Shaffy Atitaye kubamuca intege afata Boss akamuzirika Ubundi akaba anaziritse business ye 😂😂😂 Shaffy azineza ko ariwe ufite Boss 😂😂😂😂 Azatungurwa no gusanga ariwe witeje ibihombo kubera kubika Boss
Apuu namwe da nukuri nge amatsiko aranyishe no kurya byanze mutumare amatsiko uko Cedric amaherezo bizagenda.turabitegereje kd from the bottom of our heart we like you muratwigisha kbx kbx❤❤🎉
UMUKIRE WUMUMILLIONAIRE BEHIND THE SCENES 2❤️🔥
ruclips.net/video/5HN1rUjLEkk/видео.htmlsi=EbKEfcUcmFp88YmE
Cha abantu baryiherwa niyi firm nkange tumenyane
Hi
Mugabo mbabazwa no kuba idasohoka 3 par jour kbx
Dan nubwotwitiranywa oe na Shaf na mushikiwawe muto ndabang murabagome mutandukanyabandibana
Gihozo arumviriza koko
Umutu wakunze iy filime nkanjy nampe agatima💗💗
❤
❤❤❤
❤❤
❤❤️❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤
Mwatumaze amatsiko koko tukamenya amaherez ya cedric abotubyumvakimwe mumpe like
Mumpe agatima
Rwose mutumare amatsiko
Ahhh
Yee
Akagace twari tugategereje turi benshi ❤❤❤❤❤. Abari bagategereje nkange munyihere like 🎉
Shaff narekurekure sedric twirebere uko hashya🔥🔥🔥shaff ni amaheru
Murakozepe kd cyane twaridutegereje igihe kinini
❤
Yooola
14:41 murakoze
Abashaka ko Cedric ahita yiyerekana nka Boss nkanjye mukande ❤❤❤❤
Nibw bwambere ndavy film nyarwanda❤🎉Alice n Cedric ndabakunda❤🎉🎉🎉🎉
Umuntu wumva iyi flim bazajya bayiduha burimunsi nkange arihe ❤❤❤
Ndahari ahubwo kobatwicishije irungu
❤❤❤❤❤❤
turikumwewowea
Ahubwo burinunsi bajye baduha agace❤❤❤ kuko turayikunda ababitekereza nkange twagiye🎉🎉🎉
🎉🎉🎉
Nukuri pe nuko bitakunda naho ubundi mwakabize gutyo buri munsi
Yes
Nibakomeza kuyikoramo ubuce bwinshi iraje ibihe p! Bashake ukuntu Cedro ava hano ahure n'umukunzi we rwose p
Yego Sha nange nibyo nifuza
Abifuza ko sedrick twamubona Kd ari muzima mushireho ❤
Turamukumbuye
❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤
❤❤❤❤❤
Murakoze kuduha aknd gace ark muratwibye uyumunsi muduhe aknd gace turabakunda ni 💞💞💞💞💞💞
Abantu mukunda iyi firm nkange tumenyane ❤❤❤
I’m in Love with this Episódios ukunda umutima wuyu mukobwa ukunda Cedrick kdi akifuza ko Cedric yaza bose bakamenya ko ariwe Boss nkanjye tumenyane
Niko nange byiza pe
Uri kuvuga KO iyi épisode bitarimo ?ahaaa
Erega mukoragace kagufipe amatsiko agasigara ari menshi
Nabyifuzaga cyane pe❤
firimezitwagute
Sha cyakoze iyi film irankoma inyibukije ukuntu twiga ecole secondaire de kacyiru cedric yakurwaga nabakobwa birenze arigato keza abakunda Cedric banyihere like
Eeeeeee yahize muwuhe mwaka ko nanjye nahize nkaba nta muzi
Yahigaga muri o level cg ni section?
@@philomeneuwimana9840 nyine ryari ndabaza mu mwaka wuhe kuko njyew nahize 2014,2015,2016
Ntivyorosh ivyurkundo❤
Ifilm ryosh inigish cne
Alic ndumukene ariko nkunda gukina flm mwazambabariye mukanzamura murakoze❤❤❤❤❤
Uzaze Kigali ntamano zomucyaro dukeneye
Ngewe ndikigari mubwire aho.nabasanga
Munzamure pe
Imana iguhe ivyo wipfuza❤❤
😮😮😮😮😢😢@@NzabamwitaReverien
❤
Ndabasuhuje arise ndagukundacyane❤❤❤❤ urimwiza imana imuhe umugisha
Salut kubarundi mukunda nkanj ino film 🎥 mwubahw gusa mwari mwatunyoteje abanya Rwanda murashoboye wallah ❤
Ark sha musigaye mudukunda abanyarwanda pe
@IradukundaTheci yeah barashoboye tena babikora neza ark nivyacu🇧🇮 nivyiza cyan ikirenze nuko tuvuga lugha imwe tena turi magiriranire 💙❤️
Igo nukuri muge muza dukore family imwe
@@IradukundaTheci thank you kubwo kuduha ikaze maze vyoba nakarusho mugihe dutanye na address
Musige whatsup yanyu nimba mubyifuza
Iyi movie izajya kurangira narishwe n' amatsiko peeeeeeee!!!!!❤❤❤
Nsomwe comment mbere yo kureba none ndihebye narinziko iyi Ari final none😭😭😭😭
Reka daaa final umenya itazaza vuba
@@Jeancoco23 najye Niko mbibonye pe
❤❤❤
@@KanyanaGakuba11:32
Abantu mukomeje gukunda iyi movie murihe gusa mukomeze mudusengere Rubavu byakomeye❤❤❤❤❤
Nimuhumure RDF iri maso
Mubitare rero
Ahonivyiza ndabona mwashizeko iyindi ntizitinde turabakunda,,,
Ni ukuri Imana ibarengere kdi irengere abanyarwanda Bose muri rusange.
Muhumure Imana irahari
Abasa bite abafana ba cedrick mumpe like ❤❤
Courage rwose mwakinye neza cnnn nakunze filime zanyu rwose
Muduha inyigisho nziza turabakunda Alice mwiza❤️
Wawuu nukuri iyi film ikomeje kuryoha cyane mugire muduhe finol rwose
Sonzi impanvu iyi film ndikuyikunda cyane
Anyway much love ❤️ guys ❤❤❤❤❤❤
Cyiaze ino movie guys umva ni good kbsa✅✅✅ ewuuuana muraba Actors nanjye ntegereje the end yuhuuu ❤❤❤
Ndabakundacyane ♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Mwankandiye kwifoto bavandi niba ntamutima mubi ndabakunda cyane mwamfurawe Imana ibampere umugisha mwinshi ❤️❤️❤️❤️❤️
Ndabigukoreye kko witiranwa na my daughter ❤❤❤❤🎉🎉🎉
@jeannehakizimana4762 Asante nanjye nabigukoreye wamfurawe
Mubusanzwe sinjandeba film zinyarwanda arko iyiyo yankuyemubyanjye kbs like kumuntu ukunda ino film
Sha wowe turahuje kbsa.
Kbsa, twari benshi
@@ZUMFUCOMEDY It's mine too.
Najye nuko
Mwakoze cyane, burigihe nyibona Imaze 16 minutes mwakoze cyane nukuri Team! Cg Alice ❤❤❤ mumfashe tumushimire
Mbega agahinda weee😂😂😂 Alice uzabona umukunzi wawe❤❤
Cyakora iyi niyo frime yambere yinyarwa yankomye Kbc nda akunda cyane❤❤❤❤❤❤
Ariko gihozo agira umunwaweeeeeeee
Manaweeeeee kuki Koko mutumye atavugisha Alice gusa mwaduhaye iminota micye pe muyonjyere❤❤❤❤
Mn Cedric uruwambere kabisa abandi bashobora kubatandukanya ntibyashoboka ababyunva nkanjye musige❤❤❤❤
Wow ndabakunda cyane Kandi mbakuricyirana umunotakuwundi Arise cedirk
❤❤
Nari nyikumbuye cyane 😢mwatize uyumunsi nukuri 😢😢 Kandi muri kunduha iminota mikee cyane 🥹😢😢
Hagize undangira aho Alice aba kok iminota nimike cyn rwose
Bongere iminota bareke kutwicisha amatsiko
Alice ndabakunda nacedric mukina neza nukuri yaba mwokwibanira mubuzima bisanzwe urugo rwanyu mwosanga arigwiza cane nanje ndiburundi nozakubatemberera😂😂😂😂😂
Wahhhhh❤❤❤❤❤
Kabisa arice niwowe wange uzanyihere akazi komurugo akawe nagakora pee ❤❤❤❤
murakoze muri abambere pe nimwe ❤❤❤
Asha Iyi nshuro ndi Mubambere😂🎉❤
Abantu mukunda cederc ña Alic ❤❤❤❤❤❤
Alice emera shafi musubirane arekure Cedric hanyuma namurekura muhire muhura shafi yirukanwe kukazi ababyumva nkange mume like
Ndaharip ❤❤❤❤
BarAre nze
Alice mbabarira wemere chAfi nukuri kugire barekure umukunzi wawe sivyo?
Ndabakunda cyaane❤❤❤
Cedric rwose ni umusore mwiza arimo gukomeza andwaza umutima pee!!
I love u so much
Ndabakunda simwabyumva Alice weturakwemera❤❤❤❤❤❤❤🎉
Murakoze gutebuka kbs.iyi film ni sawa cyane
I can't wait for Part 6 ❤❤❤ abantu bifuza ko hajya hasohoka part ebyiri buri munsi murihe???❤❤❤❤
Nukuri pe
Oya ahubwo nibayisoze kbx twarambiwe kbx nabe boss babane birangire
@@HirwaGad-b2b bari kuyitinza cyane pe
❤❤❤
Alice mwiza, turabakunda muduha inyigisho nziza kbs murakoze.
Iyi flime turayikundape Kandi namwe muyikina mbakunda mwese
Hello Alice and sedric ndagukunda cyaneee kd mwihangane mirukundo ibyo nibaho gusa 🎉🎉🎉🎉
Murekure sedirike niho ibintu biraba byiza cyane
Ndumva nduhutse kuba muyizanye weee ❤❤❤❤
Wawuuuuu
,narinyitegereje none irahageze,ndishimye cyane
Turamushaka sedrick nagaruke arimuzima yikundire urukundo rwe Alice 😆😆😆👏👏👏👏👏muraturyohereza cyane to be continue
Twari tuyite gerej igihe kirekiee pee 🙏♥️♥️♥️♥️
Ahwiiiiiiiiiiiiiii twari twakumbuye iyi Film rwox ❤❤❤❤❤❤❤
Ahwiiiiii murakoze nari nabuze amahoro pee
Mugire muduhe final nukuri kuko iteye amatsiko cyane 🥰🥰🥰❤❤❤❤❤
Baduhe final kbs abavyumv nkanj mumpe liké kbs
Nibagire vuba
Part 6 irakenewe cane
Wallh bayisunike
Je sinshaka kwirangira vuba kuko irimwo inyigisho nyinshi cane
Iyi niyo film yambere kw'isi nabonye ✔️✔️✔️✔️✔️
Gihozo Sha ndagukundaaaaa Ukuntu Uba wigize agasazi❤❤❤❤
Mwari mwadutindiye,abaryohewe niyi firm mumpe like ❤❤
Wow ❤❤❤nukur umuntu warutegerej Cyn nkang anyiher like ❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤waw byiza pe akagace ndakishimiye
Meric mura koze cyane muri number one turaraba kunda cyane ❤❤❤❤❤
Abakunzi biyi flm twayitangiranye murihe ❤❤
Turahari kbx
Ndaharip mpa number yawe ukoresha Whatsapp
Turahabaye cyane
Kuva. Kuyambere. Ndahari
Ngye nti munsije inyuma
Ndabakunda cyane rwose ko muyitungezaho kugihe❤❤❤❤❤❤
Wawooo Kera kabaye irahageze nari narategereje bihanganye
Murekure Cedric niho biraba byiza cyane Cedric na Alice ndabakunda cyane ❤️❤️❤️❤️
Mukora byishi byiza turabibashimira kd nizera ntadhidikanyako ari kubwacu turabakunda cyn❤❤❤
Ndabakunda cyane ❤❤❤ Alice na Cedrick hejuru 🎉🎉🎉❤❤❤
Mvuzeko iyi film yampfashe mind yange sinaba mbeshye ❤❤❤
Bigusabye kurapax
Abari mugategereje nkanje mukande 👍
Ndakeney ep ikurikira ndabe amaherezo ya Cédric ❤❤
Alice bajye bakubaha kbx ni oe cyuma bafite😊❤
Mbega gihozo ntabwojyankumenyera😂❤❤❤❤
Murakoze cyane Alice wacu ndagukunda cyane.
Alice ❤❤❤
Nukuri ukina neza peeeee( 1)
Sedrice kbx( 2)
Sha sedric yaramunanze ubundi Alice niwe nahoragambona munzozi abotubyumvakimwe❤❤❤❤❤
Kumunsi/2
Ese ko mudutinza duhe igicye cyagatandatu tukirindiranye igishyika cyinshyi tura❤❤❤❤
Mutangiye kudusondeka kuminota mwengerepe turabakunda ❤❤
Umuntu wishimye nkanjye kuba bongeye kudutamo nakande ❤
Ntago twishimye ahubwo turababaye nibareke gukomeza kuturwaza umutima dukeneye iherezo
abarundi mwakunze iyi filme mumpe like
Shaffy Atitaye kubamuca intege afata Boss akamuzirika
Ubundi akaba anaziritse business ye 😂😂😂
Shaffy azineza ko ariwe ufite Boss 😂😂😂😂
Azatungurwa no gusanga ariwe witeje ibihombo kubera kubika Boss
😂😂
Apuu namwe da nukuri nge amatsiko aranyishe no kurya byanze mutumare amatsiko uko Cedric amaherezo bizagenda.turabitegereje kd from the bottom of our heart we like you muratwigisha kbx kbx❤❤🎉
Iyi part twarituyitegereje turibenshi abaribayiyegerejenkanjye nimunkandire kwifoto mwamfuramwe ❤❤❤❤
Munduhe iyindi senderike. Miriyoneri pe. Turabakunda murikumutima❤❤❤❤
Munduhe indiyasenderike. Yamiriyoneri. Turabakunda pe. Murikumuyima ❤❤❤❤❤❤
Iyi film niyumwaka yariyatinze ❤
Turabakunda cane hama uzoyiduhe yose
Murigukora cyane kbx mukomerezaho
Wow walhii iy film irareunze kbx esprit les frères et sœurs
Am in love with Rwandan movie 🎉
Chch mugerageze mwongere ijwi sha❤
Alice ikibazo ese mubuzima busanzwe nuko witwarap cg nimuri firi ugira umutumawakimuntu mwiza ndabikunzep ❤❤❤❤❤❤❤
Nukur iyuyumunsi mwatubeshyemo gacye muze guhindura kbx ❤ni nyundo og ubakunda kubi
Nukuri nakunze iyi flm cyane
Mbasabe ndabiginze mwogere iminota pe
Mwagerageje iyi film mukayirangiza ibi byo gukomeza kurisha abantu umurima nabyo sibyiza cyane pee!
Icya mbere muri abakinnyi beza nubundi film zanyu zirakundwa ariko iyi igezaho iteye agahinda mugerageze mutwereke iherezo ryayo
Wow thanks for giving us part 5 ❤❤ ark sendrick nanjye ndagukumbuye ndimugenzi wa alice ❤❤
Turabashimiye kubwo inyigisho zanyu kandi turabakunda cyane mutumare amatsiko peuh ❤❤❤nange ndimubategereje cedrick Ari muzima yahuye na Alice peuh mbega amatsiko weee
Murakoze cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Turashaka gatandatu
Mugire muyiduhe❤
Ababyumva nkange mumpe agatima
❤❤❤❤❤
Ni ukuri nkeneye kubona Cedric na Alice babanye❤❤❤❤❤❤❤❤hari utabyumva nka nge?👋👋👋👋👋👋👋
Ntibishoboka ko sedrick yava muri film kand arina boss kukazi abavyumva nkanje mubinyerek 🤜
Wowooo mukomeze mudutemo
I'm in love with this series 💕💕💕
Ooooooo mbegango ndatinda reka ntere agatebe