Titus weee uri umuntu udasanzwe ,icyampa iyi mitekerereze ufite n'abandi barokore bakayigira twakubaka ubwami bwa Kristo ntawe dusitaje kandi byatuma intama za kristo zidatatana,Yesu kristo aguhe umugisha rwose.
Komera mu papa Mwiza Iki gikorwa Urikurakora Yesu Azabiguhembera nukuri Yesu Ahari Mw'Ijuru Agenderere Mama w'abana bageze mu bigero vyokwegerwa n'a Mama wabo.komera muvyeyi Yesu Azogutwenza🙏
Nta kosa umuntu yakora ryatuma umubyeyi muzima ata abana yabyaye akagenda ikamara igihe ataragaruka ahubwo uriya mugore nta mutima agira kuko Iyo awugira aba yaratwaye uri mwana uri mu kagare.
#Abadasigana family_0788222327
Nubwambere mbonye mbonye Adeper ikurikirana umuntu wavuzweho ibibi bakamusura ngo agaruke mu munzira ubundi bahita bakugira ikizira, biriko biraza nukuri Imana ibahe umugisha
Nago nekereza Ko iyi ari adeper Ahubwo ni group babamo harumuyobozi mukuru ubonyemo usibye Thacien
ADEPR nihatal nubwo ataribose
Mwakoze rwose Imana yamahoro ibahe umugisha mwinshi ibyo nibyo Imana ibashakaho.
Disi iki gikorwa ni cyiza kiragaragaza w'urukundo rw'Imana.Imana ibahe umugisha
Bakozi b'Imana mwese Imana Ibahe umugisha, Kuba mwaje gusura umuvandimwe. Nibyo bidukwiriye nk'abachristo
😢😢😢 mbega ibintu binkoze kumutima were Imana ihe Umugisha imirimo yamaboko yanyu pe.
Muhezagigwe kumurimo w'imana mukoze. Ivyo nivyo Imana ishaka😊❤❤❤❤
Titus avuze cyanee Kandi Niko kuri urumugabo mwiza yiba wasuraga ingo zasenyutse zose zakojyera zikiyubaka
Imane ibahe umugisha benedata, kubwo gukora igikorwa cy'urukundo ku umuryango wa Silas. Imana yacu ihabwe icyubahiro.
Mwese mwese Imana ibahe umugisha!
Uwiteka Imana aratsinze kandi abakozi be mu😊komeze gukora neza muzabihemberwa!
Thacien n'umukozi w'Imana mwiza.
Ntiyahevy'umugezi kubw'urutonde rw'Ishengero.
Baterer'intama y'Imana hanze ntibasubire kuraba.
Mbega Yesu koyahevye mirongo 99 akaja kurondera imwe yazimiye?
Aba Kristo buno musi Imana yimbuye barararira.
Ariko Iy'Imana ipfishije muranezerwa mukaronka n'amajambo yo kuvuga.
Hako murira muboroga kuk'Imana ibuze.
Erega Mwene Data arashwe Imana iba ubuze.
Iba ipfishije hakubabara barishima.
None nimba Silas vyarakunze kwaraswa ninde wundi,atoraswa?
Nimba,Aburahamu,nimba Salomo,nimba Dawidi yararashwe ninde,atoraswa ,arikurugamba?
Turacari hakuno y'uruzi ntiturarujabuka.
birababaje kubona ,abakatanze urugero rwiza, nibyo bitwaranabi .muramponda sinoga Niko mwise.
ikikiganiro niyo nkkiibona bakozi b IMANA murakoze cyane Sirasi turamukunda cyane afite impano nziza
Justin,
Ugira impano ikomeye yo gusaba imbabazi no kwihana.
Ni ubutwsri bukomeye njya nkubonaho cyane, izakugeza mu ijuru,
Imana iguhe umugisha!
Ndanezerewe cyane kubwurukundo meetetse silas
Imana ibahe umugisha mwishi muri intwali nubwambere mbonye abarokore bajya gusura umuntu washyizwe inyuma yitorero pe naho ubundi baba bakubonye ngo bakuvuge pe dore kobazi kuvuga noguhimba
Ubwo mbonye mo Titus ndabizi ko Ari ukuri.❤
Imana impere umugisha group ya tekereje gusura ,Thacien Titus Uwiteka aguhe umugisha 🙏🏽
Birahimbaye urukundo nigwo Imana ishaka ❤❤❤
Adeper muratunguranye nubwambere mukurikiranye inama yanyu nyuma yibibi byinshi yavuzweho n'ukuri imana ibahe umugisha kd nibyo imana ishaka
Abantu biwacu nyamasheke Imqna ibongerere imigisha nabo murikumwe mwese Titus ,Yesu ashimwe,Masengesho Yesu nashimwe,IJW Kibogora na GSFAKibogora bareze meza🎉
Imana ibakubire 7 nuko adpr yahoze mukomerezaho ni arexis
Mwarakoze murabogushimirwa imana image umugisha mwarakozepe❤❤❤❤
Nukuri turabashimiye mwebwemwese mwabashije gusura umuvandimwe wacu sirasi Imana ibahe umugisha mwinshicyane
Christopher wacu kumukenke yesu abahe umugisha kuyobora nibibintu byawe rwose ❤
Imana ibahe umugisha mwinshi
Ndumurundikazi 🇧🇮munejeje umutima wanje❤❤❤❤❤🎉
Aleluya imana nishimwe cyane ndabakunzecyane kubwumurimo wimanamukoze nubundi ntabwoturagera Aho umwanzi atararasa imyambi arikwicyobanze nukuguma kuyaguhamagaye mukozimurimo mwiza murakoze cyane
Thacien Imana ikongere umugisha,urumukozi w,Imana w,intwari,ukomere ,utwigisha vyinshi
Murakoz cne, Imana izobibibukire, 🌹🌹🇧🇮🇧🇮
mw'Izina rya Yesu Kristo Mwami wacyu umva gusenga kubwoko bwawe , wubake tena urugo rwa Silas umugorewe umugarure murugo mw'Izina rya Yesu Kristo Amen
Amen mwakoze cyaaaane kubwo kubaka ururugope
Uwatekereje ikigi tekerezo ahabwe umugi
Nsha❤❤❤❤
Titus weee uri umuntu udasanzwe ,icyampa iyi mitekerereze ufite n'abandi barokore bakayigira twakubaka ubwami bwa Kristo ntawe dusitaje kandi byatuma intama za kristo zidatatana,Yesu kristo aguhe umugisha rwose.
Impanuro tv turabakunda cyana imana ihe umugisha abakoze igikorwa cyogusura siras
Nukuripee Amen
Yoooo murakoze kuduha ukuli kwibintu mukozi w'Imana 🙏🙏
yooo Thacien Uracyari umuntu w'imana nubwo tutacyumva indirimo zawe ariko uvuze nk'umugabo uzu kristo
Imana ibahe umugisha mwinci,Silas komera cyane satani yakurwanya ariko iri muri wowe ikakurwanirira,humura ntakitagira iherezo komeza umurimo kuko iyaguhamagaye ni iyo kwizerwa
Ubundi nuku ibintu byagendaga
Muri mu murongo mwiza
Mweze imbuto
Uyu musirikare yararashwe none muramweguye
Muhabwe umugisha.
Iyi Team ni nziza ariko irimo inkozi zibibi 2 Justin na Ezéchiel mubitondere ninzoka zibirumira habiri bariyoberanya
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂ukuri ntikwica umutumirano
Nanjye aba bagabo 2 mpora mbasabira ibihano Ku Mana wagira ngo bafite indi mana bakorera bakihisha mu bakristo
@@UmuhozaVenuste-pj1jf Imana ntikora nk'abantu ninyembabazi kandi irihangana !
Uzabaze Samusoni uko byamugendekeye.Imana Irahana mujye mwitondera abakozi b Imana.
Imana ibahe umugisha
Imana ihe umugisha utagabanyije abantu mwese mwahageze ,nisanze narize nukuri.
Imana ijye ibaha umugisha ibakomerenze amaboko
Nshimiye Imana yabahaye gutsindwa mugasaba imbabazi,nuba usenga by,ukuri uzatabarwa,wihangane komera🙏
Imana ishimwe cyane
Imana ibahe umugisha kubwigikorwa mwakoze
Imana ibahe umugisha nukuri mukoze ikintu gikomeye gikwiye kwigisha abantu Bose ❤❤
Thacien Imana iguhe Umugisha rwose pe!
Barokore musengere silas afite imyuka mibi myinshi cyane
Ariko ntanikimwaro agira. Niko silas ufatirwa mubusambanyi ntusabe n imbabazi byibura ngo abo musengana ubasabe imbazi zo kubasebya
Nonese ubundi uwo mugore udafite akazi abo bana bose yabajyana he ninde wakwikorera uwo mutwaro wowe uryamye kwa maraya?
Icyaha wakoze cyo kusambana Imana icyanga urunuka kdi yemera ko nimba umwe muri mwe adashoboye kucyihanganira mwatana kdi akajya gushaka undi.
None weho uravuga ibitabapfu mu bantu. Ese ko wasambanaga ufite umugore munzu ubu uri kujya kwa maraya inshuro zingahe ra? Abo bagusuye bakurunzeho amakara ngaho camo 2 ushyire maraya nabandi bakoherereze kuri phone indaya ibone ibyo irya
Nimenjiskiya mashozi jamani Munguwauruma yupo webaba BwanaYesukristo akingalikimengimema nabaraka kwako nawatotowako namkewako wale uwasameburee utabarikiwa🎉
Imana ihe umugisha abitanze bose🙏🏻🙏🏻
Thacien Imana iguhezagire uvuze amajambo meza cane abana b Imana dukwiye gukundana
Komera mu papa Mwiza Iki gikorwa Urikurakora Yesu Azabiguhembera nukuri Yesu Ahari Mw'Ijuru Agenderere Mama w'abana bageze mu bigero vyokwegerwa n'a Mama wabo.komera muvyeyi Yesu Azogutwenza🙏
Wow murakoze cyane mwerekanye urugero rwiza rwo gukorera Imana
Imana ibahe umugisha
Abakozi bIMANAbahabwe Umugisha kuba hafi yumukozi wIMANA
Yesu ashimwe cyaneee!!!mukoze igikorwa cyiza cyane n'ubwo mwatinze.
Nukuri yesu abahe umugishaa ndabikunze ibibintu❤❤❤
Mukoze ikintu cyubutwali cyane 👏👏
Imana iguhe umugisha titus we uvuze neza kuko na yesu yaje gushaka abanyabyaha ariko twe twigira intungane
Imana ibahe umugisha bakozi by'Imana. Imana yanga ibicumuro ntiyanga abantu bayo iharanira kubagarura. Murasobanutse kuko mwamenye ko turi abantu tutari abamalayika. Imana ibahe umugisha
Iyi milimo izababanzilize mu marembo y,Ijuru,Uwiteka azajye abibukira ku bikorwa by,urukundo.🙌🙌🙌🙌
Amen
IMANA Ishimwe iteka ryose cyane biranshimishije ntimwabyumva.
Mbega igikorwa cyiza ❤ Yesu azakibahembere
Imana ibahe umugisha kurikigikorwa mwakoze hanyuma mugerageze mubahanure biyunge n'umudame we biyunge basabane imbabazi basubirane nukuri vyobavyiza kuruta kdi hamwe N'Imana bizagenda neza 🙏🙏🙏
Tutus we ni wowe mukozi w,Imana usigaye pe
cyane
God bless uuu aho guha mwene so akato ibi nibyo biba bikwiye imana ibahe umugisha
Yewe ntabyo narinzi ndagunda silasi ntugahungabane niyo grupe imana iyihe umugisha
Imana ibahe umugisha urukundo nkurwobrusigaye hake.
Imana ibahe UMUGISHA cyane iyo group najye munyandike ndabakunda nkunda gufasha
Yesuwe Imani ibahumugisha ndanezerewe
namayobera birangiye, nibagusengere cyane kuko ufite amadayimoni ,akugose.
Mwarakoze cyaneee 👍
Imana ibahumugisha kubwumurimo nkuwomukoze , uwomutima nkuwo muzawuhorane ❤❤❤
Imana ibahe umugisha kubwo gusura uwo mudyango
Mwakoze iman ibahumugisha jiste atey umujiny
Nawe urabizi?yigekubabarira.
Umuntu watekereje ikikintu ndabashimiye imana imuhe umugishaa
Sooo touching 😢
Abantu bose bameze nka Thacien isi yaba paladizo imana imuhe umugisha kd Silas imana imukomeze
Mbega inkuru inkoze ahantu nanjye haricyo mpigiye pe Imana y'amahoro igumye ibeze kubw'igikorwa mukoze bavandimwe
Amen 🙏🙏🙏🙏🙏🙏 Imana Ibahe Umugisha Kd Mbifurije Amahoro Nukuri Binkoze Kumutima
Yego mama we uvuze neza cyane ntabwo wowe urumucamanza rata nkabandi ba DEPERI.numusirikare wakomerekeye kurugamba
Thacien rwose ubundi ni wowe pastor wanjye
Imana ibahe umugisha mwinshi😮
Uwiteka abahe umugisha ❤❤❤❤
Mukoze igikogwa ciza imana izatubaza abotwarikumwe kurugamba barih nivyiza ko mwenedata agwa abandi bakamuvyura bakamufatukuboko agakomeza urugendo❤😢
Niyemere amakosa yakoze mwivugako amakosa umugore amurega atabaye ahubwo we nareke kwiregura acire lmana bugufi ayemere iraza ,ariko niyinangira lmana izamuhunga.ace bugufi asabe imbabazi umugore we kuko nicyo gikwiriye
Nta kosa umuntu yakora ryatuma umubyeyi muzima ata abana yabyaye akagenda ikamara igihe ataragaruka ahubwo uriya mugore nta mutima agira kuko Iyo awugira aba yaratwaye uri mwana uri mu kagare.
Ubwose niwowe umurusha imbabazi!! Wikwivanga twese twifuzako bakubaka ariko iyugiye kwivanga mumubano wabantu babiri uba wivanze cyane@@migishayvon
Jye uyu mugire namwita inyamaswa umuntu uta umwanya nkuyu usibye KO ntanumwana ukwiye gutabwa nanyina sinzi icyintu cyantandukanya nabana banjye
@@migishayvonVuguziga niba warakurikiranye i ibazo byabo kumacano atandukanye ntiwakavuze ngo ntamutima agira ubuse iyo amujyana akamupfiraho kuko ntabushobozi bwo kumwitaho yarikubona nibyo byarikunezeza? Ko inkunga ifasha uriya mwana ica kuri Silasi none yarikumujyana akamutungisha iki?
😭😭😭 nsutse amarira yibyishimo kubikorwa mukoze hamwe N'lmana...Amén!!! ❤
Iki gikorwa ni kirahebuje cyane.
Mwibuke n'abandi benshi cyane mwahoranye ariko bajugunywe aho batabasha kwivana, mubasure, mubabohoze.
Ezekiel ukwiye kwikebuka kuko urakabije ukuntu ukora inkuru ,kuko uko ukora inkuru ukora nkuwutarakwizwa pe.Imana yo mwijuru ibigufashemwo uhinduke ndabigusabiye.Amen,Amen, Amen.
Uhoraho abahe umugisha,kubwigikogwa ciza nkiki mwakoze.yesu abakomeze
Imana yabera ibahe umigisha❤❤
Imana ibahezagire
Silas Pole sana. Imana iri hafi aho, Baho
Imana ijye ibaha umugisha p
Waoooo Imana nishimwe Kandi nibisigaye izabikora tuyiffitiye ikizere
0:00 0:00 🎉
Yoooo mwagize neza cyane❤kandi lmana itubabarire ibihita kumihanda ahasss
Munejeje umutimawange mufite urukundo❤
Nukuli Imana ibahe umugisha
Camera mujye muzireka mukorere ahobatareba
Imana izabehe umugisha
Imana ishimwe ibyo mwakoze nivugabutumwa rikomeye Uwagize iki gitekerezo ndamushimiye cyane lmana imuhe umugisha pe! Mbega urukundo weeeeee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Imana ibahe umugisha ibi mukira nibyo Imana ikeneye.
nukuri lmana ibahe imigisha ubundi ibinibyo byakagombye kuba kubana b'lmana umuntu w'lmana iyo ahuye nikibazo mujye mumwegera kuruta kumuha akato nokumuvuga hose
Point noted thank you Titus. God bless you ❤❤
You're welcome 😊❤️
Yewe Imana ibatebe