BWAMBERE MU MATEKA!|Habonetse BOTIKE YICURUZA|MBEGA IBITANGAZA BIBERAMO!|WAMUJURA kamubayeho
HTML-код
- Опубликовано: 6 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250781413225 cg uka twandikira kuri email:bigtownempire@gmail.com SUBSCRIBE: / @bigtowntv_rwanda #Bigtowntv #Muganga0788775548
Ndumiwe kabisa big town tv mwubahwe murwanda ntovyoroshe ,love from Burundi 🇧🇮
Nibyoc
Hhhhhhh ntibisanzwe pe ndayamanitse big town murarenze 🔥🔥🔥🔥🔥
Iyi boutique uwayizana inyamirambo ntanumwe wakwishyura!!!!!!
😂😂😂😂😂🤣🤣🤣🤣
😂😂😂😂😂😂
Nyiriyi Boutique ndamwemeye uwabizana i Kigali abajura baba bagatoye kbsa nibyiza
Apana kaka ngu ikinyoma tup
Iyo usanz ayo kwigarurira yashize ,bigenda gute?
Wisubirirayo nawe urabyunva
Nange nabyibajije?
Ark ubwo urumva bishoboka? hhhhhhhh
Uyi ni filme
Aha film keza cyanee
Thanks much bact for show I think this is gone be the solution to robberies
Iyi ni comedy . Nibatubwire akarere akariko bajye bareka kutubeshya. Ibintu nkibi narimbizi kuri channel imwe none naha byaje. Gusa courage kuri bac
None c ahahantu nihehe? Mukahe karere?
Aka nagatwiko kbs nonese komutavuga akarere numurenge muratubeshya sana.
Ni publicité ariko aramugirira
1 uriya mwana yinjiye ubwambere yarebye muri 📷 neza icerekana ko aribintu mwapanze, 2 ibyandiko nibishya byanditswe the same day meagiyeyo!! ububeshyi gusa
mwebwe mucuruza amakuru! muzabazwa byinshi! ibi mukora Ni nko kwamamaza icyinyoma! icyo mwakagombye gukora Ni ukutubwira iryoduka Aho riherereye ubundi natwe tukigererayo,Dore ko uRwanda Atari runini cyane.
Bact iyaba ama boutique yose ameze gutya
Abantu twakizwa pe 🙉 Rusizi, kamembe.
Umurozi araho
Ndakwemera musaza mfite
uruganda ruto rukora Isabune zamoko yose arko ubushobozi nibuke wamfashije ukashakira umutera nkunga
Thanks
Ubwose uwupima ifu yakawunga abigenza ate
Bazabizane i kigali barebe se !!nubundi hapfa uwavutse 😂
😂😂😂🇧🇮🤘wariruhiye
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Reka kwiyemera, kgl babateje inzuki murasusumira none urarata kigal
Urebyenabi umunwa wahindukira ukajya inyuma ukajya urebera mumugongo ukarira mumugongo
Bazabizane tubirye tubimare bumirwe😅😅😅😅
Nakipenda sana kaka yangu
Ko utavuga aho ariho se?
BACT iyo ureka kwishyura tukareba uko bigenda?
Ese ko mbona arabaturange ubu iyo ushaka nkumuceri ninde uwupima ???
😂😂😂😂😂😂hinjira abazi iminzani
Ndamwemeye Bacty uzanjyane yo twiganirire
Bct ako si akantu. 😅 bakita imbehe. amasahane ya gakondo big up.
🤩ngwisahani uyu numuzungu erega Bct ararenze !!!
@@khadidjakn.7806 🤣🤣🤣
Ntago Uzi imbehe?
Iyo ni imitwe. Muratera ubwoba se murusha nde ubwenge. Hinga nzaze nterure ibiro NKa 10 by'umuceri 10by'isukari na Mutzig 6 maze ndebe umfata. Nimugende mwa baginga mwe
@@kamondojacqueline5974 vuba cyane ahubwo
Sha muyarya yabavunye, gusa muzi guhimba! Harya ubwo ni ubuhanzi cyangwa ni ubuhimbyi??
Wowe backit inkuruzaweziba Ari izafeke ndabizi.
Arik abantu murantwenza ngo ibitangaza vyose muvyita ibitangaza kandi arimbaraga zabarozi nabadayimoni muragowe yesu arihafi akokagabo nakanyakuzimu
Ahubwo bac urarinda ndakubwiye jewe ayo mahera ntayo nokoramwo
Nawe uratwifatira koko
From marawi
Muzabeshye abandi sha
Muba mutubeshya gusa muba mwateguye
Nakumiro
Kwikopesha se byo? Nukwikopa wenyin
Sha muzarya nibibajyana ikuzimu murya ibintu byuwo murozi koko mwabuze izindi boutiques😱
Nonese ababantu baracyakora cyangwa barafunze?
Aka si agatwiko kweli
Yesu we ibibint nahor ndavyumv sinarinz kobibah ndemey pe!!!
Ese ababantu kobatavug nkabanyagwanda menga nabanyakumoso!!
None c ntabwo ibicuruzwa bishiramo ngo baze kubara amafranga ngo barangure ibindi?
Nyagasani, ubwo atanga imisoro gute?
Nahaganahe ngo tuzajye kuhirebera?
Ahonihe? Mukarere umurenge?
Egoko mana Regis🤩🤔🤣🤣
Muba mutubeshya twarabimenye KO mujya mubeshya
cyokoza akanagateguro , ngatuyehe ? hanoruguru mugahita mumugeraho ???
Iyi ni agakino mwakinnye sha
Iyo Boutique irimo abadayimoni
Imbehe Niko akobashyiraho amafaranga
Muratwika kbs ubwose abantu bahinga ni joro? Ko bamwe bavugaga ko atuye kure ubwo mu mugezeho ako kanya? Uwo mubyeyi ngo avuye guhinga yambaye neza gutyo avuye guhinga? Apuuu nta butumwa burimo aho ahubwo muri kwamamaza satani mwizina rya Yesu satani yakubwiswe nkizakabwana kaneye murugo Yesu aramuzingazinga aramufungirana amwambutware puuuuuuu ntarukangura ahubwo uri rusinzira 🤣🤣🤣🔥🔥🔥🔥🔥
This is some BS
Ibi nibinyoma
Abaturage biroroshye kubabeshya yabateye ubwoba nabo baremera reka nzaze muyinyereke nzane imodoka mbipakire maze ndebeko ntazabijyana
Urigisare😂😂😂😂😂
Ngize ubwoba kbs
Iyi boutique Mana weee
Kuyumusaza mushuka ngabeshye Mani sibyo pe
Ni film Aka Kana kendaga guseka
Hhhhhhhh muratwika kweli kweli
Uwo nuwahé?
Wakibwira we bgt
ariko murabesha
Uzabimbaze mwene mama. Weho urabifata nkimikino. Uzaze iwacu ngo urebe ibihabera ngo barabesha.
Imiti ye c yayikuye Uganda ko abuga ikinyarwanda neza ntago Ari umugande
Views zizagakora, ubu muba mutubeshya muziko turinka
Murasetsa 😂😂😂😂😂
Agatwiko kinjizaa, New content,new game
Ndumiwe 😳😳😳😳😳
None ibyo biciro byandikwaho nande?niba boutique yicuruza?
Hhhh azayizane maze Kigali tumwerekeee
Kd ababanyamakuru mwamamariza abarozi namwe muzabona ishyano inama nimuhindukire murebe Yesu arabakiza
None nkabantu muhahira mwiyi botike mufitubwenge koko ibotike idandazwa nimizimu ngo mugiy guhaha
Nanjye ntyo kbx sinajyayo!
Ahubwo nivyo biryo sinabirya peeeee
Aha isi
Sha bibaye ari nibihimbano mwaba mwavunitse mubitegura kabiisa
Yesu weeee nokubyumva binteye ubwoba pe nsheshe urumeza
Aho wosanga uriko ugiriranira ibiganiro namajini yihinduye abantu🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 Uhoraho wenyene niwe afita imbaraga zirita izabapfumu nabarozi
Bact kutambaye impeta🤭
Umenya itakimukwira 😁😁😁😁😁😁😁😁😁😁😁😁😁😁🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Ese,aba bahinzi bahinga nijoro?egokooo!
Ngewe nzajyayo ngende ntwAre ariya mafaranga nibintu nshaka ndebe icyo mba
Murategura kweri, ibyo nibyo mwakinnye mwamamaza uwo mupfumu
Ndumiwe gusa murabeshya
Ndabona atarukuri mwateguye kbs
Mujye mikuraho gatemba zanyu tarazihaze zuzuye ibinyoma
As bakit nibyo
Ntukazane inkuru zo kubeshya hano,nta soni???
Sinayiguramo
Mwizina rya YESU KRISTO Imizimu nishe
Umwana niwawundi ugarutse yambaye umupira wumukara iyo mubeshya mwica izina
Uwomuganga andangire umuti ntangire business curuze nakwigora
Mujye mureka ikinamico!!
Ibi nagatwiko gasanzwe ntago biba aribyo
Ibikabyo bya Bact naba batekamutwe bawe birarambiranye
Imikino y’abapfumu tena
Bacti urumunyabwoba nkanjye
Namwe mukinjiramo muzi kwarimubapfumu namwe yarabafashe kabisa
Yooo nivyomuguramwo nivyikuzimu mugurira umurozi
Muganga atuye mu kahe karere?
ntanjye ndashaka kompumuza nanyiriyo boutique ntanjye nkajyancuruza ntahari
Edagara rya amanyi🤔🤔🤔
Ahubwo Uzi gukorakora,jyewe sinakoraho.
Nanjye kbsa
Ukuntu uyu wiyita umupfumu yari yiteguye interview yambaye n' agapfukamunva !!!!! Ikinyoma cyambayubusa
Uyu ni umukino ni ukwamamaza umupfumu
Aho nikibungo p