UMUSORE Yanyanze Ku Munsi w'UBUKWE😭 Yampoye Ko Yabuze AMAFRANGA yaje Akurikiye💔 MFITE IGIKOMERE😭
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Ako kantu plaisir avuze Niko kokuvuga ngo lmana ishobora. Kukubwira nguhaye umugabo wumugisha ukagirango nuwomurigukundana Kd hazaza uwumugisha ❤
😅😅😅😅😅😅😅😅😊 0:27 😅😅
Erega mugomba gufasha abakobwa ba ADEPER kugendera kumahanuzi cyane kuko hadutse abahanuzi b’ibinyoma cyane arinayo mpamvu bagwa mubibazo kandi byitwa ko bahanuriwe.
Ukurikiye ikiganiro cye kigizwe na Imana yaravuze, abahanuzi navuze….Ba Kristo mube maso cyane.
Imana yavuganye ubwenge, mukwizera igashogikira imigambi yacu iyo turi mubusaswa bwayo.
Njye sinemeye ko yahanuriwe namarangamutima.
@@erickmuhoza8746 nibyo rata imbaraga zabarangi nizo ziba ziri mukazi naho se urugo imana yaguhaniriye rugira uko rusa gusa uyu mukobwa yarambabaje
Buriya erega hari nigihe uwo muhanuxi ABA akuzi,akaba azi ibyo wifuza nibyo ukeneye,akaguhanurira akoresheje amarangamutima ye
😊
That’s true nanjye harumuntu nigeze kubwira ngo ansengere arangije arambwira ngo aransengera ngo ariko kujyirango karande zimveho neza nuko anshyingira umupasiteri uzazunsengera kuko yari yumvise nuye American
Uyu mubyeyi afite ubwenge bwishi kurusha nabize meshi. Ni mwiza azi gukora Imana izamuhe umugabo umukwiriye. Nkunze ukwizera kwe, kandi afite amahoro yImana ❤
😮😮
Pole Sana, Ni ibikomere ark Hari igihe Imana yakurinzebibikomere by'ibihekane
Nukuri
Uvuze ukuri
Ubuhanuzi buzarikora😢😢ngwimana yavuze Imana yavuze! Ese muzi igihe kimana arikihe?iravuga wenda simbihakana ariko ntawuzi igihe ibyo yavuze bizasohorera
Ark Imana muvunga murayizi iyo ndumva arisekamana iyajye nimyembaraga isezeramya igasohoza kd izikurinda icyo yavuze kd irashoboye
Abakobwa mubemaso cyaneeee ndababuriye ibi murikumva mubyitondere abahungu bubu bigeze ibikuzibyamenyo ngo bizashaka abagore babitunge mubemaso pe kandi mwirinde abahanuzi abenshi nabatekamutwe babatubuzi
Babwire njye nahuye nawe 2019, Ari escro yaje mu buzima, turanabana ark ibyo yankoreye Ni agahomamunwa yaba mu bukwe na nyuma yabwo, akambwira ngo yishakiraga cash, ibyo nabonye biteye ubwoba, mfite ubuhamya burebure
Yooooo impore disi
@@ishimwec3886 ihangane
@@ishimwec3886😢😢😢😢pore bambe nanjye byambayeho ariko amahirwe sitwari twakabanye ndashima Imana
@@ishimwec3886ihangane birababaza Cyane gushakwa numuntu Uziko agukunda naho kumbi akaba yikundiye ibyo ufite!🫢🫢🫢
Subu kuki uhise wihutira kuza kwitangaza makuru Koko Hari ibihe umuntu ageramo akabanza gutumbira lmana singombwa guhita ujya kwitangazamakuru none nyumvira uracyanavuga NGO umugabo wange wari kubanza ugasanga mpaka lmana iguhaye icyerecyezo utanze ubuhamya knd urugendo rukiri rurerure
Sinzi ikintu abantu babonye hano da,ubu c kubivuga biramwungura iki
Nyamara muge mureka guhubuka
Uwo musore umurerega batarabana, kuki amwihambiraho?! Yategereje uwe umukunda utazanamuhemukira! Ubu uyu amwizeyeho iiki? Abarokorekazi mujye mumenya ubwenge! 🤗🤗
Pole sana, Imana Ikomeze Iguhe gukomera peee! Kuko kurundi ruhande ntibyoroshye
Uwomukobwa mumubwireko Imana yacu itabeshya mujye muza mutubwire Imana ikora ivuga bikaba ataribyo mutubeshya ngo Imana yaravuze mubeshya.
Abanyacyangungu hafi yabose nabatekamutwe umuntu nakubwira ngo numunyacangungu uzabe maso kuko ntarukundo bagira bakunda amafg kuko baba barakubiswe cyane gusa komera imana izaguha undi mugabo kdi mwiza
Wowe ndumva ubazi
Kurusha abanyabutare se?
Ugire amahirwe ntihagire unyacyangugu uza kumva icyicyiganiro😂😂😂 barakumerera nabi
𝐻ℎℎℎℎ𝑣𝑎ℎ𝑎𝑛𝑡𝑢 ℎ𝑜𝑠𝑒 𝑏𝑎𝑟𝑖𝑣𝑢𝑘𝑖𝑟𝑎 𝑔𝑢𝑠𝑎 𝑏𝑢𝑡𝑎𝑟𝑒 𝑤𝑒𝑒𝑒 𝑎𝑒𝑎𝑏𝑎𝑘𝑜𝑏𝑤𝑎 𝑏𝑎ℎ𝑜 𝑎𝑟𝑎𝑏𝑎𝑠𝑜𝑟𝑒𝑏𝑎ℎ𝑜 𝑏𝑜𝑠𝑒 𝑛𝑖𝑑𝑎𝑛𝑗𝑒 𝑔𝑢𝑠𝑎 𝑖𝑟𝑖𝑡𝑎 𝑛𝑖𝑘𝑎𝑟𝑎𝑛𝑑𝑒 𝑦𝑢𝑏𝑢𝑟𝑦𝑎𝑟𝑦𝑎 𝑖𝑏𝑎𝑏𝑎𝑚𝑜 𝑘𝑏𝑠 𝑢𝑟𝑖𝑦𝑎 𝑚𝑤𝑢𝑘𝑎 𝑏𝑎𝑗𝑦𝑒 𝑏𝑎𝑤𝑢𝑠𝑒𝑛𝑔𝑒𝑟𝑎 𝑘𝑏𝑠 𝑖𝑐𝑦𝑎𝑛𝑔𝑢𝑔𝑢 𝑘𝑏𝑠 ℎ𝑜 𝑛𝑖𝑏𝑖𝑟𝑒𝑏𝑖𝑟𝑒 𝑘𝑑 𝑚𝑢𝑗𝑦𝑒 𝑚𝑢𝑣𝑎𝑛𝑎 𝑢𝑏𝑢𝑧𝑖𝑚𝑎 𝑏𝑤𝑎𝑛𝑦𝑢 𝑚𝑢𝑟𝑖𝑡𝑖𝑚𝑖ℎ𝑎𝑛𝑑𝑎 ℎℎℎ
Nanjye nzi benshi baho bakora ubutekamutwe cyane cyane ku bakobwa bakabarya utwabo barangiza bagacaho
Waguye muri Pilate pe, warihuse cyane , ntabwo uwo ariwe mugabo. Tujye tumenya gutandukanya imvugo isanzwe niy'lmana.Tujye tuba maso nyine.lmana yarakurokoye ahubwo
Mbere Imana yabuganiraga natwe mukanwa kabahanuzi
Arikubu tuvuganira
Mubyanditswebyera
Mufitegusobanukirwako
Nasatani
Yihindura marayika wumucyo
Pole kbx Mubyeyi Uwiteka azaguhoza amarira
Ariko ko Imana yakubwiye ko ari ubuzhake bwayo😢 uwo musore uramuhoriki
uwo musore🎉
Wapi s,Imana yavuganye namwe,abantu bapanga ibyabo bakavuga mu izina ry,Imana
Ese ubwo baragukuye? Iyo ufasha icyintu cyane ufata ibyo ubonye,wibeshyera Imana
Iki kiganiro nta kuri namba kurimo sinzi icyo uyu muntu agamije ariko n'uburyo abicugamo birasa n'ubeshya. Ikindi ntimukirirwe mubeshyera Imana pee😢
Ariko nurimo kumubaza wagirango arimo kumuburanya pe! Yakagombye kunva icyo abwirwa akunva agaceceka twebwe turi kubyumva tukikuriramo ibyacu! Kuko ndabona Plaisir yigize umucamanza! Sinzi impamvu Plaisir asigaye ameze gutya! Ubushize yashyize hasi Ben na Chance kundirimbo yabo nziza yitwa Zaburi! Byarambabaje iriya ndirimbo irankomeza ikomeza family yange mbese ntamuntu numwe nzi udakunda iriya ndirimbo! Kuko nkuko bavuze mundirimbo twese turi ubuhamya bugenda kandi Zaburi niyacu twe turiho apana abo tubona muri Bible! Plaisir rero jya ureka guca imanza kuko Imana siyawe wenyine rwose jya ukora ibyawe uko ukorera Imana ureke nabandi bayikorere uko babishoboye mundirimbo cy nukundi kundi! Nawe barakuvuga kandi urabizi
Nanjye niko mbyumvq
Ewana sinkuzi arko ibi narinanze kubivuga kuko ibi ntakuri na namba kwibereyemo ,ubu ntimubonako ikigikobwa kiri kurya iminwa bitewe nokurimanganya?
Humura imana izaguha uwawe senga kandi wizeye
Baragupangiye ntiwabimenya,abanyabwenge bitwaje Imana barahari bakora inama zurudaca bagahanura ibinyoma mwirinde
Ukwiye kwisengera wowe ubwawe ntago aringombwa ngo Imana ivuge Imana si umuntu ukwiye kugabaanya gukunda ubuhanuzi kuko ni ababeshyi kdi ibyo ntaho bitaba bireze abasore bo muri ADEPR abenshi ni abatekamutwe butwaza ko Ari abavugabutumwa ,abahanuzi ,abahanzi ...ni abatekamutwe cyane wowe se uko ugiye gusenga uba ushaka umuhanuzi akubwira ibyo Imana ivuga ukwiye kumenya ubwenge
Nukuri byo nibyo abantu tugomba kumenya kwisengana
Apana kujya mubahanuza
Imana ninyacyubahiro cyane ntivuga burikanya(umugabo, italiki yumurenge nibindi) natwe abantu hari igihe duceceka, rero iyo dukomeje gutitiriza hari nibindi bitubwira kko imana ntikorera kuri pressure yacu,bavandimwe tube maso pe kko abo bahanuzi bashobora guhanurishwa nibindi bintu kko nabapfumu bavuga ibizaba nukuri twitonde
Mbivugiye ko hari inshuti yanjye ya bugufi y'umuhanuzi, Imana yabwiye ko imugaruriye umugabo we, yari yaramutaye imyaka 4 amutana abana beza 3, hanyuma abahanuzi barenga urwenda n'urwenda, bamuhanurira ko agarutse, ko ari umugabo we.....Nyuma uwo mugabo yaje kuza, ariko hadaciye igihe, yongera asubira kubana na derira.
Ubwose koko iyo Mana yananiwe no kumuzana burundu, ikamwicaza n'umuryango we Ikamuturisha??? Ahaaaa !!! Ibyayo nk'uko nabivuze haruguru, ni birebire !!!
RERO TUGOMBA GUKORESHA UBWENGE TWAREMANYWE.... C'est tout !!!
Mwirirwa mwiruka mubupfumu bwubuhanuzi bupfuye kandi atar’Imana yavuze ari shitani wavuze.
Muraho neza,icyo njye navuga nuko isi yahindukanye byinshi,nta muntu udafite ibikomere nuko Imana iduha kwiyumanganya
Buri muntu ashatse yakwandika igitabo ku buzima bwe rwose.
Yego peee
Abantu nibicare basenge Imana bareke kuza hano kwiyandagaza hano
Impore mukobwa mwiza harigihe Imana yashatse kukurinda ibikomere byiteka humura mu ijuru hari Imana ivura ibikomere biraruta ukobiri kose kuruta uko yari kukubabaza mwamaze gushakana mugatangira divorce shima Imana utange ituro ukomeze uyishime izaguha uwawe
Imana ntibeshyaumuhanuzi yarababeshye
Ese kurota mubyitirira imvugo y'lmana nkande koko,ibi bintu byo kubeshya mujye mujyana hirya sha
Niyompamvu uzagumirwa kuko ukunda ubuhanuzi nukuvuga ko mwivuganira nimana uko mushatse
Ntimugakunde guhanurirwa
Dore bijya butuma abantu bagwa
Gusa biriho cyane bakaguhanurira ibintu ukabona byenda kuba
Ariko nyine bikarangira bitabaye
Sinzi niba ubuhanuzi aba aribwo
Ariko mana we mukobwa mwiza ubutaha izakwikorere kumuso izajye igusura mubicuku byanijoro
Yabuze uko aguhakanira yaciwe intege nibyo byago BYO gufugwa kwe abanyarw iyo umwe ahuye nikibazo undi bahita bamwita umutera mwaku Kandi wowe uragaragar nkumushak cyane
Oyaaa aha sibyo kuko yatwaye imari azineza ko itemewe
Kumva imvugo y'Imana iragoye! Uyu muntu ntiyasobanukiwe neza...
Ndabibutsa ko amajwi yose sayimana kdi ibikurimo weho ushaka akenshi nibyo urota nanone bikurura abahanuzi bibinyoma bakakuzuza ugashiduka wagiye mubyo utashakaga kujyamo
Ingo nyinshi ziri gusenyuka kubera inzozi nkizi
Hari ibintu ngizengo mbamenyeshe
Ubuhanuzi bwo gushinga urugo sibwo ahubwo ureba URUKUNDO mufitanye ukongeraho gushishoza. Ubwenge kamere
Erega Niba murikumva neza uyumukobwa yarayobye Kandi ayobera ahakomeye kuko yayobeye mumasengesho nubuhanuzi Kandi umuntu uyobeye hariya abayaranjyiye gusa Imana nimutabare
Pole 😢😢
Yewe kurindagira bibaho ubwo urumva agukeneye umuntu umara ukwezi kose ntakuvugana ese washatse undi ko mujyenzi wawe yabivuyemo afite undi ukareka kuguma guta igihe koko urambabaje nukuri wagirango uri kumwizirikaho noneho uranamwita umugabo wawe ntamugabo umara ukwezi atavugisha uwo bazabana
Subwo iyo wifata ukagira abakureba bose injiji uba wumva ntasoni ufite? Plaisi bamwe najya mbakubitira kuri camera ahubwo urihangana
Abahanuzi ni abantu baba baracukumbuye amakuru yawe utabizi nyuma bakaza bakakurangiza! Muritonde
Imana murayibeshyera we ubu mwumva ibyo muvuga bifite ukuri koko
Ariko mwabantumwe Imana yabayinjajwa ryari? Mwagiye mutubabarira Imana ivugubukwe nyuma ikabyica?
Ahaaa ntabwo byoroshye pe ariko komeza wihangane ukomeze usenge imana izaguha undi mukunzi.
Nakugira inama yo kumureka kuko niba bimeze gutya numugera murugo byaba bibi cyane.
Ariķo aɓarokore we ngo Imana yaramuĝuhaye
Mana yange praisire we Cha nange byambayeho kbx nahuye numusore nkuwo kd abahanuzi aribenshipe gs nyine nge nahise mbivamo hakiri kare kuko haburaga iminsi Mike ngo twerekanwe ark Mana uzi abasore bomuriyiminsi bagusasaza peee
Uwo si umugabo.... Forget him my dear. Ureke guta umwanya wawe. Gusezerana nta birenze kuri byo, inama nakugira, :"JYA UKORA ICYO UMUTIMA NAMA WAWE UKUBWIYE GUKORA". Ibyo by'Imana ni AMAYOBERA ma cherie... Nasanze ibyayo ari birebire pe.
kabisa
Pole sis
To the right time I the I will make it Happen yesaya22:11
Oh Mai god birambabaje paa nugusenga cyane
Bakwiriye gutahura imyuka n'amayeri satani akoresha kuko ibirura byivanze nintama kd udafite Amaso y, Umwuka ntiwabasha kubitandukanya so mukoreshe ubwenge karemano
Ariko se uko mugiye gusenga burigihe Imana iravuga? Imana mwayihinduye nka radio?
Iyinkuru ndumva urikuyitubwira urikuyitubwira urimangatanya
😢 Gusa muge mwiga kwihangana mureke kwirukira kuma you to be
Ntakuri kurimo namba,arikurimanganya byanyabyo kbx kuko inkuru Ari kuyishakisha tu
nari nziko arinjye wababajwe n'abasore ariko hari ibiba birenze ubwenge😭😭bene aba basore rero baba baziko umuntu afite amfng ,umunsi wa nyuma wagera atayakubinaho agahitamo kubivamo😭Mana we komeza utugende imbere ,ibihe turimo bikomereye imitima yacu
Abakobwa dukunda ubukwe uwomutekamutwe ubu yatanze inkwano abakobwa turashya
Kbs
Yemwe wee uyu mukobwa nabe Maso uwo mugabo numuteka mutwe w'icyangugu ubona niyo aguma mwitorero ba berekaniyemo none yararihunze urumvako numubeshyi Serafine namureke rwose ntanubwasenga numuhemu
Ariko sabin akubwira ko haribyo yasabye Imana yarabimukoreye none kuberiki arusha Imana.
Impore mukobwa mwiza uzabona urugo rwiza uwomugabo Ntabwo yaruwawe nibinyoma byabahanuzi bateye muriyiminsi
Ese ubuyobe nk'ubu buzarangira ryari, mbega agahinda!!!
Kugeza ubu Koko icyo mwita Imana ntimurabona ko ,Ari shitani ishinzwe kubabaza abantu?!! Ngo Imana yarambwiye!!
Think 😮
Imana ntibeshya ababeshya nibo muhuranabo mwahuye nabamwe bahanurira mumarangamutima yanyu mwitonde
Iyariyo yavuze nukuri nogukora irakora ntibeshya
Reka nkugire inama wa mukobwa we wigumya kwihambira kuruwo musaraba kandi ntuzongere gupanga urugo ushingiye ngo lmana yavuze uzarupange ushingiye kurukundo kuko ingo nyinshi dufite zasenyutse niziri mumanegeka nabashingiye ko ngo bagiye kubaza lmana va muribyo urimo kuko uwo mugabo wawe ntiyakubaka kuko ashaka amafranga gusa
Nyabuneka mufashe kuri IRA JOY TV SHOW 🙏 ukore ku photo
Niba waravuganye n'Imana ,kuki udategereje igihe cy'Imana ,ukaba uje kumushyira hanze
Urabyiyiciye
Ngewe birimo kucanga uruhande rumwe ngimana yaramumubujije ubundingo twarabisubukuye birimo amayobera nturujijo
Umugore ugendera mubuhanuzi we
Ibaze nawe
Abahanuzi barabeshya nanjye bambwiyeko navumwe ngo sinzabyara none narabyaye
Ngewe nagusaba kumureka rwose Imana yarakurengeye muveho burundu uzabona undi
Watanze Imana imbere reka kubeshya
Ariko mwajya mureka gusebya IMANA ibyuvuga ngo IMANA yaravuze uje kutubwira ko byabaye?ibibi byose bizanwa na satani apana IMANA
arabe shya ntasenga umugore wabana babiri mwabana mute uwomusore asenge cyane ahuye nicyi gusha
@UgirimbabaziInnocent
Izina siryo muntu!! Ugirimbabazi Innocent ( nta mpuhwe nta na Innocence pe!) ngo ikigusha??? Kubera abana?? Ahhhaa ese ubwo upfakaye ufite abana wajyahe? Kdi ubwo ngo urasenga??
Afite babiri se cg numwe🤷
Njye birancanse
Ese Plaisir urikurya ibiki😅🤣🤣😅😅🤣🤣🤣🤣🤣😅😅🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😅😅😅🤣🤣🤣🤣😅😅😅
Nonese Komuvuzengo Imana yarabahuje none mutandukanye mute?
Rwose aha nanjye nahise numva ko bagupangiye pe. Nukuri mubuze ubwenjye
Mukine sha umwe azibeshye ashake undi babafunge sha, divorce se muzayibona ryari
Kujya kumbuga kuvuga ibyabaye sibyo kwimena inda sibyo niba warabenzwe nuko uzabona undi mujye muva muribyo mugire ibanga
Uwo mukobga sarafine ntamugore urimo ntiyo kubaka umugore ntajya mundagu
Mazenangenarabutashye nsangantibwabaye😢😢😢
Ndumiwe! Nimugabanye ubujiji muhumuke mwa bakobwa mwe
Abahanuzi barabeshya bampanuriye ibintu byinshi ark haribyo nemera harinibyo ntakwemera rwose
Mbere yubukwe lmana yavuze habanza pirate nyishi zabasore umukobwa wakunze lmana ivuga ubukwe akumva ko aruwo nunkwitonda rwose
Oya arabeshya ndamuzi cyane yavuze ibyo kurikote nziza nababwize ukuri yaramubeshye kd umubi sumungabo
Wasobanuye wowe ubizi
Wasobanuye wowe ubizi
@@judithbabyeyi9735 yegora
Ngaho yaduhe neza wowe ubizi muvandimwe
Waragambaniwe, bo bari babivuganye ngo bakubeshye muzabane
Mbega ibinyoma!!!
Imana mwayitiranyije na interrupteur ukandaho itara rigahita ryaka, wakongera gukoraho rikazima!
Ubuhanuzi najyaga mbwizereramo none ndumva ububuhamya bunciye intege🤦
Kuko Imana ntibesha ninyakuri ntiyitiranya ibintu
Ariko nk'uyu munyamakuru nawe ngo akorera Imana kweri???? Titre y'inkuru yawe ni ikinyoma wigaye!!!
Cyokora bambe murakoze, biba bitumye tumenya abantu, tumenya ibijyanye nabahanuzi, akavuyo kabo ko ntikatuma ucanganyukirwa kko!? Sarah nkugire inama uzabane numugabo ukunda Nawe agukunda, kuko urukundo nirwo ruva kumana kuruta ubuhanuzi
Mukobwa mwiza singera uruzingo nakarande
Uvuze neza pe afite ibibintu 2 kd ibibyamubayeho sha bitera umwaku hari uwo byabayeho nkibi amaze imyaka 7 nanubu ntarabona undi kd shahu nimwiza ark umuntu yibaza icyo yazize akacyibura😢😢
None c ko warufite amakuru kucyi byagenze gutya ubizi ukemera kugumana nawe?Sha jye narumiwe
Uwampa nkasobanukirwa abarokore ubundi nkemera ubuhamya bwabo pe! 99,99 % barabeshya.
Nukuri imana ifashe abantu bayo. ,nahubundi ababahanuzi bibinyoma bazatumara peeee !!!!
Ntimukabeshere Imana abo bahanuzi nizo nzozi warose byose ntibyavuye ku Mana
Pole ariko wihuse kuza kuri camera kuko nturigusobanura ibintu warigutegereza ukazaza uvuga itangiriro nuko byarangiye ubusekoko mwaba mukibanye koko
Ahaaaaaa,yewe imvugo zabahanuzi buyu munsi nibyo kwitonderwa
Kuko ubu buhamya burimo tena.
Biteyubwoba
Shaka umugabo wawe ujye kumuvuza ararwaye
Aho kugirwngo urugo rupfe ubukwe bwapfa
Humura mwateye inkunga IRA JOY TV SHOW nukuri pe
Ndabona utuzuye mumutwe mbonahubwo urumusazi ngowavuganye ni mana cg wavuganye nabantu cg bagukoze mokomisiyo urigicucu
Ntasoni uratuka umuntu utagaburira yifitiye ibibazo ?bemugir ikinyabupfura
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@@KellyIHIMBAZWEsuko se Sha ngo agahwa Kari kuwundi karahandurika
Number one Here
Nukuri ubwo buhamya harimwo ubu beshi😊😊
Pole sana dada
Imana imwirure
Ntabwo Imana yakwica ubukwe ahubwo ntiwabaye maso