Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Babandi bariye yamafaranga baragowe paster corode vava muragowe musenge cyane
Nta pastor Mbonye hariya
@@MusabyimanaThacienne-yj5bbNange ntyo
Bareke akabo karaje gashoboke,erega nubundi bavuga ko inda nini yishe ukuze,Jye nzarya ducye ndyame kare kuko nta jambo Imana ivuga ngo rihere Imana izi ibyo izatugirira ko ari ibyiza.
Kabaye 😢😢
Ongeraho na kanyombya😂
mw'Izina rya Yesu toka kwa jina la Yesu 😢😢😢🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Abazimu bashye mwizina rya yesu christo 🙏
abazimu bashye mw izina rya YESU KRISTO
Wowe uracyarikuzimu mu i zina rya Yesu abazimu bashye
Pol waraharazw🎉
Yesu Kristo tabara Abana bawe ubwo nyene Abantu muri inyuma w'iyi Jini ntabwenge mufise koko? Dor'imbogo urakenyuye😢😢
So😢😮😂
Mwizina ryayesu krisitu amadayimoni ashye🔥🔥🔥💯pee sibyumva
Mwizina rya Yesu
Abantu benshi ntibasha uwiteka bashaka shitani nubunzi bwe kandi amafranga yikuzimu aravuga agiringaruka nyinshi.kandi uwiteka imana itanga amafranga yamoko yose ntanumuvumo yoneraho.kandi yatwemereye nubugingo buhoraho nimuhungire muri yesu kristo afite byose.isi nibiyuzuye ni byuwiteka nimwera mukakira umwami yesu kristo azabaha ibirenze ibyo musaba cyane .abahe nubugingo buhoraho
Imana ninziza ibihe byose kdi umugish uwitek atang ntamubabaro yongeraho
Oohh Jesus always be my side
Arasubiza ibintu bitajyanye!Imana iturengere mwizina rya Yesu.
Musenge cyane amagini nabadayimoni turagendana turabana.uwiteka aduhimbaraga zimiri zabo cyane
Turaturiye imbaraga zabazimu n imyuk mibi mwizina rya yesu,fire on name jesus
Kwa jina la yesu
Yesu kristo adutabare cyane aduhimbaraga nyinshi cyane pe
🙈AMEEEN 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Ukuri ugushyize ahabona Abakuri inyuma bamenye aho bagana Kd ibyl ivuga ni ukuri kuzuye
The blessings that God gives he never add any sorrows to it ❤
Because of the blood of his covenant he'll set you free from the bondage of Satan!! Senga imana izagarura soul yawe Ive murikiriya kirahure ifungiyemo, Michael Jesus Christ he'll save your soul
Imana ikudukize pepu daimoni
ahaaaaàa mwikigihe abadayimoni basigaye barageze nomu bantu da usigaye ugendana numuntu ukagirango numuntu Kandi yaragiye kera
God have mercy on us😢😢😢😢
Ntabeshya ibyavuga nibyo 💯/100
Yego se uramuzi neza we?😱
Arakubwirako avuga izina rya Yesu kugira ngo abantu bose bamwibonemo. Wumve neza Ari gukunda kuvuga ngo iwacu ikuzimubivuze ko akorerayo.
muhurirayo?😂
Imana iguhindure mwizina rya Yesu kristo
😂😂😂😂😂😂😂😂😂@@praisethelordtv1272
Uwita paster Claude nabandanye aniganira amafaranga atuburirwa n'iryo jini yongere aniganire inyama zaryo,hanyuma aje imbere y'abantu b'Imana. Wihane Claude
Yesu adutabare
Avuka kibuye imana yanyeretse umujyango we namazinaye yapfuye arumusore namazinaye turayazi sinjye ngenyine wagize amayerekwa ye nabandi twabanaga muhanga imana yabakoraga kumaso bakamumenyako aridayimoni
Munyagwa nange ndamuzi mucyakabiri,ark umugore bakoranaga witwa lilianne yatubwiyeko avuka I Rusizi
Sha rwose uvuzukuri peee!!imuhanga beshi baramuzi nange niho namubonye
Ndabasuhuje!mumuzi ari idayimoni?nonese ibye bizarangira gute bavandimwe
Toka shitani
@@NishimweRachel-j9x6:06
Musenge cyane izabereka uwariwe .nidayimoni numuzimu
Uravuga ukuri uyu yarapfuye baranamushyingura amaze imyaka myinshi cyane ahubwo ndigutangazwa nabakira amafaranga ye ejo bazamusha ngo bayamusubize Kandi ntibazamubona
Yewe jew NDavyibaza KO akoreshwa nimpwemu mbi uwaha amahera Wes ntarye ngo aryame bizomugirako ingaruka🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mu izina rya Kristo Yesu!
Kuva yavuga yesu Kristo bya mukozeho
Mumutubarize ese mubo yesu yapfiriye arimwo ntiyabivamwongo akinzwe
Mwizina rya yesu,mana ndindira umuryango ndindira inshuti tabara is yose,data ndakwinginze ba muruhande rwacu yehova weee
Imbaraga za Yesu Amaboko akomeye ya Yesu agufate aguhindure Kuko Satani yakugize Imbata. Yesu akubohore Iminyururu ikomeye ikuboshye
Hit ziratuma banabashyingura😂😂😂😂 Muze tujye Gusenga mureke kubeshya😂😂
😂😂😂😂😂😂 ahwiiiiiii
Abazimu bashye
Ururunu nurunyamitwe rufite abana muzarushakeho amakuru afatika mureke kufata ibyafeke kuki ibinyamakuru byikigihe muri gukwirakwiza ibihuha koko muzaze rubengera tubereke umugorewe babyaranye munjye kubaza niwabo
Ndumiwe
Wibechya uyumugabo iwe nirubav
Eheee kokose
@@AllanMukashema yeg
Ark c mwebwe arababwira ko yemerewe kubyara ark atemerewe kubana n'umugore
Dayimoni shindwa kwa jina ra kristo yesu amen
Mwizina rya Yesu Christo yaratsinze atubereye maso Abasenga nimusenge cyane lmana iriho Kandi yahozeho izahora iturinda
AMEEEN 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
biratangajepe imanaikubehafi
Nonese urigutanga ubuhamya kuko wabivuyemo cyangwa ushaka gutwarayo abantu?
Pastor Korodde ntabwo mwemera yariye ninyama yamuhaye
Yanweragiwanjye ntarakira umwami yesu kristo
Ngaho urabonako bamwe babikinishaga se urabonako atabyivugiye😥😥🙏🙏🙏
Uyu mugabo numuzimu ntacyo yicuza ahubwo arimwo araranga abantu bashobore kumuyoboka atware benshi ahubwo mwirinde Kandi dusenge cyane
Imana idutabare
Vuga undi utari Alice kuko Alice we yarabyivugiye kdi nawe yarabeshyega😊
Ntabwo yabeshye hoshi genda…..
Arise ntiyabesjyaga
Woe uziko yabeshyaga mubeshyuze kk nawe ntamakuru ubifiteho
Uwiteka. IMANA. Igufashe. Uveyo. Mwizina. RyaYesu. Kristo
Ibyo bintu bivemwo au nom de Dieu. Amen
Ndamuzi inyamabuye baramufunga bakamufungura yesuweeee
Ibyo uvuga nukuri,baranamufungaga bugacya bakamubura cg bagasanga ni gisiga
@@charlottenayituriki8228 naringizengo abantu bimuhanga beshi baramuzi
Mwizina rya Yesu yakoze Kristo yamuziritse😂😂 Abakunda Yesu dufatanye kumuha icubahiro
Ezekiel we waretse kubeshya abantu, ko tukuzi ku Ntango wirirwa ubeshya abantu kd turagushyira hanze.
Ahhh harya ababyeyibe ntabazi nonese mwazagiye iwabo mwahita mumenya ukuri yavutse afite imyaka 2😂😂😂😂
Uramuzi se neza ,
Dayimoni ashye 🔥🔥🔥mwizina rya yesu
Mwizina rya yesu w, inazareti Imana igukure mu bantu
Uyo mugabo nukumusukako amazing ahezagiye bihita bimuvamwo
Bivugako sacenda na minuit zijoro yisubirira mukuzimu. Mwumva uyo atari idayimoni yaje kwisi yatumwe kugura ijaneyo abantu? Kuberako abantu bakunda amafaranga niyo abafatirako. Mwabantu mwe nimureke gukunda cyane amafaranga
Ahhhhh mbese,abantu kuki bamamaza,ikuzimu ntibamamaze,ijuru mbese yisanze kw Isi ntahwagiravuka?
Donc izo mbaraga ukoresha nizikuzimu warabisinyiye
Blood of Jesus
Yesu ashimwe yaramushoboye
Dutabare mana we 🙌🙌
Ibi nge nabimenye utaranabivuga .gs simpanura ariko imina izakubohohora uwo mwuka ube umuntu nkatwe.impamvu Uzi ko wavukiye ikuzimu, nuko ababyeyi bawe bagutanzemo igitambo bakigutwita si ukuvugango warazutse.wowe wakuweyo tayali muminsi mike kuko ugira impuhwe zidasanzwe kd ukunda imana nubwo ukorera satani.mwizina ryimana numwana numwuka wera ukurweyo imana ifite impayo yo kukureka ngo ukore ibi nukugirango uzabe umuhamya.gs nkubaze ko uvuze amabanga yabo nusunirayo ntuzahanwa?
Nibyo rwose Yesu yagiye kumuzikira ikuzimu amwambura imfunguzo ubu ntabubasha akidufiteho
Uzarebe uburyo area noguhagarara aba arebanki nzoka yesu yaboshye satani urwanda rufite akazi ubuse ayo madayimoni muri Kubana nayo imana ibarindishe mbaraga zayo 🙏🙏
Mwizina rya Yesu Kristo
Imana izandinde fr ya mpano kbs kuko mbona atari shyashya
Arabeshya azatanga umuntu akunda gute kandivyalisanze jwusi afite im6aka 2 atazi no kuvuga yize he ikinyarwanda?
Tugendana nimizimu basha. None bishe umuzimu ntupfa? Ko muza kwisi kutudurumbanya bazoza babica kuko ntidukeneye kubana nimizimu kwizira rya yezu christu. Amen
ubu abo yahaye amafranga barumva bameze bate?aha musenge cyane dore isi irugarijwe
Babyinjiyemo babishaka, yayabahaye ibi yarabivuze
Yesu wee 😢😢😢
Avuye kunywa Urumogi naho ikuzimu ho arabenshye
Nawe wabibonye
Abazimu bashye mwizina ryayesu
Dorimbogo uramutanze mw,lzina rya yesu kristo ubandi. Turabakwambuye mwizana rya kristo ushobora byose
Abariy amafarang yawe ndazi barinyuma yurupfu to barakurikira dorimbogo fusa kubivuze urimmunzira yokuvayo
Mwizina rya yesu😢😢😢😢
Nduhenimero yuyomugabo
Ikuzimu kwawe nubutubuzi no kunywa inzoga nitabi nubu wasinze mwebwe murabibona gute?
Ibyavuga byose nibyo ariko nigini.uwiteka Imana yampaye iyerekwa rye kuko twari tuziranye ntarakizwa ncuruza akabari namashambure.ariko ntaranakizwa naramutinyaga cyane.nkijijwe naramusengeye mbona amayerekwa ye menshi siwe wenyine hari nabandi benshi cyane bameze nkawe kandi tubana nawe
Uravuga ukuri se
Mana duhe Imbaraga kweli ntivyoroshe uduh kuneshaa
Yego harumuntu wanditseko yaramuzi ,ko yapfuye bakamushyingura yotwaga ngo j.paul amaraso ya Yesu atirengete
Harabo yajyanyeyo😢yajyanye vava nabitubwire neza
Imana idufashe ntuzatuyobye
Mwaragowe
Ndakwemera.
Mwizina rya Yezu kristu akubohore yerekane uwuriwe
Pastor Claude na Vava bariye ayikuzimu hhhhhhh
Barakuvumbuye none ngujya ikuzimu ntiwavugaga ukorera imanara.
Nonese uwo n' Impano y'Imana mbese umaze iminsi atanga frw hhhh ubwo abo yayshaye barihehe mbese amba
Ehhee
Ibyavuga nibyo namubonye amadokumaso
Donc ni wowe wajanye vava mukuzimu arapfa
Sha dorimbogo yajanywe nuwo muntu kl kuri yamafaranga mugume mutora uko mutora amahera ye Niko mugenda muba muri kumibare pe gusa vyose nisawa dukunda amahera cn
Mwizina rya yesu abazimu bashye
Mwizina rya yesu
Mpano yiman azacyizwa mdabibonye p nandacyizwa muzangaye nagiye kumusengera umuriro w lman nukuri anuke umutere kugira intota yagacyiza ho kugira intota yamaraso yabantu
Wowe Thierry aragufunga too amaraso knd 😢😢😢
Karabaye mutabare😳 yamafaranga abayafashe c nabayariye nimudusezereho sha tayari mwagezeyo😂😂😂Ibyo uvuze narabirose ndakanyagwa😢arko njyewe nasabye imbaraga bampa squelette 6 nkubitana nazo birangira mvuyeyo nkinyangamugayo kontakintu bampaye😳 Imana yarantabaye wee❤❤🙌🙌🙌🙌
Ibyuvuga nubwo urikutubeshya uri gukorera satani Kandi ahemba nabi
Mureke twamamaze yesu wacu ibindi tubireke
Ikuzimusi urahazi Koko
Unomugabo bazomusengere ibyo bintu bimuvemwo nibyo yariye abiruke bimuvemwo aje muri eta normal abe normal ntazosubire mukuzimu. Kuko ndumva atariwe yarariyo kuva akiri umwana muto wosanga bari baramutanze nawe ariko yisanga yagarutse kwisi bamukoresha. Kandi biragaragara ko atameze neza kubera nibyo biyoga namaraso bamunywesha akama yasubiyeyo akagaruka bakamukoresha. Ahubwo azatubwire ukuntu ajayo. Ngo abanza guta ubwenge akishima hose munyuma akisangayo. Mbega ibintu.
Abamenyeshamakur mwebw gayemw ubwontubonako ari atarumuntu ubundiho?avugako azosubirayo 😢 Mana turwanire intambara siyacu
Myself
Imana umbabarire yesuwe
Uwo musenzi arabeshya
Am in south sudan mpano thanks
MAN URAMUSHIMA KUBERAKO ATANGA AYUBUNTU SE🤣🤣🤣🤣🤣
😂😅😅😂
Urabeshya njiji,
Rata wabibonye nawe? Amaso ye ayahisha caméra 😂ni umubeshyi
Ahhhh Toka shitani
Abazimu bashye kwajinarayesu
Uyu muntu azisunge abanyamasengesho , atangire kwitoza gusenga Imana yamahoro, Yesu amwiteho kugirango amuneshereze kuko yatsinze satani, Kandi akura umuntu mu maboko yumubi satani utwaza abantu igitugu.
Imana niyo iturinda pe ijye iturengera
Babandi bariye yamafaranga baragowe paster corode vava muragowe musenge cyane
Nta pastor Mbonye hariya
@@MusabyimanaThacienne-yj5bbNange ntyo
Bareke akabo karaje gashoboke,erega nubundi bavuga ko inda nini yishe ukuze,Jye nzarya ducye ndyame kare kuko nta jambo Imana ivuga ngo rihere Imana izi ibyo izatugirira ko ari ibyiza.
Kabaye 😢😢
Ongeraho na kanyombya😂
mw'Izina rya Yesu toka kwa jina la Yesu 😢😢😢🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Abazimu bashye mwizina rya yesu christo 🙏
abazimu bashye mw izina rya YESU KRISTO
Wowe uracyarikuzimu mu i zina rya Yesu abazimu bashye
Pol waraharazw🎉
Yesu Kristo tabara Abana bawe ubwo nyene Abantu muri inyuma w'iyi Jini ntabwenge mufise koko? Dor'imbogo urakenyuye😢😢
So😢😮😂
Mwizina ryayesu krisitu amadayimoni ashye🔥🔥🔥💯pee sibyumva
Mwizina rya Yesu
Abantu benshi ntibasha uwiteka bashaka shitani nubunzi bwe kandi amafranga yikuzimu aravuga agiringaruka nyinshi.kandi uwiteka imana itanga amafranga yamoko yose ntanumuvumo yoneraho.kandi yatwemereye nubugingo buhoraho nimuhungire muri yesu kristo afite byose.isi nibiyuzuye ni byuwiteka nimwera mukakira umwami yesu kristo azabaha ibirenze ibyo musaba cyane .abahe nubugingo buhoraho
Imana ninziza ibihe byose kdi umugish uwitek atang ntamubabaro yongeraho
Oohh Jesus always be my side
Arasubiza ibintu bitajyanye!Imana iturengere mwizina rya Yesu.
Musenge cyane amagini nabadayimoni turagendana turabana.uwiteka aduhimbaraga zimiri zabo cyane
Turaturiye imbaraga zabazimu n imyuk mibi mwizina rya yesu,fire on name jesus
Kwa jina la yesu
Yesu kristo adutabare cyane aduhimbaraga nyinshi cyane pe
🙈AMEEEN 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Ukuri ugushyize ahabona Abakuri inyuma bamenye aho bagana Kd ibyl ivuga ni ukuri kuzuye
The blessings that God gives he never add any sorrows to it ❤
Because of the blood of his covenant he'll set you free from the bondage of Satan!! Senga imana izagarura soul yawe Ive murikiriya kirahure ifungiyemo, Michael Jesus Christ he'll save your soul
Imana ikudukize pepu daimoni
ahaaaaàa mwikigihe abadayimoni basigaye barageze nomu bantu da usigaye ugendana numuntu ukagirango numuntu Kandi yaragiye kera
God have mercy on us😢😢😢😢
Ntabeshya ibyavuga nibyo 💯/100
Yego se uramuzi neza we?😱
Arakubwirako avuga izina rya Yesu kugira ngo abantu bose bamwibonemo. Wumve neza Ari gukunda kuvuga ngo iwacu ikuzimubivuze ko akorerayo.
muhurirayo?😂
Imana iguhindure mwizina rya Yesu kristo
😂😂😂😂😂😂😂😂😂@@praisethelordtv1272
Uwita paster Claude nabandanye aniganira amafaranga atuburirwa n'iryo jini yongere aniganire inyama zaryo,hanyuma aje imbere y'abantu b'Imana. Wihane Claude
Yesu adutabare
Avuka kibuye imana yanyeretse umujyango we namazinaye yapfuye arumusore namazinaye turayazi sinjye ngenyine wagize amayerekwa ye nabandi twabanaga muhanga imana yabakoraga kumaso bakamumenyako aridayimoni
Munyagwa nange ndamuzi mucyakabiri,ark umugore bakoranaga witwa lilianne yatubwiyeko avuka I Rusizi
Sha rwose uvuzukuri peee!!imuhanga beshi baramuzi nange niho namubonye
Ndabasuhuje!mumuzi ari idayimoni?nonese ibye bizarangira gute bavandimwe
Toka shitani
@@NishimweRachel-j9x6:06
Musenge cyane izabereka uwariwe .nidayimoni numuzimu
Uravuga ukuri uyu yarapfuye baranamushyingura amaze imyaka myinshi cyane ahubwo ndigutangazwa nabakira amafaranga ye ejo bazamusha ngo bayamusubize Kandi ntibazamubona
Yewe jew NDavyibaza KO akoreshwa nimpwemu mbi uwaha amahera Wes ntarye ngo aryame bizomugirako ingaruka🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mu izina rya Kristo Yesu!
Kuva yavuga yesu Kristo bya mukozeho
Mumutubarize ese mubo yesu yapfiriye arimwo ntiyabivamwongo akinzwe
Mwizina rya yesu,mana ndindira umuryango ndindira inshuti tabara is yose,data ndakwinginze ba muruhande rwacu yehova weee
Imbaraga za Yesu
Amaboko akomeye ya Yesu agufate aguhindure Kuko Satani yakugize Imbata. Yesu akubohore Iminyururu ikomeye ikuboshye
Hit ziratuma banabashyingura😂😂😂😂 Muze tujye Gusenga mureke kubeshya😂😂
😂😂😂😂😂😂 ahwiiiiiii
Abazimu bashye
Ururunu nurunyamitwe rufite abana muzarushakeho amakuru afatika mureke kufata ibyafeke kuki ibinyamakuru byikigihe muri gukwirakwiza ibihuha koko muzaze rubengera tubereke umugorewe babyaranye munjye kubaza niwabo
Ndumiwe
Wibechya uyumugabo iwe nirubav
Eheee kokose
@@AllanMukashema yeg
Ark c mwebwe arababwira ko yemerewe kubyara ark atemerewe kubana n'umugore
Dayimoni shindwa kwa jina ra kristo yesu amen
Mwizina rya Yesu Christo yaratsinze atubereye maso Abasenga nimusenge cyane lmana iriho Kandi yahozeho izahora iturinda
AMEEEN 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
biratangajepe imanaikubehafi
Nonese urigutanga ubuhamya kuko wabivuyemo cyangwa ushaka gutwarayo abantu?
Pastor Korodde ntabwo mwemera yariye ninyama yamuhaye
Yanweragiwanjye ntarakira umwami yesu kristo
Ngaho urabonako bamwe babikinishaga se urabonako atabyivugiye😥😥🙏🙏🙏
Uyu mugabo numuzimu ntacyo yicuza ahubwo arimwo araranga abantu bashobore kumuyoboka atware benshi ahubwo mwirinde Kandi dusenge cyane
Imana idutabare
Vuga undi utari Alice kuko Alice we yarabyivugiye kdi nawe yarabeshyega😊
Ntabwo yabeshye hoshi genda…..
Arise ntiyabesjyaga
Woe uziko yabeshyaga mubeshyuze kk nawe ntamakuru ubifiteho
Uwiteka. IMANA. Igufashe. Uveyo. Mwizina. RyaYesu. Kristo
Ibyo bintu bivemwo au nom de Dieu. Amen
Ndamuzi inyamabuye baramufunga bakamufungura yesuweeee
Ibyo uvuga nukuri,baranamufungaga bugacya bakamubura cg bagasanga ni gisiga
@@charlottenayituriki8228 naringizengo abantu bimuhanga beshi baramuzi
Mwizina rya Yesu yakoze Kristo yamuziritse😂😂 Abakunda Yesu dufatanye kumuha icubahiro
Ezekiel we waretse kubeshya abantu, ko tukuzi ku Ntango wirirwa ubeshya abantu kd turagushyira hanze.
Ahhh harya ababyeyibe ntabazi nonese mwazagiye iwabo mwahita mumenya ukuri yavutse afite imyaka 2😂😂😂😂
Uramuzi se neza ,
Dayimoni ashye 🔥🔥🔥mwizina rya yesu
Mwizina rya yesu w, inazareti Imana igukure mu bantu
Uyo mugabo nukumusukako amazing ahezagiye bihita bimuvamwo
Bivugako sacenda na minuit zijoro yisubirira mukuzimu. Mwumva uyo atari idayimoni yaje kwisi yatumwe kugura ijaneyo abantu? Kuberako abantu bakunda amafaranga niyo abafatirako. Mwabantu mwe nimureke gukunda cyane amafaranga
Ahhhhh mbese,abantu kuki bamamaza,ikuzimu ntibamamaze,ijuru mbese yisanze kw Isi ntahwagiravuka?
Donc izo mbaraga ukoresha nizikuzimu warabisinyiye
Blood of Jesus
Yesu ashimwe yaramushoboye
Dutabare mana we 🙌🙌
Ibi nge nabimenye utaranabivuga .gs simpanura ariko imina izakubohohora uwo mwuka ube umuntu nkatwe.impamvu Uzi ko wavukiye ikuzimu, nuko ababyeyi bawe bagutanzemo igitambo bakigutwita si ukuvugango warazutse.wowe wakuweyo tayali muminsi mike kuko ugira impuhwe zidasanzwe kd ukunda imana nubwo ukorera satani.mwizina ryimana numwana numwuka wera ukurweyo imana ifite impayo yo kukureka ngo ukore ibi nukugirango uzabe umuhamya.gs nkubaze ko uvuze amabanga yabo nusunirayo ntuzahanwa?
Nibyo rwose Yesu yagiye kumuzikira ikuzimu amwambura imfunguzo ubu ntabubasha akidufiteho
Uzarebe uburyo area noguhagarara aba arebanki nzoka yesu yaboshye satani urwanda rufite akazi ubuse ayo madayimoni muri Kubana nayo imana ibarindishe mbaraga zayo 🙏🙏
Mwizina rya Yesu Kristo
Imana izandinde fr ya mpano kbs kuko mbona atari shyashya
Arabeshya azatanga umuntu akunda gute kandivyalisanze jwusi afite im6aka 2 atazi no kuvuga yize he ikinyarwanda?
Tugendana nimizimu basha. None bishe umuzimu ntupfa? Ko muza kwisi kutudurumbanya bazoza babica kuko ntidukeneye kubana nimizimu kwizira rya yezu christu. Amen
ubu abo yahaye amafranga barumva bameze bate?aha musenge cyane dore isi irugarijwe
Babyinjiyemo babishaka, yayabahaye ibi yarabivuze
Yesu wee 😢😢😢
Avuye kunywa Urumogi naho ikuzimu ho arabenshye
Nawe wabibonye
Abazimu bashye mwizina ryayesu
Dorimbogo uramutanze mw,lzina rya yesu kristo ubandi. Turabakwambuye mwizana rya kristo ushobora byose
Abariy amafarang yawe ndazi barinyuma yurupfu to barakurikira dorimbogo fusa kubivuze urimmunzira yokuvayo
Mwizina rya yesu😢😢😢😢
Nduhenimero yuyomugabo
Ikuzimu kwawe nubutubuzi no kunywa inzoga nitabi nubu wasinze mwebwe murabibona gute?
Ibyavuga byose nibyo ariko nigini.uwiteka Imana yampaye iyerekwa rye kuko twari tuziranye ntarakizwa ncuruza akabari namashambure.ariko ntaranakizwa naramutinyaga cyane.nkijijwe naramusengeye mbona amayerekwa ye menshi siwe wenyine hari nabandi benshi cyane bameze nkawe kandi tubana nawe
Uravuga ukuri se
Mana duhe Imbaraga kweli ntivyoroshe uduh kuneshaa
Yego harumuntu wanditseko yaramuzi ,ko yapfuye bakamushyingura yotwaga ngo j.paul amaraso ya Yesu atirengete
Harabo yajyanyeyo😢yajyanye vava nabitubwire neza
Imana idufashe ntuzatuyobye
Mwaragowe
Ndakwemera.
Mwizina rya Yezu kristu akubohore yerekane uwuriwe
Pastor Claude na Vava bariye ayikuzimu hhhhhhh
Barakuvumbuye none ngujya ikuzimu ntiwavugaga ukorera imanara.
Nonese uwo n' Impano y'Imana mbese umaze iminsi atanga frw hhhh ubwo abo yayshaye barihehe mbese amba
Ehhee
Ibyavuga nibyo namubonye amadokumaso
Donc ni wowe wajanye vava mukuzimu arapfa
Sha dorimbogo yajanywe nuwo muntu kl kuri yamafaranga mugume mutora uko mutora amahera ye Niko mugenda muba muri kumibare pe gusa vyose nisawa dukunda amahera cn
Mwizina rya yesu abazimu bashye
Mwizina rya yesu
Mpano yiman azacyizwa mdabibonye p nandacyizwa muzangaye nagiye kumusengera umuriro w lman nukuri anuke umutere kugira intota yagacyiza ho kugira intota yamaraso yabantu
Wowe Thierry aragufunga too amaraso knd 😢😢😢
Karabaye mutabare😳
yamafaranga abayafashe c nabayariye nimudusezereho sha tayari mwagezeyo😂😂😂
Ibyo uvuze narabirose ndakanyagwa😢
arko njyewe nasabye imbaraga bampa squelette 6 nkubitana nazo birangira mvuyeyo nkinyangamugayo kontakintu bampaye😳 Imana yarantabaye wee❤❤🙌🙌🙌🙌
Ibyuvuga nubwo urikutubeshya uri gukorera satani Kandi ahemba nabi
Mureke twamamaze yesu wacu ibindi tubireke
Ikuzimusi urahazi Koko
Unomugabo bazomusengere ibyo bintu bimuvemwo nibyo yariye abiruke bimuvemwo aje muri eta normal abe normal ntazosubire mukuzimu. Kuko ndumva atariwe yarariyo kuva akiri umwana muto wosanga bari baramutanze nawe ariko yisanga yagarutse kwisi bamukoresha. Kandi biragaragara ko atameze neza kubera nibyo biyoga namaraso bamunywesha akama yasubiyeyo akagaruka bakamukoresha. Ahubwo azatubwire ukuntu ajayo. Ngo abanza guta ubwenge akishima hose munyuma akisangayo. Mbega ibintu.
Abamenyeshamakur mwebw gayemw ubwontubonako ari atarumuntu ubundiho?avugako azosubirayo 😢 Mana turwanire intambara siyacu
Myself
Imana umbabarire yesuwe
Uwo musenzi arabeshya
Am in south sudan mpano thanks
MAN URAMUSHIMA KUBERAKO ATANGA AYUBUNTU SE🤣🤣🤣🤣🤣
😂😅😅😂
Urabeshya njiji,
Rata wabibonye nawe? Amaso ye ayahisha caméra 😂ni umubeshyi
Ahhhh Toka shitani
Abazimu bashye kwajinarayesu
Uyu muntu azisunge abanyamasengesho , atangire kwitoza gusenga Imana yamahoro, Yesu amwiteho kugirango amuneshereze kuko yatsinze satani, Kandi akura umuntu mu maboko yumubi satani utwaza abantu igitugu.
Imana niyo iturinda pe ijye iturengera