Mama Sava ndishimye pe uriya mugabo nabonaga Atari genuine authentic for you. Jyewe ndishimye n' ubwo waba ubabaye ariko Imana ishimwe. Kandi ni byiza ko mubihagaritse mama Sava ukeneye umugabo ukijijwe nawe ukeneye kumaramaza gukizwa. Imana iragukunda Mama Sava
Akantu ko kugura ikintu udakeneye ari ukugira ngo wemeze niko kishe abanyarwanda! Ikintu kimwe nzi kuri uyu mudamu n’uko ubona ari umuhanga! Annali, nugafata uzajye muri University sha! It’s never too late!
Nigeze kunenga titre yo kwa Yago yavuga ngo mama Sava azananye nuwo bazabana iteka ryose j rero ukuntu urukundo rwabo barushize hanze cane nari nabinenze
Mama Sava ndakwishimiye kwisimbi narinziko utakongera kugaruka kubera kuntu wavuze nabi Sabin ariko kukubona wagarutse ndishimye kuko ndagukunda kwisimbi ni murugo na ndimbati naza tuzamwakira
NUMERO YA MAMA SAVA: +250 781 251 266
Bite
Kuryama nibyaburiwese ariko kubyuka nubuntu bw’Imana izina ryuwiteka rihimbazwe 🙏🙏🙏🙏
Ntabwo bandika uwiteka n'inyuguti nto.
Jya wandika Uwiteka, utangije inyuguti nkuru.
Amenaaaaa
Kubaha Imana nibwo bwenge kdi kuva mubyaha niko kujijuka,mureke tubanze dushake ibyo gukiranuka ibindi byose tuzabyongererwa
Cyanee rwose
Nduwambere mundemere kutu like abakunda Mama Sava gonga like hasha plz🙏
Wantanze sha nibaziguhe
@@imanikuzwegoreth3583 nibandemer kbs
@@iranzizouzouzuriathiranzi8588 ¹
Ntabwo umugabo aguca inyuma kubera ibyo wakoze. Umugabo aguca inyuma kubera uwo ariwe. Iyo afite ingeso nkizo aguca inyuma ntanicyo wakoze nta nicyabaye. Hari nundi utatinyuka kuguca inyuma mumaze umwaka mutabonana ( biterwa nuwo ariwe)
Ubu se Koko uwo mwatandukanye mbere ubu nturimo gutuma abona nubundi ntacyo yahombye? reka kuvuga uburyo uzubaka urugo rwa kabiri nurubona, ahubwo uzavuge uko urwubatse warugezemo.harya ubwo usibye kubeshya, umuntu warebye ibyo wari umazemo iminsi nakiriya kigabo azaza kugushaka ngo ujye kumubera mutima w'urugo ? kora cyane wigire ibindi ubireke,n'imivugire yawe igaragaza ubwenge ufite.icyo ukeneye nikigabo cyikigoryi ukuraho amafaranga nta rugo wakubaka.
Ndagukunda rata Nido♥️ never give up mamy 🙏💪💪💪💪
Komera mama Sava, byabaye Ku bantu benshi. Abagore tufite imbaraga itangaje.❤❤
Wow! I like your mindset ❤such strong woman. We need to have people like you. Is a blessing. Hearing you from malawi
Mama Sava hejuru cyanee Sabin wakozecyane kutugarurira uyumubyeyi💗
guyz, gutandukana na boyfriend ikibitera suko umuntu yashyize undi in public,,, kko nabatabashyira ku karubanda nabo baratandukana.
Nkunda ko uhora wishimye kdi ukina neza cyane!
Irerere abana ariko ubundi! Ubundi ibyo kongera gushaka,bigendemo gahoro,bizaza igihe kigeze!
Mama Sava ndishimye pe uriya mugabo nabonaga Atari genuine authentic for you. Jyewe ndishimye n' ubwo waba ubabaye ariko Imana ishimwe. Kandi ni byiza ko mubihagaritse mama Sava ukeneye umugabo ukijijwe nawe ukeneye kumaramaza gukizwa. Imana iragukunda Mama Sava
Sha mama sava sinshimye Imana ko watandukanye nuwo wakundaga ariko byari ngombwa kuko nubwo uriya mugabo ntarimuzi ariko umudamu we narimuzi maze kumva inkuru yabo najyize amatsiko yo gukurikira ibiganiro byanyu ariko nshimye Imana itajya ibura iko ibijyenza yatanze impamvu ituma mutandukana kuko nujyirirwa Ubuntu bwo kumenya ko uwo mukundana yarafite urugo jya wirinda umuvumo uturuka kumarira yumuryago yarataye nukuri Nshimye uwiteka kubwicyo yakoze kandi humura nyuma Yuko igisubizo ntacyo kiza habanza ibisa nigisubizo humura isaha yawe izashyika tu ukomeze wirinde ikibi nigisa nacyo
Ndagukunda mama sava
Nijyeze kubwira umugore wuriya mugabo ngo ntazababare ntacyo watwaye ark kucyi abagabo abenshi bameze nkababandi Miss jolly yavuze binyana
Kuki utabonak uw mugore ariw mubi ntiyarazi agaciro ke reka rero Nido akamwihere ww akazi
Nubundi n'inyana
@@edithkatihabwa2600 uti agaciro ke?hhhhh yewe ntako
💚💚❤❤ be blessed girl
Be blessed
She's the smart and beautiful lady of Rwanda, mama sava , simple and naturel lady. Bravo
Yego Mama Sava abakomeye bacu ntacyo batumariye ariko byabaye byiza kuko twize kubaho tutabishingikirijehooooo
Bless you mugore mwiza courage courage rwana mpaka mama
Reka nkugirinama mukobwa mwiza nako mugore mwiza ubutaha nubona undi mukunzi uzabigire ibanga kugeza ubwo uzatuzanire ubutumire habura ibyumweru bibiri ngo ubukwe bube.
Bariyanika bagakavya pe .nkibibona naciye akarongo kobitazavamwo.
Ubundi nibyo byagakwiye kuko nuburi mukanwa burakoroka uyo numucani wabarundi
Iyo ninama
Mama sava uraberewe peah ❤❤❤❤
Ohhhhhh…..Nido waratandukanye koko??? Ndababaye rwose
Ihangane Imana izagushumbusha.
It's so fantastically 🙏🙏
Hum
Iyo Uwiteka atari we wubaka inzu, abubatsi bose baba baruhira ubusa. Zaburi 127:1
Mama sava I like u confidence
Wow uri intwari cyanee mama.sava I LOVE YOU ❤
mm sava hejuru cava
Mama Sava aseka neza!!!
God conversation
N'umukinnyi w'umuhanga 👏👏👏
Narinarabivuzeko it will end in I tears 😢 uzi imishyo mwarimufite ! Wagirango muba mutaziko nuwo ataye baba barakudanye.!
😂😂😂😂😂😂
Hhhhhhhhhhhhh
😀😀😀😀
Ngo azongera yubake ma,ngo kandi uwo bazubakana ntabwo bazatandukana nkabambere😊
@@fifi6737 aha nukwiheha imisuzi ngwaraneye
Komera mama Sava, ukina neza firime rwose pe !
Mama sava disi nagukundaga ark ndushijeho kugukunda kandi cyaneeeee ufite ubwenge kuburyo haribyinshi kwigiyeho gusa aho wavuye naho ugeze nukubera lmana ujye uhora uyishima kuko itekereza ibyo twe tutaratekereza kd abantu bavuga umuntu batamuzi nabo bitekerezeho gs lmana ijye ikomeza iguhe imbaraga ni migisha muribyose ukora ndakwikundanira mama jyahora wishimye ❤
Good gestionary kabisa. Dufite 200 , tugire gute ??? , bravo
Imana izaguhe urugo rwiza rata chérie, courage bambe
Maman sava ❤️❤️❤️
Ntago lmana yiyeranja cher kuko irashoboye kuko ifite byose kd ndagukunda lmana iguhindurire amateka yubuzima
Imana n nziza abachou❤
Byari ugutwika
Narabibabwiye hakiri kare maman ça va yarabonye agafaranga kiwe kuko urya mu type ntiyarazwi ubu arazwi.ukomereze Aho mama sava
Birambabaje ibye na Alpha narinziko bikomeje,ubuse business mwakoranaga byaraheze mukomere cyane Mm Sava ndagukunda.
Maman Sava, ndagukunda cyaaaaane
Uri intwari, uvugisha ukuri,nukuri humu
ra uzagira ubuzima bwiza.Jyewe mba
hanze y'uRwanda,ariko nza mu
Rwanda kenshi,rero iyo mpfite nk'ubu
kwe nzataha, nkajya muri saloon,
mbere yo kuntunganiriza inzara,bamba
za akazi nkora aho mba.Rero twebwe
hano dukora ubuzi bwose bubonetse.
Kuko ibyo kurimba buri munsi,twebwe
ntitubigira, ahubwo tuba tureba ko za
Compte zitambaye ubusa. Wowe iko
mereze imigambi yawe,yo gukora aka
zi kose kakwinjiriza,uko angana kwose
Courage ma soeur❤
Nta mubyeyi udakunda abana be mama Sava. Abenshi babura uko bagira bakagaragara nkaho babanga
Courage mama sava , nda kigoyigoyi kiri muwe uri umugore mwiza . Nibyo dushaka , apana kigoyigoyi , maboko mumapandaro. 👌
Love you
Mbaye uwa mbere mumpe likes baa dii… Isimbi TV hejuru cyn 🔥
Ni kweli mama sava ,umugabo si inyama ya gonko . Cyangwa PHARMACIE
❤❤
Iki bajou mama sa va🥰🇧🇮🇧🇮🇧🇮
M cava ndagukunda bimvuye kumutima💕💕💕💕 none mubyeyi ko nkunda frime zinyarwanda nkaba mfite nimpano nanyurahe ngo mbigereho ndakwinginz mubyeyi
Sha mamasava ndagukunda ariko narinanditse message ahandi ariko harijambo nkunze uvuze ahokugira ngo usenye mwarashakanye mwatandukana mutarabana munzu
Kabisa Mama sava yakoze umunwa 😂💝uri icyana cyiza rwose
As single Mother, courage Mama Sava,komeza urwane urugamba rw'ubuzima!
Imiryango ntacyo yafasha cyane,baca umugani ngo mwene nyoko nabyara ubyare!
Igumire kwibera uwa Papa sava😀
❤❤❤❤
Abanyarwa da/kazi benci bagendana high pressure koko
Uwiteka akugirire neza.Ndagukunda
Akantu ko kugura ikintu udakeneye ari ukugira ngo wemeze niko kishe abanyarwanda! Ikintu kimwe nzi kuri uyu mudamu n’uko ubona ari umuhanga! Annali, nugafata uzajye muri University sha! It’s never too late!
Nigeze kunenga titre yo kwa Yago yavuga ngo mama Sava azananye nuwo bazabana iteka ryose j rero ukuntu urukundo rwabo barushize hanze cane nari nabinenze
She's humoristic, manifestly a strong lady with highy caracter. Stable lady
Lovu Nido
Mama sava izo ndahiro uzitondere kuko ushobora kwizera abagabo Atari neza ushobora kubayishakira ibindi bitari urukundo cunga sana
Ntabwo Imana ikora arrangement
Ahubwo irashobiye bityo ntabwo ikeneye arrangement.
Erega yakunaniza shahu ntamakuru ufite wakora igishobika cyose ariko umuntu akakunaniza
bontravay❤❤❤❤❤❤
Courage
Uwiteka iyo atari we wubaka inzu, Abayubaka baba baruhira ubusa. Uwiteka iyo atari we urinda umudugudu, Umurinzi abera maso ubusa. Cabugufi ushake Imana nubwenge bwabo Kuko imyaka yubukure siyo yakubakira ngo uhirwe
Gs wagakwiye kwitonda murukundo kuko niba warasenye wagakwiye Kuba warakuze ntuzane ibyinkundo kukarubanda
Nubwishongore bwinshi ahubwo 😏
Mbandeba arigishwi !!!!
Nukuri nigishwwiiiiiii kigendera kbs. Jye nagize amahirwe yo guhura nawe gusa aziko arumu star wa danger
@@bellabella4854 ayiweeeee, byabiganiro byimipira Isa namapantalo asaa
Nkabana ba primary
@@bellabella4854 oooooo ubworero nawe harabakuvuga babona urinjiji tuza pe
Welcome back kw'Isimbi Maman Ça va.
Mama Sava ndakwishimiye kwisimbi narinziko utakongera kugaruka kubera kuntu wavuze nabi Sabin ariko kukubona wagarutse ndishimye kuko ndagukunda kwisimbi ni murugo na ndimbati naza tuzamwakira
Kbsa
Yamuvuze nabi ryari? Hari habaye iki?
Aje gushaka abagabo 😜😜😜😜😜😜
Yari yaramwijunditse ngo kubera Ndimbati wigihomora none aje kumumwariraho😭
Oya kabisa sabin nawe yarakabije ntawashimye inyifato yukurondera inyungu yumurengera agize uwo ataye muvyago,Ariko Imana ikora nk,Imana imigambi yayo itandukanye niy,abantu ,ntaco mvuze ndimubababajwe nivyo yakoreye umuntu wacu ndimbati
Mama Sava Ndagushaka mugikari tuganire
Ntukiyemere sha umwana wumuntu arakomeye ntamuntu wanga icyo yabyaye cyereka utagira ubwenge
Sha mama ca va uvuzukuri urugo ruraryoha
Urasobanutse mama Cava haraho ungejeje ibyiza birimbere
Uri capable mama sava
Wikwiyemera Sis,rwakunanira se ntirwakunanira! Jya wicecekera,mwana! Uzabibare ubibonye!
Mama sava wibesha ni bya mbere Mama sava déconne ari HS . Les conflits, les tensions c'est à vie mubiriya byachu ngo URUKUNDO
Ubwonibwo buzima ndigucamo mama Sava nanjye nuko mbamurugo Kwa mama ariko very soon burazagukemuja
oya mujye mureka ingo z'abandi ,gute ujya gukundana n'umugabo ubizi ko yubatse kd ubizi ko impapuro za divorce atazifite mu ntoki,!rwose ikintu wumva kitakubaho ntukagikorere abandi✍Na wa wundi mperutse kubona ngo wabyaye 3 ,yarasenye urugo rw'abandi azabona
Njye umuntu ushaka yatwaye umugabo w'abandi mba mbona aciriritse pe!!kuki bahitamo ibyakoreshejwe n'abandi?
Ntamunu ujyana umugabo kukosumwana kaharabatajyenda ubworero ndumva ntamamvu
@@niyonsabasarah7586 Niko ubyumva but one day uzabyumva.
Umva iyo wubatse urabyumva cyane kuko kubaka biravuna
@@christineumuziranenge3118 nibyo bimuryohera buriya
Hhhhhh ok .
SHA MAMAN CAVA UBU URAGIRA NGO ABAGORE BOSE BASENYE NIKO BANANIWE GUKORA INSHINGANO ZABO??? UNGALI MTOTO TU
Ihorere mama sava ingo ni muzunguruka ntawubaka ashaka gusenya irene Abbas bakurikiye ikintu into kitagihari bararuta
❤❤❤
Uri umwana mwiza gusa.tukiga Gasogi nabwo nuko warumeze ntiwahindutse Imana ikumpere ubuzima buzima
Sha isi yatumaze idukaranga.
Urahaze
Episode irakomeje
Byihore mama sava njye na maze amazi 2 arimukaru gusa imbeshahoooo gusa ndashima Imana aho geze
Ndakugunda pe
Imana izabigufashemo rwose
Mwaretse kwamamaza ibi biraya koko
Oohh warabiguze se disi none wibutse ibibi byagukoreye urakomereka?sorry
😅😅😅😂😂😂😂🎉
Cyakoze aba star mwaragowe
Komera cyane rata ntanka yacitse amabere ❤❤❤❤❤❤
Iyo châpeau irasa nkazazindi bambika abakwe bakuru mu bukwe
😅😅
Kdi ubu yarimbye😂
😂😂😂😂😂 agiye gusaba no gukwa
😂😂😂😂 , mana, sabin ni hatari kabisa
Je narabibonaga KO Alpha afite akantu muriwe tuuu,nabonaga KO umukunda kurusha uko agukunda,gusa wihangane bibaho tu.
Sabe uwo muntu wihebye nijye pe harubuzima umunt abamo bikanga pe uwazampa ikiganiro cyawe pe
Gabanya nuriya wamushimagizaga
Mama sava uza subira Burundi- Bujumbura- ngagara gwari ??? Ndagara na z mikeke ziriho kabisa kabisa
Wow I like her mindset🤍🥺