🚨RIDERMAN aciye amazimwe🔥ibyo Kwibasira YAGO na BRUCE MELODIE wibagishije inda mundirimbo|BOMBOCLAT🔥
HTML-код
- Опубликовано: 29 сен 2024
- Turagushimiye wowe Ukurikira THE CHOICE LIVE2 Umunsi kumunsi! iyi ni channel yacu nshya twafunguye nyuma yuko iya mbere yavuyeho igeze kubarenga ibihumbi 600 badukurikiraga! Turabakunda kandi muri abagaciro
Uramutse ufite igitekerezo, inyunganizi cg ushaka gutanga ubuhamya, inkuru watwandikira kur Whatsapp cg ukaduhamagara kuri:+250788517139
Peter ntbwo aruwo gutumira Rider man kbc mind ya peter iri hasi cyane nyoberwa nicyo amariye umuziki nyarwanda uretse kumoka mundirimbo woe urafata umurapper wibihe byose nka Rider man en plus umupapa wabana ukamubaza ibintu byimbwa nkibyo.
Mumbwirire man 😂😂😂
Peter abaza ashaka guteranya abantu gusa
Hanyuma x yabishyize kuri page yawe?
@@robertngabo4064👮♀️👮♀️Peter akunda byacitse aragakubitwa ninkuba kuko we ntanubwo akunda Yago birazwi
Péter uridebe
Bomboclat Ina de bisobanura "oo my God"
abantu dukunda
Ark se kuki dj philipeter abaza nkaho ahangana why bro
Rekana ninkayu
Ni cyabaye
Cyaze Melody abaha ibyo kuvuga
Mujye mujyana ninterbere niba ikintu kikubangamiye cyane hari uburyo bwo kubikemura bitwaye iki?uwabawira fws bishyura who is ready to pay 5-7Million for that surgery?adafite nikibanza.
Ndangira ahubwo najye nirwaneho
Reba ukuntu bull dog ari serie ntabyo guseka ubusa
Nyuma ya Jay ntawundi muraperi wandutira Bull dog kabisa!!
Nkeneye help mukuzamura my carrier, @ dj fillpeter😊
Peter ni injiji kuganira na Riderman byamucanze niyo mpamvu arimo kuvuga ubusa
Rider man is a man of his word. Peter aba yishinyikisha mumafuti nariya mabinga mabi. Mwazabwiye Peter akagya kubagisha ariya majigo ..🐷🐷🐷
De PRESIDENT PARADIZE 😅😅
Ariko se mubyukuri ubu interview irangiye umubajije iki?? Mu iminota 10, 7 muyimaze muri guseka gusa mubaza ubusa. You can do better!!
Peter; uzige kubaza abantu babasaza ntukabe nk'injajwa.
Ninjajwa Peter cyaneeee kandi akunda guteranya 🐷🐷🐷 Peter uzagye kwibagisha ayo mabinga Kandi ntukagye ushinyika useka ubusa umuntu adaseka
Babwiraga abandi nkawe niba yaribagishije nawe iramureba nyine
Cyazee peter ntago Ari Kuri karibule kbc
Ewan Riderman uwo mutyipe ndabona akwiye kugutumira kuko ntacyo kuvuga afite usibye ubugoryi
Peter wabuze ibyo ubaza
Peter nawe uri muri yakundi yiyemeje kuzimya hip hop nabaraper cyane ababarenze
Best rapper's
Guys u are good
Aka kagabo nakanyamatiku
Nkubu uyumutipe aba avuga ubiki?ka Peter ni feck
Yago nurwacu turamukunda mwamwanga tweturamukunda
Peter uri fekee mn
Rusake nimfura cyaneee kbsa
Abo ni abasaza❤❤❤
Bull dogg numunyakuri brother kd numuhanga nta jya rya imboga
Ntaw aherez🤣
Sha kbx ntarikurwego rwo kubaza rusake nta na 1/2 .
Cyane
Element Eleéeh - MiLELE (Official Music Video) ruclips.net/video/8nuAbLptwao/видео.htmlsi=J4c_QH0flUphBBZ7
Rider mn suruwo kuza gukora ikiganiro kwisibo tv turakubaha ariko wadusuzuguye nkabafa jihadi umutinganyi yabuze noneho
Bakundwa dukunda cyane mureke Peter yanga Yagooo,namwe ntabakunda,numugome kbs,nareke itiku,ntiruubaka
Peter uri igicucu uhora ugira abantu ishyamba wa mbeba we uzapfa wumve wa mbeba we
ruclips.net/video/HtYDxMSKcn4/видео.htmlsi=1MEMXzUE5_b3-l7X
Sinjajwa gusa nimbwa cyane
Aba agnisha kukubayeranta
Nabavaneho itiku mn abasaza bacu
First rappers in our country ❤❤
Legendary duo
guys mujye muha abantu icyubahiro that's nonsense niki gisekeje
Nonex mn mupfashe bombocrat nade bivugiki ubizi ansubize nukuri
Peter ntabyuzi jyujyira abubaza rider man arakurenze
👈kanda kwifoto ebani werekane ..
Gaswere nyoko peter uri ikinyendaro ko nta mirongo ugira kanyoko urashaka iki
Yegoko rubanda
Arko buriya umusaraba si igiti kd azakomeza abagume imbere igihe cyose
Pita wumuntu wo kubaza abantu bi yubashye
Abasazaaaa always
Babwire shn mwan wnge
🎉
Peter wa kinnyowe uwagusshungura ntiyakuburamo inkumbi abanya Rwanda muhora ishyamba Bruce mwamurwanyije kuva kera
Legendary into industry of music in our country