Aha that’s a good Question kweri nibyo koko ntamuntu ugukunda ushobora Kuguta ntibishoboka ahubwo na kera hose aba ataragukundaga ahubwo wowe uba waribeshye so Humura mukobwa mwiza Ejo niho heza🌹
Aline uri umugore w'umunyabwenge Yesu Yarakugendeye birumvikana mu mvugo yawe . Yesu Aze Akwubakire ncuti. You're a blessing to our generation. Cheers from Toronto
Aline ndamaze gukurikirana testimony yawe kuma channels atandukanye BAVUGA NGO: INGORANE Z ABAGORE ZIRASA , Ntucike intege, ikitakwishe kiragukomeza. Haracariho inyenyeri. You are beautiful and strong. Love you my sister
aline komera imana ifite gahunda kuri wowe.kandi namahirwe kuba warabonye imana.sha aba bana ndabazi duturanye bari bafite ababyeyi kabisa babakunda ndibuka ko aribwo bwa mbere,nabonye umubyeyi asoma(bzu) umwana we mbere yo kujya k kazi.hari kera bakiba mu rwanda.wenda ubu birakorwa.courrage sister A.
Mwabyaye Kane koko mutaragira maturité ? Jye ndumva ibibazo byanyu byaraturutse kuri ubwo bwumvikane buke bw'imiryango . Si ngombwa kumenya les détails mais Niko mbyumva.
Abana 4 ni travail nini mais pas grave surtout ici au canada où nous sommes on a pas d'aide ni famille à côté, kuko abana arimigisha nkusabe ubarere neza, bazokwige kandi bazogume mumana , kandi nta mugabo uzabura, uzamuronka ucharimuto nabakuruta imyaka barabaronka, rero rema cherie wanje gusa ugume mumana, abazoza baku jugeant uze ubasengera kuko abantu bavuga ivyobishakira, imana ikuzigame nabobana bawe à suivre ma beauté
Love you my sister💜 stay blessed always God is in control 🙏🙏🙏duhuje ibibazo ariko byose mbona ari umugambi w’Imana nanjye nuko byagenze tuye muri canada umugabo yitwajeko ntabyaye kandi naramurere umwana yarafite🤦♂️nabonye arimitwe gusa kubera ko muri Africa ko twabanye ageze ahano nibwo yibutseko ntabyara 🤣🤣😢 ntuye ahano London Ontario 🇨🇦much 💜
Aline kucyi utavuze ko wabanje kwanga Christian ukiyizira ikigali ukuyandarika umwaka wose.Ariko umugabo wawe arongera arakwemera. Ntago nawe ushobotse. Sometimes is good to hear two sides .
😭😭😭 nooooon papa wa Aline yarapfuye?? I Can't believe it 😭 Pole pole Aline nukuri Imana ikomeze ikongerere imbaraga muri ibibihe bitoroshye ndabizi wakundaga papa wawe cyaneeeee pe.
Komera mukobwa mwiza , gusa c'est pas LA fin du monde , tu es jeune , tu es belle en plus tu as choisi un bon chemin de Christ ,Demain ou après demain Dieu te récompensera tout ce que tu a perdus, courage
Nukuri uyu Mu Mama afite ukuri mubyo yavuze byose..Kandi muzarebe neza umugabo wese ubanza kubaza inama Mama we cg abo mu muryango we nkaho yagishije inama umugore we ,fin des fin asenya urugo rwe!!!!
Ntago wibeshye birashoboka. Abantu ntago baba babi nkuko ubivuga. Ahubwo ushobora gusanga nawe waramunanije. Avoiding stereotype is the best healing to find second true love. However, be yourself and avoid men's comparison.
You are my twin sister. I went through everything you went through with one child... And you said and explained every word in my bone marrow. Much love Aline, from USA 🇺🇸!
@@_trust9994 my dear it’s hard only God knows that’s all I can say. but from my perspective this woman is smart she only had a husband who’s not supportive or patient enough for her to grow I watched 3 or 2 of her interviews and that’s what I can conclude!
@@_trust9994 from what I believe, marriage isn’t easy as many people may think meaning both sides need to put some amount of efforts to fight for whatever they have and remember on their wedding day they said until death do us part so, regardless of what the man has to say I don’t see why the man had to leave this beautiful woman with 4 children really! But then again as I mentioned at the beginning ☝️ only God knows!
Aline na Christian nibyo bashakanye ari bato ariko reka nifate ndabizi ko the truth iri busohoke tu!!! Kuko barazwi muri North America si na Canada gusa! First of all kuki Aline yasimbutse ko ariwe wabanje gutana umugabo abana akiyizira i Kigali🤔🤔 Reka mbe nifashe!!!
Merci ISIMBI TV Kutuzanira abantu basobanutse kandi bavuga ukuri ati diaspora ntibakajye baza ngo mubabone nkibitangaza nukuri pe harijyihe wowe uri mu Rwanda ubaho neza kuruta uri hanze
Yego harimo bimwe vyukuri... gusa twaratohoje dusanga kuba aba single mom hanzaha bituruka kw’ivogonyo nagasuzuguro abagabo babona kubagore babo baba badukanye ( byose bituruka nuko bamwe batangira kwigana imico yabazungu.. kandi yo kuri television bakibagirwa ko ari abanyafurika). Ubwo abumvise bumvise!
Uyu mudamu aravuga ukuri.Iyo umugabo atangiye kumva amabwire ya bashiki be na nyina ntaba acyubatse. Kandi kuba abantu batandukanye bivuga ko badahuje ariko ntibivuga ko badashobotse.
Ariko si umugabo gusa. N'umugore ukururana na nyina cyane biramusenyera. Abagabo nabo ntibakunda ba nyirabukwe binjira cyane mu rugo rwabo. Ntabwo aba yararongoye umukobwa na nyina.Muri iyi cas nyina wa madamu niwe wari hafi yabo. Nkeka ko nawe ashobora kuba yarabigizemo uruhare.
Kanda hano urebe Channel ya Aline: ruclips.net/channel/UC6xXM8Po9HxodX5Egg3yByQ
Sabe Abantu baba hanze uzajye witondera uburyo baba bashaka kwishyira Aheza Abagabo baba hanze baragowe iyo Avuze gato murugo usanga police yagupakiriye I yawe niyompamvu iyo uzi ubwenge usinga utwawe
Salut Aline. Ottawa missing you
Aline ndagukunda byindani uwakunyereka amaso kumaso naguhobera ibyurushako sha nihatari harigihe nyine umuntu yigira nkana abizi wihangane kubwumubyeyi wweee imana imwakire Aline reka nguhe number basi uzanvugishe 0789475249
@@trustjesuspaulau4 police igutwara wakoze ikosa kdi abagabo babanyarda bagira ingeso yogushaka gukubita abagore babo which is not allowed 🚫
0
Aline feel free to talk. Ignore judgments . Do what matter to you
Umugabo gukunda abana be biterwa nurukunda akunda nyina w'abana.
Iyo atandukanye nanyina, abana nabo batandukana nase ubabyara.
Ngewe maze igihe kinini numva ibibazo abagore bagenzi bange bafite nkunva ndababaye mubyukuri abagore fushaka kubaka mugihe umugore azajya gushaka hakigishwa umugore gusa uko azafata umugabo ko agomba kwihangana naho umugabo akagenda gutyo atazi uburyo azafatamo umugore we ingo zizakomeza zisenyuke rero abagabo mbere yo gushaka bage babanza bigishwe nabo mubyukuri umugabo nta zubaka urugo mugihe azumva ko ngo amafuti yumugabo nibwo buryo bwe mumpe like nimba namwe ariko mubyumva
Ubu buzima nanyuzemo ndabuzi! Erega nta babana badafite icyerekezo kimwe cy'ubuzima! Imana Niyonkuru pe!!! Abari mu buzima nk'ubu Imana ibakomeze, ni ubuzima busharira utabugezemo ntiyabusobanukirwa. Abatarabugeramo mujye muvuga muziga!!!
Aline Imana yaragudashije nubuzima bugoye kunva gutana bibanzirizwa nibindi bihe bibi bigoye kuba warashije kubi surmonta ukabugejeje ubu ,courage Imana izakujyimbere komeza usenge
Mumureke kabisa ! Kubivuga biramubora ! Eyo bitakuriho nabwo ubizi uburemerebwayo.go ahead girl ,Jesus loves you 💖 big time okay
Harikintu abantu bagomba kumva,ntabwo abantu bose baremewe kubana nk'umugore n'umugabo.Icyangobwa umuntu wese agomba kugira responsabilites yibyo akoze.Ubyaye abarere.Niyo mpamvu kera mu Rwanda mbere yokubana imiryango yarebaga niba yashobokana.Nuko imiryango yafashaga abashakanye.Ubu abakobwa bumva umuhungu ari mu mamahanga ati ndaje yageraha bikamunanira.Société ziratandukanye.Mbese tuzamenya Imana aruko tubabaye? Ahubwo muve kuri izi sites habe debat muri société nyarwanda kuko beshi bari muri rêve zakera. Société yarahindutse niyo mpamvu mujye mwumva neza ikinyarwanda ngo"uwagiye iburyasazi azirya mbisi"
@@Human1living 😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣😅😋🤩
Wow! ALINE UKURI NKUNDA, URANYUBATSE MA CHERIE ♥ THANK YOU FOR THIS INTERVIEW.
Aline ,njye ndakumva cyane, natawe numugabo igihe kinini..... Ariko ubu ntiyafungura imishumi yunkweto zanjye😝
I like your comments
Comments nziza cyane
Ahhhh umwemereye yagerageza😺😺 kubera ko yigeze gufungura .....
@@oliviernkomezi4468 Mwizina rya Yesu.....
Amen
Aha that’s a good Question kweri nibyo koko ntamuntu ugukunda ushobora Kuguta ntibishoboka ahubwo na kera hose aba ataragukundaga ahubwo wowe uba waribeshye so Humura mukobwa mwiza Ejo niho heza🌹
Aline uri umugore w'umunyabwenge Yesu Yarakugendeye birumvikana mu mvugo yawe . Yesu Aze Akwubakire ncuti. You're a blessing to our generation. Cheers from Toronto
Bite Joella mukomeze kugubwa neza muri Canada
@@beopentospeak Ni sawa...namwe mugubwe neza. Merci
Udatinya lmana azumirwa nukur!!!i 🤔🤔
Aline courage ndakuzi ubuhamya bwange courage Maman mwiza 😍❤
Imana igumye ihabwe icyubahiro nukuri 🙏
She is beautiful and God fearing
God will give you a better husband keep your faith
Cherie urasenga, urashoboye kandi urasenga ndagukunze nzajya ngusengera usubirane numugabo wawe yarahindutse nawe kandi yaraguhaye umutima ubabarira
Imana nta bagabo igira!!! Biragoye ahubwo kuzabona umugabo bazabana kabisa. Icyakoze abarokore nkawe bahanaguwe mu mutwe babaho batinya iyo Mana bo bizashoboka. Naho abagabo basanzwe ntiyabashobora.
Analyses ku kiganiro kirenze kimwe nkurikiye umuntu ushyira mu nyurabwenge hari impamvu zimwe na zimwe yatekereza zuko gutandukana kwanyu:
1. Ubu burayi cyangwa iyo Amerika tuzi wabibyariramo abana 4 ukaba ugifite umwanya wo kwita ku mugabo unita kurabo bana? Utuye muri Afrika ashobora kwibaza ati ese kuki umugabo we atakwita kubana ariko se bagatungwa niki ko umugore ufite abana bangana batyo ataba agikora gushaka ibibatunga byose byaba biri ku mutwe w'umugabo.
2. Ukuntu uvuga belle famille umwana wawe ashatse umutoza imyumvire nkiyo ufite ntakabuza nawe yasenya. Uti kuki? Ntiwabwira umwana ngo ufite uko warezwe nta mpamvu yo kumvikana naho ugiye ngo azubake
3. Ikosa rikomeye ryakozwe n'ababyeyi bawe bakohereje gushaka ukiri uruhinja kuko watwaye inda. Byagakwiye no kuba isomo kuko guterwa inda ntibivuga kurongorwa urugo rwubakwa na maturité. Abenshi bashyingira abana birinda igisebo ariko ingaruka zikaba nyinshi
Ni byinshi umuntu yatekereza . Gusa nsoza nibaza intego y'ibi biganiro umuntu ajyana kuri channels zitandukanye aba ari iyihe? Kumvikanishako umugabo yamutaye? Kumvikanishako belle famille yari mbi ? Gushaka undi mugabo?
Ikibabaje ibiganiro nk ibi ntibirasa kuntego. Nk ubu bari kuri forme ariko fond ntibayivuga kandi niyo yagira icyo yigisha abantu. Nk ubu umubajije uti impqmvu nyakuri yaguteye gutandukana n umugabo ni iyihe? Ntago avuga ko arugushaka akiri muto nyuma yo gusama, kuko kuri 18ans nta na maturité umuntu aba yakagize. Ikindi iyo bigenze gutyo, ntago ugomba gukurikiza abana kuko rwose not only abana batwara umwanya kandi namwe mutaba mufitr uwo kumenyana. Ikindi numvise ngo hajemo uburokore... mugihe mufite vision itandukanye cyangwa iy umwe igahindukirira munzira, birumvikana gutandukana. Ikintangaza rero, nuko ikintu cyose ahita ashaka excuse muri bible!
Ndagufana Ukuri Ndinda🥰 much love ❤️ from 🇺🇸
❤️❤️
Love u sis may Jah continue to bless ur all ways and ur strong heart❤💕 and i lv ur gd hrt
Ururimi rwimwe rukamwa ishushu. Il faut kwumviriza version yumugabo nawe azababwira ibindi bitandukanye
@@jeanpaulkwizera3216 uri umunyabwenge👌!
Aline ndakwemera cyane ujye ubasobanurira ...abafunze mumitwe Yesu azakurinde abakuzanira ama stress aguhe umugabo uribopen mind kandi ukijijwe neza
Well said Aline🥰🥰👏👏👏
Wamubonye 😅😋
Speak out lady! True is always true.
Yooooo komera Mman wahisemwo neza
Kutiyandarika bizaguhesha umugishya ❤❤👋🤝
Ubivuze neza cyane, nti bagakangwe na diaspora kuko ubuzima babamo ntabwo ari igitangaza
Komera Ma chère copine Imana yaguteye imbaraga ikomeze ikurinde ma chérie Big up for your courage ✊🏾
Courage Madame , uzitonde bizagenda neza!
Aline ndagukunda uri intwari. Nkunda ukuntu wowe n’abana bawe muri friends. I really appreciate uburyo ubarera. Uri mwiza, uri young kandi ukunda Imana. Humura ntacyo uzaburana Imana.
Ihangane mukobwa mwiza. Gusa ntuzishinge imico mibi yaho uri
Ba maman w'abana n'umutegarugori.
Wikwiyaturiraho kuzashaka undi mugabo niba koko waramenye Imana kandi ukaba wemera.isezerano wakoze imbere ya Kiriziya n'Uwiteka.
Niba koko wemera Uwiteka ntukamureme ngo umutegeke kwemera no kubahiriza imiterere yawe niyo yaba mibi.
Isuzume neza uzasanga ugomba kugira ibyo uhindukaho kuko muri macye utubwiye hari icyo twatoyemo.
Senga wowe n'umugabo mwubahirize isezerano abana banyu bazishima
Good advice wawuuu amagambo meze cyane
Aline ndamaze gukurikirana testimony yawe kuma channels atandukanye
BAVUGA NGO:
INGORANE Z ABAGORE ZIRASA ,
Ntucike intege, ikitakwishe kiragukomeza. Haracariho inyenyeri.
You are beautiful and strong.
Love you my sister
Yooo sha ali Wowe ali Christian mwese mwarabanaaaaaa mwashakanye mulibato cyane
My God Aline waraje?
Hari abagabo batagira impuhwe rwose
Bonjour ndishimye cyane imana iduhe umugisha uduhaye inama nziza tugomba kumenya imana
aline komera imana ifite gahunda kuri wowe.kandi namahirwe kuba warabonye imana.sha aba bana ndabazi duturanye bari bafite ababyeyi kabisa babakunda ndibuka ko aribwo bwa mbere,nabonye umubyeyi asoma(bzu) umwana we mbere yo kujya k kazi.hari kera bakiba mu rwanda.wenda ubu birakorwa.courrage sister A.
Nibyo yakuriyemo agira ngo n'umugabo we niko azajya amufata bituma atamwubaha, umugabo abonye amusuzugura abirambiwe arigendera.
Wooow! ndafashijwe pe! Uri umuvugabutumwa mwiza caaane😍😍😍
Courage très chère Aline!much love. GOD is with you..
9hj97000
pp7iji00
Komera cyane sister! Ndemeranywa nawe kbsa
Mme ,mûri couple ni surtout la tolérance .....mettre en avant les intérêts communs (ABANA .....surtout ....)
Wise Lady❤️🙏
Urumugore wimbaraga cyane👌🏻 ❤️ndagufana
Mwabyaye Kane koko mutaragira maturité ? Jye ndumva ibibazo byanyu byaraturutse kuri ubwo bwumvikane buke bw'imiryango . Si ngombwa kumenya les détails mais Niko mbyumva.
Aline bajye bakora responsabilité zabo rata ni devoir yabo
Abagabo batamenya Abo babyaye uwajya aakubita ni inkoni nyinshiiiiiiiiiiiii
🙈🙈🙄
Courage my dada nukuri wihangane urimwiza kandi ucharimuto imana izakusubiriza munkoko
Abana 4 ni travail nini mais pas grave surtout ici au canada où nous sommes on a pas d'aide ni famille à côté, kuko abana arimigisha nkusabe ubarere neza, bazokwige kandi bazogume mumana , kandi nta mugabo uzabura, uzamuronka ucharimuto nabakuruta imyaka barabaronka, rero rema cherie wanje gusa ugume mumana, abazoza baku jugeant uze ubasengera kuko abantu bavuga ivyobishakira, imana ikuzigame nabobana bawe à suivre ma beauté
Kumabuno😃
Kubafunga nibyo sawa
Wow, you have grown, you are talking with alot of maturity.
Sabin jya usaba abatumirwa bawe gucira shikarete mbere yo gutangira ikiganiro!si ikinyabupfura kuvuga uhekenya imbere y’abantu rwose
Nta mubyeyi wuza imbere y’abantu
Pole rwose nibibazo wanyuzemo ariko nyuma rwose waje mu byiyo Mana nkabandi bose bayibamo bishakira umuti wibibazo byabo bakarinda babipfana. Ibereho wirere abana bawe ubakunde naho Isi yarakubihiye nta handi wahungira atari muri ayo madini. Nakugira inama yo gushaka uko wajya wirira ubuzima kuko ikigaragara ntabuzima wigeze urya.
Olawaaa 🙌
Abantu bavuga english usa uk olawa ntibavuga T
@@jeanneumuraza2723 true true, thanks
@@jeanneumuraza2723 hahahah n'uko bimeze iyo uvuga umira English T = L... USA & Canada
Ys dear, Olawa oyeeee 😅
Love you my sister💜 stay blessed always God is in control 🙏🙏🙏duhuje ibibazo ariko byose mbona ari umugambi w’Imana nanjye nuko byagenze tuye muri canada umugabo yitwajeko ntabyaye kandi naramurere umwana yarafite🤦♂️nabonye arimitwe gusa kubera ko muri Africa ko twabanye ageze ahano nibwo yibutseko ntabyara 🤣🤣😢 ntuye ahano London Ontario 🇨🇦much 💜
Yesu Mwami Imana imubabarire
That was a great interview sabe I'm already in love with her kabisa.
Kuko warababaye pe ndakunva cyane tubonanye naguha ubuhamya ko bishoboka gusubirana
@@ijururitoofficial2523Aline aracyari ulmwana mu bwonko iyo aza kwihanganira umugabo ntashake kugira imyumvire nkiy'abazungu! Biragaragara ko icyatumye umugabo afata ikecyemezo cyo gufat'inzira akigendera Aline agomba kuba adashaka guca bugufi ngo yumvire umugabo! Aline nkugire inama rero, ntiwirebe ngo uri muto, rimwe na rimwe abantu bakubwira ngo uri mwiza, uretse ko uri na mwiza bigereranije, kuko har'ababukurusha hari nano uburusha, ariko ubwiza bw'umugore, n'ukubaha umugabo! Ubwiza bw'umugore n'ukugira umugabo! Nah'ubundi niyo wakwimakiya gute ariko uri Divorcé imbere y'ukureba aba abona nta gaciro ufite kubera gutana n'umubo, kandi na Bibiliya ntibikinda kandi ntinabyemera. Niba utanye ba IGISHIBAZIKO icara iwanyu utegereze uwo mwashakanye ave mu mubiri, cg se we abe ariwe univamo wenda ashake undi mugore, iyo nimeze gutyo, ntuba ugihambiriwe. None se nk'ubu umugabo wawe yihannye akaza akagusab'imbabazi ntimwasubirana ngo mwongere mubane?
👏👏👏👏
Bravo Aline uranyubatse Cyane.. imana iguhe umugisha. 🙏
Uyu mudamu ubanza yarabajwe nurushako disi maze kubona interview Ze nyinshi courage.
Kumva uruhande rumwe si byiza
@@kodo2020 umva mbese , birahagije ibikomere abamam bahura nabyo ntawabivamo , ibyavuga ntiwabyemera ntiwanabyumva utaraciye mubisa nkabyo
@@chany9950 nibe nawe urabizi
umunyibye wamwanga uyu mugore yataye umugabo abana arimpinja aza murwanda arasambana araruha amara imyaka 2 yarataye urugo ubwose urumva atarumwanda
@@umumararungunizeyimana5560 ngo ,????
Aline komera cyane ubuhamya bwawe uburamfashije cyane
Aline kucyi utavuze ko wabanje kwanga Christian ukiyizira ikigali ukuyandarika umwaka wose.Ariko umugabo wawe arongera arakwemera. Ntago nawe ushobotse. Sometimes is good to hear two sides .
We need the full story.nimba uyizi wayivuga hano
Yemera ko atari perfect...
Yemera ko atari perfect...
Yiyandaritse gute?
Igihe yiyandarika se waramubonye?
Nkunze ko uvuga Imana disi , Imana izaguhemba ibyiza.Irebe kwifuza k'umutima wawe!
Baragusebya ariko urashoboye, iyo umudam adashoboye ashyira abana kwa sekuru. Wowe uri très responsable.
Yoooo ndagukunze cyaneeeee kuko wishakiye lmana ikurambagirize.ukuntu URI verduque koko why iyo situation yakubayeho uri intwari cyaneeeee
Aline pole sha mwabuze papa wanyu yooo sincères mes condoléances
Arikose Aline ko wigeze kuvuga ko udakunda guteka , ko utajya ubikora, ubwo waba udateka, kandi ko tukuzi nkabaturanyi bawe utigeze ukora akazzi ngo ugire icyo winjiza. Harya uwo mugabo uva mukazi, akagerra murugo agasanga utatetse, ubwo agateka. Ukongeraho kumuca inyuma. Urazi neza ko twese tubizi aba Ottawa.
Harya ubwo mwamarana kangahe?
Aline uri umwana mwiza turakuzi, ariko you are not a wife material.
Kandi ushobora kubeshya abantu bose, ariko hari umuntu umwe utabeshya.
Uwomuntu ni wowe ubwawe. Kuko uzi ukuri, ikibazo ntushaka kukwerekana kuko ntawivuga nabi
Umuntu nimugari.
Ukuri kuzi Imana, semunyana na Aline.
Coco Bana Aline yavuze ko atari parfaite,wumve neza.Kutamenya guteka nabyo numva bitaba ikibazo
@@solangeumunyana2470 nonese Solange, ko wumva atari parfaite, yicaye hariya atera imbabazi abeshya abanyarwanda ashaka iki?
Nukuvugako niba atari parfaite, numugabo ntabwo parfait right?
Ntiyakagombye kujya kubeshya azinezako Atari parfaite.
Ese induru yateye ahantu hose, wigeze ubona umugabo agira icyo avuga??
Biriya bikwereka uburere, kwiyubaha, etc...
Kuko amafuti ya Aline, umugabo we ayavuze, mwese mwajya mubura aho mukwira.
Niyicare arere abana be areke guhora avuza induru.
😭😭😭 nooooon papa wa Aline yarapfuye?? I Can't believe it 😭
Pole pole Aline nukuri Imana ikomeze ikongerere imbaraga muri ibibihe bitoroshye ndabizi wakundaga papa wawe cyaneeeee pe.
Komera mukobwa mwiza , gusa c'est pas LA fin du monde , tu es jeune , tu es belle en plus tu as choisi un bon chemin de Christ ,Demain ou après demain Dieu te récompensera tout ce que tu a perdus, courage
Uyu mudamu afite ukuri cyane
Wamwirongoreye sha??? Ukamuhoza aya malira.
Uyu mudam yashatse akirimutope ariko murugo yahigiye byinshi ubu uwamushaka bakubaka rugakomera kuko yabonye charge zose amenya naho bipfira urabonako avuga kunguni zose azubwenge nubwo yatandukanye n'umugabo ariko aravugishukuri so,namukunze ntiyishushanya gusa ikindi mbonyemo yafashe imico yabanyamahanga ari care cyane kdi buriya mumuco wacu tuba dushaka umudam ugirisoni ucishamake .
Waouh ! Aline urakoze kubwa message yawe uduhaye rwose Imana igukomeze .kd foyer niya babiri tujye tureba impande zose.
Courage rata mumy ntampamvu yo kwizirika kurushako rubi twimva benshi bicana ngo baranga kwishyira hanze iyo byanze urarekura thans .
Nukuri uyu Mu Mama afite ukuri mubyo yavuze byose..Kandi muzarebe neza umugabo wese ubanza kubaza inama Mama we cg abo mu muryango we nkaho yagishije inama umugore we ,fin des fin asenya urugo rwe!!!!
Exactly
Ndi DRC, gusa ibyo bintu nabiciyemo byo kubana nu mugabo ariko agashaka kujya yumva abiwabo ariko Imana y'imfubyi Ibaho yarandwaniriye cyane ikagenda ibinyuza mubakozi bayo batandukanye kdi nubu ndikumwe nabana banjye .kuko byarangiye abiretse. Noneho iwabo batangira kuvuga ngo nahaye umwana wabo imiti kdi nabo bitwa ngo barasenga. Kubaka biragoye gusa kuba muri yesu biratabara vmt
İkintu nemeranya nawe iyo single mum atiyandaritse ugafata ingamba zukubera abana urugero rwiza kandi ukaniyubaha, İmana iragushoboza
Aline iyo nkubonye iteka nibuka uburyo wavuze kuri facebook Live, ko udakunda guteka ngo murugo iwawe n’umugabo watekaga. Aho agendeye ngo abanshuti bawe na Mman wawe nibo bagutekeraga bakakuzanira ibyo kurya. Ese buriya sibyo byarambiye umugabo wawe akagenda?!
Ntaho byanditse ko umugore ariwe ugomba guteka !!!😡😡
Ntago wibeshye birashoboka. Abantu ntago baba babi nkuko ubivuga. Ahubwo ushobora gusanga nawe waramunanije. Avoiding stereotype is the best healing to find second true love. However, be yourself and avoid men's comparison.
@@run584 none haraho byanditse ko umugabo ariwe uteka?!
Ni benshi nzi hano Iburay, umugabo ateka atangorane... umugore agakora inindi vyinshi bikenewe..Kandi bakubaka neza
@@bigiranezaalice oui barahari benshi ndabazi kandi bubatse neza, ariko uzababaze nubwo babikora harubwo umugore nawe abikora naho Aline we yivugiye ko azi guteka umuceri gusa🤷♀️ wabandi Aline ntanabeshya pe! Ngo iyo ashaka amasombe amasauce cg kurya ibyiza byo munkono ajya kurya mubacuti be cyangwa kwa Mman we.
Oh sorry, buriya birashoboka ko igiti cyatemwe cyakongera gushibuka, keretse niba ariweho wabiteye ariko nuzamwinginga ukanabisengera azagaruka. Naho niba nawe byaraguturutseho sha........! Ubwo nyine nawe waba wicecekera ntukajye ubuvugaho. Gusa wihangane.
Mwiliwe neza humura imana izagufasha cyane ahubwo unvugiye inkuru ibyakubaye ninkibyange pe pe nange umugabo yantaye nfite abana 4 ariko ubuzima bugenda neza ikibi ni ukwiyandarika.
It really hurts though our God is a loving God.Big up single women.Stick to your kids and leave the rest to God
Nibyo warababaye mubyeyi, ariko burya twere gushinja umugabo mutarumva icyo umugabo abivugaho. Umuntu udafite ikibazo mu mutwe ntabwo yagenda gutyo gusa. Ashobora kuba wenda atarashoboye kugira communication mu buryo buhagije ariko ntawe ugenda gutyo. Mu rugo haba byinshi pe, biragoye kubona umuntu wakwivuga nabi. Singushinja Aline ariko kubana bisaba kwakirana
Nawe ntabwo yamuvuze nabi yavuzeko batahuje ark ntibisobanuye kwariwe mubi
Abagore kuki musigaye mugaragaza ko abagabo aribo kibazo gituma habaho divorce , ikibazo abagore nibige kubaha noguca bugufi , kuko muriyi minsi mwarizamuye cyane so muhame hamwe rero , Guca bugufi no kwihangana nibyo abadam bakeneye for to day
Your my are inspiring thanks but salvation is journey
Ndagushimiye ukuru kwa abantu warakumenye. Remain principled.
You are my twin sister. I went through everything you went through with one child... And you said and explained every word in my bone marrow. Much love Aline, from USA 🇺🇸!
@Aline turabasengera, turabakunda n'umuryango wawe. Uwiteka akomeze kuyobora intambwe zawe... Zaburi 30.
Aline nakunze gukurikirana interviews ze numugore wumuhanga cyane kandi ufite ibitekerezo byinshi byafasha society gusa muhaye pole kubibazo yahuyenabyo murushako bibaho ariko nishimiyeko yabitsinze.
Ibya avuga nibyo Hari family ziba zishaka kwinjira muba Kazana Sibyo. p
1 Umwuka w'Umwami Imana ari kuri jye, kuko Uwiteka yansize amavuta ngo mbwirize abagwaneza ubutumwa bwiza, yantumye kuvura abafite imvune mu mutima no kumenyesha imbohe ko zibohowe, no gukingurira abari mu nzu y'imbohe.
2 Kandi yantumye no kumenyesha abantu umwaka w'imbabazi z'Uwiteka, n'umunsi Imana yacu izahoreramo inzigo, no guhoza abarira bose.
3 Yantumye no gushyiriraho itegeko ab'i Siyoni barira, ryo kubaha ikamba mu cyimbo cy'ivu, n'amavuta yo kunezerwa mu cyimbo cy'ubwirabure, n'umwambaro w'ibyishimo mu cyimbo cy'umutima wihebye, kugira ngo bahereko bitwe ibiti byo gukiranuka byatewe n'Uwiteka ngo bimuheshe icyubahiro.
4 Nuko bazubaka ahasenyutse, bazubura amatongo yabanje kubaho, kandi bazasana imidugudu yasenyutse yamaze ibihe byinshi ari imyirare.
(Yesaya 61:1;4)
The Smartest woman on the planet 😍
@@_trust9994 my dear it’s hard only God knows that’s all I can say. but from my perspective this woman is smart she only had a husband who’s not supportive or patient enough for her to grow I watched 3 or 2 of her interviews and that’s what I can conclude!
@@EdmanEntertainment For an adult person like you, why do you have to conclude after hearing only one side of the story?
@@_trust9994 from what I believe, marriage isn’t easy as many people may think meaning both sides need to put some amount of efforts to fight for whatever they have and remember on their wedding day they said until death do us part so, regardless of what the man has to say I don’t see why the man had to leave this beautiful woman with 4 children really! But then again as I mentioned at the beginning ☝️ only God knows!
Imana izakubakira uwawe ni muzima Kandi bizagenda neza❣️
Afite abana 4 + carracteres nkuko abyivugiye...Ashaka uwundi wiki? wowe wamwemera?
@@isokoidakama4622 Ntawe nakwemera n'ubwo ari mwiza sinajya guserera mubana 4 ntabyaye kdi isaha ku isaha ise yaza akabatwara
@@gikeritheoneste2370 hahaha..ntubona abagore ko basigaye birongorera uduhungu duto..bakadupfunyikira..gusa nabyo ntibiramba
I m confused!!! Did she do the same interview twice with the same journalist? 🤔🤔
This woman has a lot of sense
Mbega interview nziza nibgobgamber nunvise. Ikiganiro. Cyujujubuziranenge. Cz of true
Aline na Christian nibyo bashakanye ari bato ariko reka nifate ndabizi ko the truth iri busohoke tu!!! Kuko barazwi muri North America si na Canada gusa! First of all kuki Aline yasimbutse ko ariwe wabanje gutana umugabo abana akiyizira i Kigali🤔🤔 Reka mbe nifashe!!!
Ko ubanza haraza gushya? :) nzagaruka ejo nsoma comments hhh
Et alors !!!! ?
Aline nti yababajwe n uko Christian agiye ! Yababajwe n uburyo agiye ! Simplement.
Ntago yasize abana ! Yakomeje kubi ocupa !
😂😂😂😂😂harahiye koko
Umugabo utagira personalité ntiyubaka ibyo uvuga ni ukuri
Unomusister rwose ibintu bye abishyira mwitangazamakuru iyo yicecekera akikorera ubuzima haboneka umutware uri tayari akarongorwa mbese akajya atungurana ukava kubanyarwanda ugashaka ayandimoko cyangwa ugashaka umutype ikigari ukamusheeping ukamujyana Canada .hano wabona iwabo wa Christian your ex ba kureba bakakwishima hejuru ko bigeze ku yo bashakaga iyo ushatse guhima abanzi uraceceka bakajya babona utera imbere mbese bakajiginywa ariko bino byo mwitangazamakuru bumvako wabaye deprimee bati twageze kucyo twashakaga
Kuki mukunda guca imanza?? Ni amahitamo ye!!
Kuba ukunda abana ntibivuze ko wabana na nyina udakunda ushobora gukunda abana ariko utumvikana na mama wabo ukagenda kubwumutekano wawe
Iyo usenze ibintu bigenda neza.From Burundi 🇧🇮
Nabonye abakobwa biwacu baba muri rêve,muhaguruke mukore muve murayo ngo uri umugore umugabo azaguhereza kukiyiko.Ubuzima ntibworoshye kere nyine izo famille zafashaga abatangiye urugo.uburero nibindi bindi.
Sabin, uzaze umfate kuri airport next Sunday dukore ikiganiro nkihagera kuko ndi umu diaspora uba Ottawa, mfite ibintu byinshi byo kukubwira ntari nabyibagirwa!
Sha Divine, uza nzanire akabanga na jus de maracuja dit, Sabin azishura! Merci.
Ese umugabo asabye imbabazi akihana, mwasubirana?
@@lydian5762 🤣🤣🤣🤣🤣 ntakibazo! Sabin ubwo arabyumvishe
Sabin nyamara diaspora. Uzaduhuze nabo Hari abantu twikundira abadiaspora
Sabin abashyaka stories zibabaje.ubu nawe himba story yukungene life yakubereye ibamba,uzane emotion kuri tv aho for sure azaza kugufata😀
Merci ISIMBI TV Kutuzanira abantu basobanutse kandi bavuga ukuri ati diaspora ntibakajye baza ngo mubabone nkibitangaza nukuri pe harijyihe wowe uri mu Rwanda ubaho neza kuruta uri hanze
Yego harimo bimwe vyukuri... gusa twaratohoje dusanga kuba aba single mom hanzaha bituruka kw’ivogonyo nagasuzuguro abagabo babona kubagore babo baba badukanye ( byose bituruka nuko bamwe batangira kwigana imico yabazungu.. kandi yo kuri television bakibagirwa ko ari abanyafurika). Ubwo abumvise bumvise!
Abantu bareke akanga kamenywa na nyirako
Uranyubatse mubyeyi courage bizagenda neza
Kikikikiki, constipated or congested Hahaha. Ntakibazo Niba uba orawa nange mba Pahis😸😸😸
nange ngezayo sha
😂😂😂🤣🤣🤣🤣
Ariko aba diaspora bava hanze birikurikira kwa Sabin. Wamugana Sabin ajye ajya kubafata kuri airport
Hahaha.. nange ndimunzira !
Uranyubatse ma chère Aline.merci beaucouppppp
Gusa izi nshako ni urusenda byo wange. Nukwisengera Imana ikikorera ibyayo
Humura nshuti y,Imana mugore mwiza yobu ibyakabiri byabaye byiza kuruta ibyambere,humura kandi warakoze kudata abana ,urimuto urimwiza uzi Imana izakubakire kabisa
I love this lady ,just like that....
Ndafashijweee nukuri ahubwo ba pastor 🙏 that’s your calling
Ubwo se koko ufashijwe n'iki? Ko Aline yatandukanye n'umugabo? Ibintu ijambo ry'Imana ritemera! None ngo urafashijwe! Birababaje none wowe ngo urafashijwe? Ni bya bindi abanyarwanda bavuze ngo,
"Usenya urwe, umutiz'umuhoro"!
@@assielkaruranga6330 😂😂😂 Oya rwose sibyo navuze buriya sinzi wowe ariko njye iyo ndeba interview I don’t focus on One ☝️ ndeba byinshi nkakuramo ibyigenze ikindi kandi bible haraho yemera gutandukana kumpamvu bidashatse kuvugako nshimishijwe nibyabaye ariko Nanone it’s not the end of the world! Afite ijambo ry’Imana kandi nizereko Imana izamukoresha muburyo bumwe cg ubundi uzasome 1 corinthians 7:14-15
ukuntu uri mwiza wa mudamu we, ufite n ubwenge budasanzwe, uzamubona
Mbega u madame wishingikirije imana kd iyo niyo ukuri uzamuhe murengere.
Sha murugo nukwihangana Kandi biva mumuntu. Gusa Kandi ikingenzi nukoroha kumpande zombi Kandi urugo rwubakwa na mbabarira. Iyo murimwe harukora ikosa ntiyumve ko yarikoze ngo mwihanganirane, ahubwo akarwana no kubona ubusobanuro ngo Abe umwere, birangira urugo rubabibiye byanarimba mugatandukana. Nawe wicunge rero kuko nahandi washaka bitagenze gutyo naho wasenye.
Uyu mudamu aravuga ukuri.Iyo umugabo atangiye kumva amabwire ya bashiki be na nyina ntaba acyubatse. Kandi kuba abantu batandukanye bivuga ko badahuje ariko ntibivuga ko badashobotse.
Visi versa, uwariwe wese mu bashakanye iyo yitaye ku mabwire akayazana mu rugo, ubwo ruba rwinjiriwe na sekibi. urugo n' urwa babiri gusa.
Ariko si umugabo gusa. N'umugore ukururana na nyina cyane biramusenyera. Abagabo nabo ntibakunda ba nyirabukwe binjira cyane mu rugo rwabo. Ntabwo aba yararongoye umukobwa na nyina.Muri iyi cas nyina wa madamu niwe wari hafi yabo. Nkeka ko nawe ashobora kuba yarabigizemo uruhare.
Indilimbo nayumvise iraryoshyeeeee ! Imana ni nziza benedata. Kandi IZI ABAYO ! Aline UKURI NKUNDA komeza twese turi mu rugendo rwo kwezwa Twebwe ABIZEYE !
Education dufise ni ikintu gikomeye cyane, mubihugu vyabazugu muri ete abantu bambara ubusa ariko ntawufatwa kungufu
Well explained mning ov being one
Bless you