NI NJYE WIYIRUKANIYE UMUGABO🤭MU MYAKA INE TWABANYE AMEZI ANE GUSA😭YANYISHE MPAGAZE
HTML-код
- Опубликовано: 18 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
0782840562 Ushaka kuvugisha Clarisse
Yooo ndakumva rwose nshuti umugabo nashatse yarameze nkuwo nagira icyo mbwira akambwira ngo njye noroshya ibintu
Ko witaka cyane😂😂, gusa agahinda kawe ndakumvira mu misokoro😢😢😢😢😢😢
Papa King wabahanuriye akanabasezeranya ngo akoze agashya Ni umutubuzi karundura, ndabona yarabateye umwaku, urugo rugakasirwa😢😢😢😢😢😢!!!!
Komera mama wahuye ni kinyoma. Uri muto Kandi Imana izakubakira gusa ntuzinve Ibyo abandi bamubwira uzavugane n Imana yawe. Hari abanyamadini babeshya ko navuganye n'Imana nyamara babeshya
Ni benshi bivugisha bakabeshyera Imana mu madini.
Komera mama uri mwiza cyane buriya wansanga rwari urugo rw'ishuri lmana izongera ikubakire urugo rwiza cyane ntuzave ku Mana ntuzayivange ngo wicire inzira
Urakoze cyane kunkomeza imana iguhe umujyisha
@@IHANGANE_TV Ameeeen
Va mubugoryi ngumukozi wimana baba bavuganye numugabo wawe harabiyita abakozi bimana batekimitwe baho umureke izombabazi mugirira abagabo ntazobabafitiye namba.
Bagore mukanure mube maso, aba materialist bambere ni abagabo ba kino gihe
Wihangane. Uracari muto ntucike intege uzosubira wiyubake, witeze imbere. Uzoronka umutware mukwiranye. Imana izokuja imbere
Nshuti yanjye warababaye cyane Ariko ndagukomeje nanjye narakomeye
Ibi ibintu byose wanyuzemo nanjye nibyo nanyuzemo Bigeze aho arahaguruka arigendera
Ansiga mubibazo ansigira amadeni ansigira Umwana ukeneye ubuzima birangora Ariko ndakomera Maze ndakomeza twari tumaranye imyaka 23
Yesu aromora
Urakoze cyane kunkomeza byobyo yesu aromora
Ababyeyi bashuka abana bubatse ingo bagakora babahereza basahura urugo ntabwo aribyiza pe cyaneko rimwe na rimwe abobahungu babo ntabwo baba bazigukora pe babona harakantu gato bakoze bagatangira kubajya mumatwi ngomukore ibi nibyobicyenewe kurenza ibyurugo rwawe babyeyi mwisubireho rwose pe kuko ibyobintu bisenya ingo pe.komera Maman warababaye cyane bikomeye ariko nakunzeko wizeye Yesu kwazakomora humura wizeye umugabo ukomeye
Muvandi ihangane ibikomere biravirirana imitima yabagore imwe yaraboze ,gusa humura Imana izatwomora buri kintu kigira iherezo humura ,ni mma BENISSA KOMERA HUMURA
Gusezerana yabikoze ngo agufatishe neza neza, umwizere ko ari umugabo wawe agukunda kandi iyo stratégie yarakoze.
Uguhanuriye.akakubesha.niwewakugiriyenabi kuko yabesheye imana kuko iyoimana ivuze ntiyivuguruza ahubwo uwomumuhanuzi yaravangiwe uzmwirinde name uzirinde gukoraikintu uhubutse
Ariko se Imana irashyingira bwacya igasenya?
Twagiye dukura Imana mu mafuti yacu koko.ibyakubayeho ntawe bitageraho ariko kuzana Imana ngo niyo yabahuje sinjya mbyumva rwose
Ndakwinginze wowe unyuze aha ima kanda kw foto ube umaye ibizanunga imisi sigaje kw isi lmana ihe umugisha wowe ubikoze 🤲🏿😢❤️❤️❤️❤️🫂🙏
Nawe ahantu hose urakabij kora ibyiza bizizan cg uduhamagarir kuza kureb ibiganir byawe
Kanyiguhe gs jyusab abantu kureb ibyawe naho gukora sub ntaz nibyo unyuzah nikibaz
Rose 🌹 plz pinninga ikiganiro cyabo cyambere turebe sibyo turakuramo isomo
Sinari kwemera ko agaruka atanyanditse kubyangombwa by'ayo mazu yubatse. Wabaye injiji kandi yari yarakumenye.
Komela chane mubyeyi Ariko mukugarukakwe kibayarakwanditse kwayo mazu ndakunva abagoletunyuramuribyinchi nanje ntashakaga ngomenye ibyiwe ari agahokavugangi simuhamafaranga kandi diha inzu nawe akariha ariko ntanyurwa
Ariko mutesi jolie yaravuze ati harinyanazimbwa bamuteramabuye, ubu c nkuyumugabo yariko Koko?😏😏😏🤔🤔
Komera kandi komeza wihangane wahabaye umugabo, umva ntiwirenganye ntacyo wahindura ku umugabo udashaka gufata inshingano, ikigaragara He doesn’t care about anything! Ashobora kuba arwaye! Imana igukomeze😘
Urakoze kunkomeza imana iguhe umujyisha Kandi
Nawe imana ikwambike imbaraga wikomereze urujyendo
Pole ndakumva cyane pe kd nukuri ukomere nibyatwese sibyo
Arikose abagabo bubu komwigize utubwa koko?kuzgaruka kuri taget yokurya udufaranga twumugore.
Abenshi niko basigaye bameze pe,bakaba abatware mu maguru gusa,ahandi ari nk'ababebe mu rugo.
Ndakunva.mama.najewe.vyaruko.navuye.inyuma.inzatwubakira.mama.ihagane
Ubugoryi buzaze ryari se sha?
Ikinejeje ni uko wabyakiriye umeze neza urimo kuvuga ukomeye rwose kdi useka. Uri mwiza uri mutoya uzabona undi mwiza kdi ukwifuza
Komera wihangane ,ariko rero rwose twese tugenda tuvugako RI chr chch riko iyo tugezeyo birahinduka nukuri bisaba nkwihangana kndi bagore mumenyeko murikigihe mugomba gukora kugirango mwubake ,naho ibyo guteta tubireke maze ntwubake ,ntago wajya gusaba akazi ahobubaka nguzane guteta Uba ugomba gukorera boss neza ,mureke twihangane ntwubake rwose
Ariko se uyu mugabo yari yuzuye mu mutwe? Cyangwa yari umugome?
Muduhe linked yikindikiganiro cya clarise nukuri
Komera wihangane imana izabane nawe mururwo rugendo urimo rwo kuba wenyine kd wari usanganwe umukunzi
uwo mugabo ni mama's boy😂😂😂
Muransetsa cyane pe ,hari ibyo uri kuvuga byo kwihimbaza cyane kd SI byiza SI nubuhamya.tanga ubuhamya uzigisha ubutaha aricyo cyakuzanye,ubwo umugabo wawe niwe ufite amakuru.ubu rero igihe cyari kitaragera cyo kuza kubivuga.kuko mutana mukisubiraho.tegereza Imana nta rusaku kuko niba wemera ko Imana ibizi jya uyitegereza wihanganye
Uri mwiza uritonda uracyari muto ntucike intege imbere ni heza
Urakoze cyaneee imana ikumpere umujyisha
Ariko Ayo mazu bazayagurisha mugabane none c ntimwasrzeranye ivangamutungo cyangwa yayanditse Kuri nyina?
Uracyari muto.Humura wirira uzabona umugabo muzi.Kandi uzakwibagiza uwo nguwo.
Yooo urakoze cyane
Ihangane uzabona umugabo ukwubaka humura natwe ntitworohewe
Ariko inshuro ya kabili agaruka ajya he?uramubwira uti wahisemo hama kwa maman nawe ukarera ugasinzira
Abagore nimwe mukunda kujya kuvuga nibyo ariko mujye mwibukako haribyo muba mwagizemo uruhare abagore biba amafaranga boherza iwabo nabi barhari kandi ntituvuga kandi byarangira ntibanubahe abagagabo nibyinshi gusta Niko twicecekera
Uri gichérie❤
Yoooooo mana urakoze cyane
Yoooooo mana urakoze cyane
Jew ndakumva cane. Urashima imana ko yagiye ataratangura kukwiba na ration . Haraho wimenya Muri vyose akagera naho akwiba utwo wogaburiy abana. Agafaranga akakiba, stoke akwiba🤔aha hanze Hari ubwoko bwabantu bubi
Yooo nimukomere
Ariko mana yanje nongeye kwumva undi mugabo avuga ngo kora ariko umfate nkaho ntabaho.hahahahaaaa
Ese ubwo yajyaga iwabo akavuga ko aje gukora iki ?
Ihangane disi
Rwose ababantu ntabwo bakundanye ahubwo buri wese yari afite tageti ashaka kuwundi uyu mumaman twaraturanye ndamuzi
Umva mbonye inkuru yanjye kbs
Hhhhhhhhh polesana
Pole sana haracyari ibyiringiro
Komera tuza usenge Uwiteka azagushumbushe ukire ayo marira. Saba gutandukana atazagaruka kugusaba umbabazi mugihe azakora uwo wundi nkibyo yagukoze akakugarukira akaza gutwara nibindi wagezeho yaragiye.
😂
Jya ugumana umutima wawe rata !!!!
Ati mutware😅
Nanjye birimo kunsetsa ukuntu
Ihangane bibaho ibyakubayeho nange byambayeho nkivagusezerana
Yooooo ihangane
Imana niyonshuti nziza imana yamahoro ikumpere hafi
@@IHANGANE_TV pole si urwumwe
Yewe ufite inkuru yanjye nda kurahiye
Yooooo komera
@@IHANGANE_TVa
A
Nanjye umugabo wanjye ya subiye iwabo! Amezi 7 ararangiye😭😭😭 buriya umugabo usubira iwabo nta kibazo abafite?
Yoooo pore mama
Imana iguhe amahoro yo mumutima
Rekana niyo mbwebwe
Va kumbwa
Yewe tumaranye 3ans ntabwo rwagize umugisha wo kubona urubyaro! None yarantaye ajya Kwa mama we niho ateretera ngo ashaka gutera inda. Kdi njyewe nawe nta numwe basanganye ikibazo. Kwa muganga. None isi yaranyose ajyenda ansebywa ngo sibyara kdi twabanye njyewe mfite umwana. Nibibazo gusa beneda.
Ngo uramusabira umugishano kubaka rukaguma? Ubwose bivuye ku mutima kweli? Jyewe sinamugirira nabi ariko nta n'icyiza namwifuriza kabisa, nta buryarya
Hariho abantu bameze gutyo biha amahor birenze njye iyo umpemukiy ndagusib mubuzima bwanjye SI nakwifurix ikibi SI nanakuryary ngo baho neza😅😅
Tanga ubuhamya inama ziraza nyuma😅