaze kuzuka atsinze urupfu na satani niwe ukwiye kuza imbere yibyo bimera mwihishamo byo gatsindwa
Nibyo rwose babwire abo bacwezi n'abarangi ntidukeneye abobarozi.