Ligue yaribeshye, kuko ntakuntu bapanga match ya 3 imbere y'izindi ngo ni uko ari equipe yabafana! Byasaba ubusabe bw'amakipe 3 ndetse na Ligue! Babyumvika na bigakunda! Mureke guhanganisha amakipe, namwe mushyire mukuri
Cyokoza pe ntababeshye mfana apr pe kand byukuri arko nayo ituma baranyibye fc igira atiku menshi Koko mubyukuri yakemeye igakinakoko ubu Koko miratinya reyon sport woya nikinepe
nonese nigute iyo match ya rayon sport vs APR FC ititwa ikirarane kdi umunsi wa 3 Andi makipe yarawukinnye wagera kuri journee ya 5 iya 3 itarabaye ikindi kdi ese izo match bashyize kuri le19 .10 kuri calandrie yambere ntazari zihari mbere Yuko bahashyira rayon na Apr yakagombye kuba yarabaye mukwa 09
Apr ifite ubwoba nirekedukine ireke amatiku
Ligue yaribeshye, kuko ntakuntu bapanga match ya 3 imbere y'izindi ngo ni uko ari equipe yabafana! Byasaba ubusabe bw'amakipe 3 ndetse na Ligue! Babyumvika na bigakunda! Mureke guhanganisha amakipe, namwe mushyire mukuri
Igikenewe ni ukumenya ngo ni nde iyoboye ; RPR cg APR ?
ariko ndumva APR ifite ukuri bazikuricyiranye uko zakuricyiranyaga sheikh ari kuvujyira rayon sport ariko ibyo avuga akuyemo fanatism yasanga ibyo APR ivuga aribyo
Ark nigute dukina ikirarane cyagatatu knd hari ibindi bibiri bibanza
Cyokoza pe ntababeshye mfana apr pe kand byukuri arko nayo ituma baranyibye fc igira atiku menshi Koko mubyukuri yakemeye igakinakoko ubu Koko miratinya reyon sport woya nikinepe
Igikona fc n Hangi baduhemukiye
Ariko na kuntu FIFA yahagarika umupira wo mu Rwanda 10ans harimo akavuyo pe, harimo akavuyo gakabije.
Oya reyon nsport nituze ndumva irigushakamafaranga cyane.kdi ntamamvu yokuyihesha inote ibyiherutse gukora twarabibonye imbere ya yabanyamahanga
Kenesi.ati.akavuyo.muriferwafa
Atinayakenisi.mwivuguruzagute
Karasiko.atihagarare.atimuzaterimbera.ati.abaterankuga.nakavuyo
Nibwo nemeyeko IGIKONA aricyo kiyoboye umupira womurwanda? Nne x abasohoye karandiriye nibo banswa? Ahubwo imbaraga tutabona nizozishe umupira wacu. Naho RAYON waramabuye💪💪💪💪
Ni ukuvuga ko Apr yipangira!! Mbega imiyoborere, mwarangiza ngo Amavubi azakomera!!
Izatetera i kigal. Niyompamvu abantu bakomeje kuyivahope! Ikoresha igitugu
Nibakurikize icyo itegeko rivuga niba ntarihari bareke APR ibayobore
Mu Rwanda nta mupira uhaba😂
Mba numva Rayon Sport yava mumupira wamaguru rwose
nonese nigute iyo match ya rayon sport vs APR FC ititwa ikirarane kdi umunsi wa 3 Andi makipe yarawukinnye wagera kuri journee ya 5 iya 3 itarabaye ikindi kdi ese izo match bashyize kuri le19 .10 kuri calandrie yambere ntazari zihari mbere Yuko bahashyira rayon na Apr yakagombye kuba yarabaye mukwa 09
None ko badakurikiranya match uko zagakurikiranye ni kuki
Yewe ferwafa ihora ipfukamira Apr
Ok niba Atari ikirarane ari uko bahagaritse, ndumva APR yakina nneho!!
Ubusabe bwa APR FC nitegeko arikose musobanura gute uburyo 90% ryibyemezo bifatwa muri ruhago yurwanda byose biza biryanya RAYON SPORT? nyamara ikipe yitwa APR FC ikwiye guseswa mugihe bagihagarikiwe nintare bizagorana kuko ntago HAJDI yafata icyicyemezo pee
Ark Mutegereje muteteri izavuguruzwa koko ??? Mwe ntabwo muzi ko Muteteri ariyo itegeka ibigomba kuba
@@MusaGakwego ahubwo muminsi irimbere muranja mumanza zamadeni mwafashe ngo mutegereje gitinyiro iyo mutumva ntimunatekereza ucyumva gitinyiro mwumva iki
Aperi yatinye 😂😂😂😂
Igikona noeho cyatitiye hhhhh
Nonese reyon irashaka amanota cyangwa irashaka amafaranga
Byombi shia!
@@ufiteyesusimonpierre9767 none nitwe muteguriraho imishinga yanyu x tudakinnye namwe mwaba iki ko mwitwazango muri kimaranzara ubwo muri mubiki
Ikibazo cya Rayon nuko yabariye amafranga azava kuri match nanjye ndemera ibyo league ikoze
@@hagenimanaolivier92ubuzwe ni iki!
Bwoba fc nako Muteteri nireke dukine ikibuga kigaragaze ibyaco bareke amatiku
Nubwo babagize apr nireke dukine
A
Abareyo murakennye mushaka amafaranga ntimushaka amanota
Uwo musiramu ajyagabanya ubufana uziko nawe ari uwa 0
Ariko na kuntu FIFA yahagarika umupira wo mu Rwanda nka 10ans harimo akavuyo pe, harimo akavuyo gakabije.
Ariko na kuntu FIFA yahagarika umupira wo mu Rwanda nka 10ans harimo akavuyo pe, harimo akavuyo gakabije.