Uko bagaragara muri film ntabwo ariko baba bameze mubuzima busanzwe. Jessy atanze umucyo.
HTML-код
- Опубликовано: 5 фев 2025
- Jessy na Nkaka babivuye imuzi byose. Muri THE IMAGE SHOW uzajya uhamenyera amakuru arambuye mumyidagaduro. Dutere inkunga muri SUBSCRIBE & SHARE.
Courage cyane mbarinyuma❤❤❤
Jessy🥰🥰🥰🔥
❤❤❤❤ courage
Nibyiza kbx pp , Nkaka chn eee nanjye naragutinyaga peu ark najegusanga ibyumuntu akina atariko umuntu abasanzwe ameze
Nkaka ngewe ndagufana kabisa
❤❤❤🎉
Ibyo byatewe nuburangane bwuwo mugore
Nigute abantu batura munzu ye ntabimenye
Hhhhhhhh arikose kuki bavugako urumugome gusa sikobimeze jyewe Hassan ndumugabi woguhamyako utarumugomepee yaranyigishije igihekinga na3 gusa karakitayo niyee