NABAYE INDUSHYI NKIRI MUTO😢DIVORCE nayikoze ku myaka 24|UMUNSI AMBWIRA ko azanyica nahukanye burundu
HTML-код
- Опубликовано: 1 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
NUMERO YA ALICE: +250 782 060 222
Ihangane mama iyomiruho abagore abenshi igiyekutwica,Gusa Ndumva wagirangi nezaneza twashatse abavukanyi
Ariko Sabin yaragowe! None ibi bintu mubizana kwa Sabin gukoriki? Ese mwagiye mujya kuri RIB? Kumva urumwe rero ntitwamenya ukuri
Uri kukayobe keza ntaco 👍🏽👍🏽
@@ikazetv2192ntabwo yagowe,sabin ntacyo bimubwiye bajye baza bavuge nakarimurori.we biramwungura .bazamwishyura.ari mu kazi
Uburiye umubyizi mu kwe ntako aba atagize mumureke
Abantu twacitse abahungu nkabo batarashyirwa mu mago nimushime Imana🙏🏿
Mwaratomboye pe, ni trauma yibihe byose.
Uhoraho ashimwe ni ukuri ndamushimye nanjye👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏.
Knd abahuye nabo nibakomere, buriya Imana izi impamvu🙏🙏🙏
Nanjye nuko
Abagutera amabuye bakwihorere,Jye nakumvise ijana ku ijana👌👌👌
Mubwire ko umwumva ijana ku rindi
Ndabyumva kurenza undimunu urikwisi ahari
Utamwunva nawe simbimwifurije kuko uyumwana ndamwunva 100/100
Hhhhh Sha ngabire disi ntago abeshya nibyo pe ndamuzi
niba utabikunda ntukabirebe kuko biraruhura kuvuga ibintu bikagusohokamo ni sawa
Uyu mwana yarababaye..ariko azi kubara inkuru.. excellent storyteller
😂😂
Sabin sinkije ndunva babinvugiye byose 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣same here kabisa
Ese ubwo ufite imyaka 24, umwana afite 6, umugabo mwakundanye imyaka 6, ubwo mwatangiye gukundana ufite imyaka 12?
Kujya murukundo ukiri uruhinja nabyo byaguteza ibibazo
Arabeshya ndamuzi afite 28 gusa sabin ajye azana n’abagabo bavugr ibyabo. Kuko ngo uwavuga ibyo inzuki zikora ubuki ntibwaribwa
Pole alice we..umugabo uteye gutyo niyo ntawumuhaye amakuru, arayihimbira mu mutwe we kugira ngo aguhungete gusa . Bene uwo akoza isoni umugore amurenganya . Selfish centered.
Story of my life 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭I went through a lot with a narcissist so called boyfriend abroad and now I celebrate the fact that I’m free, Glory to the Lord 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏 A narcissistic boyfriend /Husband may first come off as charming, loving, and generous. However, they may soon begin to show how self-absorbed, manipulative, and arrogant they can be. This can leave a partner feeling worthless and confused. STAY AWAY FROM THEM THEY ARE EMOTIONAL SERIAL KILLERS 💔💔💔💔💔💔
Umugabo, ukwereka yuko yagukubita, ko yagutuka, akagufuhira mumpamvu zidafashije, uwo uba ugomba kumenya yuko ntacyo yaguhishe, kandi ariko ameze. Umugabo ntabwo agomba kukwigisha uko wifata, kuko muhira muli bakuru. Uramwubaha, nawe aka kw'ubaha.
Very true 😢
Fille - mère (mère célibataire )bitandukanye na femme seule.wowe uri umu maman wirerana umwana ,Benshi barabyitiranya
Mubusanzwe mbona urinzobe rekana nivyobivuta bitazaguhindura nabi.
Alice , Pole kubyakubayeho my Sister , Be Strong ... arko jye ndabona usa n'umubyinyi wa Koffi Olomide DRC witwa Fifi muri Album Cartier Latin murasa peeee ... Abantu barasa ntacyo bapfana ... yewe uyumunsi ndabyemeye ndavivuye 💯👌
Nibuo rwose
Sha ibintu uvuze ndabyumva 100% ndumuhamya wabyo nanjye nabiciyemo,vraiment never give up 💪
Uyumubyeyi ibyavuga nukuri100/100 nanjye umugabo wanjye nuko yarateye yewe no kuri toilet yashakagango ninjyayo mvuge gusa byaragabanutse
Pole Sana ma chr,mu ngo haba byinshi!gsa ndakumva cyanee!!guhora usaba imbabazi mu makosa utako mbizi cyane! abo bantu ntibaba barize😢gusenga niwo muti.
Ego ko abagabo barakabije kwigira inyamanswa
Uyu mwana ariko disi ni umugore mwiza pe nukuri umugabo yaramuhombye sha nanjye naruvuyemo ariko urugo iyo ndutekereje ngira ubwoba
Sha wagirango ava inda imwe nuwange p nange byarananiye mbivuyemo pe.
Arko kucyi abagabo bahurira kucyintu cyokubwira abagoreko ntabwenge bagira
Ntararagiza ikiganiro pe uvuze ukuri amahoro yo mumutima niyo yambere rata chch ndagukunze cyane.yesu azakugirira neza
Alice komera!! abagabo bateye batyo babaho!! kd aho baba hose ntabwo bubaka!! ikindi ubanza baba bifitemo intege nke kuburyo batizera!! so komera rero ushake ubuzima uracyari muto. ikindi njye mbona abanyarwandakazi bakwiye kujya biga kubaho ubuzima bwabo batubakiye ku bagabo!!
Alice wee sha umvugiye ubuzima nuko nabayeho mwana wa mama tuzibere incuti.
Ibaze gukundana imyaka 5 mukananiranwa kumwaka1 ngo nturumugore winzozi ze 🙆♂️wamugabowe Imana izamubaza byinshi. Alice Humura kdi komera ❤
6 months 🤣🤣🤣🤣
Sha ngabire disi ndamuzi yarankundaga pole pe
🙆🙆🙆🙆🙆 hari umugabo umwe nzi wafuhaga agashyiraho maneko kumugore we akajya anaha amafranga umuntu ngo aterete umugore we ngo arebe ko umugore asambana 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
😂egokoo
Egokoo uwo numuzimu pe😂😂
Umuntuse wowe kuberiki utamujyanaga mubuyobozi Kuregera abantu ntakindi bagufasha usibye kuguseka byonyine
Ngabire ndagusuhuje twariganye be strong bebe
Stress zirasaza gusa nyine bene uwo muntu aba arumunyamakosa mubi .gusa iyisi n amakorosi mama mwige kubaho mumakorosi bene uwo muntu agushinja amakosa atarangira ugahorana agahinda n amarira.gusa imbaraga zo kurekura zijya ziba nke mugihe nawe wakunze
None ko nunva umuntu wanje ari nkuwanje weee?!!
Yegoko mana ,uyu mugabo wawe ,neza ameze nkuwo twahoranye 😂😢
Tubwire se uko wabyitwayemo? ko natwe twenda gupfa tukiru bato koko😢
@@JustineMukarutesikiza amagara yawe
Sha Uretse gusa gushaka uko umuhunga ntakindi nabonye wamukorera , kuko ikintu kibi nabonye abo bantu bagira nukugutesha agaciro ugasigara warabaye inzengere nizina ryawe utakiryibuka
@@JustineMukarutesintakindi nabonye wamukorera kuko ikintu gikomeye nabonye bagira nukugutesha agaciro ugasigara warabaye inzengere nizina ryawe utakiryibuka
😂😂😂😂😂 birababaje ariko ukuntu ubivuze ndasetseeee impore
Egoko. Umwanawomuwambere akajyamurukundo. Ariko.harabigabanakuzep kombonase uwanjye Yageze1 Arigatoyawe.ahaaa.
Abo bagabo aba iri impuissant
Icyo nikimenyetso kibaranga
Ntibunva baguhoza kunkeke
Accusations zidashira za buri munsi
Nanjye nigeze kugira umu boyfriend wafuhagga kubi noneho we yambuzaga ninshuti😂 eeeh nahise nukatira kbs
Njyewe ndakumva abagabo bingeso baguha kubi mbese ndumva Ari impanga yabenshi gu komera never give up 💪
2:18 ninkuyu wajye pe mba ndeba bitaxavamo
@@DivineSamwel-jq4wm😂😂😂
@@DivineSamwel-jq4wmhhhhhhh
@@DivineSamwel-jq4wm😂😂😂😂😂 pole sana
@@DivineSamwel-jq4wm: Ihangane ncuti
Gusa icyo nakubwira uzaharanire uburenganzira bwa Vanella,kuko ni uburenganzira bwe,agomba kwiga,kandi akabaho,imiryango nka Haguruka .@,ikwiriye kuvayo ikarengera abantu nkaba Alice n'abandi bakeneye kurenganurwa kuko birakabije pe
Cyakoze ngewe aba bantu banyiterera ubwoba bwo gushaka pe 😂 ubu nzabishobora 😂😂 abantu tukiri single ubu twarumiwe
Sha imana izaguhe umuntu mwiza abagabo benshi bameze nkinyamaswa
Surimo kubyumva nibikubaho ntuzatungurwe
@uwamahoroZawadi-zk3fo njyewe ndubatse uzaze umbaze nituganira cg nituvugana uzifuza umugabo nkuwanjye. Ahubwo ibyo bano bavuga njye numva aribyo nzozi.
Nta makuru ufite ibigabo byiyiminsi 90 %nibinyamaswa😢
Umugabo uhorana amskosa,noneho akaba ari we ukurusha uburakari ugasubira ínyuma ugasaba imbabazi zo kwigura kugirango urebe ko wahumeka ugasinzira.Ugahorana ubuzima bwo kwigura bwuzuyemo ubwoba budashira.Nakumvise Mama.
Nikobigenda abanyamafuti niko bamera bahora bashinja abandi kugirango batabavumbura
Komera ihorere!ubwo utaguyeyo,Imana yakuremye iragukunda, iraguha ubundi buzima bushya ujye usenga uyisabe ibyo ushaka...
Yego Sha Sarah we nanjye Niko nibereyeho kabisa ninjye munya mafuti ninjye udashobotse ninjye ugaragara nabi mu maso ya rubanda sha
Gusa icyo nakubwira uzaharanire uburenganzira bwa Vanella,kuko ni uburenganzira bwe,agomba kwiga,kandi akabaho,imiryango nka Haguruka .@,ikwiriye kuvayo ikarengera abantu nkaba Alice n'abandi bakeneye kurenganurwa kuko birakabije pe
Imana niyo yokuturuhura.
Nanjye umuruho uranyishe nsigaye mbona umugabo wese nk'umwanzi wanjye😭😭😭😭😭 harigihe nsurwa nimyuka mibi yo kwiyahura! Nkibuka ko nzaba mbabaje abana banjye ba2.gusa Imana niyo muhoza.
Ntukiyahure humura Imana irakuzi❤
Oya chr oya oya pe !!! Ntukiyahure kubera umuntu,ikunde kandi wirerere abana nange ukubwira gutyo ibyo bihe nabinyuzemo pe ariko nagerageje kubitsinda kugirango nkomeze kwirerera
Ntuziyahure reka nkurangire umuti nimugoroba namugitondo nujya kuryama unabyutse uzajye uvuga uti sinzapfa ahubwo nzarama ntecyerereze abantu imirimo lmana yankoreye nukuri bizashira ndakurahiye wowe bishyire ❤
Impore mukunzi. Humura uzakomera Kandi uzabaho. Niba wifuza kugira uwo mwaganira uzambwire nzahagutega amatwi. Komera mama.
impore uramenye uge umenya ko bwira bugacya!
50:33 " ngo agukubita umunzane?" Then ugahita useka❗❗❗
Sabin kucyi useka mubintu bidasekeje ? Kandi iri kosa subwambere urikoze...many times you laugh when women describe an act of violence they have endured at the hands of a crazy husband.
Maybe you have a dark humour Sabin.
Hari ukuntu umuntu aseka Kandi atishimye wimutera ibuye
Alice impore mama niko abagabo binyatsi bamera bahora bibombaritse mubantu bakagirango ni abana beza! Nabanye nawe yo gatsindwa❤
Wagize trauma y'iteshamute
Abagabo nkabo babaho baba barwaye urebye neza
Gusa icyo nakubwira uzaharanire uburenganzira bwa Vanella,kuko ni uburenganzira bwe,agomba kwiga,kandi akabaho,imiryango nka Haguruka .@,ikwiriye kuvayo ikarengera abantu nkaba Alice n'abandi bakeneye kurenganurwa kuko birakabije pe
Ihangane muvandimwe Alice Imana ishimwe ko yarokoye ubugingo bwawe uwo mugome ntabukoreho,imbere ni heza,uracyari muto,gukora urabishoboye,abakuzi turabizi,uzatera imbere pe,rera umwana wawe neza umuhe uburere n'ubupfura azaguhoza ayo marira,inshuti zawe tukuri hafi humura
Ahubwo azishakire undi mugabo kuko bizatuma iyo nyamaswa imuvaho cyane cyane ko yamubyariye
@@helenemarierobert8557umugabo we yamaze gukora ubundi bukwe
Uvuze neza, ufite ubumuntu
Ndumiwe unvugiye ibintu gusa njye nabuze iyonjya nemera gupfira abana (abagabo bacuruje caguwa noneho barangura kampala nuko ) sabin nakaguhaye inkuru ariko uwanjye niwe wakwambikaga sinabikira Gusa courage
Ikindi Sabin burya gusenya ni ikintu kugora.Urabanza ukagorsgoza ujya kurekura ari uko byanze Burundu,burya kandi abadamu tugira kwihangana kudasanzwe,umudamu kugirango arekure aba yagerageje inzira zose akabona zirafunze.Ujya kurekura kumunota wanyuma ubona ntayandi mahitamo usigaranye.
Ikibazo nuko utinda aho udakenewe ugakererwa aho ukenewe🤦♂️
Uvuze neza urakoze turihangana bikomeye cyane
Impore Alice ,wagize amahirwe utandukana nuwo muntu yari umu pervers narcissique yari kuzakwca urubozo.Imana iguhe ihumure
Love urself before anyone and save your life.
Umva abagabo bacecetse attention
Wowe ndumva duhuje ibyatubayeho ariko komera kbsa
Turitiranywa,nitwa UFITINGABIRE Alice ❤
Sabin naw ukunda inkuru iyo ahuye nuwuzi kuzibara😂pole Ma ibibera mu ngo birenze ukwemera❤🇧🇮🇺🇲
Yari umu pervers narcissique
ibyo
Ndikubicamo birababaza🤦♀️
Komera sha
Stay strong dear ,ibyo uvuga ni ukuri 💯 abagabo nkaba barahari rwose abadamu benshi babinyuzemo
Twashatse abotwubakana baratunanira , naho abandibo barababonye bababera ibigusha , muzandangire ushoboye
Bibaho!
Ubu ndikwibaza ikintu umugabo wuyu mugore mwiza gutya arigutekereza 😅😅😅😅 abagabo shn. I know them abagabo nkabo
Sha numvise inkuru yawe yose ariko urumugore udasanzwe. komera kandi wihangane. nkunze ko urumukozi kandi wikunda. naho abantu bareke bavuge bazageraho baruhe
kuvuga biraruhura rega nshuti yanjye buriya buri muntu agira uko afashwa kandi iyo bigusohotsemo uraruhuka
Hhhhh kutavugase ukuntu umugabo arara muri phone bukamukeraho kndi mugitondo arakazi ashakamo amakuru yayabura ngo kucyi usiba sms hhhhhhh
Humura ndikumva barabigize ingeso ark nyuma y'ububuzima hari ubundi
Nawe nturi shyashya Reba nkibyo bintu wishushanyije mu mutwe
Komera pe bene uwo arajujubya gutekereza ibijyambere ntibikunde. Araje atangire yicuze utakigarutse.humura young lady Uhoraho azaguhoza.
Sabe nukuri jyubaha umwanya baruhuke koko bizabasha kukotwentitwabonye nayomahirwe ubuturimumahanga turitwa impunzi ntitwemerewe nokuza kubwo umutekano wacu nukuri gutandukana numunu basi akakureka ukabahowe wenye harinababuze ayomahirwe bitwaje ubushobozi bafite ariko basi kujyirango tugumeduhumeka twatandukanye nababyeyi bacu nukuri ntibibabyoroshye gusa imana niyoyonyi izajya Ifasha abamama kwihangana kuko abanubataye Ubuntu 😭😭😭😭
sha ihangane mama ndakumva
sorry my sister, harukuntu urikubisobanura bikansetsa 😂😂😂😂😂😢
Gute
Sabin numbwambere ndangije ikiganiro cyawe sha , ndagikunze cyane ariko , impore mama Imana iradufasha ubuzima bukisunika kora cyane worere umwana ubundi ukorere Imana
Yewe izo raport nanjye Niko bimeze , nta sim marana ukwezi.
Naba nawe wabaye divorce ntiwabaye umupfakazi
Yarwaye gufuha bikabije nuburwayi bwo mumutwe
Mwene abo bagabo ni ba Ntamunoza,ntabwo akuziza ko Uri mubi kuko akenshi anakugenza gutyo Uri na mwiza,ufite Ubwenge,Uzi gukora,nibabandi bambaye ikirezi ntibamenye ko cyera,kandi ni ba Ntamunoza kuko ntacyo wakora ngo ubashimishe.
Yeah nibyo cyane 😢
Uwo mugabo wawe ntiyari yoroshye pe. Apuuu igendere cherie. Uwo yari inyatsi yo kuzagusaza kandi usanga bene abongabo arizo nkozi z'ibibi. Baba baziko amanyanga yabo arinayo yabandi. Uzabaho kandi neza n'ushaka nokongera gushaka uzabikora kuko uracyari muto. Inama ni imwe gusa uzirinde abagabo baza bakubeshyabeshya. Ube serious ukorere cash zawe utuje urere umwana wawe neza.
Pole sana abagabo nkabo babaho pe .
Gusa icyo nakubwira uzaharanire uburenganzira bwa Vanella,kuko ni uburenganzira bwe,agomba kwiga,kandi akabaho,imiryango nka Haguruka .@,ikwiriye kuvayo ikarengera abantu nkaba Alice n'abandi bakeneye kurenganurwa kuko birakabije pe
My story's life😢😢😢😢😢 humura imana ijya yomora inguma igihe gikwiriye
Definitely my story,neza wagirango ni njye
Ese ko numva mwese duhuje koko😢😢😢
Akanu ko kuvuga ko nta mafaranga ibintu byose umubwiye rwose niko pee rwose harabo babihuje
Oh my goodness, how come nobody reports these domestic violence or abuse to police, is it just normal in Rwanda to abuse women? This is disgusting and shameful to the country leadership!!
Good point
Ibyo uvuga nukuri kuzuye komera disi
Abagabo nkabo babaho kweli
Abagabo nkabo bariho kandi ni benshi! Buri gihe biba ari ikosa ryundi muntu ! Wapi ntibasaba nimbabazi. Courage kandi Imana ishimwe ko wamucitse.
Iki kiganiro ncyumvise NIMYOZA kuva gitangiye kugeza kirangiye!!!!!
Maze navuga ngo sinzashaka nzibyarira ngo ninge 😢
😂😂😂😂 oya sha uzashake
Ntutekereze ko ingo zose ari kimwe uzashake unasengere uwo mugiye kubana
Uzabigeraho mama.humura umuntu atanga icyo afite.kandi nawe ubuzima buzakunda uracyari muto bihagije.
Ubanza uwo mugabo wawe ariwe nashaste pe!
Urasa neza cyane 🥰🥰
amazina nkunda turitiranwa ndayakunda
UMUNTU NKUWO BABITA UN NARCISSISTE.
NEZA NEZA MFITE MURAMU WANJYE UMEZE GUTYO ..ARIKO NJYE MBONA ARI UBUGOME.😢😢😢😢
Indushyi isa nawe ubwo wari waramunaniye icecekere uwamuha umwanya akavuga wasanga wari waramurembeje ibyose kubivuga biratumarira iki
Sha nzuburemere bwabyo pore
Manaweee Uyu Mumama ndamuzi cyane Numugabo we numwanawe nuko yahindutse Mama Vanella wee ndumiwe pe gusa koko yatandukanye numugabo Aturuka Mukarere ka Ngoma
None ibyo avuga nibyo?
Gusa icyo nakubwira uzaharanire uburenganzira bwa Vanella,kuko ni uburenganzira bwe,agomba kwiga,kandi akabaho,imiryango nka Haguruka .@,ikwiriye kuvayo ikarengera abantu nkaba Alice n'abandi bakeneye kurenganurwa kuko birakabije pe
Umva nange uwange nuko ameze
Utegereje iki?
@@honolineuwaseI. Bibaho
Mukuru wanjye amaze ukwezi avuye murugorwe umugabo yaramukubitaga akamuniga ubundi aramubwirango niyongera kumukubita azahita amwicirako Umva ahita arisohokera ubu arasinzira kd rwose mugihe babanye cyose ntiyigeze asinzira
Yarakoze kwigendera maze. Sha mugerageze mu mube hafi ntibiba byoroshye.
Maman Vanella (Alice) ibi uvuze ni ukuri ndakuzi ndi umuhamya
Ese komuza kudutera ubwoba 😭😭 gushaka tuzabireke
Oya sha Hari ningo nziza, nuko ababivuga arabo zanze
Humuru
Nibyiza ariko no kubireka nibyiza kurushaho
@@kayiamanda1117agree
Oya chou nukwiga kureba ibimenyetso kare. Akenshi umuntu aba yarabonye utuntu nutindi Ariko umuntu akajya abirenza ingohi umuntu yumva bizahinduka😢 bikomeza rero byanyabyo mubana😢
Senga cyane chr urugo urarusengera nge nakundanye numeze gutyo mpita ndekana nawe
Polesanaa ujye usenga cyanee! Ivyakuvayeho birababaje ariko Yesu niwe waguhumuriza 🙏
My story😢komera nshuti
Humura Imana izagufasha bizagenda nezaa
Gusa warisize peeee
REKANA NA BABILONI
Yooo pol sana ncuti yanje
Ivyobintu ndabizi najewe vyaranshikiye murugo kabisa biragwaza kumutima
Njye yaranize arambwira ngo bene wacu bancukurire metero 2 banagemo nibyo mfite byose babinshyire hejuru,ngo we arahita yijyana kuri police ,ngo nta mutima arwara😂😂
Ego yesuuuuu
Njyewe icyo ntasobanukiwe ni iyo divorce mwavuze yakozwe. Ese divorce ikorwa abantu batarasezeranye? Divorce ni iki? Sinon Alice komera wijyanye kugikoko unamenya ubwenge uragihunga warakoze cyane cyari kuguhotora.
😂😂😂😂akabi gasekwa nk’akeza koko!
Knd yavuze ko bakoze umurenge gusa