Ni byiza ko umukunda ariko siwe wikoresha ahubwo ni umuyoboro Imana inyuramo ikora imirimo yayo ( abo bana bahinduriwe ubuzima ndetse n’abandi benshi cyane Imana yamukoresheje guhindura ubuzima mu by’ubuzima busanzwe no mu by’ubugingo !
Abo bitwa "ABAROKORE"nakomeje kumva abantu babitiranya na Adepr kandi sibyo. ABAROKORE ni indjni ryavutse ryiyomoye ku ba Adventist kimwe na abakusi, nabagorozi , baragiye bakora utundi tudini bavuye mu ba Adventist du 7èm jr bashaka utuntu batandukaniraho ariko baguma gusenga kwisabato.
Wakumvise ubutumwa buri gusoma ukagabanya iby'amadini. Igihe cyarageze Ubwo abantu batazaba basengera Data I Yerusalemu cyangwa I Samariya ahubwo abamusenga by'ukuri bazajya bamusengera mu kuri no mu Mwuka
Amaboko akomeye y'Uwiteka akubeho, uburinzi ni ubudahangarwa bw'Imana isumba byose bikubeho, amaraso ya Yesu Abe Kuri wowe Plaisir mu izina rya Yesu Christo!
Plaisir ndagukunda cyane ubyumve ndagukunda gusa komera abakuvuga nabi ukomeze ubihorere turagukunda Kandi kuko tuzi icyo dukura kuri zaburinshya turakizi nituzareka kuyumva ndagukunda cyane ❤️❤️❤️❤️
❤
Sha jyewe nakunze ibyo akora kuva agitangira. Imana ikomeze kukwagura muhungu kandi mukozi w'Imana ❤
@@FaridaNiyonsengaf
Nanjye zaburi nshya yarandeze,ariko hari igihe babivanga ukubaza ko bahindutse nk'abandi Bose 😢 ibaze kuzana abamansuzi bitaribugire icyo bifasha,kuzana ubatinganyi babeshya ko babivuyemo vuba kdi babeshya... Ejo bagashyiraho ibizima nk'ibi✍🏾 mbese ukibaza uruhande basigaye barimo pee😢
Hoya ncuti kuba URI Mwana yaraje kuri saburi Shya ntacyaha plaisir Yakoze ninkuko mu nsengero haza abakijijwe nabadakijijwe rero hano ashobora kuba ariho murusengero rwe KND ashobora kuhabonera agakiza Kuko ntag Yesu yazanywe nabazuma ahubwo yazanywe nabarwayi niyo mpamvu ugomba kwegera umuntu nkuriya ukamuganiriza ibyagakiza icyaha Nuko dukora nkibyo bakora Niko gusa nabo Yesu yavugaga@@umuhozadiane7099
Hari indirimbo nziza wanditse nakunze cyane, harimo umurongo
uvuga ngo" abazamukanye na we mu gashyamba k'imibabaro bazishimana na we,,,"
n'indi ivuga ngo ndemera ubuhamya nzahumurisha abera batarambuka,,, uku Niko Imana irema ubuhamya!! Imana itegeke ubone ubushobozi bwo kugendera hejuru y'iyo nyanja!
Imana izi inzira unyuramo,,,
Ntarumva ikiganiro,Komera Cyane Mukunzi mwiza,turagukunda Cyane kandi komera dufite Imana.
Plaisir ihangane pe! Turagukunda cyane, ugira umutima ukunda Kandi wimpuhwe turabizi.
Nkunda ukuntu wicisha bugufi rwose ukisanisha nabakene uba wasuye wagiye kubafasha.
Ariko amashyari akuri inyuma witonde nyamuneka. Gusa urikumwe nImana yawe ntacyo uzaba, bajye bavuga ubihorere ukomeze ufashe abantu babaye nkibisanzwe . ❤
Ndumurund🇧🇮🇧🇮🇧🇮ndagufan can wubahwe IMANA ishishikar ikwagure
Nanje ndagukunda , gusa ibiriko bikuvurwako bikaba arivyo uhindure wihane uhindukire ubireke, bikaba atarivyo naho ntucike intege ukomere muri Yesu ntunyiganyige Christo Yesu araganjeee❤
Yegoo IMANA ikomeze ikuduhezagirire plaisir ndi umurundi kazi nkunda kugukwirikiran
Ntabwo nzacika intege ngo nuko bakuvuga nabi kuko ngukunda cyane muhungu wange imana igukomeze
Erega nibakuvuga neza ujye ugira amakenga kandi usenge cyane,naho nibakuvuga nabi ujye umenya ko uri uwagaciro imbere y'Imana .Komera mwana wacu tukuzi uri muto warezwe neza rwose ndakuzi neza uri muri primaire
Niko kuri URI MUMURONGO MWIZA I NTUMWA SA RUSIFA ZARAHAGURUTSE KATIKA JINA RAYESU
Kino gitabo Imana ishimwe ko nabandi bagiye kubimenya, mubadive twebwe tukimaranye igihe, muzasome nikindi kitwa intambara ikomeye byose muzabisangamo,
Plaisir Ndagukunda cyane byumwihariko nakunze guca bugufi kwawe pe! Kd wera imbuto zikwiriye abihanye dore nkubu bariya bana ubahinduriye ubuzima .Ikindi uri intwali cyane
Nukuripe
Ni byiza ko umukunda ariko siwe wikoresha ahubwo ni umuyoboro Imana inyuramo ikora imirimo yayo ( abo bana bahinduriwe ubuzima ndetse n’abandi benshi cyane Imana yamukoresheje guhindura ubuzima mu by’ubuzima busanzwe no mu by’ubugingo !
Plaisir ndagunda cyane ❤Uziko Urinshuti yumutima wanje kandi tutazira ngunkundira yuko Wubaha Imana bikagutera gucabugufi
Uranakunditse Imana yakuduhereye Igikundiro komera kaka yangu
@@OpejiJoyeuse Imana akorera urayizi bibiriya ivuga uwizera umwana wumuntu avumwe abantu bomiminsi yanuma ntukamwizere uwo narinzi ngo niwe muzima ahubwo nasanze ariwe mukuru wabadayimoni uriya isi yose yahinduye ikigirwa mana nubundi aricyo ngo shebuja wa plaisir ikuzimu Chris Ndikumana wa kanguka ngo asengera abantu kandi abajyana ikuzimu benshi batambwaho ibitambo ikuzimu
@@dancilemariam4768nuko nuko nyabo mwajyanyeyo se?ark narumiwe peee mubuzima uzirinde kuvuga ibyo utahagazeho nkubwo chris ndikumana uramuvuga muraziranye?basi se yakujyanyeyo?ubuse ko nkurikirana inyigisho ze ko ntarisanga ikuzimu?reka nkuhe ubuhamya nshuti kuva natangira gukurikirana inyigisho ze ubuzima bwange bwarahindutse muburyo bw'umwuka yooooo Imana ikurengere peee niba umuntu ajyana abantu ikuzimu abigisha kwihana ibyaha no kwizera Yesu christo no gutera inkomezi ibihebye nabacitse intege uwo nguwo azajyana benshi ark ujye uvuga uziga kuko we never know
Presire turagukunda cyane uca bugafi urafashanya rekana nizo nzererezi zidafiye umumaro ahubwo icyo bashoboye nishyari no gushaka gusebya ibyo imana yubaste
sha plaisi ndagukunda cyaneee pee ark ibintu bakuvuga bintera umubabaro rwose, niba koko aribyo woe ubwae n'umutima wae urabizi ko aribyo cg babeshya sha ihangane ujye wirinda ntugakoze Yesu isoni dore uri ikibaho kirebwa nabose tubabarire pe kdi Yesu ukorera agushoboze ntibyoroshye ark nziko wabonye ineza y'Imana mubuzima bwae yikomezeho
Ubundi niwew wanjy❤❤❤❤ Nibarek Abakox .b.lmana bahem mukuri
Ndagukunda cyanee nukuri imana izaguhe ijuru kuko urarikwiye
ubwo buhanuzi vyishi vyatanguye gusohorera iwacu i BURUNDI Imana iturengere.plaisir merci bcp
Turagukunda cyane kandi Imana ikomeze ikwagure cyane.
Amen Brazil nukuri imana ikomeze I've muruhande rwawe❤
Plaisir...n'ubundi urukungu ni amasaka..bitandukana iyo bikuze, kuko urukungu ntiruzana ihundo, ishaka ryo rizana ihundo.
Plaisir nukuri komera ushikame Imana wizeye ntiza gukoza isoni nibyambere byaragiye biragusiga nibi ntacyo bigutwara Iyabanye nawe nubu ntaho yagiye ( Nkunda ukuntu yitanga Imana iguhe umugisha)
Uko nukuri kuzuye Yesu adufashe iherezo ryacu rize ribe ryiza
Plaisir komera cyane rwose ntuhungabane, ikibazo cyawe nikimwe ni cya Yago,ariko Imana irimo gukora umurimo mwiza kuri Yago birimo kurangira,nawe humura ibibazo bizarangira
Big energy ❤nahano turahari
Komera plaisil ndakumva imanikugwanire🙏🙏🙏🙏🙏
Gusa plaisir uzotuzanir maman Aline tumeny ub ukwamez mwaheruts aduh ubuhamy bwiwe
Uziko umvugiyibintu mama arine mazimitsi nagemutekere zaho
Turashaka M.linda ngo yarakubuze ntunamwitaba
Nibakuveho Mwizina rya Yesu !!abazimu bashye
Najye❤❤❤ndagukunda simperuka kukubona muri holynation nkunda iyo wafashijwe❤❤
Satani ahiga aharubutunzi, arintakikurimo ntacyo satani yagushakaho, komera nshuti yanjye kd turagusengera cyn kd satani ukorera muri bapenina turamutesha agaciro mwizina rya YESU ❤❤❤❤❤❤
Perezire turagukundacyane urumukoziwimana kuko ibyukorabiragaragara ❤❤❤❤❤ imana ikomeze ikwagure
Ndagukurikiye ureke abagutega iminsi ubareke IMANA niyo ikuzi nabo ufasha Umugisha uwugwize 🙏
Komera cyane Brazil wacu mugani wabo ngo Brazil wawu komera kandi ushikame nka yosuwa imana ikomeze kukwagura
Pole Plaisir nyagasani akube hafi mubyo wacamo.byose be strong
Plaisir ndagukunda cyane ntiwabyumva komera kurugamba uwiteka yakuremeye ntugacongore uzagororerwa injyihe cyamateka ❤
Plasir Imana yomwijuru
Irwane nibikurwanya ihige ibiguhiga mwizina rya Yesu🙏
Urakoze cyanemukozi wimana imananifashe burimuntuwese
Ihangane mukozi w'Imana Ibyo byose nti biguce intege zo gukorera Imana nutagwa isari uzasarura.Turagukunda cyane.
Komera mukozi w'Imana, umuvugizi wa benshi . Komeza uhabwe umugisha . Turagukunda
Imana idutabare nukuri ikomeze ibemumitima yacyu idukomereho
Yesu nashimwe mugaragu Wuwiteka Imana igushyigikire turagukunda♥️🙏
🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️❤️❤️❤️❤️Komera mu Mwami wacu Yesu Kristo, tuguteze yompi
Yenda wazahinduka ukandecyera umugo nkubaka nkuko wubatse ukareka kusambanyiriza umugore plurazi sha uzahure nimanap
Urandinde mwami yesu ntunganyiriza imigambi😢😢😢😢🤲🤲🤲🤲🤲😭😭😭😭😭😭 uwiteka ujye umba hafi
Nukuri komera Imana irakuzi kdi iragukunda cyanee kdi natwe nuko turagukunda ❤❤
Plaisir nkunda Imana ikurimo. Nakumenye ubyinana numutumirwa uti:niba urimumwuka, gumamumwuka, gumamoooo
😂😂😂
Plaisire mwana w'Imana isumba byose ihangane murugendo habamo amahwa ariko humura iyo ukorera izakurwanirira ibibyose bizashira komera ushikame intambara urimo zifite uzirwana
Imbaraga zu Witeka Imana ibatsinde mwizina rya Yesu ashyizeho umwete kubera bigeze aho abasatanike bagamije Plaisir nimba mbivuze ndabizi neza untera urimumyuka yikuzimu urikumwe na Chris Ndikumana wa kanguka ayo mahano simwe muyazanye nonese ibyo niwowe ukwiye kubivuga ngo nubuhanuzi bwira abatakuzi ariko ibyo mukora mubikore vuba mumenye ko satani yamaze gucirwaho iteka simwe mwohereza mubantu amadayimoni guteza inzangano noguteza indwara zibyorezo vaho ngaho satani siyo ntengo murigokora kugirango abagiye hanze basubizwe iwabo siwowe nyine yanomero 666 uwo niwowe
Nkusabiye guhumuka ugasoma ibyanditswe uzabimenya byakugezeho nkusabiye mwukawera
Ibyo bakuvugaho byose ibikorwa byawe bizajya byisobanura ntukavunike nshuti we love you ❤
Plaisir, Imana ntigira uruhimbi mu mu nsengero. Uruhimbi rw’Imana ruba mumutima w’uwayemeye gusa. Kuko uresengero nyakuri rw’Imana n’umutima w’umukiranutsi.
Imana iguhe umugisha rata korera Imana ntabunebwe ureke abavuga bivugire
Amahoro muvandimwe.mubyukuri ntuzacike intege.muzstuzanire Umuhanuzi witwa Zakayo wahoze yitwaga mbebayinzungu.twumve kristo bushya
Humura Uwiteka arakuzi kdi wowe komeza uharanire gushimisha oya guhamagaye ,ntuterwe ubwoba namasega
ubundi bariyabagusevya bihorerer ukomeze uvugiri Imana yagutumye natwe tukurinyuma🎉
Uwiteka aguhaze ibyiza by'isioni muvandimwe
Ntago ari ibyo umuntu ahanura ni bibiliya ubwayo ibivuga kuko umuntu wese wasomye neza bibiliya atayisoma amagejuru azi icyo leta zunze Ubumwe z'Amerika ivugwaho Kd iyo isaha yagihanuzi uyirebyeho biragaragara neza. Hasigaye umurongo wo mu byahishuwe 13:11 aho inyamaswa yavuye mu gitaka izavuga nk'ikiyoka
Yebabaweee uko byumvise ubuhanuzi bwarasohoye disi😢😢😢😢😢 Mana duhe kuba maso
Iturize Imana izi ukuri kdi Imana izahembera umuntu wese ibikwiranye nibyo yakoze
Plaisir hezagirwa ndagukunda utubwiye amateka akomeye nugusenga cane kandi titre utanga yinkuru biba bihuye ninkuru utanga
Plaisir ndagukunda pe ibyo bavuga byose turagukunda nyagasani akomeze abane nawe
Komera mukunzi w'Imana❤
Abo bitwa "ABAROKORE"nakomeje kumva abantu babitiranya na Adepr kandi sibyo. ABAROKORE ni indjni ryavutse ryiyomoye ku ba Adventist kimwe na abakusi, nabagorozi , baragiye bakora utundi tudini bavuye mu ba Adventist du 7èm jr bashaka utuntu batandukaniraho ariko baguma gusenga kwisabato.
Wakumvise ubutumwa buri gusoma ukagabanya iby'amadini. Igihe cyarageze Ubwo abantu batazaba basengera Data I Yerusalemu cyangwa I Samariya ahubwo abamusenga by'ukuri bazajya bamusengera mu kuri no mu Mwuka
Komera ncuti yimana abakurwanya bazatsindwa mwizina ryayesu.❤❤❤❤❤
Amaboko akomeye y'Uwiteka akubeho, uburinzi ni ubudahangarwa bw'Imana isumba byose bikubeho, amaraso ya Yesu Abe Kuri wowe Plaisir mu izina rya Yesu Christo!
Plaisir we ndumva bikomeye Imana yo mw'ijuru iturengere nu ukuri ntibyoroshye pe
Umva ntaragira icyo mvuga, ndishimiye kukubona,komera komera,nkunda ko title ukoresha zibazihwanye ninkuuru.
Muvandi cunga sana urukundo ukunzwe ntabwo ari normal ndabivuze mwene Mana
Yesu aguhe imigisha mukozi w'Imana Praisir dukunda .
Thank you 🙏🏾
Umva usibye abantu bafana mwagiye murya ama frw yabantu mwatangije ibyumwuka muherutse ibyumubiri
ABAHANUZI BAGENZI BAWE BARI KUGUSEBYA KUMBUGA NKORANYAMBAGA IMANA IBABABARIRE CYANE BIME AMATWI KOMEZA WUBAKE KANDI IMANA IZAGUHEMBA TURAGUKUNDA CYANE.
Njye nta kintu na kimwe cyatuma ntagukunda pe nubwo ntakuzi arko ndakubona ufasha abantu hano rero ntuzacike intege kuko igiti cyera imbuto nicyo giterwa amabuye jya ubareka ntukabisobanureho wowe jya ukomeza wikorere ibyawe Imana yo izi neza ibyiza ukora Izakugororera
Abafransa baravugango: l’homme de valeur est toujours critiqué. Abakuvuga nabi turababona ariko ntibituma abakunzi bawe bakuvaho. Tugukunda turi benci komera kdi ukomeze imirimo yawe. Ibijisho bibi, ururimi rubi kubuzima bwawe byose fire 🔥 🔥. Amashyari 🔥
Mfasha ukomere cyne kdi nutagwa isari uzasarura❤❤❤
Nukuri nanjye ndanezerewe❤komera Yesu aza be❤❤
Njye simbabazwa iyo mbonye Imihanda iguhagurukiye, kuko mbanezerejwe nuko Guceceka kwawe byonyine kwari Promotion Imana ikuzamuriye. so baratangara vuba twujuje 1M yabagukurikirana. ntibazadukura kuri Zaburi nshya kuko turi umuryango Mugariii
Plaisir agati gateretwen Imana ntigahenurw numuyaga Imana irikumwenaw
Igiti kitagira amashami ntawugitera amabuye. Plaisire humura kora icyo ugomba gukora kuko ukora imirimo myiza Kandi ikunzwe nimana. Buriya umunt7 nakuvuga nuko uba ufite icyo umurusha kuko umuntu ufite ucyo akurusha ntiyagutaho umwanya. Kukuvuga nintambwe ugaragazako ukora Kandi ukunzwe. Inshyari ninshyano gusa uwiteka Ari kumwe nabihangana.
Plaisir Imana ikwishimire.
Ibyahanuwe biri gusohora. Ahubwo buri wese ashake ukuntu yatunga bible kuko hari igihe kizagera tukajya dusengera mu mazu yacu.
Bible cyangwa ijambo ry'Imana niryo rizasana imitima yacu
Ese ninde wabihanuye cg izina ryumuntu wabuhanuye icyiguhe kontamwumvise
Ntaratinda. Nsoma nanjye ndagukunda❤❤❤
Ntimutinye ibyica umubiri ,,, ahubwo mutinye ikica ubugingo
Cyane rwose Vital gumamooo
Ceceka wamusambanyi we nturarangiza ayo barikukuvugaho uzanye ubugoryi ngo nubuhanuzi plaisir narakubone dore uko asigaye areba wowe urinde uvuga ngo urigusohoza ubuhanuzi bw’Imana ahubwo niyasatani uribuka ibyo mwankoreyeho wowe na Chris Ndikumana umuntu wese uziko akorera Imana data ntimwumve ayuwo musatanike arikuvugira shebuja satani ese mubyo avuga harijambo narimwe rivugira Imana mwumvise avuga ayo maordinatere nayikuzimu kuko mbitiye gihamya umva ukuntu avugana umunezero ariko bavugira ijambo ry’Imana kuri Zaburi nshya akavuga nkubabaye
Mbega lmana ikugarukeho nawesiwowe
@@UmuhozaClaire-z2p ibure kubabarira abari kubayobya imbabarira iki niyo ikuzimu hazajyayo benshi nkuko bibiriya ibivuga umuntu ubabwiza ukuri ntimumwumva abakozi basatani mukabitabira vuba vuba ariko namwe muba mukoreshwa sinabyanditse hanose ntabiruzi mwenebyo haruwundi munsi ubaho kuva atangiye kujya kuri you toube cyagihe yavuze wenyine yabwiye Penina cyimana yiwe gukora cyageze asokoroye ama ordinateur yikuzimu kwasatani niba utabyumva ntihabura nababiri bitandukanya nabakozi basatani ntabapfira gushira
Ntugacire umuntu urubanza
Dancile ariko hari icyo mupfa si gusa?nonese ko umucira urubanza unamutuka,ubwo wowe urakiranutse ra?
@@umuhozarosette8914 icyodupfa nizeyeko nakivuze ubwo urazi ubuzima ndimo kubera bo ninkozi zibibi nanubu ndabivuga sinzi niba mwarabonye izindi commentaires nigeze kwandika subwambere niba natukanye nakababaro ubu ndimugitanda ubuzima bwanjye bumeze nabi kubera bo navuze ko mukwagatandatu kumwaka ushize banteye we nuwitwa Chris Ndikumana wa kanguka kubera icyogihe narindi muri group kanguka njyewe mba muri Canada bantera barimumbaraga zumwijima ayo bankoreyeho aragatsindwa nu witeka bashaka kumpindura igikoresho cyasatani bankoreye ho ibintu bikomeye kandi biteye ubwoba iyataba Imana data nukumpitana biba byarampitanye nabwirwaga ngo mfite imyaka 60 ans kuva ubaho wigeze ubona umuntu ufite imyaka nkiyo abyara baribashatse kunkiringa ariko Imana indwanira itambara icyo gihe niba ukurikirana Zaburi nshya arumwana muto wumukobwa bari bari gukoresha umwana witwa Keliya womvaga avuga ngo arerekwa kandi yari numunyeshuri njye nkubwiye ko plaisir mubona kuri yutube icyo dupfa nicyo ntakindi maze imyaka itatu ndwana nubuzima ngo mpindurwe uko ntaremwe ubwo bukene avuga buzaba kwisi sibo nyine bari muriyo mission bwaratangiye urazi ingorane abantu bohanze dufite njye babwiye ngo nkoreshe ordinateur maze kubabona ndanga bambwiye ngo nanze ko dukorana ngo ndakwegera umuryango wanjye ingorane nonese ubu uwitwa uwo dufitanye isano wese arimubibazo arindwara aribwo bukene avuga nmubona umuntu avuga rimwe narimwe atari babandi babeshya babigize umwuga harimo abakivugisha ukuri
Palers ndagukunda cyaneeee ♥️ lmana ifate igukomeze ikurwanirire intambara uzi nizutazi mwizina rya YESU 🙏
Ntakizabuza ibigeragezo kubaho.komera Plaisir ni abanyamashyari gusa
ISHYANO RYA GUYE; TUGIYE KUREBA AK'IMANA N'ABANTU.
Komera cyane ndagukunda
Ngukunda ntabunebwe ❤❤❤
Ohhhh plaisir ndagukunda nukuri pee kdi ibyo bavuga byose ngewe sibyitayeho kdi nzinezako abakunzi bawe ntiduteze kukuvaho erega plaisir na yesu yarinze asubira mwijuru bakimutera amabuye
Uwiteka adutegurire uko dukwiye kubaho kutazatuma tubura ubugingo niwe twisunze.
Imana irashakako tuba abera
Turimuminsi yanyuma koko ibintu numvise ahaaa IMANA ITURENGERE
Mpendwa Plaisir usiogope songa mbele, indumwa za satani bashaka kuguchintege murugendo
Yewe najyaga ngirango urumuyutuba gusa ariko nkwemereye ububuhanuzi.
Yesu mwami brother nkatwe ko turi mpunzi papa we tuzabigenza gute tugire inama
Ko ikimenyetso 666 kinteyubwoba nukuri
Niyo wakora épisode 100 uwumva nabi azaguma atyo. Wowe komeza ibyawe utitaye kubakurwanya
Uwanditse ubwo buhanuzi ni umuhanga uzi ko igihe kigera ibintu bigahinduka, mu myaka 2000 civilization turimo ya Yesu ikavaho hakajyaho indi, Africa ikagira ijambo aho kubaho ipfunyikirwa amazi muri byose....ngiyo époque turimo naho iby'ubuhanuzi ni ukurangaza injiji n'abanyabibazo, akenshi hagamijwe kubarya utwabo
Uravuga ukuri pe, mu 2000 ndibuka inkundura yabayeho yo kuvugako imperuka igeze, kumbi twari dutangiye ikindi gihe kitoroshye ,reba Covide uko yaje kandi yarateguwe bihagije
Ndagukunda cyaneeee
Nivyonukuri.urazingene.iwacu.idorare.ryabaye.ndase.mananunvisengizeubwoba
Njyewe ndimukazi ko kurwanya satani wiyorobeka mubantu ubwo muraje muntuke abagize plaisir nkikigirwa mana cyabo umuntu uziko ashyigikira plaisir arigushyigikira satani atabibizi noneho abazaniye urodinateur nonese ayo niyo ibaye uruhimbi Yesu we tabara ubwoko bwawe ntibujyanywe agaherere
Plaisir nta munyabwenge wisobanura imbere y inteko yabaneguranyi