RIB YAFUNZE ABAJURA BA PHONE I KIGALI😳BABU UFUNZE😢UMUVUGIZI WA RIB YAHISHUYE IBINTU BIKOMEYE
HTML-код
- Опубликовано: 2 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250788351885 ushobora ndetse no kuduha inyunganizi
#chitamagicTV #juliuschita - Развлечения
Abantu bemera ko Thierry ameze nka Kabera muri COVID-19 mumpe Like 😂😂😂 Ari mukaziiiii😊
😂😂😂😂❤❤❤❤uzi kwitegereza
Sibyo rata😂@@lolitaimena9782
Barareba nk’abajura koko! Bahambirwe
Akaziii? Amatiku! Si kuri niveau ye! Wowe se ko uri umwicanyi ko tubona isura yawe? Ntaho uzaduhungira! Uzahabwa icyumba kiri mu kumba mageragere!
@@helenemarierobert8557umujura ukuruta ninde?
RIB murakora cyane , phone y'Umugore wanjye yabonetse uwo motari yari anamwishe..
Yooooo😢
Mana Nyagasani,yooo
Wamugabo we nzaguhinka you encouraging me to stay in 🎉Rwanda ❤👍🏻nta wasiwasi.
Good to see that I am working on this issue with your your your sydney team to cape to get this to the ground 😀 👍 😄 😉 👌 🙌 is a bit different and it's not a lawyer or a good person but we have a lot of other people are in need for a bedrooms and I have study
Oh dear
Dr murangira yivugira neza nta burakari agira n' ibisambo aba abivuga n' ubugwaneza disi, imfura ziracyariho❤
Abayisekera pe ntarohombi
😱ivyo bisambo birategura🔥🔥ariko ubundi mwaretse kubupfunga mukabimanika kukarubanda😞😞kugirango burumujura wese yicare yige✍️ Ko Ingero y,icaha ari urupfu☠️☠️
Yeah 👍 Ako kantu ko gufata prack za moto igutwaye 👍👍👍👍
iteka ryose
Nisaw cyn
Cyane nakubwenge
RIB ndayishimira cyane, yangaruriye phone 2 zari zibwe, imwe bayibiye mu biro, indi bayinshikuza muri quartier nka 18h00 ariko zose zarabonetse kubera imikorere myiza ya RIB, Imana ibahe umugisha.
Ibyuvuze nukuri twataye ubumuntu imana iguhumugisha kunama zawe❤❤❤❤
Muzatuzanire bakozi bakora muribu barya ruswa aribo bayirwanya twe twarumiwe
Nanjye barayinyibye irusizi Rib y,intendezi niyo natangiyeho ikirego hashize amezi 2 barampamagara bayibonye barayimpa kubuntu Rib kbs muri mukazi
Ubundi Kuriya Djihadi Aba yerekana ko ntacyo bamutwara ubwabyo nibyo azazira nokuba ntacyo utinya nubukenya 😢DjBrianne nakomeza kwishinga Djihad bizamurangiza yakwigumiye muri Organization ze koko nokuba ruvumwa si bintu nyamara hari uwo bazayoberaho abagirire nabi 😭
❤nibyo chou
@@lolitaimena9782 nukuri pe simbaga ariko bamaze kurengera turabogeza Kandi bakibagirwako amenyo asekera inka ari nayo ayirya 🥹j Paul Nkundineza nurugero rwiza abantu birirwaga bamwogeza Kuri jolly ariko ubu ari wenyine muri gereza 😢
Suko se😂😂😂
@RIB_RW please mundebereko harimo telephone yanjye nanjye nabahaye ikirego rwose
RIB yibuke ko abantu nk’aba bigize indakorwaho aribo batuma n’abandi nabo babikora 🤷🏽♂️. Iryo sumbana mu butabera, Murangira avuga, ni hano riboneka
Subu Imana yamfashije ni yanjye igafatwa koko nkubu nkabona RIB irampamagaye koko
Sukese koko, njyewe ni 2 😅😅😅😅
Abanabacu birirwabaririmba ibishegu ababyeyi twafatiyekumunyanywa twarumiwe ahubwo RIB ndushijeho kubakunda peee ❤❤❤❤❤
Abandi bakobwa batanu babuze abagabo mpaaaa😂😂😂🤣
Umva ch Cyn mwana 🤣🤣🤣🤦♀️🤦♀️
😂😂😂😂
Nanjye wabona nzabona iyanjye pee RIB mukomerezaho
N'ukuri mubahane mwivuy inyuma. Ubuntu bibera ku ma social media ngo nabakozi b'Imana biteye isoni cane. Abantu birirwa batukana ntakandi kazi.
Pour moi biha isura mbi cane u Rwanda. Tuzi ko u Rwanda Ari igihugu ca grave mais ce qui se passe ni désastre.
Dr Thierry mubahane gose
biteye isoni .
Merci
B Thierry igihugu cagushize imbere cahisemwo neza
RIB kuri technology ni iyambere muri Africa
Yoooo disi Docteur Murangira ntako aba atagize ati ntituri abacu ngo twigenge genda uri Imfura rwose
Chita nawe mbanangiye kwiyumvira najyakumva nkumvango.Gurikibanza😂😂😂 urankangape sindamenyera Gurikibanza
😂😂😂😂😂ibintu bya gura ikibanza nanjye sinjya mbimenyera peee😅
😂😂😂😂
Twe twarakiguze nareke gukomeza kudukanga😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣umva nanny sindamenyera daaa gura ikibanza 🤣🤣🤣
RIB ifite akazi kenshi gusa yaziye igihe. Izo nkozi z'ibibi bazikande amabya
😂 BABAKANDE AMABYAKWERI MAN
😂😅 ngo bazikande iki mwana?
Makende
Abo basambanya abantu kungufu mubafunge burundu yumwihariko 😢😢😢😮😮😮
Keretse babaciye igitsina bo kanyagwa
Ubuharubonyemo chr we😂😂😂😂
😂😂😂
Hhhhhhhhhhhh
Cyane rwose
😂😂😂😂ego pe ubwo yamuhaye nagafone ngo ni gift
😢😢😢😢😢
Rwanda bravo
Wa mugabo we uri umugabo nyamugabo nukuri ndagukunze Abantu bataye Ubumuntu nukuri nimudufashe.
Umumotari akagushikuza phone izo ngegera muzihane mwihanukiriye
Ubu gahunda ni pfasha nkufashe ima subscriber ubibwire MuRi comment najye ndahita nyiguha
Uzadufungire na pastor cloude twaramuhaze
😂😂😂
Kusiga jisitine na ezekerine korodine azaganira nande imageragere??🙆🙆
🤣🤣🤣🤣🤣 ndasets p
Abongabo pe ubundi bakagaruka bagiye kumurongo nka yongwiyusi😂
Ôya twoca twicwa nirungu
Mutabazi yarampungabanyije, itera bwoba, ahamagara phone yange, yibiyeho, yiyise umukozi wa MTN, murakora cyane, RIB, mwubahweeee
Jihadi arabatuka nta kinyabupfura agira mu kuri
Thiery Imana imwongerere iminsi yo kubaho,,,hanyuma azadufashe nkabachristo Imana ikomeje gukwa nabayiyitirira ❤❤❤❤❤❤❤
Abavuga utugambo tunegura RIB ntitwabona uko tubagira , bavuga ngo ninzara ,bafite imbaraga ziba ntibagire nizo gukorera umuntu ngo abahe icyo barya Dr Murangira avugana neza,ubupfura, ubuhanga,nubwitonzi❤❤
Wakabyara we muyobozi,kuki mutafata umwanzuro wo gufunga ama chaines nkayo koko?Nabo batukana,basebanya,mukabafunga muntu w,Imana.Byabera isomo benshi,bakihana.Can you imagine?Abivuga,bakimena inda,bazajye birengera ingaruka zabyo bagenzi!
😢😢😢😢😢😢😢😢😢 abantu bashize ubumuntu kwigamba ko umuntu yanyweye ama raso yundi😢
Nikigoryi ubanza arwaye mumutwe nonese nabyo nugutwika
RIB reka mbibarize. Ni gute umuntu nka Kasuku, DJ Brianne, Djihad,… bazatuka abantu imyaka n’imyaka, batabihanirwa, Jean Paul Nkundineza yatukana rimwe akajyanywa Mageragere. Hanyuma ngo nta sumbana riri mu butabera???? Sinumva ngo RIB ijya yibwiriza, niyo nta kirego cyatanzwe 🤷🏽♂️
Nabo abo batuka bagiye bakabarega byabakoraho kabisa
RIB izashake umuntu witwa Remy Rugigana bakurikirane inshuro afungwa haba muri RIB barebe inshuro afungirwa kwa Kabuga barebe neza nimpamvu afungurwa, kuko ku munsi ashobora kuba yiba phones nka 10 kandi iyo amaze kuziba we ajya no muri mobile money, iyo iri connected kuri Bank account nayo ayijyaho.
AKANTU KO GUTWIKA KARAZA KURIKORA, Ariko RIB iri mukazi kweri
Umwuka wera yavuye mu isi😢. Ubuse ntutubwirije ubutumwa bwiza? Ahubwo ubutumwa bwiza sinzi aho dusigaye tubushakira. Be blessed Thierry uvuze ubutumwa bwiza bukura abantu mu byaha❤
Ribu mwakoze cyane phone Yumuhanzi twemera NC Shenge wacu yayibonyeee izo mburaBuhanzi nazo zishakirwe ibihangano bikwiye🇷🇼🇷🇼
Muyobozi mudufashe mukomeze mukurikirane abantu bafite Channel zirirwa zitukanirwaho ndetse nabo bajya gutukana mubafatire imyanzuro
Thierry urumuntu wumugabo ibi byubuhanzi nyandagazi bendaga kutumena umutwe kabisa ,ni Akasamutwe mubazimye batumariye abana birirwa baririmba ibishegu nibindi byumwanda gusa
Telephone ya yvan soft ndayibonye
Ibaz nukur
Salongo nawe muzamufunge nitangazamakuru ryamamaza abobarozi
Keep up Rib 🎉🎉🎉
Rwanda on top
Uyu mutabazi ndamuzi I huye Sha arhirwa n’a compassion 😂 none naha ageze
Arik Ibibazo biragwira kbs Rib mwarakoze kbs
Mana we nanjye nizereko uwanyibye azafatwa,
Cyakoza Urwanda njye ndarukunda biri serieux🫡njye nkunda ukuntu muzi gufata umwanzuro peee
Inama murazitanga sinzimpamvu abantu batikosora peee
Abo bahanzi batuka ababyeyi bahanwe pee ?
Dr mwakoze
Abarokore bilirwa batukana nkabashumba birateyubwoba.
Reba. Ukuntu. Arabasimu. Basirimukira. Mutwabandi. Buyobozi. Imbere. Cyane. Baratuzengereje. Rwose
Umva ahubwo ntanubwo wabimeny nukur
Ahubwo munakurikirane cyane kuko iyo bashatse gushikuza umuntu phone akagira resistance baramwica baramutromatisa ku buryo no kum wica bamwica murebe niba abantu babura bataba byishwe n'izo nkozi z'ibibi
Ooo my God sha ndishimye ko babafashe baratujujubije pe Rib bravo
❤️❤️❤️🙏
Mana yajye uwomuhungu wambaye umupira WA orange yanyambuye telephone yajye ambeshyako tujyiy gukundana ansaba ama unit ahita ancika n
Hhhhhhhhh cyore gukundana hhhh
😂😂😂😂
😂😂😂😂kagir'inkuru😂😂😂😂
Nyumvira?wowe wirwariye abagabo!
umva na cg jihad bamufunge peeee
Bikumarire ikiserwose nshuti?🤔
@@Uwer647byatuma Djihad agororwa!😊
Ngewe mbona aryoshya showbiz kbs
@@iyamarere6406 agoramye hehese uramurisha cyangwa uramuraza?
@@Uwer647 ur umunyarwanda?ur umunyarwanda?kugororwa uzi icyo bivuze?ese kuba utagaburirwa bivuze ko utagororwa iyo ufite uburere bukye muri Société ufashwa iki?kujya Iwawa,mageragere,Djihad wumvise ibitutsi atukana?warabyumvise kandi atukanira muruhame ari FIER?nta burere akwiye kujyanwa kugororwa!abajyanwa kugororwa si uko baba batigaburira!
Mana yanje wee ntaho rutari mbega mbega ubujura.
RIB niyo gushimirwa gusa nanjye banyibye phone natanze ikirego ndacyategereje
Nanjye iyanjye nuko bayibye baje kugura mu iduka mugihe ndikumanura ibyo bansabaga,aba atwaye telefone ! Haba hari uwinjira mu iduka akakujijisha hari na Motari hafi aho uhita umwirukankana!!nuko ntatanze ikirego Nanjye mba nje kureba ko ntayanjye irimo
Nanjye babinkoze ubugirakabiri, narebye muri camera mbona hari uwinjira mu iduka hanze haba hari umumotari umutegereje, kuburyo bahita bajya kuri moto bagahita bigendera
Phone yanjye yo Tecno Camon 19 nari narafashe muri make make bayinyibiye muri Coaster tugeze hagati ya Kayonza na Rwamagana mva Rusumo mu kwa mbere 2024
Thierry avuga akora nkumubyeyi
Uburyo RIB ikora akazi turabikunda rwose
Brianne na Djihad baje bigamba kandi dossier itarashyinhuwe
nge uwo mutipe wambaye lunette niwe waje kunyakira kuri reception bateguye exam yo muri SOS KACYIRU batubwira ko tuzakorera i gikondo kuri salle y'inkuru nzinza.merez ya 2,bantuma laptop ,mpageze uwo mutipe wa lunette niwe wayoboraga abantu mu cyumba bari bukoreremo,ubwo aba antiye phone,yinjira imbere mu gipangu ubwo duherukana ubwo ntiyagarutse aba phone na laptop arabijyana nsigara ndeba nk;urubwa.
𝕐𝕠𝕠𝕠𝕠 𝕟𝕒𝕓𝕒𝕙𝕒𝕟𝕘𝕒 𝕞𝕦𝕜𝕨𝕚𝕓𝕒 𝕡𝕠𝕝𝕖 kbx
Nabahanga mubujura pe ariko bakurikirana nivyobibanza biyitirira babinjiza ahohantu.
Nabahanga mubujura pe ariko bakurikirana nivyobibanza biyitirira babinjiza ahohantu.
Oooo kumbe nukubyagenz nukur ihangane ubus wagiy Kur RIB kok hakiri kare bakabaza abobantu bakoreshaga ibizamini ubwo baba bamaziranye Cyn
Pole kabisa
Nge muzi yiyita murumuna wa kabarebe
RIB mudufashe aho twarega uyu muvugizi wanyu dore akabije ubwiza😜😜 …. Uziko afite na faussettes badi! Ababona ko twese tuza gukora ibyaha kugirango uyu bogos atwifungire mukande likes 🤣🤣🤣🤣
Nibage bakoresha Imbaraga ntibakifuze ibitaribyabo Mubahane mwihanukiriye kuko bahemukiye benshi
RB murimukazi katoroshye nayatswe numumotari yarayinshikuje
social media imaze gutera isesemi kuko hari ibidakwiye, muzifunge musige izifitiye abantu akamaro
Arko mutubarize 4ne zo kuri macye macye barazitwibapee kdi dutanga ikirengo arko tugaheba😊
Ibibyaha nugukabiriza peee umutwe wabagizi banabi 😂😂😂😂 u rwanda nihatari kweli bakuremeka icyaha utokwikura
Mudutabare abajura iburasirazuba baraturembeje pee
Nyabuna mukomeze gucubya ibi byaha nkibyo...niho havira mo ibikomeye...way to go, RIB.
RIB turayisaba ko yakongera aba staff kuko naribwe nibwa 50,000frw ngiye kuri RIB nsanga hariyo abantu benshi cyane birangira mbyihoreye kuko byansabaga gusubirayo
Thiery nanjye bari banyishe
Ibaze gutega njyamumugu
Ahubwo bakanjyana kumanukana kuri 40 yanze Yuko mvanokuri moto Imana niyo yahabaye
Dukeneye kumva mudufashije abirwa baduhamagara bakanatubura mwabafashe
Cyaze akantu kogutukana kumbuga nkoranya mbaga nokuvugira ibintu byose kumbuga ntabwenge burimo nkumuntu mugani ubufite umuryango ch bisubirehope nkumuntu ubifite abana kok!!!???
Cyaze akantu kogutukana kumbuga nkoranya mbaga nokuvugira ibintu byose kumbuga ntabwenge burimo nkumuntu mugani ubufite umuryango ch bisubirehope nkumuntu ubifite abana kok!!!???
1:38 nangarurize iyanjye bashikuje mumuhanda ikirego narakibahaye
Nibyo rwose kwirirwa uvuga ibibazo byawe kuri social media siwo muti! Ariko aba RUclipsrs bo baba bishakira views, niyo mpamvu babakira😊😂😂
Thiery nukuri usibye no kuba ukuricyirana inshingano zawe nukuri uritonda kd lmana injye ikongerera uburame
Imitima y'abantu yamaze guturwamo n'imyuka kirimbuzi.
Batwawe ubwenge bwo gutekereza ni imibiri idafite Roho.
Harumuvandimwe baherutse gutuburira bamwaka ama 4ne ane harimo izabandi eshatu abobantu mujye mubahana mwihanukiriye kuburyo nabagenzi babo babizinukwa
Harumuvandimwe baherutse gutuburira bamwaka ama 4ne ane harimo izabandi eshatu abobantu mujye mubahana mwihanukiriye kuburyo nabagenzi babo babizinukwa
Uvuzukuri pe nahoraga nibaza ikibazo umuntu ajaho akavugako se yamusambanije cg yasambanye na mama we ntese ababantu amategeko koko ntacyo yadufasha , umugore wanje yanze komurongora umunsi wambere yewe ubumuntu bwagiyehe koko
Nabakanyobya uzabakurikirane
Kuko ntakinyabupfura bagira baratukana cynee ibintu bibi biteye isoni kuburyo wasanga utabyumvana numwana
Arikononeho ubumuntu aricara akumva yakibarubanda.Ahokwiba nasaba
Wamuntu weee ubukene bituma dukora ibidakorwa p
Ibibisambo mubihige bijye mageragere nange byanyibye fone kicukiro sonatibe kimbyirako arikimotari nkahocyanwaye gitwara fone RIB oyeeeee💪💪💪💪💪
Ibaz nukur gusa nyin pole
Kbsa RIB yaje ikenewe uwo mumotari asebeje abamotari.
Murakoze cyane pe
Nanjye barayinyibye nibahanwe
Njyubambariza abanjya kuririra kuri camera baba nabuze ibyo bakora mbambona banantera umutwe
RIB murakora cyane,courage,courage
Nange sister bamutwaye phone biciye mu buryo bwo gukorana na bamotari aho yayimushikuje ajya kuri moto ihita yiruka igenda gutyo hano I gatenga mukarambo
Uwo yabaye nkange 😂
Umukobwa/gore wabonyemo chr we yihangane😂
RIB muri gukora akazi gakomeye kbsa🙏🙏🙏
Turabashimira imbaraga nubushishozi mubikorana.
Arikose mbaze telephone zamake ntabwo zo mujya muzishakisha ko tuba twaratanze ibirego kuma sitation ya rib atwegereye?
Kwa Gerard no kwa Sabin hacaho abagore bimena inda gusaaaa
Huuuuum
Ibi byaha ko bimaze kugera ku bwenge bwinshi?😢
Nanjye iyanjye bazayimbonere natanze ikirego
nyakubahwa muyobozi Wa RIB mudutabare kamonyi hano hejuru yokiraro cyanyabarongo hafi na Ruliba harabasore bambura abantu bakoreaheje ubushukanyi kd babikorera kumuhanda kumanywa uihangu baba bacanga utubiriti bagatwara ibintu byabantu bakoresheje ubwo buriganya
Nuko bibye umugore wanjye sha ngo agiye kumucisha munzira yabugufi.Ariko abo baginga mubakanire urubakwiye.
Ribu turabashima kumirimo myiza mudukorera murahatubera