NTA MUHANZI NTAFASHIJE, SHOWBIZ yo mu RNDA ibamo amarozi😐|YAGO amennye amabanga yose yaba muhemukiye
HTML-код
- Опубликовано: 22 июн 2024
- #1_on_trending_2024
#_TheDynamicShow_
Niba wifuza kuvugana na "The Dynamic Show", kuduha inkuru idasanzwe cyangwa ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250786369590
#-TheDynamicShow-
Shn yago barakurukishije ibyo bagutamitse ariko ufite nibyo bagutongereye byagusajije kuko ufite akabazo pe
Ndakwemera YAGO ❤ but uzogoshe peee 🥺 we need new look 😘
Turagukunda Yago songaaaaas mbereeee muhungu wacu ❤️❤️❤️👌👌👌 bararushwa nubusa nkabaheze imahanga 👍
Umuntu urenze numwe mn pk wiwe abandi mwese wp ninde wuhatse byibuze umuhanda mwese mugira amatiku gusa mn gusa woe komeza ukore tom niko yavuze ntawanga ikipe itsinda ❤big up brother 👍 👍
Akagabo kakajajwa koko Yewe Esther yarakoze kukwanga ntabwo yarikubasha ubusutwa ugira
Yago isubireho uve mundaya no mumatiku kuko sisawa bizagutura hasi burundu pe , ni inama nakugiraga wamfura we
Izonama zawe ntazo acyeneye pe
@@HusenNsengiyumva uri umuvugizi we?
@@Pink.53 oya gusa nawe nta gihamya ko bizamutura hasi nukubiharira igihe
@@HusenNsengiyumva ubuse uko yarameze mbere Niko akimeze ibuka ibiganiro yakoraga uburyo byabaga bikunzwe cyane? Ark kubera drama asigaye yiberamo Hari icyagabanutse nakomeza rero azisanga yaraguye nki bere murakoze.
@@Pink.53 cyakora hano umpaye facts kbs gusa wibukeko atariwe gusa kuko na chita magic views zaragabanutse na pattyno gusa yago we birakabije pe
Uteye isesemi nubusunzu nimvugo yindaya ntakandi kumusore yatangiye kwiruka munyozindayo wararangiye.
Nkunda yago nukuri jyubabwira izo nkomamashyi abo banyamashyari komeza utsinde utsinde abanzi
Yago nukuri urasa nabi kumutwe sinzi icyo wabikoraho kuko ntabwo bikubereye .
Suko se. Sinzi uwashutse. Yisubirire kubiganiro bye Ave mubindi ntibijyanye
YAGOO❤❤ ❤❤ chapa kazi muzee!!!
Nukuri ukiri umu utuber icyubahiro warinacyo pee, suwejo yariyaragukoreye umuti, gusa abakobwa disi barakurangije. 😢😢
Nibyo bita gusaza. Ashatse yatuza kuko biramutera umwaku
Adahebye urumogi azaheza imageragere
Twihere tea Cha mwana wamama 🫣mena umuceri
Dore ibyobigize big energy ❤❤❤
Yago aravuga ukuri !!!!
Mn uyu mutipe amaze gusara bee byanyabyo kbs
Kayago kagira amatiku mabi n'akagore neza neza noneho kakisekesha by'uburyarya. Ntamuntu kadashwana naweee!!
Eee ubwo nawe kuko urumugore ujyira amatiku rero?
Pol san sh yago mungu yupo🎉❤uhindurira ubuzima benshi Yesu aguhe umugisha
Mwahanuye akagabanya urumogi niba koko mumukunda
Yago ❤❤❤❤❤ Hejuru cyneee
Iyo wihamira kuri RUclips niho warukunzwe cyane wubashwe ugiye mumuziki ubyica byose
Yago ishakishe kuko waratakaye. Very sad ko uvuga Imana ukanarema ubuhamya buyikoza isoni ukanisekesha ufite public nini. Icyakoze SUWEJO yo wa mugani ukwiye no kuyanga aho ugeze
Uzarekere Umusizi wacu Rumaga amasunzu ubundi usubirane ninyogoye
Yagoooo big upppppp
Yago komera big mn courage bro ibindi rekana nabo
Ayo masunzu wayakoze gute?arakubereye.ariko usigaye unywa itabi ko wumye mu maso?bireke kabisa niba urinywa.
Big energy 💯💯
Reka ishaza bro wikorere ibiganiro😉
Yago njyewe ndamwemera ntajya aryindimi haraje hashye sasa
Cyane ntabyubu ryarya😂😂❤❤
Yago gabanya kwiyandarika Kuki ariwowe wenyine userera nabo wita indaya?irinde kumanura ipantaro yawe ahugeze hose
Yago barabure bro
Aka gahungu gafite ikibazo rwose ese ko uhora uvuga ko bakwanga uragira ngo bagukunde kungufu,ese abandi ntabanzi bagira? Ese abandi wibwira ko nta strugle bacamo ahubwo rwose abakuri hafi bazakuvuze cyangwa bakugire inama
Wowe warasaze niyo mpamvu Bruce melody yakwandagaje
Ese umuntu ushwana na bose we Ari tayali, ahaa abakugeraho bajye banakugira inama kuko iyo myitwarire si iyejo ahubwo ni iyo wakuranye ugomba rero kumenya kubana n'abantu bose ababi n'abeza kuko nta ho uzasanga abagukunda gusa Yago weeee, kwirirwa usakuza rero nta nsinzi irimo Kandi burya mu ndimi z'amahanga bavuga ko Silence is the key of victory 💪
Umenya utarangwa numuntu ngo aguteranye akabaricyo kigutera kuvuga.nturahura nu muntu ngo akuvuge atakuzi ni sura yikange amenye KO ari wowe? Umuntu arakwanga akakwangisha abandi cyaneeee rwose.
@@keza7926 ceceka chr nibyo byuzuye muri iyi si niyo mpamvu navuze ko guceceka Ari urufunguzo rw'ubutsinzi Kandi nugenzura uzasanga ariko biri.
@@nibaclemy431burya umurozi kumugirira ibanga ni bibi umwereka KO ubizi ibyo akora warangiza ukamwirinda ,byo mu Rwanda umenya uburozi busigaye bweze pe.
Yago njenzogejodaaa🤣🤣🤣🤣❤️❤️🇧🇮
Batemo abobose bagutuka muri comment nabo urimo kubwira bahe banyina😂❤❤ yagoooo imbere cyane
Yago🔥
Njyubahukuri wanjye❤
Iyo wigumira youtube waruje neza.kandi hoho ntamatiku nkayo wamamwo?uzoririmbe nuburenganzira bwawe,ariko iyowigumira ku biganiro vyari sawa kurusha.😢
yagooo ❤❤❤
Yago jya ugira ibanga ugabanye amagambo yamatuku kuko amagambo kuvamo simeza
Ko wakuze unywa amata c ukaba ushaje urya amabyi
❤❤❤❤❤❤
Ibaze ko yakuvuzeho umunota umwe ukaba ivuze 60 hhhhh different kbx I love show buzzy❤❤❤😂😂😂
N'amashyari shyari
😂😂😂😂😂😂 uyumutype itabi rigiye kumusaza wallah
Nyamara ugabanye itabi pe nukuri kuko nubwotuziko harabakurwanya nawe ubigiramwo uruhare mugukwegena nizondaya ntizikubereye nukuri pe ariko ubundi umuntu tuzi nka Yago urikuvuga amavyi ukabisubiramwo ntanisoni?
Yago yaruwacyera uwubu ni Nyirabiyoro indaya indispline
Umunyazamabyi yago. Congs
Kuvugako bakwanga bakwagira iki isusume Hanyuma wihane
Umugambi wi mana suwejo
Bakore nkawe uburaya😂😂 twarakumenye ukunda hasi😂😂malayawe😂😂 twamenye ko urya amab..😂😂wakanyamatikuwe
yaragusabye se wakaraye ejo bundi niwariwabuze ayikinini rega turazairnaye
@@vangoz8 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣ikinini kikise bambe tuziranye hehese? Wasanga urya amab.. nkawe
Yago bamwangirako avugisha ukuri naho abandi bose ni indyarya gusa gusa😂😂😂😂😂😂
Ntimwibagirek twebwe aba last Born tugir amatiku adafash😂😂😂😂😂😂😂 gus yago afite fake friendly baramuhemukiye
Nyamara kurunywana imbuto biraza gutuma wiruka kugasozi buriya nokuba usigaye ubona ngo industry yose ikwanga amatiku akakurenga nirwo ruba rurikukwereka ibidahari mwana
Uyu muniga menya koko anywa ibimogii
🙏🙌🙌🙌🙌
Iryo nitabi 😂😂
Album yahe mwa warangije, album, ese urarimba?! Urahebeba ?
Nagukunda ariko ubu mbona usa nuwo bamena umwo**
Ubu album nisohoka aya matiku azahagarara. Hhhhhhhh mooooneeeeeyyyyyy😂😂😂😂😂
Sw yago
Uziko yariye ibintu bya yago arabiruka 😂😂😂😂😂😂😂
Nawe warabacuruje weeee
❤❤❤
Nabuze ikintu kizima numva mo kbx
Yago gusa. Ntandero warezwe. Pe. Ubu nsinkikunda. Nokuraba cano..yawe. nasabu. Yanje nayikuyemo. Peee
Waramaze nubundi iyo scrubs yawe ntaco yongereyeho urabona.
Ariko njyewe nane gusanga nta rukindo nta gufashanya ntano gusapotingana kuba muba Nyarwanda abantu batangira bagu supportinga wamara gutera imbere bagadhaka kugusubiza hasi ntibibuke ko haraho wabafashije nwagiye Amashyari nibiki sha mwabantu nwe nwagiye koko mumenye ko abantu bafashanya bagatera imbere kdi ukishimira iterambere rya mugenzi wawe kweri icyo maze kubona nuko Yago ntimumukunda pe Abanyarwanda nzabandora roho zacu pe narumiwe. Nwirirwa mumubwira ngo arasambana mwese ninde udasambana koko, ninde murinwe utanywa amayoga koko mwebwe ubwo babayoye nwese basangamo bangahe bari sober koko sha Mwahiue mureka gucirana imana mureme dushyire hanwe muve mubyamashyari abiyita abahanzi bakomeye social media zabo hari urengeje 2 million followers koko mugihe abandi bagiye za over 5 millions mwigira nkimana muca imanza kdi nwese mukora ibyaha muve kuri yago pe
Yago turagukunda chouuuuuu
Urumogi rumaze kugaragara kuri yago rwagusajishije
Suwejo
Yago batemo niwowe wange imiziki barayiretse😂😂😂😂
Wowe barakujyana i Ndera vuba aha kuko insinga zo mu mutwe zamaze gukomana!
Yego rata inywere amata wampayinka 👍
Itabi rirakurangije
Yago muzamurya inyama mbisi abantu mumwanga ntacyo yabatwaye nibarindaya yamaze wowe umwitikigoryi akurenzeho mwagiye mumuha amahoro yago ujyubatamo bababare
Yago rero ngukunda kubi ariko mbabarira usome comment yanjye.Ihangane ibibintu by,amatiku y,ababatype uyavemo wikorere ibyawe (akazi kawe) va mu matiku cyane ko biri kukwangiriza izina nukuri .rekana nabo mn,rero bigaragara ko nawe udashobotse pe kuko buri gihe ugaragara washwanye n,abantu batandukanye cyane femininin gender so ,guy be serious in wht you are doing.
Umuntu wanswe murwanda😂😂 barakwanga se wageze kucyi,
Amata nitabi se burya!!!va mumyaku mugutiya bizaba byiza 🌚
Yago ukwanga nzamwanga se 2
Nibatakuvuga bazaryahe
Yago woe banza wivuze depression
Zibaaaa
@@user-bu3yh4uw5y ziba ariwowe wambobowe
@@user-bu3yh4uw5y ziba ariwowe wambobokazi wee
Sorry I don’t mean to rude ariko Yago yabaye umusazi nukuri 😢
Sha byarajaguyepe
Umukobwa wese mukundanye muragizanya Nabi ugasanga wowe ubaye uwambere mukumusebya menyako uwo atari umuco iyubahe
Ese abo bagore bagiye bareka kumusanga😂
akantu kaba tutsi rero itsi not good
Yago kera wari mwiza ariko satani yakwambitse icyangiro, wakongeye ukaba Yago tuzi wa kera koko ...
Nitambukiraga
Wowe URI ikigoryi,kureka Akazi ka kuzamuye ukagata ngo ugiye mu miziki, Iyo ukomeza nibiganiro bisanzwe maze ugafungura iyumuziki,wararenzwe reka
Buriya umuntu niwe umenya ibimufitiye akamaro.hubwo nuko abanyafrica tutazi kurekera umuntu amahitamo ye.wese ayobewe ibimwinjiriza? Uretse KO ashobora no kubikora bitinjiza aruko ari umuhamagaro WE.
Yago bagusengere kuko umazekuba bavugirije cg wamugani usigaye ufata imogi kuko amagambo akuvamo nayinzererezi.dorumutwe
Reka bagukomeshe impunzi ziraha zaragusavye ubafashe ntiwabafasha kubera atara banyarwanda😂reka bakwere ushobora gufasha utari umunyarwanda akishima akongera akana shima🎉
Yago wowe amasunzu ntakubereye p,
Ese uyu avuyehe kombona ntazi😂😂
😂😂😂 hhhhhhhhhhhhhhhh ahwiii ka nisekere
Utabi ririca
Ufite ikibazo mumutwe peee😳😳😳😳
Ndumva harumuntu bakomye
I shuti zawe zigufashe wivuze ababyeyi bagusengere kuko ufite ikibazo mubuzima
Iyo nyakabwana ngo ni The Cat tuzayikanda ahantu
Niba bakuvuga bakarya bareke
Depression iraha
Ninde c utayifite mwese ko iribubamare
Ubarasheho bombe noneho barakubaga na channel bayibe burundu 😂😂😂😂😂
Pole papa 🙏💕
Yewe wararozwe pe ntiwakavuzeko wariye amabyi ya biju uri muzima na basenga bagusengere l
I think Yago is lost
More lost
True❤❤❤
He is but sometimes umusazi arasara akagwa kw ijambo .
Yago uzanshake nkusengere nihazagire uwongera kukumenyera niba ariko bimeze 😂😂😂 ndunva amarozi akumereye nabi twayazimya mwi izina rya Yesu wangu 😂
Nukuri byo araroze pe uzamufashe
😂😂😂😂😅😅😅 noneho urandangije wowe
Hhh