Mama Sava ndishimye pe uriya mugabo nabonaga Atari genuine authentic for you. Jyewe ndishimye n' ubwo waba ubabaye ariko Imana ishimwe. Kandi ni byiza ko mubihagaritse mama Sava ukeneye umugabo ukijijwe nawe ukeneye kumaramaza gukizwa. Imana iragukunda Mama Sava
Mama Sava ndakwishimiye kwisimbi narinziko utakongera kugaruka kubera kuntu wavuze nabi Sabin ariko kukubona wagarutse ndishimye kuko ndagukunda kwisimbi ni murugo na ndimbati naza tuzamwakira
Akantu ko kugura ikintu udakeneye ari ukugira ngo wemeze niko kishe abanyarwanda! Ikintu kimwe nzi kuri uyu mudamu n’uko ubona ari umuhanga! Annali, nugafata uzajye muri University sha! It’s never too late!
Nigeze kunenga titre yo kwa Yago yavuga ngo mama Sava azananye nuwo bazabana iteka ryose j rero ukuntu urukundo rwabo barushize hanze cane nari nabinenze
NUMERO YA MAMA SAVA: +250 781 251 266
Bite
Kuryama nibyaburiwese ariko kubyuka nubuntu bw’Imana izina ryuwiteka rihimbazwe 🙏🙏🙏🙏
Ntabwo bandika uwiteka n'inyuguti nto.
Jya wandika Uwiteka, utangije inyuguti nkuru.
Amenaaaaa
Kubaha Imana nibwo bwenge kdi kuva mubyaha niko kujijuka,mureke tubanze dushake ibyo gukiranuka ibindi byose tuzabyongererwa
Cyanee rwose
Ubu se Koko uwo mwatandukanye mbere ubu nturimo gutuma abona nubundi ntacyo yahombye? reka kuvuga uburyo uzubaka urugo rwa kabiri nurubona, ahubwo uzavuge uko urwubatse warugezemo.harya ubwo usibye kubeshya, umuntu warebye ibyo wari umazemo iminsi nakiriya kigabo azaza kugushaka ngo ujye kumubera mutima w'urugo ? kora cyane wigire ibindi ubireke,n'imivugire yawe igaragaza ubwenge ufite.icyo ukeneye nikigabo cyikigoryi ukuraho amafaranga nta rugo wakubaka.
Sha mama sava sinshimye Imana ko watandukanye nuwo wakundaga ariko byari ngombwa kuko nubwo uriya mugabo ntarimuzi ariko umudamu we narimuzi maze kumva inkuru yabo najyize amatsiko yo gukurikira ibiganiro byanyu ariko nshimye Imana itajya ibura iko ibijyenza yatanze impamvu ituma mutandukana kuko nujyirirwa Ubuntu bwo kumenya ko uwo mukundana yarafite urugo jya wirinda umuvumo uturuka kumarira yumuryago yarataye nukuri Nshimye uwiteka kubwicyo yakoze kandi humura nyuma Yuko igisubizo ntacyo kiza habanza ibisa nigisubizo humura isaha yawe izashyika tu ukomeze wirinde ikibi nigisa nacyo
Mama Sava ndishimye pe uriya mugabo nabonaga Atari genuine authentic for you. Jyewe ndishimye n' ubwo waba ubabaye ariko Imana ishimwe. Kandi ni byiza ko mubihagaritse mama Sava ukeneye umugabo ukijijwe nawe ukeneye kumaramaza gukizwa. Imana iragukunda Mama Sava
Ntabwo umugabo aguca inyuma kubera ibyo wakoze. Umugabo aguca inyuma kubera uwo ariwe. Iyo afite ingeso nkizo aguca inyuma ntanicyo wakoze nta nicyabaye. Hari nundi utatinyuka kuguca inyuma mumaze umwaka mutabonana ( biterwa nuwo ariwe)
Nijyeze kubwira umugore wuriya mugabo ngo ntazababare ntacyo watwaye ark kucyi abagabo abenshi bameze nkababandi Miss jolly yavuze binyana
Kuki utabonak uw mugore ariw mubi ntiyarazi agaciro ke reka rero Nido akamwihere ww akazi
Nubundi n'inyana
@@edithkatihabwa2600 uti agaciro ke?hhhhh yewe ntako
Nkunda ko uhora wishimye kdi ukina neza cyane!
Irerere abana ariko ubundi! Ubundi ibyo kongera gushaka,bigendemo gahoro,bizaza igihe kigeze!
Komera mama Sava, byabaye Ku bantu benshi. Abagore tufite imbaraga itangaje.❤❤
Ndagukunda rata Nido♥️ never give up mamy 🙏💪💪💪💪
guyz, gutandukana na boyfriend ikibitera suko umuntu yashyize undi in public,,, kko nabatabashyira ku karubanda nabo baratandukana.
Yego Mama Sava abakomeye bacu ntacyo batumariye ariko byabaye byiza kuko twize kubaho tutabishingikirijehooooo
Mama Sava hejuru cyanee Sabin wakozecyane kutugarurira uyumubyeyi💗
Birambabaje ibye na Alpha narinziko bikomeje,ubuse business mwakoranaga byaraheze mukomere cyane Mm Sava ndagukunda.
Maman Sava, ndagukunda cyaaaaane
Uri intwari, uvugisha ukuri,nukuri humu
ra uzagira ubuzima bwiza.Jyewe mba
hanze y'uRwanda,ariko nza mu
Rwanda kenshi,rero iyo mpfite nk'ubu
kwe nzataha, nkajya muri saloon,
mbere yo kuntunganiriza inzara,bamba
za akazi nkora aho mba.Rero twebwe
hano dukora ubuzi bwose bubonetse.
Kuko ibyo kurimba buri munsi,twebwe
ntitubigira, ahubwo tuba tureba ko za
Compte zitambaye ubusa. Wowe iko
mereze imigambi yawe,yo gukora aka
zi kose kakwinjiriza,uko angana kwose
Courage ma soeur❤
Reka nkugirinama mukobwa mwiza nako mugore mwiza ubutaha nubona undi mukunzi uzabigire ibanga kugeza ubwo uzatuzanire ubutumire habura ibyumweru bibiri ngo ubukwe bube.
Bariyanika bagakavya pe .nkibibona naciye akarongo kobitazavamwo.
Ubundi nibyo byagakwiye kuko nuburi mukanwa burakoroka uyo numucani wabarundi
Iyo ninama
Sha mamasava ndagukunda ariko narinanditse message ahandi ariko harijambo nkunze uvuze ahokugira ngo usenye mwarashakanye mwatandukana mutarabana munzu
Narinarabivuzeko it will end in I tears 😢 uzi imishyo mwarimufite ! Wagirango muba mutaziko nuwo ataye baba barakudanye.!
😂😂😂😂😂😂
Hhhhhhhhhhhhh
😀😀😀😀
Ngo azongera yubake ma,ngo kandi uwo bazubakana ntabwo bazatandukana nkabambere😊
@@fifi6737 aha nukwiheha imisuzi ngwaraneye
Iyo Uwiteka atari we wubaka inzu, abubatsi bose baba baruhira ubusa. Zaburi 127:1
oya mujye mureka ingo z'abandi ,gute ujya gukundana n'umugabo ubizi ko yubatse kd ubizi ko impapuro za divorce atazifite mu ntoki,!rwose ikintu wumva kitakubaho ntukagikorere abandi✍Na wa wundi mperutse kubona ngo wabyaye 3 ,yarasenye urugo rw'abandi azabona
Njye umuntu ushaka yatwaye umugabo w'abandi mba mbona aciriritse pe!!kuki bahitamo ibyakoreshejwe n'abandi?
Ntamunu ujyana umugabo kukosumwana kaharabatajyenda ubworero ndumva ntamamvu
@@niyonsabasarah7586 Niko ubyumva but one day uzabyumva.
Umva iyo wubatse urabyumva cyane kuko kubaka biravuna
@@christineumuziranenge3118 nibyo bimuryohera buriya
Nduwambere mundemere kutu like abakunda Mama Sava gonga like hasha plz🙏
Wantanze sha nibaziguhe
@@imanikuzwegoreth3583 nibandemer kbs
@@iranzizouzouzuriathiranzi8588 ¹
She's the smart and beautiful lady of Rwanda, mama sava , simple and naturel lady. Bravo
Mama Sava ndakwishimiye kwisimbi narinziko utakongera kugaruka kubera kuntu wavuze nabi Sabin ariko kukubona wagarutse ndishimye kuko ndagukunda kwisimbi ni murugo na ndimbati naza tuzamwakira
Kbsa
Yamuvuze nabi ryari? Hari habaye iki?
Aje gushaka abagabo 😜😜😜😜😜😜
Yari yaramwijunditse ngo kubera Ndimbati wigihomora none aje kumumwariraho😭
Oya kabisa sabin nawe yarakabije ntawashimye inyifato yukurondera inyungu yumurengera agize uwo ataye muvyago,Ariko Imana ikora nk,Imana imigambi yayo itandukanye niy,abantu ,ntaco mvuze ndimubababajwe nivyo yakoreye umuntu wacu ndimbati
Nta mubyeyi udakunda abana be mama Sava. Abenshi babura uko bagira bakagaragara nkaho babanga
Akantu ko kugura ikintu udakeneye ari ukugira ngo wemeze niko kishe abanyarwanda! Ikintu kimwe nzi kuri uyu mudamu n’uko ubona ari umuhanga! Annali, nugafata uzajye muri University sha! It’s never too late!
Wow! I like your mindset ❤such strong woman. We need to have people like you. Is a blessing. Hearing you from malawi
Byari ugutwika
Narabibabwiye hakiri kare maman ça va yarabonye agafaranga kiwe kuko urya mu type ntiyarazwi ubu arazwi.ukomereze Aho mama sava
Cyakoze ndumiwe nonec waje kutubwira iki??? Mwagiye mumenyubwwnge no kwigirira ibanga
Iki nicyasama cyaho
Ww bitakugiriy umumaro harih abo bifitiye umumaro tuza
Ihorere mama sava ingo ni muzunguruka ntawubaka ashaka gusenya irene Abbas bakurikiye ikintu into kitagihari bararuta
Gs wagakwiye kwitonda murukundo kuko niba warasenye wagakwiye Kuba warakuze ntuzane ibyinkundo kukarubanda
Nubwishongore bwinshi ahubwo 😏
Mbandeba arigishwi !!!!
Nukuri nigishwwiiiiiii kigendera kbs. Jye nagize amahirwe yo guhura nawe gusa aziko arumu star wa danger
@@bellabella4854 ayiweeeee, byabiganiro byimipira Isa namapantalo asaa
Nkabana ba primary
@@bellabella4854 oooooo ubworero nawe harabakuvuga babona urinjiji tuza pe
Mama sava disi nagukundaga ark ndushijeho kugukunda kandi cyaneeeee ufite ubwenge kuburyo haribyinshi kwigiyeho gusa aho wavuye naho ugeze nukubera lmana ujye uhora uyishima kuko itekereza ibyo twe tutaratekereza kd abantu bavuga umuntu batamuzi nabo bitekerezeho gs lmana ijye ikomeza iguhe imbaraga ni migisha muribyose ukora ndakwikundanira mama jyahora wishimye ❤
Aha ntabwo numvikana na Mama Sava. Koko mushatse kuvuga ko umukene, umuntu ukora ntahirwe n'amafaranga, ntabwo yubahwa?
None se ubwo nk umuntu muba mwubashye cg ni amafaranga? Gira ngo umuntu uwo ariwe wese akwiriye kubahwa. Agomba guhabwa agaciro kuko ari umuntu mbere y'ibyo atunze. Kuko uwo mukire muvuga mwubaha, sibyo. Ubwo mwubaha ubwo bukire bwe.
Sha isi yose niko yubatse iyo ugaragara nkukenye urasuzugurwa tu 😢
Sh nawe tekereza kubantu muziranye urebe ko hari umukene Uzi wubashywe, siko byagakwiye kugenda pe ariko Niko isi imeze, Niko abantu duteye.
@@horandiseliliane3911 💯
Uvuze neza abantu Bose bakwiye kubahwa UK bari
Yego rata umucyire biba bimureba nubucyire bwe hari abantu bahura numuntu ukumva bamuhamagaye boss nkanjye nkibaza ngo boss Kwa nini
Good gestionary kabisa. Dufite 200 , tugire gute ??? , bravo
Erega yakunaniza shahu ntamakuru ufite wakora igishobika cyose ariko umuntu akakunaniza
Sabin uyu mu mama avuze ukuri akazi kanjye ngafata nka zahabu pe kdi nako murugo ntago ariko muri office kdi namashuri ndayafite nkorere abanyamahanga tumarabye 6 years arko usibye kubaka nkuruhushya wenda nanjyanye umwana kwa muganga cg indi mpamvu ifatika yatuma nsiba kunjya kukazi nkubwije ukuri muriyo myaka yose sindakererwa kukazi numunsi 1 uko niko kuri baca umugani ngo aho gukina nakazi uzakine numushahara. Nibyo ngenderaho buri munsi
Ibyo ndabikunze mureke gusenya ingo zabandi njye rwose byari byaranambabaje Alpha muzi akorera irusizi nagende asubirane numugore we
Ni kweli mama sava ,umugabo si inyama ya gonko . Cyangwa PHARMACIE
Ntago lmana yiyeranja cher kuko irashoboye kuko ifite byose kd ndagukunda lmana iguhindurire amateka yubuzima
Ese ubu aba bagore bazaretse gushaka ko MBA mbona bahinduranya abagabo nkuhindura imyenda.Wagirango bari muri amour scolaire.
Biterwa ni mpanvu sher ahubwo musenge nuhagaze yirinde atagwa ibihe ni bibi
Ntabwo Imana ikora arrangement
Ahubwo irashobiye bityo ntabwo ikeneye arrangement.
Mama sava izo ndahiro uzitondere kuko ushobora kwizera abagabo Atari neza ushobora kubayishakira ibindi bitari urukundo cunga sana
Nta mezi 3 arashira uvuze ngo umugabo ntiyagucika, ngo abagore batwarwa abagabo aba ari indangare. Ntabwo twabyibagiwe 😊
😂😂😂😂😂😂😂ururimi rurihuta
Uwutaraburorwa agirango yabunya,yabwituma.yarahaze.
Mbegaa😆😆😆😆😆😆😆inzika
@@lolitaimena9782 🤣🤣🤣abantu bazi kubika inzika pe
Yarabivuze??Kuko uwa mbere batatandukanye!!Gusa n'ubundi umugabo cg umugore usiga uwo bashakanye,basezeranye,bqbyaranye,akenshi ntaba ari shyashya pe!!Wowe se wamushobora kuko uwa mbere uba umurusha iki?
As single Mother, courage Mama Sava,komeza urwane urugamba rw'ubuzima!
Imiryango ntacyo yafasha cyane,baca umugani ngo mwene nyoko nabyara ubyare!
Mama sava wibesha ni bya mbere Mama sava déconne ari HS . Les conflits, les tensions c'est à vie mubiriya byachu ngo URUKUNDO
Iyo châpeau irasa nkazazindi bambika abakwe bakuru mu bukwe
😅😅
Kdi ubu yarimbye😂
😂😂😂😂😂 agiye gusaba no gukwa
SHA MAMAN CAVA UBU URAGIRA NGO ABAGORE BOSE BASENYE NIKO BANANIWE GUKORA INSHINGANO ZABO??? UNGALI MTOTO TU
Courage mama sava , nda kigoyigoyi kiri muwe uri umugore mwiza . Nibyo dushaka , apana kigoyigoyi , maboko mumapandaro. 👌
Ntukiyemere sha umwana wumuntu arakomeye ntamuntu wanga icyo yabyaye cyereka utagira ubwenge
Erega bano bagore babaye ibihomora ntibajyishaka kubaha no kubaka bijyize inzererezi mumuhanda ngo wazatungwa n'abagabo batajyira ubwenjye
Uvuze ubusa kdi uvuze ibyo utazi uranatukanye.banza umenye ubwenge ari wowe
ibintu byokuzajya batangaza inkuru zurukundo zabo kumbugankoranyambaga sibyz ejo ugasanga batandukanye kdi bazi neza ko bafite abana baba barimo kureba ikiganirocyabo
Aba se ko bakuyeho,bakunda amafranga yamaviews kuruta kugira agaciro
Hummmm ariko se ubundi ningombwa ngo babizana aha rero ,Isi irikoreye kabisa .akabaye kose nukuzana kukarubanda😢
Maman sava uzobona uwundi kndi ntuzsubire Kimuvuga uzobigire ibanga ndamwikundira maze
@@niragiradiegomane9559 none se natabitangaza azabona uko yishongora nkuko yabikoze kuruyu gute?oya nawe reka azabitangaze😂
Byihore mama sava njye na maze amazi 2 arimukaru gusa imbeshahoooo gusa ndashima Imana aho geze
Je narabibonaga KO Alpha afite akantu muriwe tuuu,nabonaga KO umukunda kurusha uko agukunda,gusa wihangane bibaho tu.
Ndagukunda mama sava
Mama sava , quel est la différence entre umukunzi na umugabo wawe ? Ubifasiriye vizuri diiiii apana mu mutwe gusa ? Concrètement mu ubuzima
Maman Sava ko umengo affaire Ndimbati yari yarabateranije na Sabin, ni vyiza ko ugarutse waratoye ubwenge usanga na Ndimbati azoza.
Nange numiwe peee yari yaramwijunditse none arigaruye🤭😀Sabin rwose afite igiti umuntu wese umwijunditse Cg akamutikurira birangira nubundi yigaruye👌kdi rwose Sabin byose aba abizi
@@mereal7243 arabihorera bakagenda bamutuka maze ntabasubize bahura akabasuhuza bakavaho bakabonako baruhiye ubusa bakagaruka😃
@@mereal7243 Sabin ni umugabo kbsa,ibintu arabyihorera igihe cyikisobanurira😃😃
Iki bajou mama sa va🥰🇧🇮🇧🇮🇧🇮
M cava ndagukunda bimvuye kumutima💕💕💕💕 none mubyeyi ko nkunda frime zinyarwanda nkaba mfite nimpano nanyurahe ngo mbigereho ndakwinginz mubyeyi
Mbaye uwa mbere mumpe likes baa dii… Isimbi TV hejuru cyn 🔥
Mama sava uza subira Burundi- Bujumbura- ngagara gwari ??? Ndagara na z mikeke ziriho kabisa kabisa
Mama Sava aseka neza!!!
Abanyarwa da/kazi benci bagendana high pressure koko
Uwiteka iyo atari we wubaka inzu, Abayubaka baba baruhira ubusa. Uwiteka iyo atari we urinda umudugudu, Umurinzi abera maso ubusa. Cabugufi ushake Imana nubwenge bwabo Kuko imyaka yubukure siyo yakubakira ngo uhirwe
Wikwiyemera Sis,rwakunanira se ntirwakunanira! Jya wicecekera,mwana! Uzabibare ubibonye!
Mama Sava Ndagushaka mugikari tuganire
@ahubwo amateka ari kumugore yasenya agasubira kurondera uwobari barashakanye nibwo bu star nemera kumugore!
She's humoristic, manifestly a strong lady with highy caracter. Stable lady
Mwaretse kwamamaza ibi biraya koko
Oohh warabiguze se disi none wibutse ibibi byagukoreye urakomereka?sorry
😅😅😅😂😂😂😂🎉
Ubwonibwo buzima ndigucamo mama Sava nanjye nuko mbamurugo Kwa mama ariko very soon burazagukemuja
Ntamuntu wubaka agamije gusenya nugusenga Imana niyo imenya imitima nimigirire yabantu
Mama sava uraberewe peah ❤❤❤❤
Ufite ubugoryi kubinjyanye ningo shuti njya wivugira Ibindi naho ibyingo ndumva ntacyo uzi urashaka kuzubaka kubera uburyo abandi bubatse uzarusariramo Ahubwo wowe ibyingo bireke chry biharire banyirabyo wowe ntacyo uzi rera abana bawe naho ibyingo ubireke ntabyo uzi peeee
Imana izaguhe urugo rwiza rata chérie, courage bambe
Urasobanutse mama Cava haraho ungejeje ibyiza birimbere
Uri capable mama sava
Ese nanje IMANA Yonyiyereka nkuko Yakwiyeretse. Ndarushe
Komera gusa egera Imana amanywa nijoro isaha nigera izagusubiza
@@mukakarangwaassie3196 urakoze cane muvandi
Abagabo ni hatari sha utabazi arababarindwa
Huuuum
Bakugize bate se , mugore mwiza?
Ceceka sha nange ubu ndibaza niba batazi abagabo abo aribo! Ngo inshingano zose zo mucyumba wazikoze ngo ntiyagusiga! Mba numiwe Cyokoze! Nushake uzabe ufite ibipipi bibiri ugire icyo ugendana nicyo umusigira murugo nabwo azaguca inyuma! Rero ngo kuguca inyuma ntago byatuma ushwana numugabo🙄hanyuma se ubwo uwo mugabo uzazana uburwayi ugapfa nabana utabareze ubwo uwo yaba aruwiki? aho kunzanira uburwayi wagenda ukajya kwiyica wenyine! Sinzi impamvu abagore bakunda abagabo kurururwego.
@@khloecalala7606 ufite umugabo se?
@@ingabirechristine4667 kubera iki?
Wariwarahinzi disi mbega abakobwa Nako abagore mushya ubundi c iyubigumana wenyine ukabizana bigeze aho binjya mugira imihindo ninayompamvu bitanjya bibahira
Bajya bavuga ngo ubukwe bw'umwana bw'icwa n'umwirato none dore bimusohoreyeho.
Mbabarira unyumvire 😂ngo bankundanye bombi bari muri process ya Divorce 😂😂😂😂😂😂😂
😅😅😅😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Nuduhinda tubiri twari duhuye disi ,bombi ndikumva batari boroshye
Subirana nase wabana niwe wanyawe 😀
Mama sava kunda icyo ki ngofero cyawe diiiii. Nadje ugishakize peee. Shaka ubunani , c'est comme ça
Bless you mugore mwiza courage courage rwana mpaka mama
Mama sava urukundo namafara nibintu bibi urukundo rwamahera ntirurama
Sha isi yatumaze idukaranga.
Burya wanshaka tukavugana ariko ntuzumveko nagutereta kuko njye ndubatse
mm sava hejuru cava
Wow uri intwari cyanee mama.sava I LOVE YOU ❤
Ohhhhhh…..Nido waratandukanye koko??? Ndababaye rwose
Ihangane Imana izagushumbusha.
Nigeze kunenga titre yo kwa Yago yavuga ngo mama Sava azananye nuwo bazabana iteka ryose j rero ukuntu urukundo rwabo barushize hanze cane nari nabinenze
Yewe inkundo zo muriki gihe ni fake news gusa. Buriyase mwazaha kwi brandinga kuri social media muzi nezako ntakizavamo?😂🙄🙄 It s so sad
Mama sava djwe niri umugabo chumba kumi , abagore 10 , nibyo koko
Uri umwana mwiza gusa.tukiga Gasogi nabwo nuko warumeze ntiwahindutse Imana ikumpere ubuzima buzima
Burya uzirinde kubabara cg kwicuza
Sabe uwo muntu wihebye nijye pe harubuzima umunt abamo bikanga pe uwazampa ikiganiro cyawe pe
Ni vubavuba kumuwa 24 heure angende iwabo , directement dehors mugabo
Isimbi tv mulakoze ukutuzanira mama sava jewe ntuye uganda
Ivyogushaka ubwa2 nanje nzovyitondera nta mpamvu yokugenda muvyubona bitazokugeza kukintu wipfuza😂😂😂
ndumva woe duhuza kbs
Uzaze tukogereze amenyo ni mabi uri mubi ku isura nanga n.ukuntu wiyemera!
Muzayamushyirire ku murongo hubwo 😂😂😂😂😂
Ubundi iyo uri mubi ukiyemera byose birapfa
Arko mada woe ko ntanaho wahurira numugore we wahiye gacye erega amarizi yindaya agira garante
Mama Sava urakoze kuduha ubuhamia bubaka, kuba umu fille- mère ntabwo ari icyaha.
Uwiteka niwe wenyine wubaka umuryango
Naho kuvugako ucanye ku maso uko nukwibeshya
Satani wagusenyeye ntaho yagiye nimutizera Imana ngo ibarengere naho ibindi nukwibeshya
Umvarero nkugire inama itaragakecuru nimba udashaka kuzicuza murushako rwakabiri reka gushaka bireke rwose! Kuko ibyo wifuza murushako sibyo uwomuzashakana yifuza! Mugihe udafite ubushobozi bwo kureba mukutima wuwo muntu! Bireke rera abana bawe ibindi ubundi
Ubwo bwenge wamenye ubwongereho , no kwibikaho love zawe , tukwagara nyooooo