Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Julienne 0787240090 kurikira ibiganiro byabo hano ruclips.net/video/M1eaRaEbPGw/видео.htmlsi=Pt6SkaeAoOmTFMeF
Ñi ibiki weditinze Sha
Iyi link aduhaye kombonye ataribyo ra ???
Nanga abagabo Ark burya abagabo beza hariho kweri
Ni chaine yabo pe,ndayiravye,bashirako ibintu vyinshi vy,Imana
Muraho neZa nje hano kubabwira ko tubafitiye ama proteins yongera meza çyane yongera umubyibuho Byihuse Kandi atagirra ingaruka kubuzima izo proteins zirizewe ku rwego mpuzamahanga uzikeneye nawe watugana Aho dukorera ñyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye Numero zacu mwatuboneraho ziri muri profile yacu iyo iri mwibara ritukura mwajyaho mugakandaho mukazibona Murakoze çyane
Niwe mugabo wambere ufite urukundo gusa mwaranyigishije pe God bless u
Nange yaranyigishij cyn
Uwiteka amuhe umugisha uyu mugabo nintwali
Uyu mugabo ni imfasha nyigisho pe
For really! Uyu mugabo yatumye garukwamo n'ikizereko nazarongorwa ngahura n'umugabo mwiza ufite ubupfura akaza ari Malayika wanjye murinzi . 🥰
@@ikanatvRwandaNukuri uwiteka azatugirire neza natwe aduhe abantu bazima nkuyu mugabo🙏
Uyu mu Papa ntimwongere kuvuga ngo numugabo! oya numumalaika wimana kuko abagabo nkabo ntibabaho kwiyisi
Abagabo nkaba baracyabaho?
Wabakurahe 😂😂😂
Mbega mugabomwiza imanizomuhumugich
Kweri
Bake beza bariho ariko baragoye kuboneka.
Ariko mana kubera iki ndi umukene koko ubu mba mfashije aba bantu . Mbaragije imana. Mbega umugabo wintwari wwee!!!
Yooooo Nkindi disi yarashaje Mana we Imana ikomeze ibane namwe disi mbazi ndumwana muto Nkindi numuntu mwiza cyane kuva akiri numusore pe
Man of the Year award goes to Nkindi. Imana ishimwe, ufite ubumuntu busendereye!
Uburyo shenge amukora mu musatsii, ako mana, ndabakunze, Imana igire icyo ikora ku buzima bw'uyu mubyeyi❤
Turasaba Reta nziza yacu dukunda yu Rwanda na banyarwanda kudufasha kubahafi yuyu mubyeyi kd turabyizeye
Rweme uri umuntu wumugabo Man......byandenze nanjye pe, kuzana abantu nkaba bagatanga amasomo yubuzima. Imana ikomeze uyu muryango pe, ibakize mw'izina rya Yesu!
Intwati mu bagabo , habwa umugisha wa mugabo we ❤❤❤
Rweme iyi couple inteye emotion, burya urukundo ruriho disi
Ndasenze cyane ngwimana ikize uyumubyeyi mwizina rya Yesu kugirango uyumupapa atazaba yararuhiye ubusa maze ubundi Imana izamumpere ubugingo budashira
Uyu ni marayika murinzi Imana yaguhaye Imana izamuhe ijuru
Amin
Bambe wamugabo nkwifurije umugisha Kandi uzawubona .
Mme, cet homme c’est pas juste un mari, c’est un Ange que Dieu t’as envoyé.T’as de la chance de l’avoir dans ta vie.Que Dieu vous bénisse.
En tous cas c,est vrai!!❤❤
Ntabwo njya nandika comment ariyo iyi story inkoze kumutima. May God bless this man🙏
Nkindi disi, ndamuzi kuri Hopital Kibogora, namubonaga bisanzwe atuje cyane nta n'uwamenya ko afite ikibazo gifite unuremere gutya. Uri intwari wa mugabo we, uri indashyikirwa, Imana izagukorere igitangaza igukirize umukunzi, kuko urukundo rwo urwifitemo, nturwinginga, ibyo ukora bikurimo. Mbega couple nzizaaaa, mbega abarimu beza b'ingooo, Imana imbashishe kubigiraho ni ukuri kandi icyo tubasabiye ni uko yabongerera kuzarambana, kuko umwe ni paradizo y'undi.
Wasanga nawe turi abaturanyi kbs!! Uyu mugabo aratuje pe, n'abaturanyi banjye kibogora 👌
Nintwari
Ufite umugabo mwiza ugukunda nkuko uwanjye ankunda, abagabo mwese mukunda abagore nabagore mwese mukunda abagabo kurwego nkuru Imana izabampere ijuru kandi muminsi musigaranye kubana muri iyi si Imana ibampere ibyo mutifuzaho byose,Kandi ifite nimbaraga zo gushyira iherezo kuri ubu burwayi,gusa God bless you!
Nonese baba ikibogora uziko nabona valens muzi I kibogora
@@GermaineNDAYAMBAJE yego niho baba!!
Uwiteka murengezi mwiza mana yamva gusenga ndetse Imana itanga itarobanuye kubutoni wowe mana ishobora byose Kandi wowe muganga uruta aba doctor Bose bo mwisi ndakwinginze irengagiza ibyaha byacu nibicumuro ukize uyu mubyeyi Kandi unezeze umugabo wetubisabye twizeye mu izina rya yesu Amen
Amen 🙏🙏🙏🙏
Amen Amen
Amen
Wamugabowe lmana izaguhe byose wifuza kwisi hanyuma yabyose izaguhe ubugingo buhoraho!
Amina rata!!❤❤
Imana imukirize umufasha
Mana wewe utigera ubura uko ubihenza ndagusavye ukize uyu muvyeyi mw'izina rya Yezu .Wongere ugirire neza uyu muryango ubakure m'ubukene batewe n'ubu burwayi bukoye bw'uyu mudamu uzoba ukoze nyaguhora k'ungoma🙏🙏🙏
Yeweeeeeee!umutima wajye warapfuye ark mbashije kumenyako abagabo bazima bakiriho nukuri 😢Imana iguhe umugisha mwinshi🙏
Ariko hababantu baguhagurukiye nabazi we Imana ikuregere
Imana ishimwe ko biciye muri bano ngo Imana ikomore umutima. Imana ifite abagabo beza
Se@@niyonkuruhonorine5104
Ngo umutima wawe warapfuye? Ni satani ikubeshya! Bwira Yesu akuzure umuhamagare rwose araguha namahoro
@@NganiziJeandeDieu-zz3ug Sha nkeneye miracle ivuye Kuri Yesu kristo nanjye anyiyereke muri byose
❤❤❤❤ abagabo nkaba baracyabaho mbega urukundo disi urukundo ruracyabaho Mana kiza uyu mumama nukuri iheshe I cyubahiro kandi tuzagushima igaragaze mana nyagasani yesu winazareti turagusabye 🙏🙏🙏🙏
Byibuze mu Rwanda rwacu kd rwiza ,mbonye umugabo wmbere ugira urukundo pe, byibuze uyu umwe arahagij kugirango abantu twongere kumva ko abantu beza bagihari, ndumva umutima wange unezerewe kubwabantu simfite ubushobozi buhagije ariko umugisha Imana yampaye nange wamubyeyiwe niyemeje kugukoreraho umugisha pe
Mbega umugabo wintwari nukuri Imana izakwihere ijuru pe🤍🙏gusa Imana izakize uyu mubyeyi nyuma yibyo Imana ibahe ibyishimo mutabonye byose ibanezeze pe ibahe ibyiza gusa muri beza kdi one day muzishime imyaka myinshi🤍♥️🙏🙏
Ubundi ni uru Rukundo rukwiriye kuranga abashakanye kuko hariho imyaka igera Abana wabyaye bakagusinga nabo bakajya gushinga izabo that's true love ❤️ 💯👍🙏
Imana izamukiza uy'Umubyeyi ntabwo azapfa ahubwo azarama kubw'Ineza yuy'Umugabo we ntabwo Imana yakwemerako uy'Umugabo ababara Izamukiriza Umugore kuko ari Imana y'Imbabazi n'Urukundo bya kibyeyi ndayizeye cyane babyeyi ngiye kubasengera n'Umutima wose🙏
Ameen
N'ukuri Urukundo Isi iracyafite Abantu bacyifitemo wa Mutima wari muri KRISTO YESU nkuko Imana yabwiye Eriya iti" Haracyarihiho Ibihumbi birindwi bitarapfukamira Bayari. Imana Iguhe Umugisha mwinci wa Mugabo we uri Umukozi, Umwana w'Imana wujuje ibisabwa kandi Mwukawera akomeze aguturemo agushoboze muri byose Imana yaremye byose Igukirize Mama w'Abana bawe 😭❤️👍 🙏
Nanjye numva azakira kubera Imana
Mbega😢mutumye ndiiiira.Muri isomo ry'urukundo nyarwo
Wa mugabo we igihugu cyacu cyari gikwiye nacyo kuguha igikombe cy'ubutwari ukiri muzima,uri intangarugero,bakagukorera n'ikintu cyiza kigukwiye.
Mana ishobora byose turakwingize ngo uyu mugabo uzamuhe ijuru Kandi akiri mu isi umuhe umugisha wo kumukiriza umugore.Amen
Nukuri pe
Imana ibyumve
Amen 🙏
AMEN
Yezu ,yezu ,yezu nyirimpihwe , muganga mukuru banguka utabare uyu mugabo wiremeye umworohereze umusaraba ,umukirize umufasha wamuhaye! Ivange mu byabo christu ubereke ko wahozeho ukaba uriho kdi ukazahoraho iteka ryose!amen
Madame tu as la chance d'avoir cet homme dans ta vie cet un ange envoyé par dieu donc longue vie à vous et dieu te geurira un jour
Mana we Imana ihe umugisha uyu mugabo izamuhe ingororano si benshi bakwihanganira ubuzima nkubwo ndumva anejeje Imana ibagirire neza
Umugabo ufite umutima nk'uwuyu Mugabo Nkindi nubwambere mubonye pe Imana imuhe umugisha cyane ,ariko ikiruta byose uyu Mugabo Imana yacu izamuhe ijuru niba ririho rwose ararikwiye ❤
Ohhhh imana izamuhe umugisha nukuri kd izamukirize umugore
Yesu tabara iyi family gusa ibyo munyuramo Imana izabibasohoramo Kandi haricyo Imana ishaka kuzabakoresha gikomeye biciye mubuhamya bwanyu.
Uwiteka azakugororere wa mugabo we,uri imfura ,ufite ubumuntu warihanganye
Uwomugabo nimurumuna wa Yesu pe
😂😂😂😂😂
❤❤❤
Ntasoni ufite yo kugereranya kristu n'umuntu yiremeye😢
Oya rwose, ahubwo afite ubumuntu bushyitse twebwe ntabwo Dufite kdi twanahuye n'abatabufite uretse ko niyo hari n'uwo ubwereka akakubwira nabi kenshii iyo akwiyama gutyo bigushiramo ukabyerekeza ahandi uyu mugabo Imana imuhe umugisha mwinshiiiiii
Ni Yesu kabisa
Urukundo nyakuri rwose lmana izagukize 🤲🏿❤️🙏
Uri mfura wa mugabo,Mana we tukweretse urugo urugirire neza k'ubw urukundo bafitaniye ❤
Yooo! Mbega umugabo mwiza❤ uko usa inyuma Niko usa mu mutima,nanjye ndagukunze cyaneeeeee❤❤❤❤ Kandi uri mwiza rwose.
Nkuyemo isomo rikomeye abakobwa batarashaka harukunu twirukira abasore beza mbega babandi bafite byose ark niturebe imbere like uyumunu tuzabana mubyiza nomubibi ese ko umubiri arubusa haramutse habaye ikibazo uyumunu yakomeza kunkunda ese twagumana ese nago yakwigendera akansiga mbega dukwiye gushishoza mumahitako yacu tugiye gushaka abo tuzabana ubuziraherezo 🤲🏼 imana injye iduha amahitamo meza
Mama nda kwifuriza kuza saza Ufite inyaka 100❤❤ Kandi ndakwifuriza gukira❤❤❤
Ubu Kandi ibigabo byinyamanswa biravugako yarozwe😮
Ibyo bigabo se ko aribyo byarozwe! Ibaze gukurami imyenda umugore ukiyambura warangiza ukabwira umudamu ngo nta bwenge afite.wowe umugabo ubivuga ni wowe uba utabifite
Mubyukuri tuvuge abantu neza bakiriho Wamugabo we uwiteka azakwiture Ineza wagiriye umudamu wawe twese tugusabiye umugisha
Nukuri nanjye nsabiye uyu mugabo umugisha njye nabanjye bose bazankomokaho,
Nemeye ko urukundo rukibaho according to yr testimony 👏
MANA ndabuze ico mvuga jewe ndarengewe🇧🇮🇧🇮🇧🇮nukuri Imana umukize burundu kugira uwomugabo nawe yishime nukuri❤❤❤
Mana we !!! Ndahumirije ngo ntareba uko urishinge rwinjira!!!!! Yezu ati muzaramburira ibiganza ku barwayi bakire. Yezu turamburiye ibiganza kuri Julienne ngo ukureho uburwayi bwe. Yongere kubaho atababara. Dusabye twizeye. Amen
Amen amen
Icyambwira niba wowe warikumwitangira gutyo abagore ntabwo bagira urukundo kugeza kuririya level, gusa Imana yakoze imurimo ikomeye 🙌🙌🙌
Abantu dufite icyo Imana yatugejejeho mureke dukorere undi mugisha kuruyu muryango ndabinginze ❤
Yooo !!! Nanjye numvaga nshaka kureba uyumugabo udasanzwe.ibiganza byawe nibyakire ,umugisha uturutse kuri yesu
Uyumugabo ndamushimiye cyane yujuje asezerano yagiriye imbere y' lmana kwazabana numufashawe bagatandukanywa n' urupfu warakoze cyane.
Imana ishimwe kubwuyu mugabo nange nahuye nikigeragezo cyuburwayi ariko umugabo wange nawe yakomeje kunyitaho mbese narinziko namugabo mwiza ukibaho umeze nkuwange disi abantu baracyariho
Data wa Twese uri mw'Ijuru🙏🙏🙏🙏🙏👏👏👏👏👏👏Urukundo disi 🩷🩷🩷 mutumye ndira nimpamo yamunguuuuuu mbega abantu mbega ibintu mbega inkuru mbega ,amagambo mbuze ayo ncira nayo Mira Mana weeweee👊👊👊👊👊 Gusa Imana Ibahe kurama Kandi igukize Mubyeyi muri BezaNyabikiza aze arebe umuntu basa💓
Mana yanje shimwa 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌kuba hakiriho umushingantahe afise urukundo kumukenyezi wiwe nkugo Imana Ikutuhere ivyowipfuza vyose kandi Ibatuhere kurambana 🇧🇮🇧🇮🇧🇮.
Yooooooo,ariko mana uyu mubyeyi uzamukize kuko urabishoboye pe ubishatse wamukiza, uzagirire ukwitanga kuyu mugabo, abagabo urabazi pe kuko niwowe ureba mumitima,ibyo uyu yakoze yabaye indashyikirwa pe.
Yeweweeeee! Ariko abagabo bazima baracabaho ra?? Twe batubwirako turi ibihuna turi ivyo ntazi duteye iseseme tukiri bazima😢😭 tukibazango bizagnda bite nitwaja muri incapacité !!Kimwe gusa nshimye IMANA kubwuyu mugabo ufite ubumuntu💃💃💃
Imana ishimwe disi,uyu Mugabo ni intwari pe,Kristo azakugirire neza
Mama Data,nziko ushobora byose nta nakimwe kijya kikunanira,ndakwingize ukize uyumubyeyi bw'uyumugabo w'infura.mbisabye nizeye mw'izina ry'umwami wacu Yesu Kristu Amen.mukomere ndikunva mfite kwizera ko uyumwaka utazashira udakize,uzashake nbr ya Kavamahanga numupapa wuze mwuka wera agusengera uzahita ukira, uzazikura kuri chanel yitwa Beula tv.
Hoya niyisengere KD afite kwizera azakira kuko ndetse ni umwana muto uzi gusenga Imana ntabwo azagira ubwoba azafashywa nigusenga, nabyige birafasha kurusha uko undi yakubwirira Imana KD yavuzeko twigererayo
Gerard Nukuri dukeneye kubona no kumva inkuru nkizi zitwereka cg zitubwira ko hari abagabo beza bahari ✍️ jyewe ndabihamya abagabo beza babaho ✍️ kdi nagize experience. Juillene humura nabwo uzampfa Nukuri Imana igufiteho umugambi uza yikomerezeho🙏uyu mugabo Imana ntizigere imwibagirwa icyo azayisaba cyose izamwumve peeee🗣🙏
Yezu wazutse ngutuye iyi couple ngo uyitabare nziko ushobora byose ukize Julienne nziko bizatuma hari Roho nyinshi zitabarwa n ubuhamya bwabo kubw urukundo rwawe Aminaaa ❤
Urukundo nyakuri rubaho❤❤❤,Imana izagukirize umugore kuko irashoboye
Amin ya rabbi
Nubundi abagabo imana yaremye naba abandi ninzererezi
😂hhh
Pole Maman uzakira harikiganiro citwa KANGUKA uzaze ucunviririza usengane umukozi w'lmana uzakira
Mana we nanjye unzanire urukundo rwanyarwo nirwongusabye Amen urakoze kubyumva🙏🙏🙏
Mbega umugabo😢Uwiteka azibuke imirimo yawe, azaguhembe ijuru.Uri Umurinzi w'igihango cy'urukundo❤Uwiteka Imana ishobora byose, nyir'ubuzima, Imana ikiza ibasange igukoreho Julienne igukize ikugarurire ubuzima buzira indwara.Mbasabiye umugisha mu mpande zose mw'izina rya Yesu, 🙏🏽
Imana izakize uyu mu byeyi Ihembe uyu mugabo gusazana nawe bishimye kdi batuje❤
Dore umugabo wambere kwisi nunvise ufiye urukundo rurenze😢😢😢😢❤God bless you Papa
Yoooo lmana imuhe umugisha ni umukunzi pee nanjye ndamukunze
Sinzi impamvu iki kiganiro kinteye ikiniga nkarira. Ese hari abagabo beza nkaba bzkibzho? Kubera iki abagore bamwe bashaka nabi koko? Kuki bamwe babura urukundo kdi bo barufite? Kuki Imana idahuza abeza ababi ikabatembereza koko. Mugabo Imana izaguhe ijuru nawe mugore uzubahe umugabo wawe iteka
Akomana Imana ijye ijye ifuha abagabo nkaba bintwari
Mbega umugabo imana izagucyiza chr
❤❤nabokwigirahokabisandemeyenurukundorwivugiraimana ibakomeze
Buriya utarahura nibibazo ntuze wibeshe ngurakunzwe ibi uwu mugabo yakoze vyokora bake mugabo imana iguhe umugisha kandi igukomeze muri vyose nabandi ubabere isomo bigaragara kutari umunyerari wabagore yaba urumunyerari waca umuta ukazoshaka undi ariko yesu agukomeze uri ntwari
Ntabwo byakora bake abagabo hafi ya Bose babikora ahubwo abagore nibo Bata abagabo babo iyo bahuye nibibazo nkibi
Urabeshe abagabo nibake ariko abagore barabikora nubwo nabo ataribose.
N 'Intangarugero,kandi ijuru yaramaze kurica.Ndumiwe uyu mugabo niwe azi ico bita kuba umwe,urukundo nyakuri❤️
Gs ubutwari bw' uyu mu papa burandenga nukuntu uyu mumama amushima nkisanga ndi kurira 😭😭😭😭gs sinzi impamvu ark Mana tabara uyu muryango🙏🙏🙏
Nange nuko
Yewe nanjye amarira yanyishe 😭😭😭😭😭😭
😢😢 Imana ibagomorere Imigisha ubundi mukomeze mwibereho❤ cyakora uru ni urugero rwiza rwurukundo
Dore Nkindi disi, uyu mugabo aritonda cyanee kuva na kera njye ndabazi!!
Ano magambo aranejeje kandi ateye agahindaNukuri Imana igukirize umudame mw'izina rya Yesu kristo mukiza wa twese nsenze nizeye mw'izina rya Yesu AmenAmenAmen
Wa mu papa we nukuri Imana izaguhe ijuru ni cyo kwisabiye pe😊
Yooo mbega byiza weee muziko hakibaho abagabo bazima bajyifite urukundo ruzima kumudamu imana iguhe umugisha wa mubyeyi mwiza we
My God🙏🙏🙏This is what we call true love❤❤❤❤
Abagabo beza barahari nshuti zanjye! Njye mvuze marayika wanjye sinabona ahompera ❤ anyway Uyu mugabo Imana imuhe umugisha ikize umugore we bazarusheho kuryoherwa nurukundo
Ihangane ne sha nanjye nitera inshinge burimunsi,pe , Imana ikwiteho
Urwaye gute Ihangane mama
Komera wamuntu wee ,imbabare ninyinshii Yesu abiteho
Ark nomubuzima busanzwe uwomugabo agomba kuba ari umuhanga pe❤ Imana yo soko y' ibyiza nibe muruhande rwanyu njye ndumva ntakindi nabona mvuga byandenze
Mana nkuko wahay uyu mubyeyi umugabo umukundwakaza turakwinginze ngo umuhe no gukir ubu burwayi🙏🙏🙏
Yooooo Imana igukize disi ubwo burwayi bukomeye wenda ni ishuli kugirango wigishishe ama couple ahora apfa ubusa na ma divorce menshi
Wamugabowe Imana IHORAHO izaguhemba ntabwo yakuvaniramwo Aho peee! Oya rwose. Madame azakira Burundu mwongere mwishime Nta mubabaro.
Turakwishimiy. uyu mugabo Imana yibuka imirimo izamuhembe❤❤
❤❤❤❤❤yooo!!! mbega ndanezerewe nkibona iyi title pe!! Imana nukuri ikomeze ibabe hafi nukuri kandi Imana izaguhe gukira nukuri!!!😢😢😢😢😢
Nanjye ikiniga cyanyishe pe uyu Mugabo nabuze icyo mwita pe❤❤
Wooow Abagabo beza babaho rwose Imana ibahaze uburame nukuri❤❤❤❤
Amen Amen malayika wajekwisi yooo yabaharabantu bagifite urukundo nkurwuyumugabo isi yaba nziza yooo ndarize
Sha😢!!!!Nkindi we,uzambare inkindi nomu ijuru,Kandi urwaze ubukira.
Sinabona uko mbivuga ark umugabo wintwari niwoepe imana igushyigikire pe kubyumva nagahinda gusa ark nyagasani agukomereze mukazi ukora Kandi agutungire umuryango❤
Mana ihoraho ndabakunze cyane reba ukuntu sha amukora mumusatsi muri beza rwose abishimiye iyicouple mwankandiye ku iPhoto Koko
mubyukuri mbuze icyomvuga ariko aba ni isomo rikomeye ,lmana yo itibagirwa imirimo ixibuke imirimo yuyumugabo. amarira yibyishimo yanyishe.naryohewe nurugo rwanyu ,iyana twese ayomahirwe twayahaga abo dukunda nabo bakayadusibixa.lmana yo mwijuru izabahe kuramba.kandi humura yesu ntakimunanira uko yahoze akiza nubu niko ari .IMANA IBAGIRIRE NEZA muri byose❤
Azaze gusenga mumasengesho ya grace room rwose.....twagiye tubona gukora kw'Imana,niyo utakira umubiri ukira umutima.
Kwihangana bitera kunesha nukuri mama wanjye kdi kugera kure siko gupfa.umugabo imana yaguhaye ntabwo yigeze imwibeshyaho nagato Imana izabafasha gukomezanya urugendo kugeza murusoje
Yallabii ndakwingiz uzogirir nez un muvyey ,umukiz ,azogaruk azany amashimw,yarakuz ,atakiter inshing ,ameeeeee
Allahuma Amiina
Amen amen tumusengere twizeye kandi izomukiza ni Mutananigwa Imana yacu n'ukuri.
Uyu mugabo ni mwene wabo na yesu yamwigiyeho byose urukundo rwa yesu nirwo rwiganj mumutima wiwe Imana nyene amahoro imukirize umugore nivyo tumusabiy
Julienne 0787240090 kurikira ibiganiro byabo hano ruclips.net/video/M1eaRaEbPGw/видео.htmlsi=Pt6SkaeAoOmTFMeF
Ñi ibiki weditinze Sha
Iyi link aduhaye kombonye ataribyo ra ???
Nanga abagabo Ark burya abagabo beza hariho kweri
Ni chaine yabo pe,ndayiravye,bashirako ibintu vyinshi vy,Imana
Muraho neZa nje hano kubabwira ko tubafitiye ama proteins yongera meza çyane yongera umubyibuho Byihuse Kandi atagirra ingaruka kubuzima izo proteins zirizewe ku rwego mpuzamahanga uzikeneye nawe watugana Aho dukorera ñyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye Numero zacu mwatuboneraho ziri muri profile yacu iyo iri mwibara ritukura mwajyaho mugakandaho mukazibona Murakoze çyane
Niwe mugabo wambere ufite urukundo gusa mwaranyigishije pe God bless u
Nange yaranyigishij cyn
Uwiteka amuhe umugisha uyu mugabo nintwali
Uyu mugabo ni imfasha nyigisho pe
For really! Uyu mugabo yatumye garukwamo n'ikizereko nazarongorwa ngahura n'umugabo mwiza ufite ubupfura akaza ari Malayika wanjye murinzi . 🥰
@@ikanatvRwanda
Nukuri uwiteka azatugirire neza natwe aduhe abantu bazima nkuyu mugabo🙏
Uyu mu Papa ntimwongere kuvuga ngo numugabo! oya numumalaika wimana kuko abagabo nkabo ntibabaho kwiyisi
Abagabo nkaba baracyabaho?
Wabakurahe 😂😂😂
Mbega mugabomwiza imanizomuhumugich
Kweri
Bake beza bariho ariko baragoye kuboneka.
Ariko mana kubera iki ndi umukene koko ubu mba mfashije aba bantu . Mbaragije imana. Mbega umugabo wintwari wwee!!!
Yooooo Nkindi disi yarashaje Mana we Imana ikomeze ibane namwe disi mbazi ndumwana muto Nkindi numuntu mwiza cyane kuva akiri numusore pe
Man of the Year award goes to Nkindi. Imana ishimwe, ufite ubumuntu busendereye!
Uburyo shenge amukora mu musatsii, ako mana, ndabakunze, Imana igire icyo ikora ku buzima bw'uyu mubyeyi❤
Turasaba Reta nziza yacu dukunda yu Rwanda na banyarwanda kudufasha kubahafi yuyu mubyeyi kd turabyizeye
Rweme uri umuntu wumugabo Man......byandenze nanjye pe, kuzana abantu nkaba bagatanga amasomo yubuzima. Imana ikomeze uyu muryango pe, ibakize mw'izina rya Yesu!
Intwati mu bagabo , habwa umugisha wa mugabo we ❤❤❤
Rweme iyi couple inteye emotion, burya urukundo ruriho disi
Ndasenze cyane ngwimana ikize uyumubyeyi mwizina rya Yesu kugirango uyumupapa atazaba yararuhiye ubusa maze ubundi Imana izamumpere ubugingo budashira
Uyu ni marayika murinzi Imana yaguhaye Imana izamuhe ijuru
Amin
Bambe wamugabo nkwifurije umugisha Kandi uzawubona .
Mme, cet homme c’est pas juste un mari, c’est un Ange que Dieu t’as envoyé.T’as de la chance de l’avoir dans ta vie.Que Dieu vous bénisse.
En tous cas c,est vrai!!❤❤
Ntabwo njya nandika comment ariyo iyi story inkoze kumutima. May God bless this man🙏
Nkindi disi, ndamuzi kuri Hopital Kibogora, namubonaga bisanzwe atuje cyane nta n'uwamenya ko afite ikibazo gifite unuremere gutya. Uri intwari wa mugabo we, uri indashyikirwa, Imana izagukorere igitangaza igukirize umukunzi, kuko urukundo rwo urwifitemo, nturwinginga, ibyo ukora bikurimo. Mbega couple nzizaaaa, mbega abarimu beza b'ingooo, Imana imbashishe kubigiraho ni ukuri kandi icyo tubasabiye ni uko yabongerera kuzarambana, kuko umwe ni paradizo y'undi.
Wasanga nawe turi abaturanyi kbs!! Uyu mugabo aratuje pe, n'abaturanyi banjye kibogora 👌
Nintwari
Ufite umugabo mwiza ugukunda nkuko uwanjye ankunda, abagabo mwese mukunda abagore nabagore mwese mukunda abagabo kurwego nkuru Imana izabampere ijuru kandi muminsi musigaranye kubana muri iyi si Imana ibampere ibyo mutifuzaho byose,Kandi ifite nimbaraga zo gushyira iherezo kuri ubu burwayi,gusa God bless you!
Nonese baba ikibogora uziko nabona valens muzi I kibogora
@@GermaineNDAYAMBAJE yego niho baba!!
Uwiteka murengezi mwiza mana yamva gusenga ndetse Imana itanga itarobanuye kubutoni wowe mana ishobora byose Kandi wowe muganga uruta aba doctor Bose bo mwisi ndakwinginze irengagiza ibyaha byacu nibicumuro ukize uyu mubyeyi Kandi unezeze umugabo wetubisabye twizeye mu izina rya yesu Amen
Amen 🙏🙏🙏🙏
Amen Amen
Amen
Amen
Amen
Wamugabowe lmana izaguhe byose wifuza kwisi hanyuma yabyose izaguhe ubugingo buhoraho!
Amina rata!!❤❤
Imana imukirize umufasha
Mana wewe utigera ubura uko ubihenza ndagusavye ukize uyu muvyeyi mw'izina rya Yezu .Wongere ugirire neza uyu muryango ubakure m'ubukene batewe n'ubu burwayi bukoye bw'uyu mudamu uzoba ukoze nyaguhora k'ungoma🙏🙏🙏
Yeweeeeeee!umutima wajye warapfuye ark mbashije kumenyako abagabo bazima bakiriho nukuri 😢Imana iguhe umugisha mwinshi🙏
Ariko hababantu baguhagurukiye nabazi we Imana ikuregere
Imana ishimwe ko biciye muri bano ngo Imana ikomore umutima. Imana ifite abagabo beza
Se@@niyonkuruhonorine5104
Ngo umutima wawe warapfuye? Ni satani ikubeshya! Bwira Yesu akuzure umuhamagare rwose araguha namahoro
@@NganiziJeandeDieu-zz3ug Sha nkeneye miracle ivuye Kuri Yesu kristo nanjye anyiyereke muri byose
❤❤❤❤ abagabo nkaba baracyabaho mbega urukundo disi urukundo ruracyabaho Mana kiza uyu mumama nukuri iheshe I cyubahiro kandi tuzagushima igaragaze mana nyagasani yesu winazareti turagusabye 🙏🙏🙏🙏
Byibuze mu Rwanda rwacu kd rwiza ,mbonye umugabo wmbere ugira urukundo pe, byibuze uyu umwe arahagij kugirango abantu twongere kumva ko abantu beza bagihari, ndumva umutima wange unezerewe kubwabantu simfite ubushobozi buhagije ariko umugisha Imana yampaye nange wamubyeyiwe niyemeje kugukoreraho umugisha pe
Mbega umugabo wintwari nukuri Imana izakwihere ijuru pe🤍🙏gusa Imana izakize uyu mubyeyi nyuma yibyo Imana ibahe ibyishimo mutabonye byose ibanezeze pe ibahe ibyiza gusa muri beza kdi one day muzishime imyaka myinshi🤍♥️🙏🙏
Ubundi ni uru Rukundo rukwiriye kuranga abashakanye kuko hariho imyaka igera Abana wabyaye bakagusinga nabo bakajya gushinga izabo that's true love ❤️ 💯👍🙏
Imana izamukiza uy'Umubyeyi ntabwo azapfa ahubwo azarama kubw'Ineza yuy'Umugabo we ntabwo Imana yakwemerako uy'Umugabo ababara Izamukiriza Umugore kuko ari Imana y'Imbabazi n'Urukundo bya kibyeyi ndayizeye cyane babyeyi ngiye kubasengera n'Umutima wose🙏
Ameen
N'ukuri Urukundo Isi iracyafite Abantu bacyifitemo wa Mutima wari muri KRISTO YESU nkuko Imana yabwiye Eriya iti" Haracyarihiho Ibihumbi birindwi bitarapfukamira Bayari. Imana Iguhe Umugisha mwinci wa Mugabo we uri Umukozi, Umwana w'Imana wujuje ibisabwa kandi Mwukawera akomeze aguturemo agushoboze muri byose Imana yaremye byose Igukirize Mama w'Abana bawe 😭❤️👍 🙏
Nanjye numva azakira kubera Imana
Mbega😢mutumye ndiiiira.Muri isomo ry'urukundo nyarwo
Wa mugabo we igihugu cyacu cyari gikwiye nacyo kuguha igikombe cy'ubutwari ukiri muzima,uri intangarugero,bakagukorera n'ikintu cyiza kigukwiye.
Mana ishobora byose turakwingize ngo uyu mugabo uzamuhe ijuru Kandi akiri mu isi umuhe umugisha wo kumukiriza umugore.Amen
Nukuri pe
Imana ibyumve
Amen 🙏
Amen 🙏
AMEN
Yezu ,yezu ,yezu nyirimpihwe , muganga mukuru banguka utabare uyu mugabo wiremeye umworohereze umusaraba ,umukirize umufasha wamuhaye! Ivange mu byabo christu ubereke ko wahozeho ukaba uriho kdi ukazahoraho iteka ryose!amen
Madame tu as la chance d'avoir cet homme dans ta vie cet un ange envoyé par dieu donc longue vie à vous et dieu te geurira un jour
Mana we Imana ihe umugisha uyu mugabo izamuhe ingororano si benshi bakwihanganira ubuzima nkubwo ndumva anejeje Imana ibagirire neza
Umugabo ufite umutima nk'uwuyu Mugabo Nkindi nubwambere mubonye pe Imana imuhe umugisha cyane ,ariko ikiruta byose uyu Mugabo Imana yacu izamuhe ijuru niba ririho rwose ararikwiye ❤
Ohhhh imana izamuhe umugisha nukuri kd izamukirize umugore
Yesu tabara iyi family gusa ibyo munyuramo Imana izabibasohoramo Kandi haricyo Imana ishaka kuzabakoresha gikomeye biciye mubuhamya bwanyu.
Uwiteka azakugororere wa mugabo we,uri imfura ,ufite ubumuntu warihanganye
Uwomugabo nimurumuna wa Yesu pe
😂😂😂😂😂
❤❤❤
Ntasoni ufite yo kugereranya kristu n'umuntu yiremeye😢
Oya rwose, ahubwo afite ubumuntu bushyitse twebwe ntabwo Dufite kdi twanahuye n'abatabufite uretse ko niyo hari n'uwo ubwereka akakubwira nabi kenshii iyo akwiyama gutyo bigushiramo ukabyerekeza ahandi uyu mugabo Imana imuhe umugisha mwinshiiiiii
Ni Yesu kabisa
Urukundo nyakuri rwose lmana izagukize 🤲🏿❤️🙏
Uri mfura wa mugabo,Mana we tukweretse urugo urugirire neza k'ubw urukundo bafitaniye ❤
Yooo! Mbega umugabo mwiza❤ uko usa inyuma Niko usa mu mutima,nanjye ndagukunze cyaneeeeee❤❤❤❤ Kandi uri mwiza rwose.
Nkuyemo isomo rikomeye abakobwa batarashaka harukunu twirukira abasore beza mbega babandi bafite byose ark niturebe imbere like uyumunu tuzabana mubyiza nomubibi ese ko umubiri arubusa haramutse habaye ikibazo uyumunu yakomeza kunkunda ese twagumana ese nago yakwigendera akansiga mbega dukwiye gushishoza mumahitako yacu tugiye gushaka abo tuzabana ubuziraherezo 🤲🏼 imana injye iduha amahitamo meza
Intwati mu bagabo , habwa umugisha wa mugabo we ❤❤❤
Mama nda kwifuriza kuza saza Ufite inyaka 100❤❤ Kandi ndakwifuriza gukira❤❤❤
Ubu Kandi ibigabo byinyamanswa biravugako yarozwe😮
Ibyo bigabo se ko aribyo byarozwe! Ibaze gukurami imyenda umugore ukiyambura warangiza ukabwira umudamu ngo nta bwenge afite.wowe umugabo ubivuga ni wowe uba utabifite
Mubyukuri tuvuge abantu neza bakiriho Wamugabo we uwiteka azakwiture Ineza wagiriye umudamu wawe twese tugusabiye umugisha
Nukuri nanjye nsabiye uyu mugabo umugisha njye nabanjye bose bazankomokaho,
Nemeye ko urukundo rukibaho according to yr testimony 👏
MANA ndabuze ico mvuga jewe ndarengewe🇧🇮🇧🇮🇧🇮nukuri Imana umukize burundu kugira uwomugabo nawe yishime nukuri❤❤❤
Mana we !!! Ndahumirije ngo ntareba uko urishinge rwinjira!!!!! Yezu ati muzaramburira ibiganza ku barwayi bakire. Yezu turamburiye ibiganza kuri Julienne ngo ukureho uburwayi bwe. Yongere kubaho atababara. Dusabye twizeye. Amen
Amen
Amen
Amen amen
Amen 🙏
Amen
Icyambwira niba wowe warikumwitangira gutyo abagore ntabwo bagira urukundo kugeza kuririya level, gusa Imana yakoze imurimo ikomeye 🙌🙌🙌
Abantu dufite icyo Imana yatugejejeho mureke dukorere undi mugisha kuruyu muryango ndabinginze ❤
Yooo !!! Nanjye numvaga nshaka kureba uyumugabo udasanzwe.ibiganza byawe nibyakire ,umugisha uturutse kuri yesu
Uyumugabo ndamushimiye cyane yujuje asezerano yagiriye imbere y' lmana kwazabana numufashawe bagatandukanywa n' urupfu warakoze cyane.
Imana ishimwe kubwuyu mugabo nange nahuye nikigeragezo cyuburwayi ariko umugabo wange nawe yakomeje kunyitaho mbese narinziko namugabo mwiza ukibaho umeze nkuwange disi abantu baracyariho
Data wa Twese uri mw'Ijuru🙏🙏🙏🙏🙏👏👏👏👏👏👏Urukundo disi 🩷🩷🩷 mutumye ndira nimpamo yamunguuuuuu mbega abantu mbega ibintu mbega inkuru mbega ,amagambo mbuze ayo ncira nayo Mira Mana weeweee👊👊👊👊👊
Gusa Imana Ibahe kurama Kandi igukize Mubyeyi muri Beza
Nyabikiza aze arebe umuntu basa💓
❤❤❤
Mana yanje shimwa 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌kuba hakiriho umushingantahe afise urukundo kumukenyezi wiwe nkugo Imana Ikutuhere ivyowipfuza vyose kandi Ibatuhere kurambana 🇧🇮🇧🇮🇧🇮.
Yooooooo,ariko mana uyu mubyeyi uzamukize kuko urabishoboye pe ubishatse wamukiza, uzagirire ukwitanga kuyu mugabo, abagabo urabazi pe kuko niwowe ureba mumitima,ibyo uyu yakoze yabaye indashyikirwa pe.
Yeweweeeee! Ariko abagabo bazima baracabaho ra?? Twe batubwirako turi ibihuna turi ivyo ntazi duteye iseseme tukiri bazima😢😭 tukibazango bizagnda bite nitwaja muri incapacité !!
Kimwe gusa nshimye IMANA kubwuyu mugabo ufite ubumuntu💃💃💃
Imana ishimwe disi,uyu Mugabo ni intwari pe,Kristo azakugirire neza
Mama Data,nziko ushobora byose nta nakimwe kijya kikunanira,ndakwingize ukize uyumubyeyi bw'uyumugabo w'infura.mbisabye nizeye mw'izina ry'umwami wacu Yesu Kristu Amen.mukomere ndikunva mfite kwizera ko uyumwaka utazashira udakize,uzashake nbr ya Kavamahanga numupapa wuze mwuka wera agusengera uzahita ukira, uzazikura kuri chanel yitwa Beula tv.
Hoya niyisengere KD afite kwizera azakira kuko ndetse ni umwana muto uzi gusenga Imana ntabwo azagira ubwoba azafashywa nigusenga, nabyige birafasha kurusha uko undi yakubwirira Imana KD yavuzeko twigererayo
Gerard Nukuri dukeneye kubona no kumva inkuru nkizi zitwereka cg zitubwira ko hari abagabo beza bahari ✍️ jyewe ndabihamya abagabo beza babaho ✍️ kdi nagize experience. Juillene humura nabwo uzampfa Nukuri Imana igufiteho umugambi uza yikomerezeho🙏uyu mugabo Imana ntizigere imwibagirwa icyo azayisaba cyose izamwumve peeee🗣🙏
Yezu wazutse ngutuye iyi couple ngo uyitabare nziko ushobora byose ukize Julienne nziko bizatuma hari Roho nyinshi zitabarwa n ubuhamya bwabo kubw urukundo rwawe Aminaaa ❤
Urukundo nyakuri rubaho❤❤❤,Imana izagukirize umugore kuko irashoboye
Amin ya rabbi
Nubundi abagabo imana yaremye naba abandi ninzererezi
😂hhh
Pole Maman uzakira harikiganiro citwa KANGUKA uzaze ucunviririza usengane umukozi w'lmana uzakira
Mana we nanjye unzanire urukundo rwanyarwo nirwongusabye Amen urakoze kubyumva🙏🙏🙏
Mbega umugabo😢
Uwiteka azibuke imirimo yawe, azaguhembe ijuru.
Uri Umurinzi w'igihango cy'urukundo❤
Uwiteka Imana ishobora byose, nyir'ubuzima, Imana ikiza ibasange igukoreho Julienne igukize ikugarurire ubuzima buzira indwara.
Mbasabiye umugisha mu mpande zose mw'izina rya Yesu, 🙏🏽
Imana izakize uyu mu byeyi Ihembe uyu mugabo gusazana nawe bishimye kdi batuje❤
Amin ya rabbi
Dore umugabo wambere kwisi nunvise ufiye urukundo rurenze😢😢😢😢❤God bless you Papa
Yoooo lmana imuhe umugisha ni umukunzi pee nanjye ndamukunze
Sinzi impamvu iki kiganiro kinteye ikiniga nkarira. Ese hari abagabo beza nkaba bzkibzho? Kubera iki abagore bamwe bashaka nabi koko? Kuki bamwe babura urukundo kdi bo barufite? Kuki Imana idahuza abeza ababi ikabatembereza koko. Mugabo Imana izaguhe ijuru nawe mugore uzubahe umugabo wawe iteka
Akomana Imana ijye ijye ifuha abagabo nkaba bintwari
Mbega umugabo imana izagucyiza chr
❤❤nabokwigirahokabisandemeyenurukundorwivugiraimana ibakomeze
Buriya utarahura nibibazo ntuze wibeshe ngurakunzwe ibi uwu mugabo yakoze vyokora bake mugabo imana iguhe umugisha kandi igukomeze muri vyose nabandi ubabere isomo bigaragara kutari umunyerari wabagore yaba urumunyerari waca umuta ukazoshaka undi ariko yesu agukomeze uri ntwari
Ntabwo byakora bake abagabo hafi ya Bose babikora ahubwo abagore nibo Bata abagabo babo iyo bahuye nibibazo nkibi
Urabeshe abagabo nibake ariko abagore barabikora nubwo nabo ataribose.
N 'Intangarugero,kandi ijuru yaramaze kurica.Ndumiwe uyu mugabo niwe azi ico bita kuba umwe,urukundo nyakuri❤️
Gs ubutwari bw' uyu mu papa burandenga nukuntu uyu mumama amushima nkisanga ndi kurira 😭😭😭😭gs sinzi impamvu ark Mana tabara uyu muryango🙏🙏🙏
Nange nuko
Yewe nanjye amarira yanyishe 😭😭😭😭😭😭
😢😢 Imana ibagomorere Imigisha ubundi mukomeze mwibereho❤ cyakora uru ni urugero rwiza rwurukundo
Dore Nkindi disi, uyu mugabo aritonda cyanee kuva na kera njye ndabazi!!
Ano magambo aranejeje kandi ateye agahinda
Nukuri Imana igukirize umudame mw'izina rya Yesu kristo mukiza wa twese nsenze nizeye mw'izina rya Yesu Amen
Amen
Amen
Wa mu papa we nukuri Imana izaguhe ijuru ni cyo kwisabiye pe😊
Yooo mbega byiza weee muziko hakibaho abagabo bazima bajyifite urukundo ruzima kumudamu imana iguhe umugisha wa mubyeyi mwiza we
My God🙏🙏🙏This is what we call true love❤❤❤❤
Abagabo beza barahari nshuti zanjye! Njye mvuze marayika wanjye sinabona ahompera ❤ anyway Uyu mugabo Imana imuhe umugisha ikize umugore we bazarusheho kuryoherwa nurukundo
Ihangane ne sha nanjye nitera inshinge burimunsi,pe , Imana ikwiteho
Urwaye gute
Ihangane mama
Komera wamuntu wee ,imbabare ninyinshii Yesu abiteho
Ark nomubuzima busanzwe uwomugabo agomba kuba ari umuhanga pe❤ Imana yo soko y' ibyiza nibe muruhande rwanyu njye ndumva ntakindi nabona mvuga byandenze
Mana nkuko wahay uyu mubyeyi umugabo umukundwakaza turakwinginze ngo umuhe no gukir ubu burwayi🙏🙏🙏
Yooooo Imana igukize disi ubwo burwayi bukomeye wenda ni ishuli kugirango wigishishe ama couple ahora apfa ubusa na ma divorce menshi
Wamugabowe Imana IHORAHO izaguhemba ntabwo yakuvaniramwo Aho peee! Oya rwose. Madame azakira Burundu mwongere mwishime Nta mubabaro.
Turakwishimiy. uyu mugabo Imana yibuka imirimo izamuhembe❤❤
❤❤❤❤❤yooo!!! mbega ndanezerewe nkibona iyi title pe!! Imana nukuri ikomeze ibabe hafi nukuri kandi Imana izaguhe gukira nukuri!!!😢😢😢😢😢
Nanjye ikiniga cyanyishe pe uyu Mugabo nabuze icyo mwita pe❤❤
Wooow Abagabo beza babaho rwose Imana ibahaze uburame nukuri❤❤❤❤
Amen Amen malayika wajekwisi yooo yabaharabantu bagifite urukundo nkurwuyumugabo isi yaba nziza yooo ndarize
Sha😢!!!!Nkindi we,uzambare inkindi nomu ijuru,Kandi urwaze ubukira.
Sinabona uko mbivuga ark umugabo wintwari niwoepe imana igushyigikire pe kubyumva nagahinda gusa ark nyagasani agukomereze mukazi ukora Kandi agutungire umuryango❤
Mana ihoraho ndabakunze cyane reba ukuntu sha amukora mumusatsi muri beza rwose abishimiye iyicouple mwankandiye ku iPhoto Koko
mubyukuri mbuze icyomvuga ariko aba ni isomo rikomeye ,lmana yo itibagirwa imirimo ixibuke imirimo yuyumugabo. amarira yibyishimo yanyishe.naryohewe nurugo rwanyu ,iyana twese ayomahirwe twayahaga abo dukunda nabo bakayadusibixa.lmana yo mwijuru izabahe kuramba.kandi humura yesu ntakimunanira uko yahoze akiza nubu niko ari .IMANA IBAGIRIRE NEZA muri byose❤
Azaze gusenga mumasengesho ya grace room rwose.....twagiye tubona gukora kw'Imana,niyo utakira umubiri ukira umutima.
Kwihangana bitera kunesha nukuri mama wanjye kdi kugera kure siko gupfa.umugabo imana yaguhaye ntabwo yigeze imwibeshyaho nagato Imana izabafasha gukomezanya urugendo kugeza murusoje
Yallabii ndakwingiz uzogirir nez un muvyey ,umukiz ,azogaruk azany amashimw,yarakuz ,atakiter inshing ,ameeeeee
Allahuma Amiina
Amen amen tumusengere twizeye kandi izomukiza ni Mutananigwa Imana yacu n'ukuri.
Uyu mugabo ni mwene wabo na yesu yamwigiyeho byose urukundo rwa yesu nirwo rwiganj mumutima wiwe Imana nyene amahoro imukirize umugore nivyo tumusabiy