Umusizi Murekatete n’umukirigitananga Sophie Nzayisenga twaganiriye||uko bakoze igisigo’Urweze’
HTML-код
- Опубликовано: 13 окт 2024
- Umukirigitananga Sophie Nzayisenga yatangiye gucuranga inanga mu 1986 afite imyaka 6. Yagiye bwa mbere I Burayi gucuranga inanga afite imyaka 9.
Amaze kugenda ku migabane yose akaba asaba abakiri bato kwimakaza Umuco Nyarwanda. Umusizi Murekatete afite igisigo yise’Urweze’ yakoranya na Sophie Nzayisenga.
Murekatete muri iki gisigo asaba ababyeyi kwita ku bana ntibabatererane. Niba ufite inkuru idasanzwe wakwandikira iyi nimero kuri Whatsap cyangwa se ukayihamagara +250786126175
Wooooooww Muravuga byiza muragatunga❤❤
Yooo, mbega byiza, mbega inama zakibyeyi. Mwakoze cyane Inyarwanda kubatumira bombi turabakunda cyane. "inka yankoronko igira inkomoko". Courage cyane. Imana ikomeze ibashyigikire.
Byiza rwose
ruclips.net/video/caqzPmMspHM/видео.html
♥️♥️♥️♥️♥️
Nuko nuko mubyeyi Nzayisenga intore itoza izindi. Murakagira impagarike nu bu gingo ni mwaguke muri gakondo
Ivano ifite aho iva ni gakondo nu murage wibisekuruza bya murekatete wa munyamakuru we dore ko mwigira iryoza kurusha ba nyiri bihangano
Ikitubabaza nuko nta
Kubona number yanyu bigoye umuntu atabona uko yakuvugisha impamvu