Niteguye kwitaba polisi||Njye na Rugagi twakoze amanyanga none yarahunze||Bahati
HTML-код
- Опубликовано: 2 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Gushishura nabwo ni ubuhanga ntakiri ku isi kitahozeho nshuti
Tony Elie
If uBa
Wasanga Isimbi tv nayo igiye kuzajya idutuburira kuva wazana strawberry uzanye ba Bahati banganya ubwenge kabisa abantu nkaba uzajye ubaheza iyo
niwowe utazi ubwenge bahatise ntabwenge azi?
Umujama avugisha ukuri kbsa
Isimbi nkushimiye ko ubanza ugakata udu parties turimo ingingo zingenzi kuko iyo ubonye nk'uyu uvuga ubusa, uramureka ntute umwanya.
Iyiminota 30 baguhaye iyo bayiha bushari kinyatrap igaterimbere
😂😂😂😂
Nukuri pe ahubwo sabe uzatuzanire bariya basore barabasha
Hhhhh naragiye ndabona. Ntanisoni rero urishongora Sha nimwe musubiza umuziki I nyuma mbemereye indirimbo 9 mureke gusebya umuzikinyarwanda Ubworero harabaribunshihure sha ntamatsiko yibihanganobyanyuuu kuko
Muramurenganya, kuba umuhanzi mu Rda nibintu byoroshye, upfa kwambara i pantalon icitse mumavi, imisatsi imeze nkiyuyu urikuvuga, pfumura ugutwi cg izuru, ririmba wigana abanya merika, hanyuma nubasha gusimbagurika urimo kuririmba , ibyangombwa byibuhanzi biba byuzuye.
Winner TP Mibeko hahahah
Hhhh kbs iyo ukubisemo amarinete ibyangombwa biba byuzuye neza
Copy/Paste !!!🤔🤔
These are not artists, sagihobe kabisa
Harya uyu NGO ni muhanzi nyabaki
industry y'umuziki wacu yakurite mwikorera ibishishwa? ideas iyo zibuze ugomba gutaha
People stop Judging...Guca imanza bizabageza hehe kweli?? Igikuru nuko abyemera!!
Fake artist
Hari ikibazo ko twita abaririmbyi cg abahimbyi ngo n'abahanzi. Nta muhanzi ubaho uretse IMANA yonyine. Yaremye ibyo tubona byose ibikuye mu busa. Nta muhanzi usaza, twe turasaza nta muhanzi wiganwa twe turiganwa, ibigaragaza ko nta muhanzi uba Ku isi nibyinshi byo nyine kuba ujya muri recording studio ukagarukiraho ngo ibitekerezo byabuze nigihamya. Wakabaye umuhanzi mugihe cyose amagambo uvuga cg uririmba nayawe, cg ijwi niryawe, byose warabyiremeye.
@Nabyo bihinduke rwose@
Renereal I hahahah, mwagize Imana uko mwishakiye, nkawe se uvugako nta muhanzi ubaho uretse Imana, nkibi uba ubikuyehe? Imana niki?
Ariko numva kubaza umuntu imyaka ye atari byiza. Est ce nécessaire ? Kandi hari nabagabanya imyaka...raison de plus yo kutabaza icyo kibazo. C, est mon avis.
Nyamara uravuga ukuri! Urasetsa 🤣
Sabe konunva Justin family nayo ishaka kuba aba sobanuzi
Mwimwiha rwose kuko no gushishura nubuhanga,siwe wa mbere sinuwanyuma nibibaho.
ikigitip c man ko gitukana ntaburere kigira
Bahati adatutse abafana yaba ahomba kuko Just family nta bafana igira peee
ibyo uyu muhungu nabangenzi be bakoze wenda sumucu mwiza ariko birakorwa rero njye uko mbibona ntago wakagombye kubitwara nkuko wabitwaye kuko wabikoze nkaho urimo kumwita umujura kandi numunyarwanda mugenzi wawe ntago wamwubatse ahubwo wamusebesheje njye niko mbyumva nkumunyamakuru harukundi wari kubitwara bitageze hariya donc nabaye decu niki kiganiro cyuyuminsi kandi ubundi rwose nkunda ibyo ukora
Nonese muravunga ngo yarashishuye amagambo arimo haraho wimvise aririmbwa
Arko Niba Juda agusigira isomo ryo kugurisha bene wanyu, uri kure y,ukuri, ngaho nawe iyahure kuko Yuda ni roll middle wawe.
Mukomeze Bana bacu muzikure muzindi ndimi muziduhe mukinyarwanda nibyiza abo nabo babikoma baceceke ikinyarwanda ewana
Ba Rushishuzi muramenye!
😎😎🙆♂️🙆♂️
Ehhh, Rugagi ngo yaratorotse? Ntabyo nari nzi!
Adeline Mwebaze hhhhhh cyane ! Ajyategana nabantu ahantu 😂
@@ayii779 birakaze
@@ayii779 ,
None Rugagi asigaye aba hehe?
Ntabuhanzibwawe bro uryamaziwowe shaka ibindukora
Umusore nkawe ntakwireye kunywa inzoka biteye isoni ntibigukwiriye pe
Nubwa kabiri nkanda unlike kuri strawberry nuyu Bahati uyu musore ntari serious ngo yakijijwe sinzi ngo yafashe irembo sinzi ibintu bye byose ntaba serious ntakintu akora yatekereje!
rata nahagire ubatera ibuye uwavutse azi kwiyambika azagutere ibuye ahubwo mujye gushishura america muze muduhe
Wapi uyu mutype nta kigenda yagiye murusengero akurikiye inkumi yitwa sandra iramukatira none arahimba imitwe
Bahati tizo wo muri active niwe wavuze ko ntakuri agira nonese yaturangira aho rugagi yahungiye reba young grace ibyo yamuvuzeho ngo agabanye abagore ninzoka sha ntuteze gutera imbere ntawe ukinisha imana byonyine umeze utyo not icyo nzixyo rugagi arahari
Uri muto ariko ntacyo uzaze nkwihere igituba uswereho gake wigendere