NTIBISANZWE🤔:UMUSORE YADUTEYE INDA NJYE NA MUKURU WANJYE ICYARIMWE🥲|Urukundo buri wese yamukundaga
HTML-код
- Опубликовано: 18 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
+250783719501 Ushaka kuvugisha Ariane
Sha uwo mukobwa ndamuzi cyane kimironko yirwa ahetse umwana umutwe warushushanyije mumugongo. Mana ujye uha umugisha igitsina gore.
Pole sana !ufite ijwi nkirya kecapu
Uyu mumama nkunze ukuntu atuje nkaho ntakibazo afite disi. Imana ikomeze ikurinde izakugeze kubyo wifiza🙏🙏🙏
Narinziko arigi genyene wumviseko avuga nka kecapu none mwantanze bas abumva bavuga kimwe nimumpe ❤❤❤❤
Uvuga nka kecapu chr kdi pole byose biberaho kutwigisha kdi uzabaho neza
Pole cyane ariko c wowe kuki utamuhakaniye?
Urintwari Maman komera kdi Imana izakugeza kure ufite umutima ukomeye
Abanyarwanda bagira uruhu rwiza ❤️
Afite ijwi nkirya kecapu pee yesu we wagira ngo ni film 😂😂bamenya courage
Abakora films bahereho 😂
Ahubwo mwaratinze kumurega kugira ngo afate inshingano ku bana be
Ufitijwi neza wagirango niKecapuwe
Hari umuntu ubona uwamuha ubushobozi yakora byinshi.Imana iguhe umugisha mubyeyi🙏
Urakoze cyane nshuti
Sha uyu abonye ubushobozi yaba igitangaza kandi azanabubona bigaragara ko azi ubwenge bwinshi, ariko uwo babyaranye ni inyamanswa pe
Pole chr
ndikwibaza ukuntu ubivuga useka kd byaribigoyee 😭😭😭😭 ark we arakomeye disi
Uwo mugabo niyiyereke umwana basi uwomwana amenye uwamubyaye🙏🙏🙏
Abagabo benshi gusa sibose ariko sabana beza pe 😢
Ufise ijwi nkirya kecapu
Ihangane mama,uzasubizwa!
Mbega ijwi wagirangp ni Kecapu
Uyu mu papa namugira inama yo kwemera umwana akagira urukundo rw’amaraso ye kuko uyu mwana ashobora kuzaba umuntu ukomeye kandi yazanenga se kandi se yazicuza kuba ataremeye umwana mugihe yari amukeneye !
Murakoze kukiganiro,mbona ko tugira umuco wo kutaganiza abana babakobwa ndetse n abahungu.kubwira umukobwa yirinde ataziko umubiri we nawe wamuteguha ntabashe kufata ! Maze byagera ku bahungu ikiganiro nikibakozwa.... uwo musore yakurikije amashagaga y ubuto ntiyamenya ko yabigenza . Ahubwo twigishe abana babahungu bamenye kwirinda nabo ko nabo imbuto zabo atarizo kunyanyagiza hirya no hino
Ntabwo washobora igina gabo kuri sexuality, nshuti yanjye.Igisina gore kiirinde gusa.
Uyu mukobwa ndamuzi,arko sinarinzi aya mateka ye rwose..... gusa umuntu nimunini.....
Rose wadushyiriyeho
Nember ze c
Baba banze kuzishyiraho ngo muyabanyuzeho plz
@@rosenyirahabimana60🙊🙊🙊💔🤐
@@rosenyirahabimana60umaze kuduha angahe se Maa🤔
Zirihejuru Sha! Uretse ko aba yanazivuze nuko muba mutarangije ikiganiro👌🏻
@@rosenyirahabimana60 oya sha
Ntubeshyete roza weee
Kuntu wahekaga umwana wimyakitanu
Koko akabura ntikaboneke ni mama wuwuntu.
Abarimu babuza abana kujya kwihagarika ni babi.abakibikora bikosore
Ni amahano yakoze na bibiliya ibuza kurongora abavukanyi
Manawe😢😢😢😢
Cyokora urambsbaje gusa biranasekeje
Ubwo
URI nseka mbabaye
5:10
Ariko abarimu singirango biga psychology koko nyumvira uwo mwarimu
Bayigishwi shahu
Yoo pole mama njyurekana nimbwa zabagabo zigize rurogozi
Imbwa z'abagabo kandi!?!?Iyo yabaye imbwa ntaba akiri umugabo
Sha sinimbwa ahubwo arininyuma yimbwa kuko hariho imbwa ziyubaha ahubwo uyo nintumbi arakarwa muri WC akanuye
ntiyaba imbwa narangiza ngo anaryamane nabantu bazima bose ubwo aba ari imbwa
Ariko ntaho bose yavuze ko badashwe ku ngufu ?! Nonese ubu bwenge afite tabujijwe niki kuvuga oya igihe cyubusambanyi bwabo ? Ibingibi bose baba barabigizemo uruhare rwose ntimugafate abakobwa nkabadafite ubwenge rwose!
Si uko se! umuntu umanika akaguru ni ukumenya uko azakira n’ibizavamo! Ahubwo kuki babica amazi kandi imibonano mpuzabitsina ari ikintu cyo kubahwa !? Jye narumiwe
Numbrer1
Agira watsap
Yego
Yego arayigira rwose
Abagabo bigize ingunzu, muzapfa mwumve
Ngo bazumva baphuye rero 😂Nihatali