Yesu niyamamare hose Tv Bakundwa bene Data nimugire amahoro y'Imana yacu Yesu kristo. Ese mwari muzinezako iyo ufashe icyemezo cyo kwamamaza Yesu uba wamamaza Imana live ? Mubyukuri hariho abantu bamwe nabamwe babasha kumva ko Yesu ari Umwana w'Imana atari Imana. Ariko ndagirango nkumenyeshe ko yesu ari Imana, kandi nabikumenyesheje ntuzongere gushidikanya muri wowe Ko Yesu atari Imana. Doreko no mubyaremwe byose ntakitara remwe na Yesu kristo. Umvaneza uko Bibiliya ivuga Kukuba Yesu ariwe Mana yacu yaremye Ijuru n'isi, ikaza kwireshyeshya natwe ikigira umuntu kugirango bone ineza yayo idukize. Yohana1:1-3 Mberenambere hariho Jambo Jambo uwo yahoranye n'Imana kandi Jambo yari Imana. Uwo yahoranye n'Imana mbere na mbere. Ibintu byose niwe wabiremye,ndetse mubyaremwe byose ntana kimwe kitaremwe nawe. Tito2:13 Dutegereje ibyiringiro by'umugisha, aribyo kuzaboneka k'ubwiza bwa Yesu Kristo, ariwe Mana yacu ikomeye n'Umukiza. Abaroma 9:5 Nibo bakomotse kuri ba sogokuruza ndetse nibo kristo yakomotseho ku mubiri, ni we utegeka byose, ni na we Mana ishimwa iteka ryose, Amen. Kora share Oherereza abandi ububutumwa bwiza bw'ijambo ry'Imana Butangwa buri munsi kuri Facebook group Na you tube channel yitwa YESU NIYAMAMARE HOSE TV Kora subscribe una kande kukazogera kugirango unjyuhita ubona ubutumwa bwiza tukibushyiraho Ev isaie
Ibi ngibi niba ari comédie ni sawa kbs, ariko mubuzima busanzwe njye nahagera nkabasuhuza ngahita ngenda ubwo ijisho naryo riravuga utarinze kwihereza ab'isi, Niba ukunda ijambo ry'Imana Kanda subscribe kuri parole de Dieu Tv
In our daily life we are sometimes characterised by un necessary mistakes such like that bt forgiveness is the most excellent, and this is the moral story for us every one to be very careful while we decide. thanks afrimax!
Ndayishimiye Theogene @ what you say, is completely true .but ,I don’t really know,if it’s not a comedy they’re acting too🤷🏽♀️ and it’s so good by the way😆
you my brother if you want to know something in love you must go slowly without hurry up if you run you will never see anything your girls is so beautifull sometime is understanderble other time is no good to take your lover like that so try to beg them apologize and know that in love there is no hurrry up thanks brother.
Iyi film nyise ikabutura ,ariko kuki Bose bagura ikabutura,gusa kanji ntabwo yavuga ijambo rihamye mubagabo kubakakwe bizagorana kbx,kwishyuza ikabutura???sha iyi ni film kbx
Boss ndakwemeye kabisa niwewe boss abandibarabesha uguriyumumenyeshamakuru nuwomwarikomurashwana ukamugurira burundi turabakunda
Yesu niyamamare hose Tv
Bakundwa bene Data nimugire amahoro y'Imana yacu Yesu kristo.
Ese mwari muzinezako iyo ufashe icyemezo cyo kwamamaza Yesu uba wamamaza Imana live ?
Mubyukuri hariho abantu bamwe nabamwe babasha kumva ko Yesu ari Umwana w'Imana atari Imana.
Ariko ndagirango nkumenyeshe ko yesu ari Imana, kandi nabikumenyesheje ntuzongere gushidikanya muri wowe
Ko Yesu atari Imana.
Doreko no mubyaremwe byose ntakitara remwe na Yesu kristo.
Umvaneza uko Bibiliya ivuga Kukuba Yesu ariwe Mana yacu yaremye Ijuru n'isi, ikaza kwireshyeshya natwe ikigira umuntu kugirango bone ineza yayo idukize.
Yohana1:1-3
Mberenambere hariho Jambo Jambo uwo yahoranye n'Imana kandi Jambo yari Imana. Uwo yahoranye n'Imana mbere na mbere.
Ibintu byose niwe wabiremye,ndetse mubyaremwe byose ntana kimwe kitaremwe nawe.
Tito2:13 Dutegereje ibyiringiro by'umugisha, aribyo kuzaboneka k'ubwiza bwa Yesu Kristo, ariwe Mana yacu ikomeye n'Umukiza.
Abaroma 9:5
Nibo bakomotse kuri ba sogokuruza ndetse nibo kristo yakomotseho ku mubiri, ni we utegeka byose, ni na we Mana ishimwa iteka ryose, Amen.
Kora share
Oherereza abandi ububutumwa bwiza bw'ijambo ry'Imana Butangwa buri munsi kuri Facebook group
Na you tube channel yitwa YESU NIYAMAMARE HOSE TV
Kora subscribe una kande kukazogera kugirango unjyuhita ubona ubutumwa bwiza tukibushyiraho
Ev isaie
That was comedy better than other comedy 😂😂😂try not to lough byari comedy bakinaga smart guys muratwika kbsa
Kbx
@@mugishadurkbanks4675 cyane 😂
Ibi ngibi niba ari comédie ni sawa kbs, ariko mubuzima busanzwe njye nahagera nkabasuhuza ngahita ngenda ubwo ijisho naryo riravuga utarinze kwihereza ab'isi,
Niba ukunda ijambo ry'Imana Kanda subscribe kuri parole de Dieu Tv
Iyi niyo
Oya yihitira ntago byari kuryoha🤣
mushoboye gukina komedi basaza.
In our daily life we are sometimes characterised by un necessary mistakes such like that bt forgiveness is the most excellent, and this is the moral story for us every one to be very careful while we decide. thanks afrimax!
Ndayishimiye Theogene @ what you say, is completely true .but ,I don’t really know,if it’s not a comedy they’re acting too🤷🏽♀️ and it’s so good by the way😆
@Hi nimudushimishetu ubwose boss urahonindesera mama comedy weeee
Gusa mukomeze urukundo rwanyu Bo's abashigikire
you my brother if you want to know something in love you must go slowly without hurry up if you run you will never see anything your girls is so beautifull sometime is understanderble other time is no good to take your lover like that so try to beg them apologize and know that in love there is no hurrry up thanks brother.
Njye nshaka ko mumbwira uku nukuri se cg nibinyoma?iyi hotel iherereye he bicayemo mumbwire?
Nti mukabeshye ngo ni ugutungura, afrimax musigaye mudutuburira izi ni comedy muba mukina.
damien dufitumukiza ivyo sibyo pe!
damien dufitumukiza turibwe kbsa baradutuburiye kbsa
Afrimax isigaye itegura inkinamico 🤣
nibyo mn uriya mujama boss yahise amwirukana asigaye acyina muri video za afrimax
Nibyo kbx
Reka reka pick g ntakambeshyere twagiye kubera yambura ntago ari ikindi kibazo kndi nabakinnyi be barabizi
bite
nifuzakonavugananawe
@@fabriceitangishaka1010 0780508939
Ndakwemera cyane, bakinira mukahe karere?
@@baptisteuzabakiriho5782 I ngoma
Boss namubabarire nukuri kandi ndabona ntamakosa ahambaye arimo
Sha muranyemeje mwabera pé!!kanji n'umukomedie ukomeye Cyane pé Kandi couple yabo iranshimishije cyane, nkunze ukuntu bombi bahise bigarura, bagahana imbabazi Kandi nyine gusaba imbabazi no kuzitanga bibaba bikwiye mu buzima, Imana ibakomereze murukundo rwayo, Kandi nawe munyamakuru wa Afrimax TV.nawe wagaragaje ubunyamwuga "BIG UP"kuri wowe Kandi courage Sana, Shallom.
😂😂😂, Iyi ni comedy rwose! Gusa mubuzima busanzwe gufuha n'indwara. The girl is very smart and good actress👏👏👏
Ese ibibinu nukuri ?
It is still comedy 😂😂😂i like frimax tv from Uganda
Iyi film nyise ikabutura ,ariko kuki Bose bagura ikabutura,gusa kanji ntabwo yavuga ijambo rihamye mubagabo kubakakwe bizagorana kbx,kwishyuza ikabutura???sha iyi ni film kbx
Smart Guyz TV ndabona batwitse kuri Afrimax😅
Niba uziko kanji azi gukina comedy name likena subscribe
None kombona bitoroshe reka twimanukire🇸🇦🇧🇮😆😆
Ikunda ryamafranga kwanyu se. Aha nzaba ndeba
@@JeanMarieRPayne nikibazo p
Reba uburyo basigaye badukiniramo kbx kwari ugutwika afrimax ibakoreye ifoto ! Gx ibi byo biriho ivumbi wallah!
Yoooooo Bakubabarire shenge gufuha bibaho
Akumiro nugusaba imbabazi ufite nikabutura kurutugu ,
Mubushobozi bwakanji yaguze I Kabutura
Hhhh🤔🤔🤔🤔😆😆😆
🤣😂 arayihetse da🤣😂
😃😃😃😃😃😃🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣☝️
Hhhhhhhhh
Nago abakobwa urabamenyasha twetwarashavuye mn???
C uyumukobwa ukwemereye kuri camera yagukundaga pe ark wamusorewe urinyatsi kbs wazanubakinzu ugahita ugenda uyisenya
Afrimax karabananiye kuva musigaye mutegura ibintu nkibi ngo nigitumo mutubeshyakoko ndabakunda arko mwisubireho
Ahh rwose uyumusore akoze amakosa arko ibisazi bibaho rero kuba agaruye umbwenge agasba nimbabazi mwamubarira ababonye ni somo buriya ntazanongera kumva amabwire
Mwanshekeje cyaane kandi nishimiye uko byarangiye mwunvikanye .
Mbabaze mwatemberaga na camera murazijyana hamwe na microphone
ikindi se iyikabutura kwisa nkiyarisanzwe iteguwe? Uyu boss nawe ntawamwizera
Ariko iyi ni filme barimo gukina ?
Ark iyi si film mudukiniye ra?????
urakunda ugakavya,gabanya ifuhe
Bravo les gars c'est bien kuza murashira hanze ibitameze neza yamusohokanye nareke kubesha abantu
Afrimax ibyayo ni episode , episode.Filme zirakomeje
Oya nibyo umuntu ntakanjye yirobera ifi ngomuhururane iminzani mwiyita ba boss👌👌👌👌👌👌👌🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Ninde urikubona ukuntu iyi comedy iteguranye ubuhanga Afrimax nabahanga kbs !
Hhhhhh nidanger
Barakwirukanyepe
Hhhhhmmmm muratubeshye nivyo mwateguye🤣🤣🏃♀️🤣🤣🤣🤣🤣🤣🏃♀️🏃♀️🏃♀️
Nibyo bapanze kdi birabishye kbs
Uyu musore déjà bigaragarako bakina ikinamico
@@fafafrancine2573 ahubwo biteyisoni
@@fortunecadette8919 kwel
Iyi sigitumo Rwose muri Comedy Musigaye mudutuburira
Izi films😂 zanyu zidahwitse mwagiye kure, gusa boss wa SMART GUYZ TV Ari serie 😂
Ntizihwitse koko
@@fortunecadette8919 whats means of ntizihwitse, please.
Musigaye murabasazi p izi ni comedy zubufu kbx
Musigaye murabasazi p izi ni comedy zubufu kbx
Jewe ndumurundi mba China ibyo bintu birimwo amahinyu cyane njewe ndikubona uyo mukobwa akundana nuyo mu Boss wiwe kandi uko nukuri pe bareke kutubesha ngo barikuganira bisanzwe cyanke ngo ibyakazi kandi ntabeshe ngo yaramuhamagaye ngo amuhe impano yari yabazaniye gusa iyompano rwari urujijo kugira uyo mukobwa namuha chr wiwe izo mpano bizaboneke ko ariwe yazishatse ariko arurujijo njewe mbabwiyeko abo bantu barakundana pe
Bro iyi Ni number yanjye niba uri China njye ndi Kenya ese nazabonante ibintu China kurangura bro nabuze umuntu wamfasha kabisa
Mujyenukomeza mutugezeho nuduce dukurikira murakinnyi beza mbega afrimax 🤣🤣😍🤪
Usabyimbabazi ubutse cash nikabutura?
Yewe mbega movie 😳😳
Aba boss mwe murabitiranya ubwo nyine aramwifunga aha kanji niyihangane
Ikabutura yabaye zahabu?
Manaweeeee kanji ihangane abakobwa nibyo byacu dukunda amafaranga
Valante ukora akazi gakomeye kbsa. Ndakwikundira
Waramukoye se?Bagusubize inkwano
Ibi nibyo cg nayo ni Comedy
Niba aribyo kanji yafilm yitwa umunsi mubi waba wamuziye kbx,naho aba Boss baradufite
Yaba Comedy byaba atari comedy, umuntu wese ukunda umundi ntiyakwihanganira kumva ngo wa mukunzi we ari kumwe n'undi ushobora kumutwara cyangwa kumwangiriza ngo maze abyihanganire! Wa mukobwa we ahubwo niwibuza uwo muhungu n'undi uzakundana bawe uzasanģa waribeshye. Wa musore we ukundana n'uwo mukobwa, kuba wumvise k'umukunzi wawe Bosse wawe yamusohokanye ntubyihanganire ndetse ukagir'amahirwe ugahyra Afrimax ukamubwiz'ukuri ikibaye ngo ase nk'uza kugutabara na Afrimax nayo ntitindikanye kandi mugasanga ibyo war'umutabarije ari ukuri, wa musore we ibyo wakoze nta makosa wakoze rwose icyo ukoze n'amarangamutima y'urukundo ukunda umukunzi wawe nyaguteye. Kubw'ibyo rero nta makosa yakwirukanisha na gato. Wa mu Bosse we nawe n'ubwo waba wakoze ibintu byo gusa n'usohokana umukobwa w'umukunzi w'undi muhungu w'umukozi wawe noneho umukunzi we yabyumva akabatungura n'amagambo yose mwavuganye n'ibyabaye byose, umwihanganire ahubwo nawe wishyire mu mwanya we ari wowe ibyamubayeho ari wowe bibayeho ukumva ko umukunzi wawe, shebuja we ariwe shobuja wawe kuko mwese abakoresha , n'uko ukumva ko yamusohokanye, wumva wakwituramira ukumva ko nta kibazo umukoresha yasokanye umukozi we btacyo bikurebaho? Kubw'ibyo ndagusaba kutazirukana umukozi wawe niba nta kindi cyari kihishe inyuma y'ibyo mwatweretse. Wa mukobwa we, nawe chisha make yogusa nkaho ubona ko gusohokana na shobuja w'umusore kand'uzi neza ko ufite umukunzi w'umusore ukoreshwa n'uwo shobuja musohokanye, koko urumva wowe uretse uwo shobuja wagusohokanye, ari wowe bibayeho ukajya kumva ukumva ngo umuhungu wawe yasohokante n'undi mukobwa, wakwituriza ukumva ntacyo bigutwaye koko? Ahubwo uwo muhungu ntuzamwiteshe kuko akweretse hakirikare ko agukunda nimunaeamuka mubanye ntaho aguhishe ntuzigere ugirana AGAKUNGU n'undi mugabo cg muhungu uwo ari we wese kandi mu buryo bw'idini ya gikristo biremewe! Musore, nyuma wakoze gutururuka ugaca bugufi ugatuza ugasaba imbabazi, ndetse ukemera no gusubiza ibyo wari washubijwe. N.B ariko na none hariya ho kuba wari wisubij'impano wari watanze kandi uyiha umukunzi wawee, kuba wari wayimwatse ntabwo byari byo, iyo watanze uba watanze, mu kinyarwanda baravuga ngo MUGABO MBWA ASUBIRA KUCYO YATANZE.
😂😂😂😂
None birashize ingani ngo aba boss bitwaje igiti cabo ko boza barasambuza ingo? ivyo vyama vyabaye mugabo bamenye ko umugore w'uwundi ari uwo kwubaha. Abagore n'abakobwa nabo batwarwa n'amaronko bagaca basambura ingo zabo nobabwira ko ata kamaro.
Kanji ndakwemera shaa!!!!
Ndabona ari danger ' ni cinéma murimo ra, 😂😂😂😂ati kuramo ikabutura yanjye ' ibi nibiki 🤔.
Varante Uribazina ndashaka gukina flm mwamfasha mukanzamuka murakoze Ababagabo nabahaga turabakundaaa
Iyi Série iraryoshe🤣
Jyewe ntago nkireba Afrimax kuko basigaye batubeshya cyane nkiyi ni comedy batweretse
Afrimax mubeshya kubi
Nic movie
Boss ninumukristo rwose murikwinywera nagafanta kk bakaba babatera hejuru c birababaje
Afrimax isigaye itubeshya rwose muhindure wambura umuntu ubusa kuri camera ngo ninshuti yawe ukongera ukaka imbabazi ndetse ukambara nimpano yatanzwe numusambana wawe haaaa
Ariko ikintu cyose muha magara camera😄😄😄😄
egoko mana njyewe ngize ngo bari gukina film cyangwa comedy aringo mpise nseka byahatari ninde ugize ngo barigukina film cyangwa comedy nkanjye ?
Hulala I need to know next step for the boss or his boyfriend or his girlfriend that's all I like Afrimax tv
Nawe yamugerahose ntibishoboka nukuntu yanze agapfukamunwa ??????!!!!!!!
Ako gahungu ko mbona gafuha cyane!
Uwo musher waw nyamba yaguhaye imiti,umuhevy ubuzima ntibwabandany?
Sorry kugutuka muko gusa bitangiye mbona bibabaje cyn peh!!?nari numiwe kanji ndamwemera cyn!!? nawe nka afande ndakwemera
Eeeeh Congo y’a Muhirwa irayagirana✅ On top👌🏽. Mbega umuhungu ufuhaaa ntacyo bimaze uribabariza umutima ku busa🤷🏻♀️Ati mpa ikabutura yanjye😂😂😂 iyi filime dutegereje igice cya 2😁😝 Gusa Muhirwa ntimumukubite nka Jina langu😃
@guzu Toni Uraho?! Ikabutura iranyishe umva ko bagira ngo iki🤣😂 igice gikurikira arakuramo iriya ya black da🤣😂😆 bamweretse udu sunglasses naga cash 24000Frws ahita acika intege 🤣😂😆 umujinya ushiriye 🤣😂😆 ngo nayisubirane
Hill Gift uraho neza! Hobeee, yambiii
Mambo ya mkorogo mbona coca cola kuntuki😅😅😅😅
Iyo yari comedy Cg nibyo ukuri mbega itsina ngufi niko bigenda pole sana
Mumpe nmbr zanyu
Arikp iyi film irasobanuye.😅😅😅😅😅😅😅
Najew ndi saudiya ndabibonye nindanje
Hhhh naw wabibony naw saudia murihe🇧🇮❤
Afrimax, musigaye mutubihiriza kbx. Ubwox ibyo nibiki? 🤭🤪
Gitumo yabo yikinyoma kabisa babeshya kubi nibakine comedy naho iyo sigitumo
Murabe mumugarur kasikiri Alina nez cyane
I'm glad to see you have joined and forgave each other. It is not good for this young man to miss his girlfriend.
Baba babipanze man 😃😀😀😀😀😀 nugutwika tuh bashakaga gutwikira smatguyz 😃😀😀😀😅 kowumva atarazi hotel basohokeyemo ahamujyanye gute 😃😀😅😅😂😂 ntazinokubeshya
@@agapejackson5328 HAHAHAHAHAHHA MEYBE somtimes.
Ikigaragaza ko Ari comedy, Nuko umukobwa bamuzaniye ikabutura imukwiriye
Iyi nifilm mwadukiniye. Sha
Maneno imebadilika 😀😀😀😀 yamanitsagati yichaye😆😆 nonarahaurutse😊
Ndasetse 😅😅😅😄😄😄ngo namuhe ikabutura yepise nseka
Ndabakunda ariko musigaye muducanga ntitumenye niryari muvuga ukuri cg muri gukina film ntangiye kubona ibintu mukora kubyizera bigoye hari nigihe muzavuga ukuri tugirengo nimikino
Kanji iyo agenda wenyine yarikujyana Ibuye.
Ahaho muratubeshye pe! Ese nawe niko ubibona mpa like
Iyi Ni Comedy Baratubeshya Kbs
Ese niboss nyabaki kombkna abobahungu basa umenga ni toyi na bukuru
Ase bro iyi comedy barabahwngahe😂😂😂😂🤔🤔
Yoooo! Sha biranyigishije ibintu nkibi byo kudashihoza birasenya
Ahhhh muhuriye kuri gate Araguhagarika nta gahunda mufitanye
Kanji ntibakazakurye umwana kbs
Afrimax mwatangiye neza, ariko ubu musigaye mutubura mwandika script mukayikora inkuru
Boss aramugutwaye too,ihangane uzibonera undi bro
Nakundaga smart guys ariko kuva kanje avuye mo si nakongera no kuyireba pee!!!
Journalist merci
Nta gahunda za kazi muhungu biraboneka ko harico bahuriyeko kinini boss wawe na mukobwa 🤔none yomuha kabutura gute boss🤔🤔🤔
Oya ntavya boss .huu nuwo yamuvangakoo.yokwemera kumusubiriza gt?? Kand bari muri gahunda yakazi?? Uwobiga yobamenya boss mwe nuyo mukobwa
Ndabasabye nanjye muzankorere ubuvugizi ndababaye
Kanji turakwemera.ariko izo staff utangiye kujyamo.zo kuturagira turakuvaho
bossi wa smart guys ndamushimiye rwose wenda yabyitwayemwo neza cyane ntiyahubutse kanatsinda ari smart muri byose
Mwarasex
Icyo gikobwa kireke nigishoshwe bro
mbega kanji! hhhh sha ntawundi uzabona kbs.hhhhhh
Hhhhhhhhhhhhh. Mani baguhe rwawe kuko boss wawe aguca inyuma knd bahejeje gusambana
Wabibonye!?
Uyumwana numuswa kbsa, nkwati ikabutura 😁😁😁😁
Apu ! Ivyo bituma afrimax ita agaciro ngo ni gitumo kand ari film
Hahahaha.. Iyi comédie irarenze
Gusa sivyiza gusohokana umugore atariwawe mukabare kandi barakundanye