IGIKOMERE UMUGABO YANTEYE MU MARASO KIRACYA NTEMBERAMO🥲NGIZE IMYAKA 40 NTAWUNDI NDIZERA🥲NDARUSHYE
HTML-код
- Опубликовано: 7 дек 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Развлечения
Pole sana abagore benshi bafite intimba
Ariko Rose wacu kombona abagore hafi yabose barushye agahinda arikenshii,wazatuzaniye nuwahiriwe nurugo uryohewe murugo rwe nawe akaduha ubuhamya Koko,uziko dusigaye dutinya kuzashaka kubera ibyo twumvana abababyeyi Koko 🙆🙆🙆 nkibaza ubundi we aba arishyashya Koko?bajye bigenzura nabo pe!!!gusa yihangane ntakundi.
Ashwi ntawaza kuko nuryohewe ubu ahorana umutima uhagaze ko bizarangira nabyo bipfuye, au fait ingo biragoye ko wabona uryohewe wo kubyirata kuko ntabazi ibizakurikiraho. Gusa ndabahumuriza rubyiruko mukomere mutegure ingo zanyu kandi muzisengere Imana yonyine niyo ifasha abantu❤
Uzamenyako baba arishyashya warashatse.kuko ntamuntu uri parfect.gusa abagabo harimo ababi pe
Rose ndagukunda nifujenokuguhimpano nubwarintoya narabikubwiy
Agahinda kazica abagore😢😢😢😢 mpore Maman
Twarapfuye twarashize
Biteye ubwoba uziko wagirango abagore bavukiye kubabara, Imana iturengere pe❤
Yoooh Imana igutabare pe
Ihangane kandi usenge Imana imara umubabaro
Rose usa neza❤🥰
Rose,ndagukunda numutima wanjye wose.
Njye uwanjye yasinziriraga kwa nyirakuru kwibaraza bakamwihorera,akambara ibipira bitamukwira,mpita musubirana,kuva ubwo hashize 22 ejo bundi nibwo batangiye kumwikururaho kuko ubu arangije kwiga nta mvune,mpore
Abagabo nyamara babanyarwanda mushatse mwabareka kuko babareze nabi pe ngo numuco
Nukuri njye narumiwe!!!!
Ariko abagore nakwiye kwigishwa indi imyunvire pe!!!
Ubona uzaruha,wareka
Waragezeyo
Ariko se aba maman ko ba babajwe cyane dukore iki
Impore imana irahari
Rose Nishimwe.undi mwaka nkikigihe❤❤❤❤
Agabo bo bo mu rwanda mwisubireho mugira ingeso pe abenshi ntibita kubagore bauxite kandi ni imvune
Disi inkuru yawe niyanjye birasa kandi mfite maman nabavandimwe we
Ohhh,uri umunyagikongoro!!biranshimishije nange ndi uwaho. Twabayeho presque ubuzima bumwe ariko jye sinabibonaga ko ari ubuzima bubi.nanubu kuri jye ni histoire nziza y'ubuzima bwange.aho nari ntuye guhinga,kuragira inka,guca icyarire,imvura kukunyagira byari ibintu normal.
Nanjye nakuriye muri ubwo buzima ariko sinigeze mbona ko ari ukugorwa.
Kuri jyewe byari ubufasha ababyeyi banjye
@@jeannekamuhanda7926 jye narinzi ko guhinga no korora ari byiza kandi nanubu mbibuna gucyo. Ntanuwigeze ambwira ngo mbikore kuko abantu benshi nibyo bakoraga.nagombaga gukora nkabandi.
Mwabonye inzira yo kubeshya ngo mubone amafaranga mutaruhiye murasebya Urwanda mwabagoremwe ni mwisubireho
Courage rose wacu
Harinundi twanganye ntamuntu igirizina arumwe.
Harinundi twanganye ntamuntu igirizina arumwe.
Impore 💖
Nyamara arababaye reka two kumutera amabuye ahubwo tumufashe nkuko abisabye duteranye tumushakire nka 2M ashake icyo akora naho aba murakoze.
Icyos igihano ningaruka zokury akatagabuye ihangane nako warihanganye
Ariko ko mutavuga defo zanyu muba muri bamarayika ko mutavuga ibibi byanyu abagore muri neza gusa ahubwo mukunda gusabiriza
"ntabwo yandirimbiriraga c urabaruta"?😏😂😂😂 cyaze ukuntu ubivuze bisa naho baguteye iseseme peee🤨 Icyonziko Rose ukwicaye imbere n'abandi nkawe babyumvishe kd tuzirimo duhise tubitekerezaho🤣🤣🤣🤣🤣
Uyu mumama ikosa ryambere yako nuko yijishuye umwana ukowaba umeze kose ntiwaribufate umwana ngo umushyire x kand ubiziko atabitaho.iyumusingira uwomucyecuru mbere numuhese ngo anjyekurwara bwacyi munjyemureka rwose tuvunjyishe ukuri njyendumva kuba umwana yaranjyiye kuba guryo nawe wabinjyizemo uruhare rwose kand am sorry.
Ese ubundi bigenda gute kugirango umuntu wumubyeyi atandukane numwana we yibyariye ngo ni ubuzima bubi ?! Ese ibigutunze kuki bitatunga nuwo wabyaye ? Ubu nubugwari rwose nkuyu uwampuza nawe namubaza amagambo abiri cg atatu gusa ! Umwana wanjye ngo ndamusize ? Keretse ntakiriho
@@turibamweali8661 sibyo se Sha bumvako kuzakuri camera batubwireko bataye abana bakanjya umunjyi bya dutera kumwumv kand ntazi ko tuba tubagaya njye sinjya nemeranya nabo iyowabyaye ugomba gukora ibishobok byose ukamwitaho kk iyo tunjyiy kubazan kwisi sibaba babidutumye. Rero umumama situbyumv cyimwe wap wap gutaye umwana unjyiy numunjyii mmmmh ushobore Kub mutazi uko avuna.
Umusozi utaraturaho uzawuvuge gacye
Umuntu wese ajyira ihwa rimuhanda
🤔🤔🤔🤔
0788985482 Ushaka kumuvugisha
Maman Kevine duhe numéro yawe
Mureke gutwenga uyu myeyi imana izomugirira neza bosebabireba
ko utavuga uko waryamanaga na shobuja aho wakoraga muri kabuhunde yarakugize nkumugore we kutavuga se ko uwo mwabyaranye yamaze gutandukana numugore we ukamugira mubapfumu ngo agushake ariko akabyanga ufite defon jya utuza
😂😂😂😂 uramuzi kweri cg urumuvugizi wabagabo bananiranye.
@@uwasesifa7563 ndamuzi cyane
Harya ubwo databuja twaryamanaga uhari abapfumu c ho twarahahuriye
@@user-nx4gc2sr6jmaze kumenya amateka yawe mpise ndeka kukumva nanga umugore uryamana numugabo wabandi noneho sebuja we Sha bizakugaruke puuuu
Ni ubuzima.....
Ntimugasonge umuntu burya avuga ababaye !!!
Uyu Mubyeyi nakomere kdi yihangane ubuzima buzakomeza!!!
Naho ibyo bindi byo na we ni umuntu !!!
Iriya ngobyi igira umunyenga wicayemo uvuye kurhuka njye nayigiyemo bwa mbere biranzunura ariko rimwe mbyarira ku nzira nanze kuyigendamo maze kubyara nti mumpeke da .byari umunyenga dore umunyenga abami baryaga umunyenya ngicyo icyo nzi kurugendo rwu urubyaro mu ngobyi uvuye kubyara ndabikwifurije ni umunyenga. Ibyo guhinga byo abanyarwanda benshi nibyo babamo nta gikuba .