😢IJORO RY'UBUKWE Umugore wanjye Bamufatiye Hejuru yanjye agiye kuntera ICYUMA😳 imyaka 3 Tutaryamana💔
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
INDIRIMBO MSHYA YA PLAISIR NA SHILOH CHOIR ruclips.net/video/KIN1sn2wIeo/видео.html*
Komera mukoziwimana
Warahuriste muvandimwe warye Arikomanawe Uturebera Ahotutareba manayarye weeee Tabara Abanabaweee
Disi uzi gutanga ubuhamya neza utinyuraguramo. Be blessed Jean Pierre.
Km
Nukuri biranyigishije kutarenga kuco Imana ikubujije
Izonizakarande zomumuryango ujyusenga imana igukureho izozakarande mwizina Rya Yesu amen🙏🙏🙏
Uraho neza Mujyenzi ndakuzi disi ukiri na Muto ndakuzi IMANA ISHIMWE nongeye kukubona ufite ubuhamya bukomeye pe bakumve kdi Abantu bige pe IMANA ishimwe ko yaguhaye amahirwe ya2 uriya Mugore yari Mwiza pe ndamwibuka ariko yarumwana mubi acecetse
Nugaruka uzasige Number yawe
Twari duturanye uwo mugore yanatumaga Abantu bakubeshyera ko ari wowe mubi sha baraguharabitse cyane ndabyibuka wee IMANA ishimwe yaragutabaye
Imana ishimwe kuko yoneye kuguhereza ibyishimo
Amen amen,Imana niyo ifise ijambo rya nyuma kumwana w'umuntu,kandi Imana iduhe imbaraga zo gutegereza amaswzerano yayo.
Ahubwo wakize igini itegure guhangana numwana wari ahubwo senga cyane niyo nda uvuga wsmuteye ushobora Kuba arukwibeshya.......
Kandi imana ijya inyuranya ibihe nawe igukoreye ijyitangaza abantu batangare🙏🙏🙏❤️❤️
Inzira ijya mu ijuru ni inzira ifunganye kabisa. Imbaraga zimana zidushoboze kuko twebwe turi abanyantege nke! Amen
Sukubeshya urumukozi wimana cyane abandi baba babeshya ndagukunze cyane mukozi wima uzagaruke ❤❤❤❤❤❤❤❤r❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ uranitonze
Mwiriwe neza Plaisir na Jean Pierre n'abakunzi ba Zaburi nshya!
Jean Pierre uzi gutanga ubuhamya neza cyane! Urakoze Imana iguhe umugisha
Imana ijye iturinda iduhe nokuyoborwanumwuka wimana
Imana izatugirra neza nange ndabyizeye.amen🙏
Amen Imana numubyeyi rwose
Warakoze kwihangana mukigeregezo mukozi w,lmana iyaba abantu bosebaribameze nkawe bataha ijuru
Nagukurike urimo umukozi w'Imana rwose ,gusa ntuzirare mukozi w'Imana
Manawe imana ninziz nukuri ukomeze iguhimbaraga zigukomez
Ndafashyijwe
Ndakuzi kuri reka bakuvuge abandi baguserereze
Jyawumvira imana!
Mukozi wimana rwose warahiye!Ati wagiye mubintu udashoboye.mbega umugore wakaga
Imana ishimwe kwijyitanga amahirwe yakabiri
Ahubwo se umwana wabyaranye nijini Ubwo wumva bidateye ubwoba yesu weeeee
Ariko kuki abantu benshi bafata ubujiji bwabo bakabwitirira Imana! Ntugafate ikintu wicishijemo ngo uvugeko ari Imana yakigucishijemo! Imana irakubwira ngo nshyize imbere yawe umucyo n'umwijima hitamo! Nuhitamo umwijima rero ntukavugeko ari Imana igucishije mu mwijima,ayo n'amahitamo yawe ntabwo ari ay'Imana.
Njye ndamuzi umugore we wa 1 bapfuye ko yamusigaga akamara nkamezi 3 ataragaruka
@@francoiskarimunda8672 rahira
@@francoiskarimunda8672
Urabeshya uyu twarasenganye wimubeshyera ubwo nuwo mugore wagutumye ngo wandike ubi wowe iryo jyini wabana naryo njye nzi ubuhamya bwe kuva cyera arumwana kd yaracyijihwe neza
Ibasha kukunyuza ahishaka bite we nicyo ishaka kukwigisha
Pore mn warakomeretse ariko imana yakomoye inguma
Imana izaturinde kunanirwa habura rimwe mwizina rya Yesu christu Amen🙏
Zaburi zacu presire wacu komeza utuzanire ubutumwa bwiza Imana Izajye iguha imigisha yose
Ubuzima bufite intego icyo gitabo ndagikemanga si Ijambo rizima ry'Imana pe. Mujye mwitondera ibyo bintu birimo yesu wundi utari Kristo mwitonde cyane torero
Ubwo se yari umugore cyangwa yari umugabo??
Yoooo Imana iguhezagiiiiiire cane ndafashijwe
Imana ihabwe icyubahiro kubwimirimo yayo ikora!! Ariko Disi umuntu wakuvunjishirije ayo ma Doral yarakwibye 😲
Nizakarande nugusenga cyane karande zibaho
Ibiye riconzwe niryo ryubaka imfuruka.komera IMANA irikumwe nawe.
Yewe urakoze pe najye byambayeho urugo rwarananiye ntandukana numugabo umwana afite amezi 9 ubu agize imyaka 4 ariko iho ambajijese ngira agahindape ndagusabye kusengera pe
Ark manawe amahirwe asekera abatayashakape
Ihangane ,none c mwakoze devorce kdi wavuze ko yakubeshye ko asinye kdi adasinye?
Nibanawe uzi abobavandimwebawe ahobatuye nge igihecyokubazamama papa mayahise apfa ntamubajije igisekurucyokwa papa gusa yesu azatwomora ibikomere
man nshimwa 🙏🙏
Amen
Jewe Papa arahari arikontabwonzingoniwe sindigetamvuga Papa nakabaho ntazikuvua na mama ubuzima bubicane
Ndumiwe mwampuje nu yu mukozi wimana
Sindakuzi ariko intahe yawe irimo ukuri shimye Imana yakuzigamiye ubugingo.mbega umugoreee🙆🙆🙆🙆🙆🙆
Imana ninziza mukoziwimana yaragutabaye 👏👏👏😊
Uwomupasteur asa na mutabazi🤣uwabibonye andemere
🤣🤣🤣🤣🤣
Batandukaniye kubyo bavuga gusa
Uxitondere uwomwana witamwiza ntuzamutandukanye nanyina ashobora kukubera igini nka nyina
Amena mukoziw'lmana ndafashijwe kwiyobora disi nibibi
Imana yarakoze kugutabara
Ni hatari pe
ndabasavye mumumbarize ahari uwo mwana Gift ntazoje gukubitwa nkuwo wambere Imana nyenamahoro irengere abo bana bose
Uyumukoziwimana arihanganape kuko kuba atarihakanye imana biranshimishije nukuri uzishakire undipe😢😢😢😢
Uwakuvunjishirije yakuriye amafranga menshi
Ewe uraho imana mugenzu ndakwiguka bugaragara
Ugira umutima ukomeye
Umuntu wese ni mwiza kuko yaremwe mw'ishusho y'Imana. Plaisir uzihane icyo kintu cyo kwita abantu bamwe beza, buriya hari abandi ubona ari babi. Uzabyihane
Njye icyo nibiza yakoze divorce gute kdi umugore atarasinye ikindi ko yasezeranye nuwo mugabo we wambere ubwo ukuri kurihe 😮😮ese nuwa mbere ntibyagiye muri sisiteme ? Cg bose byagiye muri sisiteme ubwo yakoze divorce gute kdi yarasezeranye nabagabo 2 nikibazo kitumvikana
Murakoze cane ndafashijwe pe🙏🙏🙏
Amavub
24:06
Mukama abawe omukisa orwobujutizi 🙏🙏🙏
Nukuripe urumugabo wintwariri
Amen 🙏🙏
Nukuri Imana irawutanga
Uwo muntu wakuvunjishirije se mwokabyara mwe !!!! Ndumiwe peee icyo cyaha yakoze kirakabije pee ! Mwarayagabanye muraringaniza 😭😭😭😭😭😭😭
Oya ashobora kuba Ari kera byarashobokaga kuko idorari rizamutse vuba Kandi urumva amafaranga yayahawe haciye iminsi
@@dieudonnebizimana3180 😜😜😜😜😜😜😜😜😜
Ye nibeshi babaye hi nuwabwiyumugabo ngonamuvanire akajagari mugituba
Mbaye uwambere
Bikunguye iki se?😂
Mbega ubuhamya wee ntibworoshye
Congwa wemerwe sha inyibutsa M.claude
Nemeye Koko kwabantu bahimba ubuhamya imana iturejyere pe aha mugenzi
Arabeshyase?
Sorry tusabwa kumvira imana cyane
ubuhamya bwawe buteye aganda mwene Data
Usenze neza plaisir we🙏🥰
Imana igukimeze mukundwa
3000$ avamo millions zirenga 3
Reba ukuri 1tv channel
Hallelujah🙌🙌🙌
Maman wawe se yaje kukubwiza ukuri papa wawe amaze gukizwa?
Uwowe yarikigeragezo pe.
Ayiweeeeee,uwite urashoboye ndafashijwepe
Ameeeeeeen❤️❤️❤️🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Kowavuzeko musezerana atasinye urukiko rwabahaye gatanya gute
Uwiteka weee, turinde kwiyobora weee.
Nkeka ariko kurongora vuba utarahubutse, ahubwo nkumunyamasengesho wari watewe disi😭
Ariko ubwo ntiwabanaga na daimoni, wavuye ikuzimu, 😳ntubimenye😭
Ndatwenze ndashwanyutse pole kabisa wari wahuye nigishetani
Ubwo burwayi bwavuye kuri satani Kugirango amugushe muri icyo cyaha cyubusambanyi. Imana yaduhaye imbaraga zo gutsinda kamere iyo tutayitsinze ngo tuyibambe birumvikana twisanga mubyaha hamwe ningatuka zabyo.
MUKOZI W'IMANA IHANGANE MU NTANGO Z'UBUHAMYA NARI NZI KO AHUBWO ARI IGINI PE!
Gute bagabanije imitungo kdi umugore atarasinye igihe cyo gusezerana?
Muvandimwe wahuye nivyotwahuye
Jehonubuntibiravamunzira
Ndabasavye mumpinimero yuwumukoziwimana
Wabaye Yona pe,wateye ingorane abandi
gusa lmana yarakurengeye
ujye uyubaha
Nuwomwana munyumvira nuwe🤦🤦🤦🤔🤔🤔umusalaba warawikoreye kabisa
Part 2 please 🙏🙏
Ko watubyiye ko atasinye murukiko?
Mana weee😢😢😢
Pole sana! Hari abantu tubona kwisi kandi atari abantu inkmoko yabo ari mukuzimu kandi ntaruhare babigizemo. Amakuru ya wa wundi wagiye Uganda ntayo wongeye kumenya? Ubwo ntibari baziranye?
Imana yamutandukanije nigini kuko nd'umugabo wokubihamya twariduturanye
Mugenzi ndamukunda nawe arabizi akorera lmana cyane
Mugenzi afite ubuhamya burebure cyane ndamuzi neza
Hallelujah
Ihangane
Imana ninziza
Njew ico nunva wozana uwo mwana wawe kuko uwo muntu nijine kbs sumuntu usanzwe kand wabonagako nuwiwe yamushiraga ibuye mukanwa none wunva uwowawe abayeho gt?
Gucabugufi ndagukunze
Wahuye nuruvagusenya
Ntaco norenzako🤔🤔🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Iyo ngwara ya maman wawe yuko natabyara azarwara ibibyimba munda sinyemeye ngo muganga yamubwiye ko agomba kubyarà cg azarwara ibibyimba munda
Ariko nange nzi umuntu wasabwe nabaganga kugirango atabirwara!