Natacha wactinga neza pe ! Ariko uduhishure ikimero nyabu ! Inyuma ya film hari imiryango ibategereje (ndavuga abana n'abagabo banyu) Team ya my heart ndabemera hatazinjiramo n'aba meze nka ba Emelyne njya numva! Muri abanjye love you❤
Killaman yishe my heart ♥ kugeza ubu Kuba yarasubiye inyuma niwowe wabitewe My heart twayikunze kko yari yubakiwe ku rukundo rwawe na Nyambo urangije uyishyiramo akavuyo kinkundo kd bikururuka byama story adashira Ngaho ndebera nawe NAVY VS KAZUBA DEVU VS nde nande ntibuka Mark VS pelly Nsabi VS claudia Jojo VS sankara Yves VS Nina GADI VS kariya kananutse Bijiyobija VS...... Adorphe VS suz Chris's VS kelly Papa Natasha na nyina Rizos VS...... Kasha VS Jojo waraducangacanze Ibyo byose ni ibi couple mwubatse kd byose bidafite agashya nakamwe wabihije frime kd waradutengushye
Natasha ni gatumwa pe! Ni uwo kwitondera nukuri. Gusa Imana nimutembereze kure ya Nyambo na Yannick. Yannck koko wahishuriye Nyambo Natasha uwariwe akicarana amakenga?
Natacha wactinga neza pe ! Ariko uduhishure ikimero nyabu ! Inyuma ya film hari imiryango ibategereje (ndavuga abana n'abagabo banyu) Team ya my heart ndabemera hatazinjiramo n'aba meze nka ba Emelyne njya numva! Muri abanjye love you❤
Daddy wacu♥️♥️ abantu mwifuzako Yves amenyako Gad atirinshuti nziza imugambanira mumpe like 🙏🙏🙏
Ndabakunda cyane 🫡🫡🫡
Thank you Dady wacu basi uduhe tubiri uyu munsi udutangize icyumweru neza
Ngewe ndasaba akarori kamwe sinzabishyuza nimubina bwikwriye muzampembe uko mubishaka ntakandi kuzarinda nyambo ndabona kasha Natasha batazamurebera izuba
Mercii bcp daddy wacu Allah akomeze aguhe ibyiza byinshiii papa
Abantu mwakumva nyambo yamenya ibya Yannick we na Natasha nibyabereye iwabo nimusigire likes abakumeje kureba iyinamba❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Yongeye kuhatwika Killaman
Arabizi
Ariko noneho daddy wacu Ari kutunezeza iyi film irimo gusohoka neza cyane turishimye cyane pe🙏🙏🙏
ababona inyambaro ya natasha itariyumunyarwandakazi tumenyane esewe mubona nina atagaragaye❤❤❤❤❤🎉😂
Ohhhh my God ibazeko nbaye uwanbere mwibwirize kbx .guc dady tubabarire urukundo rwawe nanyanbo ururwanirire kd bibaye byiza wabibwira nyanbo akareka kwibaza ikiguhangayikushije
Natasha uzalimbuka wowe. 😂nutwo dufaranga. Wiratana urya wenyine iwanyu benda kubata hanze ninde ubyunva nkanjye asige lik
Ariko kuki mwese mwirengagiza ko Yannick yabonye ubwambere bwee 😂😂
@MkzPhilbert
Ubuse Woe uwo wabonye ubwambure bwe mwarabanye😅😅😅😅. Hakora urukundo brother
Nonex kwigira ishenge nibwo aribubone yanick we areg Nge icyo mbonacyo nuko natasha yazize ubugoryo bwe ikindi nanyina atarahinduk we nasuzi bakoze amakosa p rero tasha navaneho ubugoryi aho
Harahiyeppppe😭😭😭😭😭 ndikumva mbabaye kubera natasha
Mbaye uwakabiri mumpe twatuntu mujya muha abandi please
Number one my heart abakunzi bayo musige like to nimba muyikunda❤❤❤
Natasha ndagukunda cyane ariko ugira amahane cyane pee nyambo nawe ndagukunda imana izamfashe duhure
My heart mujye muyiha iminota mike nkiyi kbs iyibaye myinshi irarambirana
Cyane rwosep
Nanjye ntyo
Ark bantu mwafasha tugashimira daddy koko gs nakomerezaho❤❤❤
Natasha ukina neza ndanagukunda ark ujye wambara
Aba yibagiwe kwambara
Abakunzi biyi film mumpe like ❤❤❤❤❤
Uyumuns uragenda neza kabx daddy urakoze Arik Natacha tubabarire uturecyer umukobwa wacupe ❤❤
Natacha ntibakagukineho birirwa bahereza amasezerano abantu barangiza bakayarengaho kosora izo njiji nkuri inyuma cyane
Arko umuntu yabafite gahundayogushaka umukobwa yakitwara nkanatasha ukamushaka ubwose abayumugore
Killaman yishe my heart ♥ kugeza ubu Kuba yarasubiye inyuma niwowe wabitewe My heart twayikunze kko yari yubakiwe ku rukundo rwawe na Nyambo urangije uyishyiramo akavuyo kinkundo kd bikururuka byama story adashira
Ngaho ndebera nawe
NAVY VS KAZUBA
DEVU VS nde nande ntibuka
Mark VS pelly
Nsabi VS claudia
Jojo VS sankara
Yves VS Nina
GADI VS kariya kananutse
Bijiyobija VS......
Adorphe VS suz
Chris's VS kelly
Papa Natasha na nyina
Rizos VS......
Kasha VS Jojo
waraducangacanze
Ibyo byose ni ibi couple mwubatse kd byose bidafite agashya nakamwe wabihije frime kd waradutengushye
Aba agomba guha abantu akazi.
😂😂😂😂😂kariya kananutse! Wowe ntago igitekerezo cyawe cyakemerwa niba utazi nabakina film.
Uvuze ukuri 🎉🎉🎉
Wibagiwe Nzayino na scoot na bobo na nana
Daddy ndariye ariko simpaze ntaho shyize rwose ubishatse wa twojyera knd dore Nyambo urabimuhishe ibyanatasha ❤❤❤
Mukina neza ariko reka kuba murahira Izina ry'Imana !! Ntikinishwa
Daddy 35 minutes nimyiza kbx 💙💙 ntuzonger kuyirenz kbx arko ni saw
Team Natasha 🤛🤛🤛
Hello my friend ndagukunda cyane nahajyeze najye❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Me to i m here♥️♥️♥️♥️ ark nyne izi ntambara za natasha turazikizwa niki koko
zipfa kuba zikarangira ntibikweduke
Welcome my heart mbakunda byuzuye
Ababona ukunu nana ashyizemo ubwenge akanga kumena amabanga tumenyane
fusabirenzekuba umusitare nkayanike gusanange baza❤❤❤shyire murifirime gusaShakakuzahura nayanikekuko ndabakundacyane
Dropping E'M every time is making sense to us 4r real
nitugufi ark turyoshye.dukomeje kuryoherwa pe!.
Uzatuzanire Sankara na Jojo turabakumbuye.daddy turagukunda💞💞💞
Yiigp pe
Number one 🎉🎉 mumpe like ❤
Number one mumpe like
My heart isubiy bubis turonge turatangiy
My heart Chia ❤❤❤
Brand new 😂
Harabantu bashobora kuba bacira Natasha urubanza none kuki yanike yasezeranije umuntu ibyo atazashobora Natasha mumushakire umuhoza nawe afite irungu
Imana ifashe Yve amenye ibya Nina na gadi
My heart I like you so much ❤
Icyi nicyo bita break fast ndabarahie
Number one like ❤️
Waw daddy ukomej kudutamo peee ❤❤❤❤
Shyira ukuri ahagaragara ku bya kacha ndetse nibya Chris na will kuko will yarahohotewe
Nanywe amazi bizashira Wana yahohotewe x haruwamwishe
Cloudia imana izaguhe umugabo uzajya agutetesha mbona wikundira guteta😊😊😊
Ahaa😂😂😂 Natacha oe courage gs nushake ureke abana bikundanire 😅 naho ibyo kuneka byo😢😢😢 kbc My heart ❤❤❤❤
❤❤Ok ❤ok❤ byizacyaneeeee ❤❤❤
The fist one ❤🎉😊
Natasha ajekwivanga dad nujyire ubwoba bera nago turikumubona
Nkunda my heart 😊
my heart itwitayeho kbs
Ark mubuzima busanzwe Natasha ntag arumu sonjawe🤭🤭🤭
Dady thanks kbs uba waturemeye umunsi!🎉
my heart mbakunda byuzuye💖💖💖💖💖💖💖💖💖
Nyambo afite ibibazo kbx Natasha yigarukiye😅😅😅😅😅😅
Ararwanira umusore wamwambuye ubusugi bwee 😂😂
Ndabakunda nkabura icyo mbaha rwose ❤❤❤
Eban umusa ucyinaneza cyane wibaze kodumusaza nkaba nkunda kugukuricyira ndavuga yanike
Number one ❤😊
Yes Dady wacu uyumunsi ntubona ❤❤❤❤
Benitha nuyu mukunzi mushya wa Navy ndabona bahuje 😂
Nyabuneka Natasha yasaze.❤❤
Kurundi ruhande Natacha ndamushyigikiye kuki abahugu birirwa badukina nkumupira bashaka kwirirwa bahinduranya abakobwa 😢😢😢 rata Natacha bahereze ikigwa 🎉🎉🎉
Nanjye turi kumwe kbx kuko niba Ariwe wamwambuye ubusugi akwiye kumurwwnira kuko ni igihango gikomeye baba barahanye
Ahubwo Yannick yasezeranyije Natasha ko azamutegereza Natasha nawe aguma kwisezerano yahawe none ndebera nashake abarimbure Bose ndamushyigikiye
Turikumwe najew 😂😂😂
Wow! Nka hano uri na Nana Bien habillée❤
Number one
Daddy uradukomyeee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ariko rer nana Nathacha kuruhande rumwe mumwumve 😂😂 baramutwaye akantu
Dady urakoze ujye ubikora guca uduhekare
Natasha ni gatumwa pe! Ni uwo kwitondera nukuri. Gusa Imana nimutembereze kure ya Nyambo na Yannick. Yannck koko wahishuriye Nyambo Natasha uwariwe akicarana amakenga?
Rwema wamuswawe muntambara yubuzim kowapfuye uvuyehe❤❤
Gusa nana yitwaye neza ndabikunze cyane
Cyaneee amwimye amakuru p
Dady komereza aho tu bafitiye filime yaryoshye pe
Thanks daddy turagukunda♥️♥️♥️♥️
Number 3 ❤
Natasha byaba byiza ahuye na willy kbx! Yannick ubitekerezeho
Ndikumva nabuze amahoro kubwanyambo ko Natacha yamwangiz kbx
Nanjye naje mumpe like munkandire no kugafoto weee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤ turabakunda cane 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Yves nTonny imbere cyane.kdi Gasi nshaka yihane too
N1❤❤❤
Mana yageweee intambara yuyumukobwa Natacha 😢turayikizwa Niki Koko 🙆🙆🙆🙆🙆🙆🙆
kandi yannick nziko utajya utsindwa tobora uhinduke ube mushya ikindi wituma bakumenyera rwose
My heart ubu Isa ngitangiye pe turabakunda
Nibyiza cyane❤❤❤❤
Kuberiki natasha ashaka kubangamira urukundo rwabandi
We se ko babangamiye urwe
ahubwo ari kurwanira urukondo rwe
Utyo rata papa Yanick! Uteye mu rya mama Natacha ❤
Mubuzima ntukemere gutsindwa Natasha nkurinyuma ntugatsindwe uzakureho yanick kko Nyambo yaba arengana
Natasha ubundi wabaye Ute wagiye uduha agahenge
Natasha nishyano😂😂😂 nyambo wee uragowe bakuziye
Yanick,dukunda my heart ariko tubabarire ubwire nyambo ukuri agufashe kurwana intambara
Kd nyambo yarwanye izirenze iyo ya natach reo kama mbaya mbaya
Killa rangiza agatogo k'inkundo rwose
Natacha yaberana na Waygang 😂😂😂
k as bisa kabisa
ko Koko se
Film yabaye ubuki neza neza❤
Ariko yanni Natasha ❤🎉 wamukubise
❤
Kirazira
Gukubita umugore
Miss you love you😂😂😂😂
Thank you so much daddy
Noneho turiye kara pee my ❤ ni ku ❤
Daddy atitaye kubamuca intege ngonatasha araramushakd aha reka ntangiremwiyumvire🤣🤣🤣🤣
Shn nneho ndabona byose bigiye gusubira irudubi pe ubu kko nneho uyumukobwa ngo ni Natasha turamukizwa niki ko agiye kubyica byose rwse murebe uko mubigenza
Sha ka Nana karabeshya😂😂
😂😂😂😂 kbc arakubiye mukubeshya
Natasha uri ikiryo peee❤