Taïfa turakwemera cyane, ahubwo nugaruka nzaza kukwakira ku kibuga cy'indege, uri umuntu w'umugabo, unsuhurize Jean Evode w'umu Rayon utuye aho muri USA.
ninde wagutumye kumenya no kuvuga abanyamakuru ba APR n'aba Rayon ? Rayon na APR ni Equipe z'abanyaRwanda. Urimo kwangisha abantu abandi, Umujyanama mwiza ntavugira kukarubanda ahubwo asanga uwo ashaka kubwira akamwegera akamubwira Taifa ndagukunda ariko ibyo sibyo.
Wowe c uyimariye iki ko wabyibagiye gabanya amagambo ntago ufazwa umusaruro wa ekipe wowe tuza ababibazwa barahari wowe ba indeberezi wowe ugiye mwikipe ntiwayiroha ahubwo
Regis Muramira wapambe wa team ya APR &KNC😂
Taifa jyumenyako inzu irimo ibiryo ariyo ibamo imbeba reka birire kumafaranga ya Apr
Bruno nda kwemera ugira ukuri,mubyukuri nkunda Rayon sports,gusa nkunda umuntu ugira ukuri
Umva wamugabo we gabanya amagambo nka ya bagore turakurambiwe means ayo namashyari
Uwo ni Antha uvugwa, Rtd Captain Uwayezu Jean Fidèle yaramwamaganye kera
Taïfa turakwemera cyane, ahubwo nugaruka nzaza kukwakira ku kibuga cy'indege, uri umuntu w'umugabo, unsuhurize Jean Evode w'umu Rayon utuye aho muri USA.
Genda Gikundiro Isaro ry’iNyanza Naho wari amabuye.
Nanjye nzi uwitiranya ibyo bintu byo kurwanya igihugu na SPORTS kd ngo azi football ⚽ ngo aba Rayon ntibafana ngo bafite ibindi bintu bihishe inyuma, arko yashakaga kubihuza na Politics udafana iyo kipe yiwe ngo arwanya igihugu yewe.
Taifa ndumurayon ariko uvugisha ukuri uZiko urenze!! Nyerekako wayisomye see!
Ndakwemer
Nkunda Taïfa ukuntu ashyize hanze amanyanga y'APR F.C
Yaduhe igikona cyigize hatari kdi tuzi rayon gusa.
Sha abanyamakuru ba sports muraciritse kbs
barabure rata bro❤❤
Bjr Taïfa nawe urakabya iperereza ry'i Yeriko?
Yes rugangura legend wacu
Amashyari yakwishe kuko wakuwemo, Ushinzwe iki muri RDF ? Uri Auditor wayo?
Apr ntanarimwe izatera imbere ikiri mu matiku no gupfusha ubusa amafaranga umukino si amafaranga ni ugutegura!
Komerezaho
Arko c haruwakubwiye umushahara bahembwa? Nonese uragirango abo banyamakuru uvuga ba rayon, uragirango niba babonye ibyiza muri apr babigaye? Nonese uragirango bajye bavuga rayon gusa?
Njye mbona ntakibazo kirim
Taifa turamwemera kbs
Wowe urikigarashya
Umusenzi wasomye inkweto za Reyon sinamwihaganira nyanza yi mbwa
Nyana yi mbwa
@@DESIREHITIMANAmbega antha ,harya ngo agiye kuva mu itangazamakuru navuge ko rimunaniye . Ubu se no muri APR muramumenye
Uyu muhungu ari mu kazi amaze kugira views 52.1K mu gihe gito gishoboka agiye kurusha bimwe mu bitangazamakuru by'ino.
riko anyamakuru ba sports mushaka gukora kodeta yabayobozi Apr mukoresheje itangaza makuru na Taifa
Ariko ubwo Taifa Arusha abayobozi bakuru Apr gukora ipereza kuburyo ibyo arega peresida karasira ko asesagugura umutungo ahemba anyamakuru bobatabibona ubwose yayasohora ate atavuze Ibyo agiyegukora murye mureka kuyobya abantu.kerece abatazi gusesengura
Harya Eto we ntiyatuguriraga abakinnyi kandi Ari umureyo ko utigeze umuvugaho kandi ko tubiziko mwari mubiziranyeho
Ariko Abanyamakuru 8 bahembwa n'ikipe ni benshi, imisoro yacu barayinyunyuje.
Ko uvug apr gux!!!uzavuge na reyon
Taifa ubahwa kbx ukuri kuraryana ark abanyamakuru nabikora nabo nabinda atawe aragahwera afite virusi abashaka gusenya rayon ark nabyo azabona
Kagire inkuru, igicaniro se kandi n'iki?
Urimo kudutindira vuga abanyamakuru bahembwa n'APR.
Wewe gabanya gutwika
Wapambe nibo bishe football ⚽ nyarwanda bavugeho bose, tumenye liste y'inyangabirama, abanyamakuru babuze byose bakigira aba komisiyoneri, kandi n'itangazamakuru ryarabananiye.
Taïfa iyo bayita contrat za baringa.
taifa arimo kwangisha abafana apr arabeshya ni twakumva ibinyoma bye😂😂😂😂😂
Aravuga ukuri muge mwemera iyobowe nabo banyamakuru nta kipe iyoborerwa mu itangazamakuru
Ntawamenya nur muntu wese afite uko abyumva gus apr iyobowe like military operations means ko bakeneye football persons
Ndagusetse
Na Ruvuyanga Emmanuel aramwemera.
Uvugish ukuri kbx
Nanga ko yirengagiza Samkarenzi Kd Nawe ari mu baztuguriye abakinnyi
Birashokako waba umu rayon ukabona wafanye nabi ugahindura ibyo uvuga wowe nuko wahejwe utagira aho ubarizwa gabanya agashiha ashake Indi mirimo naho gusebanya ngo umuntu yariye siwowe uhaha kbs
Ni gute Président w'ikipe ashobora kugira ubwoba?????
ninde wagutumye kumenya no kuvuga abanyamakuru ba APR n'aba Rayon ? Rayon na APR ni Equipe z'abanyaRwanda.
Urimo kwangisha abantu abandi,
Umujyanama mwiza ntavugira kukarubanda ahubwo asanga uwo ashaka kubwira akamwegera akamubwira Taifa ndagukunda ariko ibyo sibyo.
Mureke avuge ukuri, umupira wa wish we nitangazamakuru ryigize abahanga muri sports
Taïfa yemera Dukuze, Bayingana, Rugaju, Mutangazajyi, abandi ntabemera.
Na ruvuyanga
Salama
Iterambere rya Sport ushakakuvugaho, ntabworigizwe na Apr gusa
Pls
Unjyuvuga nokubinfi
Ahubwo duhe na IG yawe
zinyuranyije n'amategeko.
Ngo APR yaguze ibicupuri !!!!!
Hhhhiii 😊
Ariko se kutabavuga cg urabeshya?
Rwose Apr yabayenyabagerwa kubwa afande karasira
Urarwanira ibyiza muri apr c warabitorewe
Taifa ndagukunda
Niyo waba ufana apr fc namagambo nkayo ntabufana bwawe
Taifa turakwemera
Taïfa umpa amakuru y'ukuri nicyo ngukundira kbsa
Bruno Taïfa mpa number yawe ukoresha
Urayikunda kbs
Duhe musaza turahari
Taïfa ca akajagari mu ikipe yawe.
Kabisa
Uwo ni Anta wavuzeko izamu rya pyramid rizajyamo ibitego 2 cyangwa bitatu
Igisambo cya mbere cyibira ku karubanda
Itarayoborwa gutyo se yakoze iki? Gabanya inda nini mwana APR ikomeye kurenza uko yarimeze ubushize ibitego bine kuri bingahe?? Ni bine kuri 2
Gutsindwa bine niba Ari ugukomera gutsindwa kimwe cg gutsindwa bisaba ryari muri2050 nkunda ko munyurwa
Gutsindwa cyangwa gutsinda bisaba ryari 2050 birakaze
Abobanyamakuru bayobora APR wibagiwe na anta
Siwe wasomye inkweto za Rwatubyaye man
@@HavugimanaJeanpaul-b1jhhhhh
Taifa nababwire
Ni axel org????
Niyompamvu nta muntu muvuga rumwe apr wayiretse koko
Rugangura araciriritse wagaye ushiraho ubiganirobyawe
Ciririka nkawe ntako urban utagize
Ciririka nkawe ntako urban utagize
Iki nikigarashya
Rugaju
Taïfa ntiyumva umunyamakuru usoma inkweto z'abakinnyi ba Rayon Sports.
Kagire inkuru, igicaniro se kandi n'iki?
zinyuranyije n'amategeko.
Taïfa iyo bayita contrat za baringa.
Gabanya amagambo
Wowe c uyimariye iki ko wabyibagiye gabanya amagambo ntago ufazwa umusaruro wa ekipe wowe tuza ababibazwa barahari wowe ba indeberezi wowe ugiye mwikipe ntiwayiroha ahubwo