Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Asanteni sana Afande
icyikiganiro kiranyubaka cyane gituma ndushaho kwiga amateka yigihugu cyanjye nkarushaho kugikunda .
Mutubwirire ministery y'uburezi ikemure ikibazo cyo gutinza scholarships, kuko tujya kwiga University twarabyibagiwe,murakoze
Ama discours ya Nyakubahwa aranyubaka peee ❤️🇷🇼❤️
Muzehe wacu ndagukunda kuri iryo jambo uburenganzira bwa muntu bwa 1 ni ukubaho
Jye nibaza uyumugabo najya muzabukuru.ukotuxasigara nkunv biranyobeye neza neza
Uri President ukunda Ijyihugucye kandi uharanira iterambere ryacyo uko bishoboka kose udasize n'ubumwe bw'abene Jyihugu turagushyijyikiye. ARIKO BURYA MUNYAMBO HABAMO INYAMIBWA (UMU GENERAL WAYOBOYE URUGAMBA RWO GUHAGARIKA JENOSIDE KANDI AKABIJYERAHO NI UMWIHARIKO WAWE) JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI NI UKURI KW'AMATEKA YU RWANDA.
ntawundi uzatwubakira igihugu cyacu uretse twebwe ubwacu nkabanyarwanda ! agaciro turagafite tukubake turwanye uwariwewese wadusenyera igihugu .
tugomba kuba abo turibo twirinda ba gashakabuhake kuko ntacyiza batwifuriza ko twageraho
Asanteni sana Afande
icyikiganiro kiranyubaka cyane gituma ndushaho kwiga amateka yigihugu cyanjye nkarushaho kugikunda .
Mutubwirire ministery y'uburezi ikemure ikibazo cyo gutinza scholarships, kuko tujya kwiga University twarabyibagiwe,murakoze
Ama discours ya Nyakubahwa aranyubaka peee ❤️🇷🇼❤️
Muzehe wacu ndagukunda kuri iryo jambo uburenganzira bwa muntu bwa 1 ni ukubaho
Jye nibaza uyumugabo najya muzabukuru.ukotuxasigara nkunv biranyobeye neza neza
Uri President ukunda Ijyihugucye kandi uharanira iterambere ryacyo uko bishoboka kose udasize n'ubumwe bw'abene Jyihugu turagushyijyikiye. ARIKO BURYA MUNYAMBO HABAMO INYAMIBWA (UMU GENERAL WAYOBOYE URUGAMBA RWO GUHAGARIKA JENOSIDE KANDI AKABIJYERAHO NI UMWIHARIKO WAWE) JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI NI UKURI KW'AMATEKA YU RWANDA.
ntawundi uzatwubakira igihugu cyacu uretse twebwe ubwacu nkabanyarwanda ! agaciro turagafite tukubake turwanye uwariwewese wadusenyera igihugu
.
tugomba kuba abo turibo twirinda ba gashakabuhake kuko ntacyiza batwifuriza ko twageraho