Kalimpiya ndamwemeye nibyo avuga nibyo, imodoka ntimenya ko uwuyitwaye ari umugore. Ikindi irushanwa risaba uburyo team ikomeye, aba mecaniciers beza, abashoferi na copilote mwiza iyo habonetse icyuho mu cyiciro 1, byose biba bipfuye. Uretse n´imodoka abanyamahanga urabona ko bo badatwara nkaba Banyarwanda biga... Ahubwo abakinaga kera bagiye hehe ko mbona bishakira ma Miss na ba Pendo....bisaba experiance si Fan......
Amahirwe masa pendo🔥🔥🔥🔥🔥
Turabashyigikiye cyane ♥️🎉❤ bashikibacu courage nyinshi wowuuu🤝💥
Pendo amahirwe masa 🎉🎉🎉🎉
Courage nyampinga bacu❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤
Blavo mukomereze aho turabakunda cyaneee!
Wowowooo ariko inzira binyuramo niyihe nanjye nyikunda kubi
Courageeeeee banyarwandakazi bacuuuu👏👏👏👏👏👏
Queen wacu❤
Pendo woe nkukunda mumabarayose kuraje cneeeeeeee abanyarwanda kazi 🎉
Kigali today
gahinda n 1,m subscribe
💪💪💪💪🥺🥺
❤kuraje bashiki bacu ndabakunda cane amahirwe mashya ❤
Imbere cyane turabakunda
Ish and A courage
Queen 👑❤❤❤❤❤
Ariyubaha ❤Nta saga n'imwe wamwumvamo,rya tangazamakuru ryacu rya feke ryaramubuze❤😂😂😂😂😂
2:32 @@uwitonzemartin5409
Mukunda kubii cyane Queen 👑 wanjye
Amita kuraje pe Kandi cane ndagukunda amahirwe kuri mwe mwebyi Kandi muri abigitinyiro mubyo mukora❤
Iri rushanwa ndabona Ari ukwiyahura😅😅😅😅😅😅
Kurage kuba waratinyite nibindi bizaza🙏🙏🙏
Courage sandrine
Big up
Kalimpiya ndamwemeye nibyo avuga nibyo, imodoka ntimenya ko uwuyitwaye ari umugore. Ikindi irushanwa risaba uburyo team ikomeye, aba mecaniciers beza, abashoferi na copilote mwiza iyo habonetse icyuho mu cyiciro 1, byose biba bipfuye. Uretse n´imodoka abanyamahanga urabona ko bo badatwara nkaba Banyarwanda biga... Ahubwo abakinaga kera bagiye hehe ko mbona bishakira ma Miss na ba Pendo....bisaba experiance si Fan......
Sha iryorushanwa riteyubwobap
QUEEENNN QUEENNNN GOO
Bishatse kugera kucyi bavandi 🥹🥹🇷🇼🇺🇸
iyi ibanjirije iyanyuma yagirukaga pe !
Ese kwinjira muri lally bisaba iki? Njye pfite gategorie B.
abri n'abategarugori bisize insenda muri Rally
Ese bisabiki kujya muri aya marushanwa
Jyewe ndumutwazi mwiza ndabishaka. Please
Amahirwe masa banyarwandakazi kd byiza cn
Mwambwira Anitha yabaye uwakangahe?
Kwiyandikisha bisabiki mfite category B
Ariko nanjye nshaka kwiyandikisha
Nawe uzi gutwara ingorofanix
Irushanwa umuntu yaryinjiramo gute
@@NYIRISHEMAJEANDEDIEU badusubize dukeneye natwe gukina niba harubyo batubwire cg niba harinicyo bisaba tugikore
Ufite nibura 150 000 000 wagura imodoka yabugenewe/sport car/ubundi ukiyandikisha muri RAC.Mperuka bafite office kuri stade Amahoro
Ko ndumva ari akayabo😅@@intekerezo2023
Anita na isheja mwambabariye mugakomeza Domaine murimo Koko! Ubu Koko byazabateza impanuka ntimwirerere abana nukuntu tubakunda mwa babyeyi mwe😮