Dore ibintu 12 bito wahindura ubuzima bwawe bigahinduka burundu
HTML-код
- Опубликовано: 5 сен 2024
- Muraho neza!
Ndabiseguraho maze iminsi ntabagezaho ibiganiro kubera impamvu zitanturutseho ariko nishimiye kongera kubana namwe.
Burya hari impinduka nto dushyira mu buzima bwacu bikatugeza kubindi nyinshi twifuza mu buzima. Ni muri urwo rwego nabaganiriye ibyo nakoze bikamfasha kongera umusaruro ndetse no kugira ubuzima bwiza.
Mukurikire ibyo bintu bito 12 wenda hari ibyo mwashyiramo mu buzima bwanyu namwee bikabafasha.
Namwe niba hari ibyo mwakoze mwabidusangiza muri comments.
Mugire ibihe byiza
Turabashima Josy kandi turabakunda...mugumane natwe ubuziraherezo.
Mzee wanyu
Nukuri uduha inama nyinshi nziza ariko kuzishyira mubikorwa biratugora.
Uramfasha cyane ndagukunda
Ibiganiro byawe birubaka!
Josiane murakoze cneee
Telephone yo rwose yatugize imbata
Merci Josiane
Urakoze cne inama nziza cne courage.
Twarakubuze!
Thanks🙏
Ibi nibyo ncuti ndagukunda
Kuri num 12,umwanaa waa 2ans womwoza amazii akonje???
Inama zawe twari tuzikumbuye kuko ziratwubaka
Njye kubusasa mugitondo birangora ariko iyo mvuye mukazi ndabikora
Shaka untandikire twaraburanye
Ko wahagaritse ibiganiro se?
mwaratwaze🤦