Yari afite abavandimwe, akagirana isano na Yohana! Ibitaravuzwe ku buzima bwa Yesu

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 25 июн 2024
  • Subscribe: ruclips.net/user/IgiheTV?sub_c...
    Facebook: / igihe
    DailyMotion: www.dailymotion.com/igihetele...
    Twitter: / igihe
    Instagram: / igiheofficial
    Flickr: www.flickr.com/photos/igihepi...
    Website: igihe.com/
    #IGIHE #Rwanda

Комментарии • 14

  • @umushyitsinumwimukira9809
    @umushyitsinumwimukira9809 3 дня назад +1

    ukomereze aho mubushakashatsi kuri Bibiliya

  • @umushyitsinumwimukira9809
    @umushyitsinumwimukira9809 3 дня назад

    ndabashimiye kuko ibyo muvuze mwifashishije Bibiliya.

  • @umushyitsinumwimukira9809
    @umushyitsinumwimukira9809 3 дня назад

    Uwiteka Aguhire kuko wakoresheje Bibiliya aho gukoresha ibyo abantu bibwira.

  • @nicrossofficiel2384
    @nicrossofficiel2384 3 дня назад

    Ibyo bivugwa muri Yesaya, ni ubuhanuzi bw'uko yari kuba asa igihe yakubitwaga, agacibwa mu maso, anabambye ku musaraba. Ntabwo bivuze ko Yezu atari ashamaje mu miterere ye

  • @nicrossofficiel2384
    @nicrossofficiel2384 3 дня назад

    Na none kuba Yuda yarasomye Yezu ngo afatwe, si ukuvuga ko atari umuntu udashamaje. Kuko yari yihariye afite indoro idasanzwe. Ahubwo kuriya kumusoma kwari ukugira ngo abasirikare bamumenye badahusha kuko ntibari bamuzi neza

  • @niyonizeyemarietherese5045
    @niyonizeyemarietherese5045 День назад

    Ibi ndumva ntacyo byahindira ku kwemera cg ku cyizere dufitiye Umucunguzi wacu

  • @jado806
    @jado806 День назад

    Bible yuzuyemo amafuti,
    letter J ntiyabagaho yaje muri 1500 ubwo izina Jesus ntiryabagaho mbere ya 1500 ikindi kndi birabujijwe gu translating izina nitego ryambere ryimyandikire, ikindi Kandi ntitwerekwa aho yarari mubugimbi bwe, ahandi bavuga ko Dawudi cg x David yari Inzobe, umuzungu aba Inzobe?
    imkuru nyinshi zo muri Bible zishingiye kuba nya Misiri ba kera, ikindi kndi Egypt ntago yigeze igira aba Israel abacakara, ikindi nuko Bible yemera ubucakara, kandi Imana ikavuga k yaremye ikiza nikibi? Gute Imana yaremye ikiza nikiba kndi Imana ihora Ari Nziza ibihe byose?

  • @nicrossofficiel2384
    @nicrossofficiel2384 3 дня назад

    Ni ukumenya ko abo bavandimwe ba Yezu atari abo bavukana mu nda. Ahubwo ni abo kwa nyina wabo na se wabo, nk'uko natwe bimeze iwacu. Kuko Bikira Mariya yakomeje kuba isugi kuko nta mugabo bigeze babonana.

    • @dusengejeanclaude6588
      @dusengejeanclaude6588 День назад

      @nicrossofficiel ; kukuba abavandimwe ba Yezu atarabo bavukana mu nda ngo ahubwo arabo kwa nyina wabo, wagombye kutwereka aho Bibiliya ibivuga…
      Naho kubijyanye no kuba Bikira Mariya yarabay’isugi ubuzima bwe bwose nabyo bihabanye nuko Matayo 1:24-25 havuga.

    • @nicrossofficiel2384
      @nicrossofficiel2384 День назад

      @@dusengejeanclaude6588 Erega Bibiliya ntimukayifate n'igitabo cy'amateka. Ikindi kuba itaranditswe mu rurimi rwacu, hari byinshi abantu basobanura uko biboneye.
      Uzabisome mu KIGEREKI nibwo uzamenya ibyo ari byo.

    • @jado806
      @jado806 День назад

      @nicrossofficiel2384 ururimi rwose yabamo ntibiyibuza kuba yuzuyemo amafuti nkubu nkunajije abayinditse wavuga ngo n'Imana 😅 kndi yaranditswe nabantu ikindi kndi ntago Yesu cg Yezu abamukurikiye yabise ABA Kiristu cg ngo we Yiyite Kristu Bible nigitabo cyuzuyemo amafuti, Ubundi amadini Yose yaje kugira ngo babone uko ba controller abantu, niba ushaka kumenya byinshi umbwire

    • @umushyitsinumwimukira9809
      @umushyitsinumwimukira9809 День назад

      ntabwo yakomeza kuba isugi kandi yabyaye muvandi.

    • @umushyitsinumwimukira9809
      @umushyitsinumwimukira9809 День назад

      iki nkibona nk'urwitwazo rudafite ishingiro.