Umugore Yantanye Abana Barindwi | Ubu Nirirwa Mpetse izi Mpanga Yaramaze Kubyara : ARATURIJIJE
HTML-код
- Опубликовано: 5 мар 2023
- Twasuye wamugabo wirirwa ahetse umwana wimyaka 7, Mu kiganiro kirambuye na Afrimax TV yatubwiye agahinda yahuye nako nyuma yuko umugore we amusigiye aba bana wenyine, ndetse akagenda ntakintu avuze
#Kumufasha_0782732944
Hamagara 0782732944 niba haricyo wamufasha ibaruye kuri Byago
Yesu we ufite icyigeragezo peee gusa sha munjye mwihangana byibuze mubyare umwe cyangwa babiri kuko ubuzima bwo mwisi bwarakakaye bagabo namwe bagore mumenye ubwenge mubyare bake please
Gusa birababaje cyane ariko ntamugore wasiga abana gutya ntampamvu
Nyamara banyarwanda mujye mwitondera gutanga'Amafaranga yanyu mutazi ukuri, nubwo kumenya ukuri kwibintu nkibi bibabigoye.ndagira ngo mbibutse ko hateye abateka mutwe muburyo butandukanye.gushishoza biba byiza.
Murakoze.
Mana ,uyu mugore uzamuburize amahoro aho Ari.
Yoooo Imana izi byose!! Ko we mutamushyiriyeho giving life???
Nta habi Imana itakura umuntu,gsa wa mugabo we uri mu ishuri utegetswe kuryiga neza ukarirangiza.Nyagasani akoreshe abantu be bagire icyo bagufasha🙏ihangane kdi ukomere ,abo bana bazakugarura mu buzima bwiza.
Disi ni satani waginduye gahunda, abagore nibo yateje guta ingo, no guta abana bato, byo twari tumenyereye kubagabo.
Ariko babyeyi bataye abana ntibibabereye rwose, mugaruke, mwikwicisha abana agahinda, ntacyasimbura MAMAN 😭😭
Ese mwebwe iyo mudutanye abana dutuza tukabarera. Kuki mwebwe bibananira tudahari😂😂😂ubwo wasanga warumaze kumubyimbaho none yarabikweretse,ariko pole basi😢😢
muzaze mbahe inkuru yuwantanye icumi kandi barakuze
Ubundi ibisazwe iyo umugore amaze kubyara agira ibisa na psychological problem agahinda gakabije nimutekerereza idasanzwe iyo wabyaye impanga byo biba akarusho iyo utabonye umuntu ibizi ngo akubehafi biba ikibazo gikomeye so wasanga nawe ariko byamugendekeye niba ntakindikibazo mwarimufitenye
Umva ntubeshye pe nanjye nabyaye impanga3 arko mbanumva ngeraho nkiheba cyane pe
Mbega 😭 birababajepe ubuse uyumudamu Aho Ari arasinzira yarisigiye abana beza gutya?Imana izakuregere wamugabowe
Imana izahana uwo mudamu nukuntu abandi twabuze abana we arabata kandi iyo anywera kugikombe cyokubabura yari kurira
Uwo ni umurundikazi koko? Ko batazi guta abana ?
Mugemwihangana komubadutana twebwetukanarera mugemwumvako abagore dufitumumaro😂❤
Imana irahari bambi bizagendabeza
ISO akwanka akwitwa Izina ribi pe!uwo muvyeyi yakwise iryo zina yaraguhemukiye,Afrimax yumusaba i foto yuwo muhemu wumugore ukamutwereka,wosanga tunabana ino i Burundi yiyorobeka mubantu kd ari umugome
Ababyeyi turakwiye kujaturita amazina abana tuzinico asigura buriy haramazina wita umwana akamukurikirana ibaz nkuyumugabo ngo byago nyabyago ngibyo byaramukirikirany so Imana imutabare🧎🧎🧎🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Unvugiye Ibintu pee,Ahubwo uyu mu papa azashake Ukuntu yahinduza irizina
Papa pole Sana abagore biyimitsi nikobameze gusa azinshuza icyonakubwirako nuko Aho Ari adatuje kubera abobana yagutanye afimax tv kuba uyivugiyeho haricyo bizahiNdura mubuzima bushaliriye urimo humura imana irikumwe nawe
Arikose wasabye ibyokurya byabana ukarekeraho , nugira amahirwe mubiryo harasagura. none wowe, igishoro nkagira icyo nkora , inzu yokubamo itari ubukode , kwishurira abana amashuri . Iyo usabye byishi wisibira naduke warikubona.
NGO witwa byago yewe so ntakwanga akwita nabi.pole kabisa ariko uwo mudamu wijishuye ibibondo IMANA izamuburize amahoro aho yagiye
Ihangane,umugore utaye abana banganac gutya ubona yuzuye,ubu c arasinzira ahari mbegaaaaa isiiiiii
Abana 7 mana tabara uwo mugore ntazagaruka déjà afite ikibazo ntabwo wata izi mpinja uri muzima yesuuuu
Imana irihanga numvantafise iconovuga niyizi impamvu
Nta mugore uhagiruka mu bana be bangana batya ntakibazo afitanye n,umugabo gikomeye waba nawe warabigizemo uruhare ubu umaze kumenya agaciro k,umugore wawe
Mana yanjye uziko Ari bunyamanswa gusa tujye tugira umutima utabariza abababaye nabari mukaga kdi na leta injye ushyireho akayo, kweri niba twimirije imbere ubumwe ndetse nindangaciro zisanzwe zituranga ukaba urumuyobozi wagiricyufasha Uno mugabo ukamubona mu muhanda nimpinja mwaba mukwiye carte rouge kbs
Mwabantumwe mungo habamo byinshi uyumugore simushyigikiye ariko ntago umugore yata abana gutyogusa nuyumugabo sishyashya
Apuuu,vyotuma ata impinja ??n'ubugome gusa. Azavyicuza
Ubwo woe wojugunya abana bafite amazi 4?????
Reka reka yarahemutse peee guta impanga??? Umugabo naho yobagito ntiyata abana bimpanga bizamukoraho peee
Ntacyatuma utinyuka guta impinja kuko burya twemera byose bibi kubera abana
Niyo umugabo yakwanga ntiwabitura abana
Yooooo Yesu we birababaj nukur 😭
Ariko koko harubwo batubwira kubyara abo dushoboye kurera tukigira nabi, uyu mugabo ku myaka afite n'ubushobozi, mubigaragara izombyaro ninyimshi ninkaho umugore yaranarushye kubyara.
Umugabo wintwari kbsa. Abo bana bazakubere abumugisha nukuri kuko ububutwari ntibusanzwe
Uyumugabo arikwishakira umugati mwimucira urubanza umugorewe kuva yabyara yibera mubitaro C H K baranahuza cyane ubwo harimpamvu .... Cg neko arimubikomeye byokurera
Abana wenyine uyumugabo anasura kenshi umugorewe
Yooo Ibaze nukuri pe Gusa namumama wapha gusiga abana bangana kuriya namamvu anabikoze yaba afite ikibazo cyo mumutwe
Yewe wee Umubyeyi we yamugeretseho umuvumo utabaho pe.
Nubwo umugabo yo mpemukira ntabwo noheba abana banje umugore nuwabana nogenda njanye abana banje
Yew man nihatari komeza kwihangan kuko iman irababon aboban bazakura maze
Arikose Mana umugore gito abagabo barabona koko ihangane nukuri
Uwo mugabo akomeze yihangane nkuko yabitangiye kurera abana biwe ntacyike intege kuko harera imana ikindi nacyo jewe ndi umurundi mumpe amazina yu mugore wiwe ni ntara avamo yo muburundi ni foto yiwe jewe bishobotse no mushakisha nkamubona murakoze
Hhh Sha abagore turi amadayimoni kweri..imyaka 15..ugata abana nimpinja...sha imana izakwishyura
Sh nigake umugore atabana sinzumutim aho yawukuye uwo
Sh nigake umugore atabana sinzumutim aho yawukuye uwo
Cyangwa waramwishe. None urikuyobya uburari bagufate ahubwo
Wihangane tooo
Yesu.weee!!?? Tabara uyumugabo.nundi.wese ufite umutima utabara.mushyireho Numero ye
😭😭😭😭😭!!ihangane
imana izamuhana ntabumuntu agira nagato
Yirirwa abyara nk'urukwavu yarangiza ngo ba mufashe twe x ntituzi kubyara
Mujye mubyara bake mushoboye kurera mwanjiji mwe
Yeg disi njya mubona mu mujyi disi😥
Ashobora kuba yaragize problem pysicologique kubera kubrara
Niko bimeze
Ariko se iyo urebera no kuri zankuru zo muri Kenya,ukatubwira aho uwo mugabo aherereye wowe munyamakuru?Uyu mugabo arababaje cyakora
Pore sana😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Pore sana abagabo bahuranibibazo abagore bigaramiye
yoo pere
Ariko ali umugore wamuhata kubajana mukazi.
Papa ihangane mana korigikorwa
Mbega umubyeyi gito ,ndababaye sinzi niba asinzira pe
Wowe c abana nawe wabise ngwiki?
Abagabo bimfura babaho pe
Aturuka i Burundi amagana he?
Umugore ntambabazi agira
Jya ureka ku byara nk'imbeba,uraturaga x
Ahubwo bazakore iperereza wasanga ! Umuntu iwabo bataribazi iyo yashakiyese ahaaa ibyubu wabwirwa niki ko yagiye. Basigaye babishyingurira.
Ariko harinikindi gitangazamakuru namubonyeho.bagirana ikiganiro ariko bitunguranye .kuko uwomunyamakuru yaramusanze kumuhanda arimo ashakisha uwamufasha afite abobana
Yooomasikini mpore 😭😭😭
Mama wabana azagaruka humura
Iwabo se ntuhazi?Ariko muge mushaka abantu b"imiryango muzi
Iove
Byago yakwise nabi pe
Umukecuru ubyaye 7 Ata abana gutyo! Ni u busazi
Muduhe ifoto yuwo mugore tumubone nimba abiburundi
Umwanumwe.abarere.azanarasiyo
Haaaaa uyusumugore nibiri hanze nagaruke arere abana
Sinshimishijwe nuko yataye abana arumugore ark abagabo namwe muri babi,barere nyine mwebwe ko mugenda mukabadutana
Hoya rwose uko umugore yabara nabana siko we yabitaho
@@twitekubanatv2020 yego ye sitwe twaremewe kubabara ,nabagabo bijye bibageraho
Guhunda yokuboneza nayo irakenewe
Nukwihangana
Oolala?Ihangane pe njye mfite imashini 2 zogosha nzaziguha pe urebe ko watangira gukora
Wasanga yarasaze akiruka
Hahhhh
Rata ntabwo uyu mugore ari muzima, ahubwo bazabaze iwabo, wasanga yirirwa yiruka mumuhanda namwe muri kumurenganya
Nkiyo ajyana abobana c?
Mana we uyumugore ubu ahari araryama agasinzira Mana tabara
Uyu mugabo ni umugabo
Uwomugabo
Uwo mudamu ashobora kuba yararwa mumutwe , cangwa ukaba waramudwaje mumutwe . Ngo ntiwamukubitaga ariko gukubita niryokosa gusa? Nokubyarana numuntu gatanu utaragera iwabo utanahazi nabyo nibikosa biremeye Murebe umumaro w'umugore, ubundi abagabo beshi bavugako ntamumaro bagira, wenda nawe warabimubwiraga , yashatse kukwereka icyo amaze.
Sorry kbs wihanganep
Mushyire number ye hano
Bazakura abana bavuka mu mugambi w'Imana.ubu nibo bazaba batanga ibihamya mumyaka irimbere
Yoo ihagan birababajq
Kabeho rero ububweyi nubwo.
Ngo yarumurundi koko??? Abarundi iyomico KO ntayo tugira koko yeweee birababaje peeee
Muri iy'isi hari abafite ubumuntu nababutaye. Nubwo utaba muribo ariko kuri iy'isi twese turatandukanye.
Murabeshya kdi sibyiza
Abeshye iki?
Sukubesha. Nubu hariho uwonzi yabataye muri iyindwi bafise umwaka Kandi nimpanga. Yabatay kwa inabukwe kuko umugabo atari hafi,
Ni basenge batewe n imyuka mibi
Cyane rxosr sibo 😭😭
Nabandanyakazi
Can we get wife side too
ubu c ninde wajya kurera abana 7 Koko Imana imurengere pe
Oya uwo mudamu ntakwije mumutwe ntabindi mwumva meze neza
Birateyikigongwe muzoduhifoto yuwomugore
Nhhhh
Uwomuvyeyi nikijuku umuntu asiga abana bangana uku koko yarafite namahirwe harimo abari bamaze gukura bajyeze igihe cyokumufasha uturimo 😂
Umugabo wintwari kbsa. Abo bana bazakubere abumugisha nukuri kuko ububutwari ntibusanzwe
Ariko se uyu gore uta abana bangana gutya nimuzima koko.wamugore we ugira ubwenge ko!!aba bana uzababwira nguki.iso ntakwanga akwita nabi koko.gusa ababishobora twamufasha nibura ziriya mpanga zikabona amata
Iove