VATICAN: UMUSOZI W’ABAPFUMU WAHINDUTSE IKICARO GITAGATIFU|IGIHUGU CY’ABATURAGE 700|KARIBU KWA PAPA

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 3 фев 2025

Комментарии • 94

  • @ShumbushoMoise-nv7th
    @ShumbushoMoise-nv7th 6 месяцев назад +8

    Utugezaho amakuru neza 💫🌟

  • @UTAMURIZAViolette
    @UTAMURIZAViolette 6 месяцев назад

    Much love GGO

  • @muyisengeonaan792
    @muyisengeonaan792 6 месяцев назад +11

    Murakoze cyane!! Ibyo uvuga nibyo kandi nubu ubupfumu muri za kiriziya buracyakomeje cyane !!!

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 6 месяцев назад +4

      Ubivugishwa nsa sekibi kuko Imana iri hejuru yabyose Kandi ishobora byose Kuba Vatican yarabaye nziza nukubera Imana sukubera ubupfumu ahobwo ndabona kiriziya aricyo kwizerwa mumatorero yose kuko ikomoka kuri kristo bya nyabyo wayirwanya utayirwanya izakomeza ibe itorero ryera

    • @DannyNyurwimana
      @DannyNyurwimana 6 месяцев назад

      Yego Sha immaculate ​@@immaculekubwimana314

    • @patopatrick258
      @patopatrick258 6 месяцев назад +6

      Kiriziya niyo iyoboye isi, ariko ntizigera iyobora abantu b'Imana!
      Naho ubukoroni bwamadini muriki gihe nta gihe twabuha

    • @jeaninemukezimana5499
      @jeaninemukezimana5499 6 месяцев назад +1

      ​@@immaculekubwimana314Barayirwanya ariko niyo iyobokwa cyane, ifite naba fideles benshi kwisi

    • @PapaManzi556
      @PapaManzi556 6 месяцев назад +3

      ​@@jeaninemukezimana5499hhhhhhhhhhhhhhh ubuse ko mu isoko iyo hari umusazi ko ABA akikijwe n'abantu benshi ni uko aba akora ibyiza? Mubaba bamukikije se hari uba yifuza kumera nkawe? Ubwinshi ntibivuze kutayoba Babuloni Nyina w'ibizira byose Niko Bible ivuga

  • @NIYOMUKIZZofficial
    @NIYOMUKIZZofficial 6 месяцев назад +7

    Iyi documentaire nari ndayitegereje kuri GGO

  • @bikindijeanbaptiste1330
    @bikindijeanbaptiste1330 5 месяцев назад

    Murakoze kutugezaho amakuru wangu.

  • @Iris87
    @Iris87 6 месяцев назад +4

    Vatican : Vatis : Divining Can: Serpent
    Mu bijyanye na Bibiliya igihe Benito Musolini yasubizaga kubutegetsi ubupapa nibwo : Inyamaswa yari yarakomeretse uruguma rwica yari irukize, Nyuma yuko General Bertier wo mu ngabo za Napoleon yicaga Papa amutsinze muri Gereza.
    Uzatubwire no ku nyubako ihari yitwa Paul VI conference hall.

  • @bizimanasamuel4120
    @bizimanasamuel4120 6 месяцев назад +3

    Ntaguhagararira Imana mbonye. Imana ibera hose icyarimwe. Ikindi ntamuntu dukeneye wo kutugeza kumuna cyaretse Yesu wenyine.

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 6 месяцев назад +1

      Se ko mbona bibateye ishyari kuba ajagarariye kristu kwisi ,wibuke ko ilyo jambo ari kristu walyivugiye agiye gusubira mwijuru yaravuze ngo mugende mwigishe amahanga yose mwizina lya data wa twese numwana numwuka wera uwo muzakizibyaha ,azabikizwa uwo muzavuma azavumwa ,icyo muzahambira kwisi ,no mwijuru nuko bizamera ,mureke amashyari rero ,ndakubwira ko iyo kiriziya itabaho ,ntabwo nawe ubufitilyo vuzivuzi lyumurerwe ,kuko yarwanyintambara nyinshi kugirango itotezwa lyabakristi rihagarare ,

    • @MichelByishimo-um5uu
      @MichelByishimo-um5uu 5 месяцев назад

      @@immaculekubwimana314 ntaryoa yahagaritse ahubwo yarariazamuye kwirirwa bica hose ku isi kubwo gukorera sekibi ubarimo ubakoresha

    • @NdikumanaAdolphe
      @NdikumanaAdolphe 3 месяца назад

      @@immaculekubwimana314 🤣🤣🤣🤣🤣🤣 yahagaritse itotezwa c ariyo yaririmo irimbura abapolotestant bayivuyemo kubera ibinyoma imihango nimigenzo bitari muri bible ngo niyo yagaritse itotezwa ufite ikibazo cyokudasoma icara wige amateka bro

  • @elogejeandedieunininahazwe681
    @elogejeandedieunininahazwe681 6 месяцев назад +1

    Vatican l'epicentre de la sorcererie, GG0 ndagufana . Much love from Burundi

  • @NdayisengaElisha
    @NdayisengaElisha 6 месяцев назад +1

    Urakose

  • @Nahayoxavier-gu6kz
    @Nahayoxavier-gu6kz 6 месяцев назад +3

    urarenze bro

  • @PlumberJustin
    @PlumberJustin 6 месяцев назад

    Ibyah 2:12-17
    [12]“Wandikire marayika w'Itorero ry'i Perugamo uti“Ufite inkota ityaye ifite ubugi impande zombi aravuga aya magambo ati
    [13]‘Nzi aho uba ko ari ho intebe y'ubwami bwa Satani iri, nyamara ugakomeza izina ryanjye ntiwihakane kunyizera, ndetse no mu minsi ya Antipa umugabo wakiranukiraga kumpamya, wiciwe iwanyu aho Satani aba.
    [14]Ariko rero mfite bike nkugaya, kuko iwanyu ufite abakomeza inyigisho za Balāmu, wigishije Balaki gushyira igisitaza imbere y'Abisirayeli kugira ngo barye intonōrano kandi basambane.
    .
    [15]Nawe ni ko umeze, ufite abakomeza inyigisho z'Abanikolayiti nka bo.
    .
    [16]Nuko wihane kuko nutihana nzaza aho uri vuba, ndwanye abo mbatikure inkota yo mu kanwa kanjye.’
    [17]“Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero.“Unesha nzamuha kuri manu yahishwe, muhe n'ibuye ryera ryanditsweho izina rishya ritazwi n'umuntu wese keretse urihabwa.

  • @PrinceMukiza
    @PrinceMukiza 6 месяцев назад +2

    Nta muntu wajya mukimbo k' Imana mw'isi

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 3 месяца назад

      Aba pasteur birirwa babajyana mu butayu bagasambanyirizayo abagore nabakobwa bo bahagarariye nde kwisi ,si satan ? Mureke abahagarariy Imana bayihsgararire kumugaragaro niba utabizeye ubireke ukumeze uhagararire satan

  • @NiyonsengaAlice-w5v
    @NiyonsengaAlice-w5v Месяц назад

    U rakoze kuduhugura!

  • @AhishakiyeEmmanuel-11
    @AhishakiyeEmmanuel-11 6 месяцев назад +1

    Mana Uhoraho rengera kiriziya yawe witoreye. Mana Uhoraho abakurwanya nibenshi ariko nkushimiyeko ukomeza kuturinda muri kiriziyayawe ntagatifu Amen .

    • @PlumberJustin
      @PlumberJustin 6 месяцев назад +1

      Ibyah 2:12-17
      [12]“Wandikire marayika w'Itorero ry'i Perugamo uti“Ufite inkota ityaye ifite ubugi impande zombi aravuga aya magambo ati
      [13]‘Nzi aho uba ko ari ho intebe y'ubwami bwa Satani iri, nyamara ugakomeza izina ryanjye ntiwihakane kunyizera, ndetse no mu minsi ya Antipa umugabo wakiranukiraga kumpamya, wiciwe iwanyu aho Satani aba.
      [14]Ariko rero mfite bike nkugaya, kuko iwanyu ufite abakomeza inyigisho za Balāmu, wigishije Balaki gushyira igisitaza imbere y'Abisirayeli kugira ngo barye intonōrano kandi basambane.
      .
      [15]Nawe ni ko umeze, ufite abakomeza inyigisho z'Abanikolayiti nka bo.
      .
      [16]Nuko wihane kuko nutihana nzaza aho uri vuba, ndwanye abo mbatikure inkota yo mu kanwa kanjye.’
      [17]“Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero.“Unesha nzamuha kuri manu yahishwe, muhe n'ibuye ryera ryanditsweho izina rishya ritazwi n'umuntu wese keretse urihabwa.

    • @PlumberJustin
      @PlumberJustin 6 месяцев назад

      Mbese waba Uzi icyo uyu murongo wa bible usobanuye?

    • @Kurugejuru
      @Kurugejuru 5 месяцев назад +1

      ​@@PlumberJustinwishamadukije wagirango ni wowe wawanditse

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 3 месяца назад

      @@PlumberJustin uyisobanura uko ubyumva icyo nzi nuko kiliziya yatotejwe kuva cyera nanubu nuko ahubwo aho bigeze mbona KO ariyo yonyine yo kwizerwa mumatorero yose ya gikristo none se Reba ubutekamutwe Mubarak pasteur urugomo nubugome bukomeye mumatorero yiyita KO yakijijwe inyigisho mbi zi Roma ubukozi bwibibi bwubwoko bwose ariko ugakomeza kurangarira Kuli kiriziya njye ahubwo maze kubona ukuri kwa nyako mwigisha abantu kwanga kiriziya kuyitoteza kuyirimbura bica aba Papa,mukareka kwigisha abantu ibyangombwa ahubwo mukabumvisha KO kuba Atari abagatorika birahagije KO ijuru uribona ntakibazo,niyo mpamvu ubona divorce zaba Pasteur,ubutekamutwe usambanyi ,cyakora tubiharir, Imana niyo izi ukuri

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 3 месяца назад

      @@Kurugejuru bihorere ntibaziko niyo bibirya birirwa barata Ari kiliziya yayandintse nimpumyi bahumishijwe nurwango banga kiliziya niyo mpamvu birirwa mubukozi bwibibi bumva KO kuba barwanya kiliziya bihagije ,nabasambanyi abatekamutwe,bamunzwe nurwango ,

  • @desirengzh4606
    @desirengzh4606 6 месяцев назад +1

    Gentil Gédéon uradukorera kiganiro kuri SALLE D'AUDIENCE PAPE PAUL VI yubatswe mw'isura y'ikiziramire c'ikiyoka kinini casamye hafi ya Basilique Saint Pierre, inzu y'amanama i Vatikano

  • @RutagaramaAloys-k7u
    @RutagaramaAloys-k7u 6 месяцев назад +2

    Gentil Gedeo uzitonde cyane
    Ushimishwa no kuvuga nabi kliziya ya Yezu kristu
    Nyamara niwowe ubwawe wirahuriraho amakara yaka ku mutwe wawe
    Uti gute se ;
    Mu biganiro byawe wibasira kliziya utazi uko yabayeho
    Nyamara Wowe n abandi benshi iyo basomye Bibliya neza basanga kliziya ariyo dukesha kumenya no kuyoboka imana
    Soma Matayo 16 : 16--19
    Ni mwebwe n abandi Yezu kristu yavugaga
    Yarabibonaga ko igihe kizagera kliziya ye igatotezwa bikomeye
    Nyamara ntacyo muzayitwara wapi
    Ahubwo byanze bikunze muzatsindwa ( byisomere matayo 16 : 13-- 19
    Matayo 28 : 18--20
    Kliziya yavutse ityo Yezu kristu ayiha Roho mutagatifu niyo mpamvu abayirwanije bose na Lutheri arimo bose ntacyo bagezeho
    Uzarebe amatorero akomoka kuri Lutheri uko ameze ni ikibazo ( cash yonyine )
    Nibura kliziya yashoboye kuva i Yeruzalem yamamaza imana igera ku mipaka y isi nkuko nyirayo yayitegetse kandi n ubu aracyayirimo biragaragara
    Sekibi iteka aba ayikubitira urutoki nimwirinde kumufasha gusenya ibyo kristu Yezu yubatse abitegetswe na Se
    Ngusabiye ingabire y ubushishozi mu iyobokamana
    Gira amahoro Yezu kristu atanga

    • @immaculekubwimana314
      @immaculekubwimana314 6 месяцев назад

      Mureke alyoherwe numwijima arimo ntazamenya ikimukubise yigize umunyabwenge ashaka koreka imbaga asebanya

    • @NdikumanaAdolphe
      @NdikumanaAdolphe 6 месяцев назад

      Kiriziya ya Yezu? Kuki itaba iya satani? Uzi aba polotestant 50M yishe ibahora kuva mumigenzo nimihango byayo byagipfumu?biriya bigirwamana ngo Yezu na Maliya birirwa batambira ibitambo bakabiramya BIBILIYA irabyemera itegeko rya 2 mumategeko y'Imana uzicyo rivuga?uzareba akazayibaho biyita Imana bakuraho ibyo yashyizeho ngo bari hejuru ya bibiriya

    • @gihamyaonline
      @gihamyaonline 6 месяцев назад +1

      Nonese ibyo avuga si ukuri?

  • @NdihoKubwayo-pm5mc
    @NdihoKubwayo-pm5mc 5 месяцев назад

    Kiriziya gaturika igihe cyayo yagikoresheje mukurwanya ukuri kwigishwaga n'abagorozi nkaba Martin Luther nabandi igihe cyayo cyarangiye muri 1798 iriho ubu yaje gusohoza ubuhanuzi burigusohora ubu bwo guhata imitimanama kwizera ibinyoma byayo bizarangira yo nabizera ibyayo birimbutse.

  • @otosport8539
    @otosport8539 6 месяцев назад

    uzoduhe amakuru ajanye n'ukwemera kwa Jadi n'umugigwa wa Kobero bantu

  • @ntabwobafrancois45
    @ntabwobafrancois45 6 месяцев назад

    Ukunda umurimo wawe...courege

  • @MichelByishimo-um5uu
    @MichelByishimo-um5uu 6 месяцев назад +2

    Niwabo wasekibi koko sha niyo ureba uburyo basenga basenga abadaimoni kuburyo bugaragrira ijisho

    • @ndayishimiyeelyse4125
      @ndayishimiyeelyse4125 6 месяцев назад

      Naw.usengik?uwokurab

    • @MichelByishimo-um5uu
      @MichelByishimo-um5uu 6 месяцев назад

      @@ndayishimiyeelyse4125 ntampaka njya nawe wakiganiriza

    • @ndayishimiyeelyse4125
      @ndayishimiyeelyse4125 6 месяцев назад

      @@MichelByishimo-um5uu inpake.ziki.koburimuntu.abifata.ukwashats.nukwatekerez.gusa.umugway.ntiyivura.akenera mugang

    • @Kurugejuru
      @Kurugejuru 6 месяцев назад

      Ziba wangurube we

  • @EmmyNizeyimana-hf7hf
    @EmmyNizeyimana-hf7hf 6 месяцев назад +14

    GGO congratulations

  • @gihamyaonline
    @gihamyaonline 6 месяцев назад

    Ariko Gentil, uzatubwire uburyo Monaco ari igihugu kandi kiri mu kindi gihugu (u Bufaransa) ese ubwo ibyo bihugu ni gute bihuza ubuyobozi?

  • @NdihoKubwayo-pm5mc
    @NdihoKubwayo-pm5mc 5 месяцев назад

    Kiriziya gaturika niyo yahatiye abantu kubahiriza ibinyoma bya Roma mpagani igihe Constantine wari kayizari ubwo ibigirwamana byabo babihimbaga amazina y'Intumwa za Yesu babeshya. Bishe benshi banze ibinyoma byabo bimara imyaka 1260. Kuva mu 538 kugeza 1798.

  • @gilberthakizimana3382
    @gilberthakizimana3382 6 месяцев назад

    Hari ikintu kitumvikana neza!!! Mu burasirazuba bwo hagati muri Israel niho hari amateka ya Yezu , Kuki ikicaro gikuru cya Kiliziya ya mbere kitubatswe muri Israel aho Kristu yabaye akanapfira kikaza muri Europe? Gentil muri iyi Doc haraburamo ayo mateka yuko byajyenze.

  • @niyobryanamstrong8855
    @niyobryanamstrong8855 6 месяцев назад +3

    Vatican means divine serpent

  • @IRADUKUNDANDIZIHIWEJeanpaul
    @IRADUKUNDANDIZIHIWEJeanpaul 6 месяцев назад

    Ni hayari

  • @nawewakira
    @nawewakira 6 месяцев назад

    Ubwo se i Vatican habayo inzego z'ibanze?

  • @ngenzihitimana8173
    @ngenzihitimana8173 6 месяцев назад

    Abapfumu nabo bise abatagatifu bitaniye he?

  • @j.m.vnteziryayo42
    @j.m.vnteziryayo42 6 месяцев назад +2

    Ubupfumu muri Kiliziya ubu nibwo bufite imbaraga kuko buhuzwa n' ikoranabuhanga

    • @mariaMaria-yq2hp
      @mariaMaria-yq2hp 6 месяцев назад +2

      Apana kiriziya Gaturika wapi pe nta bupfumu ! bwibera muba born again

    • @angemwizerwa8134
      @angemwizerwa8134 6 месяцев назад +1

      murabeshya rwose njye uzabimpera ikimenyetso nzahita nyivamo ariko namwe murabizi ko ibyo muvuga ari ikinyoma

    • @NdikumanaAdolphe
      @NdikumanaAdolphe 6 месяцев назад

      ​@@angemwizerwa8134ntabwo ureba imigenzo nimihango kereka ugeze yo nibwo wabimenya Luther yagiyeyo abonye ibintu biberayo aravugango niba ikuzimu habaho Rome iyubatse hejuru

    • @Jeannette3qs
      @Jeannette3qs 5 месяцев назад

      ​Ese ukeneye ibimenyetso? Uzarebe itegeko rya kabiri kiluziya gaturika yarikuye muri bibiliya ntagatifu rivuga ngo ntugasenge ibishushanyo,ntukaramye ishusho naho yaba iyo mu ijuru,mwirirwa muramya amashusho ni ibibumbano Kandi bo ni ibigirwamana byabo ni ibigirwamanakazi bitiriye bamwe bo muri bibiliya,mwirirwa muramya ikigirwamanakazi cyitwa bikiramariya kuko ,Yesu kristo yasigiye Mariya nyina wa Yesu Yohana ati Mwana dore Nyoko,ntago yavuze ngo Bana dore nyoko hari abandi bantu benshi,hari izindi ntumwa ni abagore bamuririye ,yari kuvuga ngo Bana,ikindi yaravuze ngo dore nyoko,si dore umukobwa mubikura hehe mumwita isugi ,vierge Marie,uwabyaye aba isugi ate? Uzasome ibitangaza byabaye Yesu amaze gupfa ,umwenda wari ahera utabukamo ngo buri wese yigerereyo,mwebwe mwambaza abatagatifu ,mukabiyambaza ndetse nuwo Mariya,Kandi haranditswe ngo icyo uzansaba mu Izina ryanjye nzakibaha, haranditswe ngo sinkibita abagaragu ahubwo muri inshuti,muri abana ,Data azenda kubye abibabwire ,ntacyo nzakora ntakibabwiye ,Reba amashapule nonese gute ishapule kiriziya gaturika muyigira,aba islam bakayigira,aba Mook ba bouda,abarangi nabo mbese mwumva mudasenga bimwe😂😂?​@@angemwizerwa8134

  • @muyobokejustin4927
    @muyobokejustin4927 6 месяцев назад

    Bacana buji kumanywa yihangu mugihe bari mugikorwa cyo gusenga, uko nuguterekera sugusenga

    • @angemwizerwa8134
      @angemwizerwa8134 6 месяцев назад

      gusenga no guterekera ni kimwe ntaho bitaniye aho bitaniye ni uwo uba uri kubwira naho kunenga uwacanye buji ni ubumenyi buke kuko no mu ijuru baracana. Soma mu byahishuwe Yezu yiyeretse Yohani ari mu bitereko n'amatabaza, Soma Izayi 6;1

  • @emmanuelmutsiri4762
    @emmanuelmutsiri4762 6 месяцев назад

    Ubupfumu no muyandi madini nibwo gusa naho vatican irarengana

    • @habimanadamour1458
      @habimanadamour1458 6 месяцев назад

      Ese kowabirakariyemo tuza amadini siyo passport y' ijuru kuvandi

    • @NdihoKubwayo-pm5mc
      @NdihoKubwayo-pm5mc 5 месяцев назад

      Kiriziya gaturika ninyina wabamaraya