ISSA AGIZE UBWOBA ARI KUBIVUGA🚨 BIKIRAMARIYA ntiyigeze Ajya mu IJURU😲 AMENNYE AMABANGA YA KILIZIYA🔥
HTML-код
- Опубликовано: 18 сен 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Presile wakoze cyane Imana iguhe umugisha mwinshi!!!!! Turagukunda
Issa weee ndagukunzeeee urumuhanga cyane Kandi ufite ukuri kwinshi
Yes brothers Issa& plaisir
Turabakunda bavandimwe
Turagenda twunguka
Murakoze
Ni athanase
Nkunda ibiganiro byanyu nukuri mufite ubwenge bw'Imana
Plaisire ndagukunda cyne utuzanira abantu barimo umwuka w'Imana
Amene🙏 imana ikomeze ibahe imbaraga namavuta mudusobanurire ukomubisobanuye najye Niko narimbizi❤❤
ibiganiro byuyu mugabo nkabikunda cyane, ubu reka ntere agatebe
Turabashimiye cyane kubwogukomeza gutuhugura Yesu Kristo abahe umugisha. Mwazatusobanuriye Abafilipi 1:23(Philippians1:23) Intumwa Paul icyoyajugaga ngo arashaka kuva mumubiri akibanira na Kristo
Kristu yezu akuzwe bavandimwe amasekuruza yose azanyita umuhire dusingize Imana yaduhaye ibyiza iduha ubugigo bwiteka
Umukozi w'Imana asobanuye neza ijambo ngo Adam siwe wacumuye nkunze ukuntu abihuje na Kristo n'Itorero
Bavandimwe, abanditse ni babiri, uwahakanye ijyanwa mu ijuru ry'uwo malayika Gabriel yise UMUTONI W'IMANA, UWAHIRIWE MU BAGORE BOSE, UWO AMASEKURUZA YOSE AZITA UMUHIRE, undi yandika abyemeza. Twese ntitwari duhari, amahitamo yo kwemera iby'umwe cg undi ni uburenganzira libre bwa buri wese. Rero nabagira inama yo kwifata kuri iyo ngingo🙏🏾
Murakoze bavandimwe kukiganiro dushikirijwe,hari uraho yambwiye ko maria uwitwa bikira maria ko yaryamye baramubura,rero ubuyobe nibwinshi,Yesu abakomeze,murakoze cane,Amen
Nkunda ukuntu mwuzuzanya kdi muri mukirere kimwe❤
Imana y'amahoro ijye ibashyigikira kd ibongere uburame mukomeze kudukura murujijo no mumwijima
Issa &Plaisir ndabakunda cyane nkunda kubakurikira❤
Yes plaisire uvuze ijambo maze iminsi bwira abantu riri mwitangiriro
Nukuri ntacyanesha satani usibye umuntu urimo umwuka w'Imana
Nakurikiye ikiganiro
Cyanyu rwose ariko nfite ikibazo kuki wasobanuye ngo Yesu abwira Maman we ngo guyu umwana wawe ko wavuze ngo niyohana wavukanaga nawe ,yaramukurikiraga ndakwiginze uzasobanurire inyigisho nzanyu.ndazikunda muzasubize
Murakoze cyaane
Niba Bikira Mariya atagiye mw'ijuru.na Yesu muvuga ntimumwemera kuko niba mutemera uwo yesu yahisemwo mubandi ngo amwibaruke,
Ndabasuhuje cyane bavandimwe!!! Bikiramariya cg se Mariya yabuzwa Niki kujya mu ijuru? Icyo ntemera nuko Mariya yaba afite Icyubahiro Arusha abandi bakiranutsi baba mu ijuru, ariko kuba yajyayo byo nta cyabimubuza nkatwe twese. Kdi rero ibyo kuba yaba umunyacyubahiro azaba abihuje natwe twese, kuko mu ijuru nta muntu w'insuzugurwa ubayo. Naho ubundi abarokore musigaye namwe mubonekerwa n'abatagatifu. Ubwo mwizera ko umuntu ashobora kuzura mwuka w'umuntu wapfuye ( nkabo numvise bavuga ko bahawe impano z'umwuka za Theogene wa wundi wapfuye,ngo amaze gupfa, abamalayika baramujyanye, ariko impano ze ziva mu bugingo bwe kdi yari yapfuye,maze zijya ku bantu bari mu isi!!! Nonese bitandukanye hehe no kuzura mwuka w'umuntu wapfuye?
Mukande kwifoto nukuri muraba mukoze p ndabakunda cyane p 🙏🙏
Ndabashimiye kubwikikiganiro .muhabwe umugisha❤🥰🤗🙏
Arikowe😂😂 ngomukanyina oya bavuga umugabo wanyina ndabakunda cyane rwose Uwiteka abahe umugisha kubwinyigisho mutujyezaho❤❤
Imana ibahe umugisha ndize cyane Mwuka wera ❤
Amahoro y'Imana nabane namwe kdi
Amaboko y'Imana nabane namwe
Muzana ubwege bwiyisi cyane kwi jambo ry,Imana ahubwo muzayomba beshi
Mufite ibiganiro byiza byumugisha gusa ijambo ry'Imana riraturuta
Maria yahambwe I damasiko nabandi babiri ntabwo yaduganywe mwijuru abagiye mwijuru badapfuye ni enocke na elias uwagatatu ni YESU CHRISTO
Mwaramutse neza muvandimwe, nanjye ndumu catholic ariko sinemera bikiramariya kuko atigeze abaho ntanaho yanditswe muri bibiliya ntagatifu, nibihuha kiriziya catholic itwigisha iratubeshya nubuyobe kubadashaka kumva ukuri muri kiriziya catholic nibenshi ariko nuko badasoma ibyanditswe (bibiliya)ariko kuko banze kumva umuburo w'Imana bategereje kurimbuka
Dushijeho kumenya mukomerezaho umurimo wimana
Mw'ijuru hariyo ibice bibiri ,hariyo igice ca mbere gishikiramwo abantu bapfuye bizeye Yesu Kristo n'abandi bera ba kera bizera UHORAHO. Ikindi gice (icyiciro) ni mw'ijuru ahera cane Imana iba ku murwa Siyoni, aha rero ni YESU KRISTO wenyene amaze kuhashika nta wundi muntu abayo. Abera b'Imana booose bari ahantu hitwa PARADISO (Par du SCEAU) , Umwami Yesu niyaza guc'amateka , niho abantu boose bazoshika i Siyoni bigin'intsinzi hamwe na YESU atur'imbere agiye kutwereka Se ariwe Data tumubone imbonankubone
Kuba abantu basenga bavuga ngo Imana ya abeahamu na isaka naya yakobo biva mw'ijambo ryayo kuva 3:15
Yavuze ko ariryo zina ryayo kdi urwibutso rwayo iteka ryose.
RIP ni ukwizera ibinyoma turuhukira mu mahoro tukiri ho.
Mariya nawe yarakeneye igitambo cya Kristo.zaburi 51:7 ,58:4
Mwiriweho,mudusobanurire gutuka umwuka wera bishatse kuvuga iki?
plaisir nendaga kubibutsa ko ibitabo by'ingoma zambere nizakabiri ari ibitabo byasubiragamo inkuru zabisiraheli zavuzwe mu bitabo by'Abami bambere nabakabiri, rero ibyo uwo mwene data avuga nkaho Eliya koko ataba yaragiye mwijuru yifashishije icyanditswe muri 2Ngoma:21:12 havuga urwandiko ngo Eliya yandikiye umwami, icyambere umwami ntabwo ari yehoshafati ahubwo numuhungu we Yotamu rero yashishoza neza ntihabeho kugaragara ko habamo kubeshya abantu ko Eliya koko atagiye mwijuru. gusa ahubwo koko ijuru birashoboka ko atariryo Imana irimo bibiliya ko Eliya yajyanywemo akaba yarajyanywe muri Paradizo
Abarokore mwisubireho mufite akajagari kenshi bikiramariya ntiyagiye mu ijuru niwowe se utanga ijuru nyamara muraza gutora amashashi mwabarokore mwe nabonye umusazi hano kuri zaburi ngo umuntu uri Divorce ntakwiye kuba marraine 😢sha nonese iyo urwaye ukajya kwa muganga ntakuvura ugakira kuki utangako akuvira kuko ari divorce yahaye akato aba divorce nkaho ari ibicibwa muri société nyamara abarokore nimutaba maso ngo mwisuzume muraza kwiruka kumusozi kuko mufite ubwiyemezi buteye iseseme wagirango nimwe mutanga ijuru uzikomutagira Isoni 😢😢
Plaisir, Yesu akubwiye ko Bikira Mariya atagiye mw'ijuru?
Ubwiru bw'Imana burakomeye koko. Umva rero mbasabe bene data; muzategure mutuganirize kuri "Trinity".
Ndabinginze muzatubwire aho merisedeki ahurira na kritso
Issa numukozi wimana utavangiye
Muzasure kibeho ku munsi witiriwe ijyanwa rye ryo mu ijuru😊
Issa nari nkukumbuye!!!!
Harinaho bavuze ngo uyu sumuhungu wumubaji bashiki be na bene se turaturanye turabazi.
Hari naho abavandimwe be bamwirukanye ngo nagende ajye gukorera ibitangaza I Yerusalemu ngo kuko batamwemeraga.
Gusenga Imana y'Abraham, Isaac, Jacob rien avoir no gusenga mutagatifu André
Nkunda ibiganiro byanyu pe kandi nungukiramo byinshi
Perez Anthony Garcia Larry Martinez Brenda
Yamenya amabanga se Kiliziya ari uko yabaye mu bayikuriye kandi ntatwereka ka ko yabayemo. Ikindi ntaho yagakwiye kuba ahakana ko Bikira Mariya atari mu ijuru kandi atagezemo ngo amenye abarimo. Naho kurwanya inyigisho za kiliziya sizo zizabahesha ijuru tuzaheshwa ijuru no gukiranuka biherekejwe n’imirimo.
❤
ariko mwibuke eliya na mose babonetse igihe ishusho ya yesu yahindurwaga kumusozi
Bikira Mariya yajyanwe mwijuru ababyumva nkanjye mumpe subscribe kuri iyi FOTO nukuri muraba mukoze p ndabakunda cyane p 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Yarapfuye ajyanywa mu ijuru na umubiri we wose ntamva ye igaraga mu isi
No mu gifaransa bita umugabo, ise w'umuntu "auteur de mes jours".
Nk'uko umuntu wanditse igitabo aba ariwe auteur wacyo.
ESE mwaba muzi ukuntu bandikira uwo bita Papa ( une lettre administratif)?
° Très saint père,
° Je viens auprès de votre haute saintété
Mu kurangiza cg mugusoza mu mpera y'ibaruwa, bagira bati:
° "Que Votre Sainteté daigne agréer l'assurance de la très respectueuse considération avec laquelle j'ai l'honneur d'être, de Votre Sainteté, le très humble et très obéissant serviteur".
KALINIJABO azagerageze adusemurire kuri icyo cyubahiro gihabwa mwene muntu, twumve niba gikwiriye umwana w'umuntu koko.
Uvuze ko Adamu atacumuye ntanukwiye kukumviriza kuko muvyo nakumviseko vyose uvuguruza Imana.
mukase i think so
Plaisir rwose!!!!
Uti mukanyina (Yozefu)
Mu kinyarwanda nshobora kuba nzi ubugabo urera umwana utari uwe bavuga ko:
1) Ari umubyeyi umurera gusa, ku bw'ikinyabupfura umwana amugomba akaba yanamuhamagara se ariko mu byukuri nawe abizi
2) Mu rwego rw'amategeko hari icyo bita adoption aho umugabo ashobora kuba yarera umwana runaka akaba uwe akanamwiyandikishaho mu rwego rw'amategeko (agihinduka uwe mu bitabo).
Sinzi rero niba hari izina ryaba rihari ariko ubanza ntaryo, ahari ubanza ari uko kera mu Rwanda kurera umwana umugabo atabyaye bitakundaga kubaho.
Yesu nashimwe
Ariko uwo mubyeyi Nyina wajambo mwamuretse koko
Ubwo musanze abantu bataramiye kuri ba Maman banyu babajajinga mwakwishima?
Ko ntacyo abatwaye abamwemera nabo ko ntacyo bibatwaye mwakwiturije
Mukareka kwigira bajorokoni b,Ijuru
Ikintu nshimye cane n'uko umpaye numéro yiwe, mfise ivyo nzomubaza niyemera kunsubiza.
XY bisobanura umuhungu then XX umukobwa , iyo umugabo atanze X igahura na X umugore ahora atanga ,ubwo tubona XX(umukobwa)
Naho iyo umugabo yatanze Y ,igahura na ya X umugore atanga buri gihe then tubona XY (umuhungu)
NtaYY bibaho !
Ariko uwo musore Issa ndamunenga pe kuko ibintu avuga bigaragara ko iyo ageze hano kuri Zaburi, avuga ashaka guhisha ibyo yizera. Muri make ntajya ashaka kwerekana kwizera kwe nyakuri, atinya abantu.
Plaisir, tuza urikugaragara nk'umuntu udatuje.
Harya cya gisambo cyihaniye ku musaraba, Yesu yakibwiye ngo iki?
Ubutatu mwarabwemeye kubera inama za Catholique, mwaretse ikabigisha n'ibindi...
Umugore agira chromosomes XX,umugabo ni we ugira XY.
Havuka umukobwa iyo umugabo yarekuye X umugore na we akarekura X.Zombi zirahura zikaba XX ubwo umukobwa akaba arasamwe.Havuka umuhungu iyo umugabo yarekuye Y umugore akarekura X,zirihuza zikaba XY,ubwo umuhungu akaba arasamwe.
Ngize ikibazo mumajambo muvuze ari mu vyakozwe n'intumwa15:10-11 (11.ariko twizeye yuko tuzokizwa n'ubuntu bw'Umwami Yesu nka bo) none ko bakijijwe n'ubuntu nkuko tuzokizwa nabwo ,amategeko ntakamaro yarabafitiye nkuko natwe yoba akadufitiye?? Mumfashe
Murakoze cyane ku kiganiro cyiza mwatanze kandi umurikiwe kiraza kugira aho kimugeza! Reka nanjye mbahe umusanzu wanjye kuri iki kiganiro: ruclips.net/video/RvHlYcPZ3O8/видео.html
Ariko plaisir namwe ntibiborohereye, ivyo mutazi kuri Bikira Maria no kuri kiliziya ba mubireka,
Mwiriwe mwazatuganiriye kukimenyetso cyinyamaswa kivugwa mubyahishuwe
Sabe Bikiramariya yarapfuye nkabandi ariko ntiyashyinguwe
Wew nimba bikiramariya atagiye mwijuru wew uriteze kuzori honyoramwo?? Uriko urarengera wakagabo weeee.
Murabana bimana beza mwese
None ko mbavuga ko arimbintu vyichi mbata Chize muri mbibiriya?
Conseil à toi Plaisir: Mube musenga Umwuka abahe guhitanwo neza titre muha ikiganiro.Issa amenye amabanga ayahe ya Kiliziya Katolika? Amabanga ya Kiliziya ntameneka !Ariko arabigerageje mukuvuga ko Yohani ari umwana wa Mariya arico gituma Yezu yamukunda : nta mabanga yamenye yakandagiye Ivyanditswe vyera Plaisir umurebera. "Contre l'Église catholique, contre la Bible"
Nn ww Aho uriko ukorera Inde sigura ijabo uko ryanditse wavyemera utavyemera menyako bikiramariya arinyina wa yezu
Ubwose koko kristo yihakanye se nanyina?
Wasobanura impamvu ufise Bible ya 66 livres, nibande bavyumvikanyeko?
umuntu atuka umwuka wera gute? nimubuhe buryo umuntu yatuka umwuka wera? mudusobanurire!
Ariko abantu mwigize innyoza pe
Uri guhuzahuza ibidahuza
Pantecote bivyze 50
Nafashe amasaha yanje 2 ngo ndabe ko uwo mugabo azi Bible, nasanze we ari uwo kwirinda cane, ngo Yonaba ni umwana wa Mariya?Ngo niyo mpamvu Yesu yamukunda? N'ayandi makosa menshi...Kuba umuntu asoma Bible ntibisobanura ko ayizi.
Plaisir, iyo utuzaniye umuntu nkuwo, utekereza ko atawushobora kwumva ko abesha, avuga ivyo atazi?
ibyo bibazo mwibaza ntamuntu utabyibaza ariko Bikiramariya arimwijuru kuko abamwambaza ajya ababonekera
Ese kuvuga nabi kiriziya nibyo bibaha views?
Muzasesengura nisi😅
Ariko mujye munamenya uwo mutumira. Ubuse uyu urabona uyu mutumirwa asobnura mubyu mwuka cq nubushakashatsi bujyanye namaranga mutima ye!?!!!!!.
Uzamenya i y' Imana munsi uyomwuka wSu iye aho wavuye. Gusa nguhane ntakuzi, kora ibyawe gusa , ubundi ureke Imana ikore umurimo wayo. Ubuse uwakubaza! Umwuka uhumeka uvahe !!!? Ese iyo umuntu ashimo umwuka kuki ntawundi muhanga uwusubizamo.
Rero ibintu utazi ntukabihakane, ku a utabizi si uko bitabaho.
Ndabinginze muzatubwire aho merisedeki ahurira na kritso