NTA MUHANZI NTAFASHIJE, SHOWBIZ yo mu RNDA ibamo amarozi😐|YAGO amennye amabanga yose yaba muhemukiye
HTML-код
- Опубликовано: 22 июн 2024
- #1_on_trending_2024
#_TheDynamicShow_
Niba wifuza kuvugana na "The Dynamic Show", kuduha inkuru idasanzwe cyangwa ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250786369590
#-TheDynamicShow-
Shn yago barakurukishije ibyo bagutamitse ariko ufite nibyo bagutongereye byagusajije kuko ufite akabazo pe
Ndakwemera YAGO ❤ but uzogoshe peee 🥺 we need new look 😘
Uteye isesemi nubusunzu nimvugo yindaya ntakandi kumusore yatangiye kwiruka munyozindayo wararangiye.
Umuntu urenze numwe mn pk wiwe abandi mwese wp ninde wuhatse byibuze umuhanda mwese mugira amatiku gusa mn gusa woe komeza ukore tom niko yavuze ntawanga ikipe itsinda ❤big up brother 👍 👍
Yago isubireho uve mundaya no mumatiku kuko sisawa bizagutura hasi burundu pe , ni inama nakugiraga wamfura we
Izonama zawe ntazo acyeneye pe
@@HusenNsengiyumva uri umuvugizi we?
@@Pink.53 oya gusa nawe nta gihamya ko bizamutura hasi nukubiharira igihe
@@HusenNsengiyumva ubuse uko yarameze mbere Niko akimeze ibuka ibiganiro yakoraga uburyo byabaga bikunzwe cyane? Ark kubera drama asigaye yiberamo Hari icyagabanutse nakomeza rero azisanga yaraguye nki bere murakoze.
@@Pink.53 cyakora hano umpaye facts kbs gusa wibukeko atariwe gusa kuko na chita magic views zaragabanutse na pattyno gusa yago we birakabije pe
Akagabo kakajajwa koko Yewe Esther yarakoze kukwanga ntabwo yarikubasha ubusutwa ugira
Nkunda yago nukuri jyubabwira izo nkomamashyi abo banyamashyari komeza utsinde utsinde abanzi
YAGOO❤❤ ❤❤ chapa kazi muzee!!!
Yago aravuga ukuri !!!!
Mn uyu mutipe amaze gusara bee byanyabyo kbs
Turagukunda Yago songaaaaas mbereeee muhungu wacu ❤️❤️❤️👌👌👌 bararushwa nubusa nkabaheze imahanga 👍
Yago nukuri urasa nabi kumutwe sinzi icyo wabikoraho kuko ntabwo bikubereye .
Suko se. Sinzi uwashutse. Yisubirire kubiganiro bye Ave mubindi ntibijyanye
Twihere tea Cha mwana wamama 🫣mena umuceri
Dore ibyobigize big energy ❤❤❤
Yago ❤❤❤❤❤ Hejuru cyneee
Yago komera big mn courage bro ibindi rekana nabo
Uzarekere Umusizi wacu Rumaga amasunzu ubundi usubirane ninyogoye
Nukuri ukiri umu utuber icyubahiro warinacyo pee, suwejo yariyaragukoreye umuti, gusa abakobwa disi barakurangije. 😢😢
Nibyo bita gusaza. Ashatse yatuza kuko biramutera umwaku
Adahebye urumogi azaheza imageragere
Yago ishakishe kuko waratakaye. Very sad ko uvuga Imana ukanarema ubuhamya buyikoza isoni ukanisekesha ufite public nini. Icyakoze SUWEJO yo wa mugani ukwiye no kuyanga aho ugeze
Kayago kagira amatiku mabi n'akagore neza neza noneho kakisekesha by'uburyarya. Ntamuntu kadashwana naweee!!
Eee ubwo nawe kuko urumugore ujyira amatiku rero?
Big energy 💯💯
Pol san sh yago mungu yupo🎉❤uhindurira ubuzima benshi Yesu aguhe umugisha
Mwahanuye akagabanya urumogi niba koko mumukunda
Yagoooo big upppppp
Reka ishaza bro wikorere ibiganiro😉
yagooo ❤❤❤
Yago barabure bro
Ese umuntu ushwana na bose we Ari tayali, ahaa abakugeraho bajye banakugira inama kuko iyo myitwarire si iyejo ahubwo ni iyo wakuranye ugomba rero kumenya kubana n'abantu bose ababi n'abeza kuko nta ho uzasanga abagukunda gusa Yago weeee, kwirirwa usakuza rero nta nsinzi irimo Kandi burya mu ndimi z'amahanga bavuga ko Silence is the key of victory 💪
Umenya utarangwa numuntu ngo aguteranye akabaricyo kigutera kuvuga.nturahura nu muntu ngo akuvuge atakuzi ni sura yikange amenye KO ari wowe? Umuntu arakwanga akakwangisha abandi cyaneeee rwose.
@@keza7926 ceceka chr nibyo byuzuye muri iyi si niyo mpamvu navuze ko guceceka Ari urufunguzo rw'ubutsinzi Kandi nugenzura uzasanga ariko biri.
@@nibaclemy431burya umurozi kumugirira ibanga ni bibi umwereka KO ubizi ibyo akora warangiza ukamwirinda ,byo mu Rwanda umenya uburozi busigaye bweze pe.
Yago njyewe ndamwemera ntajya aryindimi haraje hashye sasa
Cyane ntabyubu ryarya😂😂❤❤
Njyubahukuri wanjye❤
N'amashyari shyari
❤❤❤❤❤❤
Umugambi wi mana suwejo
Ayo masunzu wayakoze gute?arakubereye.ariko usigaye unywa itabi ko wumye mu maso?bireke kabisa niba urinywa.
Yago gabanya kwiyandarika Kuki ariwowe wenyine userera nabo wita indaya?irinde kumanura ipantaro yawe ahugeze hose
Wowe warasaze niyo mpamvu Bruce melody yakwandagaje
Iyo wihamira kuri RUclips niho warukunzwe cyane wubashwe ugiye mumuziki ubyica byose
Yago🔥
Aka gahungu gafite ikibazo rwose ese ko uhora uvuga ko bakwanga uragira ngo bagukunde kungufu,ese abandi ntabanzi bagira? Ese abandi wibwira ko nta strugle bacamo ahubwo rwose abakuri hafi bazakuvuze cyangwa bakugire inama
Umunyazamabyi yago. Congs
🙏🙌🙌🙌🙌
Batemo abobose bagutuka muri comment nabo urimo kubwira bahe banyina😂❤❤ yagoooo imbere cyane
Yago jya ugira ibanga ugabanye amagambo yamatuku kuko amagambo kuvamo simeza
Nawe warabacuruje weeee
❤❤❤
Sw yago
Kuvugako bakwanga bakwagira iki isusume Hanyuma wihane
Suwejo
Nabuze ikintu kizima numva mo kbx
Iyo wigumira youtube waruje neza.kandi hoho ntamatiku nkayo wamamwo?uzoririmbe nuburenganzira bwawe,ariko iyowigumira ku biganiro vyari sawa kurusha.😢
Uyu muniga menya koko anywa ibimogii
Nagukunda ariko ubu mbona usa nuwo bamena umwo**
Bakore nkawe uburaya😂😂 twarakumenye ukunda hasi😂😂malayawe😂😂 twamenye ko urya amab..😂😂wakanyamatikuwe
yaragusabye se wakaraye ejo bundi niwariwabuze ayikinini rega turazairnaye
@@vangoz8 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣ikinini kikise bambe tuziranye hehese? Wasanga urya amab.. nkawe
Nyamara ugabanye itabi pe nukuri kuko nubwotuziko harabakurwanya nawe ubigiramwo uruhare mugukwegena nizondaya ntizikubereye nukuri pe ariko ubundi umuntu tuzi nka Yago urikuvuga amavyi ukabisubiramwo ntanisoni?
Yago yaruwacyera uwubu ni Nyirabiyoro indaya indispline
😂😂😂😂😂😂 uyumutype itabi rigiye kumusaza wallah
Ko wakuze unywa amata c ukaba ushaje urya amabyi
Yago turagukunda chouuuuuu
Yago njenzogejodaaa🤣🤣🤣🤣❤️❤️🇧🇮
Iryo nitabi 😂😂
Nyamara kurunywana imbuto biraza gutuma wiruka kugasozi buriya nokuba usigaye ubona ngo industry yose ikwanga amatiku akakurenga nirwo ruba rurikukwereka ibidahari mwana
Ntimwibagirek twebwe aba last Born tugir amatiku adafash😂😂😂😂😂😂😂 gus yago afite fake friendly baramuhemukiye
Urumogi rumaze kugaragara kuri yago rwagusajishije
Ubu album nisohoka aya matiku azahagarara. Hhhhhhhh mooooneeeeeyyyyyy😂😂😂😂😂
Itabi rirakurangije
Ariko njyewe nane gusanga nta rukindo nta gufashanya ntano gusapotingana kuba muba Nyarwanda abantu batangira bagu supportinga wamara gutera imbere bagadhaka kugusubiza hasi ntibibuke ko haraho wabafashije nwagiye Amashyari nibiki sha mwabantu nwe nwagiye koko mumenye ko abantu bafashanya bagatera imbere kdi ukishimira iterambere rya mugenzi wawe kweri icyo maze kubona nuko Yago ntimumukunda pe Abanyarwanda nzabandora roho zacu pe narumiwe. Nwirirwa mumubwira ngo arasambana mwese ninde udasambana koko, ninde murinwe utanywa amayoga koko mwebwe ubwo babayoye nwese basangamo bangahe bari sober koko sha Mwahiue mureka gucirana imana mureme dushyire hanwe muve mubyamashyari abiyita abahanzi bakomeye social media zabo hari urengeje 2 million followers koko mugihe abandi bagiye za over 5 millions mwigira nkimana muca imanza kdi nwese mukora ibyaha muve kuri yago pe
Ibaze ko yakuvuzeho umunota umwe ukaba ivuze 60 hhhhh different kbx I love show buzzy❤❤❤😂😂😂
Yago bamwangirako avugisha ukuri naho abandi bose ni indyarya gusa gusa😂😂😂😂😂😂
Yego rata inywere amata wampayinka 👍
Yago gusa. Ntandero warezwe. Pe. Ubu nsinkikunda. Nokuraba cano..yawe. nasabu. Yanje nayikuyemo. Peee
Waramaze nubundi iyo scrubs yawe ntaco yongereyeho urabona.
Uziko yariye ibintu bya yago arabiruka 😂😂😂😂😂😂😂
Yago ukwanga nzamwanga se 2
Umukobwa wese mukundanye muragizanya Nabi ugasanga wowe ubaye uwambere mukumusebya menyako uwo atari umuco iyubahe
Ese abo bagore bagiye bareka kumusanga😂
akantu kaba tutsi rero itsi not good
Yago woe banza wivuze depression
Zibaaaa
@@user-bu3yh4uw5y ziba ariwowe wambobowe
@@user-bu3yh4uw5y ziba ariwowe wambobokazi wee
Album yahe mwa warangije, album, ese urarimba?! Urahebeba ?
Wowe barakujyana i Ndera vuba aha kuko insinga zo mu mutwe zamaze gukomana!
Yago rero ngukunda kubi ariko mbabarira usome comment yanjye.Ihangane ibibintu by,amatiku y,ababatype uyavemo wikorere ibyawe (akazi kawe) va mu matiku cyane ko biri kukwangiriza izina nukuri .rekana nabo mn,rero bigaragara ko nawe udashobotse pe kuko buri gihe ugaragara washwanye n,abantu batandukanye cyane femininin gender so ,guy be serious in wht you are doing.
Sorry I don’t mean to rude ariko Yago yabaye umusazi nukuri 😢
Sha byarajaguyepe
Umuntu wanswe murwanda😂😂 barakwanga se wageze kucyi,
Yago wowe amasunzu ntakubereye p,
Wowe URI ikigoryi,kureka Akazi ka kuzamuye ukagata ngo ugiye mu miziki, Iyo ukomeza nibiganiro bisanzwe maze ugafungura iyumuziki,wararenzwe reka
Buriya umuntu niwe umenya ibimufitiye akamaro.hubwo nuko abanyafrica tutazi kurekera umuntu amahitamo ye.wese ayobewe ibimwinjiriza? Uretse KO ashobora no kubikora bitinjiza aruko ari umuhamagaro WE.
Yago muzamurya inyama mbisi abantu mumwanga ntacyo yabatwaye nibarindaya yamaze wowe umwitikigoryi akurenzeho mwagiye mumuha amahoro yago ujyubatamo bababare
Amata nitabi se burya!!!va mumyaku mugutiya bizaba byiza 🌚
Pole papa 🙏💕
Ese uyu avuyehe kombona ntazi😂😂
Yago batemo niwowe wange imiziki barayiretse😂😂😂😂
Yago bagusengere kuko umazekuba bavugirije cg wamugani usigaye ufata imogi kuko amagambo akuvamo nayinzererezi.dorumutwe
Utabi ririca
Iyo nyakabwana ngo ni The Cat tuzayikanda ahantu
I think Yago is lost
More lost
True❤❤❤
Nibatakuvuga bazaryahe
Yago kera wari mwiza ariko satani yakwambitse icyangiro, wakongeye ukaba Yago tuzi wa kera koko ...
Nitambukiraga
Reka bagukomeshe impunzi ziraha zaragusavye ubafashe ntiwabafasha kubera atara banyarwanda😂reka bakwere ushobora gufasha utari umunyarwanda akishima akongera akana shima🎉
Ndumva harumuntu bakomye
Depression iraha
Ninde c utayifite mwese ko iribubamare
😂😂😂 hhhhhhhhhhhhhhhh ahwiii ka nisekere
Ufite ikibazo mumutwe peee😳😳😳😳
I shuti zawe zigufashe wivuze ababyeyi bagusengere kuko ufite ikibazo mubuzima
Niba bakuvuga bakarya bareke
Yewe wararozwe pe ntiwakavuzeko wariye amabyi ya biju uri muzima na basenga bagusengere l
Turabyumv rwose wibasiye melodie 😂😂😂😂😂
Nawe ariko ubona ahubuka nkawa muyobozi wa kimwe mugihugu cyabaturanyi.
Nawe ibiganiro bye akunda kuvuga Kuri bagenzi be.
Ubarasheho bombe noneho barakubaga na channel bayibe burundu 😂😂😂😂😂
Yago uzanshake nkusengere nihazagire uwongera kukumenyera niba ariko bimeze 😂😂😂 ndunva amarozi akumereye nabi twayazimya mwi izina rya Yesu wangu 😂
Nukuri byo araroze pe uzamufashe
😂😂😂😂😅😅😅 noneho urandangije wowe