Rubavu: Twaganiriye na wa mugabo wasigaranye uruhinja rw'amezi atandatu || Ibiza byamutwaye umugore

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 12 май 2023
  • Mu ijoro ryo ku itariki 02 rishyira 03 Gicurasi 2023, imvura yaguye yateje ibiza mu bice bitandukanye by’Uturere two mu Ntara y’Iburengerazuba, Amajyaruguru n’Amajyepfo, hapfa abantu 135, barimo 28 bo mu Karere ka Rubavu. Feza Nteziyaremye ni umwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu wagizweho ingaruka n’ibiza agasigarana gusa umwana w’amezi atandatu n’ibyumweru bibiri. Kigali Today yaganiriye n'uyu mugabo. Nimero ya telefoni ya Feza Nteziyaremye ni +250 782225142 ku wakenera kugira icyo amufasha.
    Camera & Editing: Richard Kwizera

Комментарии • 251