Papa Sava reka nkurabure knd ndakwemera arko ntukajye ureba muri camera and I love you guys ndimbati na nyiragitariro wagira baravukana wallah barashondana mushake Ako ga scene
Yegoko hybrid 😅😅😅😅😅😅Digidigi ugize umwana wa Papa sava ibigori koko😅😅😅😅😅😅😅. Ahubwo uriya mukobwa agize Imana akubonera mu gusaba😂😂😂😂. Hano harimo amasomo menshi kabisa
hhhhh, uziko wagirango ni true story,wa girango byabaye live barakina nkaho ibintu arukuri gusa umuntu bita digidigi ni umukinnyi kabisa ariko akantu ka ibridi niko kabi cyane
Ndimbati Ati wakigoryiwe ati bakubwiye ijambo ryambere uraseka nkimbeba yabyaye agahungu hhhhhhh bakubwiye ko babyaye urasakuza ati washakaga utabyara hhhhhhh
Mujye mumenya gusoma ibihe doro umuco aba bahanzi bahawe mission yo kutwinjizamo:" Kubyarira mu rugo si ikibazo" muyandi magambo kwifata nta mumaro : gusambana biremewe
Muburundi twagira tubabwir ko ibikorwa vyanyu bidushimisha team papa sava
Rugaba rwose nkukunda cyane uba ufite uturirimbo twahato nahato
Cyakoze rugaba urumuhanga kweli kbx
hhhhhhhhhh ndasetse 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Papa Sava rwose banza utwihere imizingo ,abaguhatira kurongora ubihorere ,Dore ubu uramutse uhuye n'umeze nkuwa platin ntiwazongera kubona inganzo nk'iyi.
Fofo mugihe gito turaba turi kuvuza impundu❤❤
Iriya ngofero ya ndimbati imugira umusaza wanjyawe❤❤
Ongeraho uti: umusaza wo mugiturage
Nkibisanzwe nimugire amahoro ndabasuhuje,
Mbakundira uburyo mushyira kumugaragaro ubuzima tubayemo, naho Digdigi wanjye niyihangane kubwirwa none ibyo yagombaga kubwirwa mugihe cyo guteretana, bityo inama yanjye nuko bikwiye kubwizanya ukuri mugihe tugitangira umushinga wo kuzabana kuko bifasha mugutegura urugo rwiza rwejo hazaza. Murakoze nimwirambire mbifuriza iterambere muri byose mukora.
Ndimbati ko atagisetsa koko musigaye mukina ibintu byendagusa musubire mucyaro mukinireyo mushake comedian zisekeje turabakunda
Muri abahanga cyane!!!umwandtsi,camera man,editor and characters, mufite umuryango mugari!!!!
Akantu ka Hybride rero!!nakantu ko Kudonya nitwo tubi sana!!
Papa Sava reka nkurabure knd ndakwemera arko ntukajye ureba muri camera and I love you guys ndimbati na nyiragitariro wagira baravukana wallah barashondana mushake Ako ga scene
Yegoko hybrid 😅😅😅😅😅😅Digidigi ugize umwana wa Papa sava ibigori koko😅😅😅😅😅😅😅. Ahubwo uriya mukobwa agize Imana akubonera mu gusaba😂😂😂😂. Hano harimo amasomo menshi kabisa
hhhhh, uziko wagirango ni true story,wa girango byabaye live barakina nkaho ibintu arukuri gusa umuntu bita digidigi ni umukinnyi kabisa ariko akantu ka ibridi niko kabi cyane
Byari byiza kbs ,ariko cya digidigi kirabivanze. Umugore nubyara wakintu weee 💪
Sha Digi digi ni ishyiga ry'inyuma muri iyi film!
Abonye ko Ari agatekerezo kavuye Kwa plat n bakandeho kabisa
Byiza cyane umuco nyarwanda ntugacike Kandi muratwigisha abakiri bato muraduhugura ukuri kuba kwiza iyo gukoreshejwe kare
ndabakunda ❤ 21:17
Ark we rugaba afit imyaka ingahe k ankoma bikandenga Ahhhhh , uruwambere pe
Ndimbati Ati wakigoryiwe ati bakubwiye ijambo ryambere uraseka nkimbeba yabyaye agahungu hhhhhhh bakubwiye ko babyaye urasakuza ati washakaga utabyara hhhhhhh
Bakinnyi beza, tubashimira inyigisho dukura muri comedy zanyu,murabo kubahwa
Papa Sava umuntu umuhimbira comedian ni umusazi wujuje ibyangombwa.
Nariniteze ko digidi adaheza atavuze cunga sana😂😂😂😂😂😂😂😂
Hhhhhhhhh! Iyo umuhungu arongoye bamwemereye amafaranga ntayabone Anita akanaguzwa nkakuriya kwa Digidigi
Papa sava gira uhe Veve episode abe main actress turamukumbuye
Digidigi and rugaba number one in this movie😂😂
Basore munkorera umunsi kbs
Mbega Queen ukuntu bagusokoje neza
Ndabakunda muranyemeje ,rugaba komeza
Genda Digidigi urantwengeje uti sinigeze ndanadomako narimwe😂😂uti ntamukobwa afise abana batatu nkeneyepe😀😀😀cyakoze ndumiwepe 🤦🤦🤦🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Bambi akaririmbo karugaba kanyibukije imuhira.mwakoze chane
Digidigi Rongora umugore,ukure ubusutwa aho ntamukobwa ukibaho.
Muranshimisha kbx kd ndabashimira mbikuye kumutima
Iyi Ep iryoshye kubi rugaba Ms mwiza sana
Mnanifurahisha wallai,mbe Rugaba vyose ntavyatazi kuririmba🤔🤭oya mama yangu Naje atabimbwiye mapema ntobivamo,byiza mbele yo gutegura ubukwe mwovugana mapema
Papa sava nar nkumbuy ndimbati ar umukw mukur mur gukosh p😂😂😂
Ariko narumiwe digidigi MBA numva ahantu hose yahakina kuko mukunda iyo yishimnye nange ndishima kuko aba asa neza maze yarakara agasa nabi cunga sana NGO Abe bana ko yabamazemo nge abange nzabakurahe ko murikumpa hybride ndumiwe
Ibyo kwa papa sava byo ihoramo umubirizi 😏🚶♀️🚶♀️ ka nigendere
Bantu bacu, turabakunda pe! Nimutwike nk'Impala za kera
rata kuvugisha ukuri nibyiza kumubwira ko wabyaye ntabikaze gs biba byiza iyo bivuzwe hakiri kare Digidigi we gabanya umujinya umugore n'ubyara setu ✅
Njyewe mbabazwa nukuntu ibintu byanyu bitangira neza bigasoza nabi
Digidigi+queen=Très bien,
Warumaze kugera ahantu heza, wabonye umugore mwiza wakundaga,wibagiwe ko tante Marigarita yari yari yaramikwimye???
Dingidingi nifeke cyane
Rugaba you need to keep it up you really can act I really like that 😂😂❤❤❤
Rugaba the one and the only. You are very good muri iyo rôle rwose much respect.❤🎉
Umuntu wemera ingofero ya Ndimbati ampe like kabisaaaaa
🤣🤣🤣🤣Ntago nigeze donyaho
Ampayinka !
Ngo hybride 😂
Uziko haraho bigeze nkagirango n'ubukwe nyabwo 🙆🏾♂️🙆🏾♂️🙆🏾♂️
Rugaba rwose ngo aramubwiye ngo nzakubyarira impanga ngo umusore akanura amaso😂😂😂 bwahe ko amubwiye urucantege!
Hhhhhhhhhhhhhhhh
Rugaba me ndakwikundira impano niyawe rwose uziko wagirango nibyomega ukuntu baberanye
Ndabemera cyaneeee
Ruganda yamenya gusezeranya abageni❤❤
Ni rugaba
@@nikuzeazera sorry yibeshye 😀😀😀😀🤝
Iriya ngofero ya Ndimbati imeze nkiyababasaza bacuruza ibibabi byitabi mucyaro 🤣🤣🤣
Imashini ipyatura abana ,ibride , urusaza rwamabinga.
🤓😂😄🤣😁🤓😂😆
Nice song from lugaba
Ça me fait rire et plaisir.Digidigi et son épouse n'avaient pas éclaircis tout concernant leur relations fiançailles.
Mukina neza pe
Ndimbati Ati nkoraho ukubitirwe mumishanana hhhhhhh
Digidigi numuswa umugore nubyara
Hejurucyane papasava
Ingofero ya ndimbati rwose
yooo ka kwini nikeza disiiiiiiii😍😍😍😍😍😍😍😍😍😍
Tuza nawe gahambirwe🤣🤣🤣🤣
Turabemera Cyane kbx ❣️ s
Nkunda iki gitype Digidigi setu
Ibirenge birebe kinyuma nyuma hhhhhhh
Team papa sava you are so funky🇧🇮
None umwise ngo nihybride ikigori,.Ndimbat were ngo digidigi araseka nkimbeba yabyaye umuhungu😂😂😂
Team papa sava ndabakunda ❤
Rugaba
Wajye uri indashyikirwa kbsa
Queen +Digidigi =tres bien🤣🤣🤣
Ariko papasava ufite team nziza pe bose barashoboye ariko when it comes to Rugaba,digidigi, ndimbati ..ndaterisaluti
Rugaba azashinge itorero bizarya kbs
Ndabakunda pe
Aka kana ni keza
Ahwi nukuri team papa Sava murabahanga
Fofo aratwite disii congrats chr
Arko veve nukuri naringukumbuye pe❤
Dig boy amademu yo muri papa sava yose ni spéciale for him hhhhh
Ndimbati uti urashinyika nk imbeba yavyay umuhungu🤣🤣🤣🤣
Murabambere Mwamfuramwe
Cya Digidigi kigira amahane
Hhhhhh tuzanawe gahambirweee ahwiiiii
Umuntu wambika Ndimbati anshake mwemereye akantu kbsa!
Mujye mumenya gusoma ibihe doro umuco aba bahanzi bahawe mission yo kutwinjizamo:" Kubyarira mu rugo si ikibazo" muyandi magambo kwifata nta mumaro : gusambana biremewe
Nimwe munyibutsumuco w,urwanda rwakera
Ndabakunda canee 💞♥️ papa Sava wubahwe
Rugaba ndamukunda byahatari
Nge Rugaba nzamutumira mubukwe bwange azambere MC rwose arabishoboye rwose
Rugaba ni umusore mwiza uhebuje
Ukuntu byari byiza iyo hatazamo kidobya wee.
Rugaba uwaye uwamberepe
Uwampa nkababona live
Rugaba rwose ndagufana👌
Rugaba ngo uriko wanka umwana yavyaye iyo tuguha uwakuyemwo 13
Rugaba waaawuuu
Hahhhh tuza nawe gahambirwe 😂😂😂😂😂
Digidigi kabisa
Ariko mujya muducyereza mujya mukoresha time
Babacyereza se haraho baba babajyanye?jya ubareba uko babipanze nuku
Très bien Rugamba, n'a team yose Papa Sava.