Ndafashijwe. Nanjye ndumva hari umuntu dukwiye kubikemura bya burundu. Kdi igihe kiza ni nonaha nkiri this inspired. Nibyiza kubabarira kuko bibohora impande zombi haba kuwababariye n'uwababariwe. Thank for the powerful testimony. God never changes.
Yesuuu i cant stop crying Mana yanjye Mama Queen weee komera kumana yawe kandi ibyiza byinshi is yet to come...hope you will have happiness life till mana mbuze icyo mvuga😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Mana we ngusabye imbabazi narinziko ko mfite ibibazo mbonye ko ibyanjye byoroshye par rapport n ibyo uyu mubyeyi yahuye nabyo musabiye umugisha kubw ubu buhamya burankomeje cyane
Mbega weeh! Birarenze... Icyakora niba ari umugabo ufite amasha, azabyicuza ko bizateza karande mu rushako rw urubyaro rwabo ni batiyunga baga canceling-a DVorc! Uwo mu maman Yihangane YHWH is bigge than all. She s gonna find consoles. However, Ikimwe gusa Ko biyunze badakebanye Imana izakata ingaruka mbi ntizizatere abana. Birahimbaye cyane ko atambuuka. Jah bless
Ça me fait ,mal au coeur. Courage ma sœur. Dusenge Imana ,ntacyo turicyo .Ntabwo broroshye les gars ,mais je dirais à cette femme, d'avoir du courage. Mama jeancline tulikumwe. Ntabwo uli wenyine
Wihangane disi Imana irakurinze Kandi izakomeze ikurinde,uduhaye inyigisho nziza. Nkeka ko uyu mugabo utamuhazaga mu buryo bwo mu gitanda. Ese aho amasengesho menshi ntiyatumye hari izindi nshingano za kigore wibagirwa? Uzaduspbanurire naho ngaho tumenye koko uko urubyoruko rwakwitwara mu ngo ziki gihe.
Sabin ,urakoze niyi thème ,ku divorca . Ceci dit ,umugabo ,umugore , c'est ne sont pas des za mpene attachés sur le poto . Si quelqu'un t'emmerde continuellement et sans projet ensemble de changer de mode d'être ,je dis haut et fort ,divorce toi ,divorca,divorca sans reculé et jamais regretté .
Jye nibuka nikiri umwana umugabo w umuturanyi wahoraga akubita umugore we akamukomeretsa..agahungira iwacu avirirana..nahise ndahira ko nta mugabo uzankubita 2..ndasenga ariko nta chance nimwe namuha..nakiza amagara yanjye nawe ugasigarana ibyawe..that it that all.
@@ndashimyeemmanuel7481 yes niko bimeze umuntu aba yaje gushaka urugo..n amahoro..ntaba yaje gushaka inkoni n imidugararo..abantu bajye bashyira ubwenge kugihe..au fait ntitugaseke abazungu..urugo ntirushoborwa na bose so bo babyitwaramo neza cyane..nubwumvikane..cy bakabivamo bakibana..twarangiza ngo nta muco bagira..ahubwo bafite ubwenge bwinshi..tujye tubabaza uko zubakwa..
Mumenyeshamakuru. Wakomeje ubaza imitungo uko bayigabuye. Nkubwire mu rukiko Igihe cose mugifise abana bato peu importe uwubareze ntimugabura amatungo kuko bafata ko atari rwanyu ari amatungo y abana bakiriko barakura. Ah ubwo uri n umugore n aho wokwahukana ujana ku komine ikete risaba opposition de vente des biens communs. N ukuvuga ikete risaba ko imitungo musangiye itazogurishwa. Ukaba aho ugatuza nawe akiberaho ukwiwe mugategereza.
Ndafashijwe. Nanjye ndumva hari umuntu dukwiye kubikemura bya burundu. Kdi igihe kiza ni nonaha nkiri this inspired. Nibyiza kubabarira kuko bibohora impande zombi haba kuwababariye n'uwababariwe. Thank for the powerful testimony. God never changes.
Urakoze maman Queen.
Nanje nkubonyeko umumalatika warahabaye ariko wabay infura,umwana mwiza,Ur umuvyeyi,Ur intwari.ndabuze uko ndakwita.ico binfashije ni kwongera gushima IMANA mu vyiza yankoreye,guh imbabazi umuntu yambabaje cane,none ngiye kwitiza kumbabarira atarinze kubinsaba.urakoze ncuti!!
Mama queen mpaye Imana icyubahiro ko wabohotse ndakwibuka uhora wisekera disi muri pavillon amaguru ahora amanitse ark Mana imirimo yawe irakomeye nduva nagufasha gutanga ubuhamya kuko nibirebire wamukobwa wise malayika disi gusa haraho twemeye twese umunsi baribuguce akaguru neza bakanagutwara ark Igitangaza kiraba ugaruka batagaciye Mana tuvuge iki kurukundo rwawe koko!!!?ahantu bakuraga inyama zo gushyira kuri kwakuguru Mana kaceceke
Yesuuu i cant stop crying Mana yanjye Mama Queen weee komera kumana yawe kandi ibyiza byinshi is yet to come...hope you will have happiness life till mana mbuze icyo mvuga😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
@Anne Muhoza Wambabariye ukanyandikira kuri 0788447603 Whatsapp kugushimira mu buryo buri special kandi unyemerere nta yindi deal ibiri inyuma kandi Imana iraguhama umugisha.
Urakoze cyane!
Teddy Mugemana tuyunambeho irashoboye yatubambiye amahema kd azadukiza mumakuba Uwiteka
😂
Genda wamubyeyi wararushye..ariko nizere ko utajya ubwira bagenzi bawe ngo nibihambire kubagabo bamaze kubanga..kuko nicyo wazize iyo ubimenya kare kuko umugabo numwana wundi..ndabyumva ko utashakaga gusenya..ariko baravuga ngo ndakwanze ntivamo ndagukunze..nundi munsi..iyo umugabo yahindukiye..ugomba kwibwiriza ukava munzira ..kuko habaho ibisimba ndakurahiye..komera ko Imana yakurinze..
uri ntwari mama Queen. courage imana ihemba neza ntikoza isoni
Mubyeyi, Imana yo mwijuru izibuke gukiranuka kwawe, nunvise ubuhamya bwawe mbura urubuto na Rumwe rwa mwuka wera uteze. Uri Intwari kabisa.
Icyo nkuye muri iyi témoignage ni uko iyo umuntu yakweretse ko atagushaka ugomba kumuvira mu nzira kuko ashobora kukwica.Abasenga cyane mumbabarire ,uzayitwaza akanga kudivorsa ibizamubaho ni akazi ke. Hari ikintu kitari clair uyu mudamu atavuze(accident byarangiye bite,ihuriyehe na divorce ).Izo mbabazi mutanga ku muntu wabahemukiye gutyo mwitwaje Imana njye simbyumva.Icyateye umugabo kwaka divorce erega nacyo ntitukimenye. Suspens
Mana we ngusabye imbabazi narinziko ko mfite ibibazo mbonye ko ibyanjye byoroshye par rapport n ibyo uyu mubyeyi yahuye nabyo musabiye umugisha kubw ubu buhamya burankomeje cyane
Waratesetse cyane disi!
Gusa hari aho utasobanuye kubera impanvu bwite.
Hari impanvu yatumye umugabo mwahoranye agusaba gatanya, kandi iyo mpanvu irakomeye n'ubwo utashatse kuyigaragaza.
Ese mwapfuye iki cyatumye yaka gatanya
Amen mana weee! Mama Queen urandijije komera disi! Yooo! Duca muli byinshi aliko mana yababyeyi uhimbazwe, udukura kure! Harabandi tutajya dutinyuka no gutanga témoignage!
Yewe maze kumva ibya accident divorce yahise iba ubusa pe! Haguma ubuzima koko kandi Imana yakurokoye igufiteho umugambi. Pole Mama Queen❤️
Isi ntisakaye pe njye birandenze gusa haribyinshi tuba tutabwiwe mubuhamya kuko ntabwo umuntu yamara 20 years murushako ngo asabe divorce for nothing yaba byashoboka ngo Umugabo nawe ahabwe umwanya twamenya byinshi Gusa uyu mubyeyi Imana ikomeze kumurinda kandi bijye bitubera isomo
Mbaye uwa 7 kuko nkunda SABIN mumpe👍👍👍👍👍👍👍👍👍
Ndabyibutse neza nakoreraga akazi ni kazi iyo modoka twayivuzeho byinshi mama ihangane ndakwibuka rwose narabibonye nanjye narahuruye gusa narumiwe nubu ndumiwe
Uracyariho?
Sabin ndagukunda cyane gusa mbabazwa nuko ntarakubona turi kumwe
Muvyeyi Imana izokuronse iherezo ryiza uvugana ubwitonzi kandi ufise amajambo meza yubaka uretse bamwe nirirwa mbona hano kuma RUclips birigwa birata ngo bubatse neza ngo eh mama ingo zabo ntizasenyuka nibindi vyinshi bitagira umutwe gusa bibagira ko isi idasakaye uwariwe wese yonyagirwa gusa wahisemwo neza muvyeyi komeza inzira watanguye Uwiteka murikumwe my heart is very touched by this wonderful testimony
Mbega weeh! Birarenze... Icyakora niba ari umugabo ufite amasha, azabyicuza ko bizateza karande mu rushako rw urubyaro rwabo ni batiyunga baga canceling-a DVorc! Uwo mu maman Yihangane YHWH is bigge than all. She s gonna find consoles. However, Ikimwe gusa Ko biyunze badakebanye Imana izakata ingaruka mbi ntizizatere abana. Birahimbaye cyane ko atambuuka. Jah bless
Yebebe weeee😭😭😭 mbuze icyo mvuga pe! Gusa icyo navuga, ari Umugore ari umugabo , uzavuga ijambo “ndakwanze” ujye wibwiriza mutandukane! Ndacyeka ko umugabo we ariwe wamugambaniye Imana Igakinga akaboko 💔
Kankazi princesse, nanje navyiyumviriye. Niwe yamutangiy mission
Nanjye watinyutse ukambwiza ukuri ko utakinkunda sinaharara
@@huguetteniyonzima8586 umugabo rwose niwe wamugambaniye
Igira Amaboko!
Biremereye kumva gusa harimo ukuboko kw'Imana bidashidikanywaho
Sabine byaba byiza ugiye gushaka n'uwo mugabo akaguha ubuhamya bwe burya ntuzunve uruhande rumwe. Ariko rero maman ndakwihanganishije wanyuze mu bikomeye imana ugukomeze kandi iguhe umugisha
Ubuhamya bwawe nibwiza cyane ark wasimbutse ibintu byinshi kubijyabye na devorce kdi njyewe ndemeranya nuwo mugabo wae ntampamvu yo kubana numuntu utakimukunda kdi harimpamvu nyinshi watubwira ubishatse cyatumye ukora devorce ..ikindi ibijyanye nimitungu ndahamanya numutima wange ko mwagabanye byose byingenzi ahubwo iteka abagore biyumvamo ko umutungo wambere arumugabo
Abanyarwanda Imana ibahindure imitima. Bishimira ibyago byabandi. Nigute umuntu agonga undi umusubirizo abandi bamureba yaranginza akigendera koko. Imana idutabare nukuri.
Muzatumire 'n,umugabo mwumve impande zose. Nibyo byiza kuko uyu muryango ndawuzi. Nta wasaba divorce nta mpamvu kereka babimuterereje. Ni ugusenga.
Yemwe weeee!! Ndakuzi Maman Queen , Uwiteka Imana ikwiteho, icyonakubwira nukwikomeza kumana kuko Murikigihe satani yazamukanye imyuka yo gusenya ingo kurwego rwohejuru!!
Sinkunda gutanga comment ariko reka mbabwire mwabantu mwe urubyiruko rukunda gukora ubukwe mubuzima niyo mpamvu ubona bamwe iyo bakoze ubukwe barira kuberako baba batiyumvisha uwo munsi ukomeye gusa Rubyiruko nabankuriye ndabasabye niba utarakora ubukwe nukuri ntuzashigucyire umukobwa mwiza cg umugabo mwiza uzabanze byibura mukundane imyaka 4 kandi muhure kenshi umubabaze urebeko mubanye yazabyihanganira nibindi bibi byinshi naho guhubuka ngo ako kanya murabanye sibyo rwose icyindi mugomba kumenya iyo ukundana numuhungu cg umukobwa ntakwereka imico ye mibi akwereka imico ye myiza kujyirango ukomeze umukunde ariko iyo mumaze kubana buri wese aba yumva yajyeze iyajya kandi sibyo urugero nabaha mfite Uncle wanjye yashakanye numugore rwose bakundana ariko bamaze kubana asanga umugore nimubi ntiyacyira abashyitsi imishiha akayigaragariza buri wese nibindi kujyeza aho Uncle wanjye yafashe imbunda ajyiye kwirasa kubera umutesha mutwe wumugore yazanye aziko yiboneye marayika kandi nabagabo nuko nimujya mushaka abagore mujye mububaha kuko abenshi nyuma yubukwe batanjyira gutsura umubano naba Ex girlfriends babo nkaho bashatse batababona icyo navuga haba kumugore cg umugabo mujye mushaka mwabitekerejeho uziko uwo ushatse nawe afite umutima yababara kunda uwo wahisemo gukorana ubukwe nawe rwose njye ibyingo nabivuyemo ni stress ngaho gusaba imbabazi utakosheje ngaho kurara wicaye numukozi muri saro ngo utegereje umugabo kumbi yibereye naba Ex be bari kurya amakoko ngo nawe uri zabagore murabeho di nihitiraga
Angel Lace@ urakoze kubw'inama utanze icyo nakongeraho nuko ugomba kumenyako mwisi nta mutagatifu buri wese agira integer nke muburyo bumwe cg ubundi ntuzitege umugabo cg umugore utazagira intege nke ahubwo muzafatanye muzineshe ,ikijyanye no gutura umushiha abashyitsi byanze bikunze aba afite imbarutso yamuteye kugira uwo muco icyo mubiganireho utamuterahejuru umenye impamvu n'uburyo wamifashamo kubitsinda.Icyindi ikijyanye nuko abagabo bagira aba Ex girfriends iyo wujuje inshingano zawe zo murugo uko ubisabwa ntaze ngo umwakirize umijinya wibyo Uzi avuyemoagenda ahinduka nawe akabonako ntampamvu yo kubabaza uwe ariko numuterera hejuru bazamutwara c ntibazamurarana bazamufatanya n'ibitutsi umwakiriza ,intege nke yisanganiwe .Inama Kwihangana birubaka pe ubihinyuza azampe ubuhamya butandukanye nubwo mpamya
Yoooo urakoze kumpanuro zawe rwose lmana iguhe umugisha
Uwomugabo wawe ni shitani ikomeye.afiye umutima nkuwa base wabo wa bana bajye uziko Abana bajye bajyaga mubitaro bakavamo ntawe ubasuye .nigeze nokubura umwana une semaine yose ntanga Amatangazo narahebye nukuri birirwaga ba selebra mbese baziko yapfuye Ariko IMANA yokabyara yarantabaye azakuboneka gusa jyewe sinabona imbaraga zokubavugishape bazabeho najye mbeho nicyo mbasabira,Ariko burya famille urupfu rutabahuje ntacyo iba imaze
Angel lace , urakoze kunama utanze gusa icyo nakongeraho nuko niyo wabana numuntu imyaka ingahe ntiwapfa wamumenye 100% , umuntu ni mugari ahinduka isaha nisaha
Ubu njyewe mba numiwe,iyo numvise uko abagabo bateye ni ubwo bavuga ko harimo ni abagore babi
Ndagakunda muvyeyi mwiza Imana ikomeze ikugirira neza💗
Sabin uzatumire abagore bose bakoze divorce bamaze + 15 ans bakoze mariage. Byafasha abandi
Urakoze Sabin, gusa byaba byiza udushakiye n’umugabo nawe akagira icyo atubwira, kuko aho ashoreje atanga imbabazi akomoje kumagambo Umugabo yavuze ko nawe afite ibikere. Ukiza abavandimwe.......
Yooo imana irakomeye kabisa! APOSTLE RWANDAMURA Imana ijye umuha imigisha nanje yaranfashije ndamushimira.
Yoooooo Mma Queen burya uragenda Imana ishimwe kubona utambuka mpaye Imanicyubahiro kubwawe pee narinziko utanda none kubugenda Imana nigitangaza ndabyishimiyee
Maman jya wihangana wahuye ningorane zikomeye, abavuga ngo nareke kubivuga ntabwo mubizi uku kubisohora biramufasha. Kandi maman uhagarare Ku Mana ugire ibyiringiro Imana izakunezeza nubwo utabibona ubu humura.🙏🙏🙏🙏
Imana Ishimwe ko yatumye ubohoka,Gusa nkwigiye Byinshi .Sabin Tubabarire uduhe Party 2,Imirimo y'Imana Irahambaye kandi Irakomeye.
Imana ishimwe ko wakize disi .
Kuba ukiriho nicyo cy ingenzi ,na nyuma ya divorce na accident ikomeye gutyo .
Ça me fait ,mal au coeur. Courage ma sœur. Dusenge Imana ,ntacyo turicyo .Ntabwo broroshye les gars ,mais je dirais à cette femme, d'avoir du courage. Mama jeancline tulikumwe. Ntabwo uli wenyine
Yooo.yesu ntangariye umugambi wawe kumwana wumuntu.pore mama iman izokunezeza niwashika mwijuru
Thanks, Sabin uzadutebukirize part 2
Niba atubwije ukuri ndumva umugabowe arumusrimu cyane nigake wabona umuntu urukundo rugabanuka akakubwiza ukuri ngo mutandukane abandi batangira gucaninyuma bikarangira bicanye
Ntarwo yigeze uriya mugabo
Ariko Mama Queen ubwo buhamya burimwo isomo. Ariko ikintu cose kigira ico kivako. Ego umutware wawe ntiyarakigushaka mugabo vyari bifise imvo. Imyaka vinti mushakanye mufite nabana bakuru. Ibyo byose bifite impamvu. Ariko iciza nuko ushyoboye kwitura Uhoraho kandi ukagira ukwihangana wenda ukagira nimbabazi. Ariko ibyawe Imana irabibona kandi irabyakira neza.
Mpore muvyeyi.iyi temoignage inyongerej ukwizera Imana
Yego mama komera,Imana iyo igucisha mubikomeye iba igutegura kuzagukoresha ibikomeye.naho abantu bo barahinduka ariko Imana ntihinduka.Eliane arihe ngo yumve ibi biramutse bimubayeho harya ngo yapfa ariko ntakore divorce. Sha byose birashoboka ntihakagire uwita intwari kandi urugamba rugikomeza.ukuntu uri mwiza mama. Ariko humura Imana irahari
Mwaramutse neza maman queen. Nukuri ubuhamya bwawe birababaje. Ariko,nkacansanga abagabo naho ndiwe sinziko imana izotubabarira kuko kumva umugabo asaba divorce umugore wumufasoni nawe ataco guhera nukuri birababaje encore wumufasoni muba mwaravyaranye. None nkuyo imana yomurekurira? Igihe nzozira hiyo nukuri nzoza kukuramutsa. Imana ibane namwe maman queen
Ariko uzi ko iyo accident nayumvise di!ngiye kureba aho yabereye nsanga byarangiye bajyanye indembe
Biragoye gusobanukirwa nububuhamya kuki yatashye ajya muri geto kd afite abana ese iyo geto yayibanagamo nabana Bose???cg niwenyine nonese yaryagiki??
yooooo!! urandijije Mamy nukuri ndumva ntazi ahondi
Ugore w'Imana
Imana iruta umugabo pe?
Maman Queen ,courage ,tu auras une vie tranquille ,tu seras très bien même,mais un petit effort et eh hop ça démarre sur la ligne DROITE pour toi
Eriane wirirwa avuga
Ibiteye isoni
Ahuye nibi bibazo .
Uyu mubyeyi yahuye nabyo
Yakwihangana nurusaku rwe?
urabona Mana @ ubwo se umwifurije ibibi kuki? Kuki agomba guhura n’ibyago?
Clementine Stocky None ko yirirwa aseka abandi bagore ngo ntibazi gutanga care aribyo biyuma abagabo babasiga !! 😂😂
Uriya ni ingare yumugore ategeka umugabo we
Dusabe Pelagie Kirazira kwirata ibintu bishobora kuba kandi utabihagarika ! Umuntu ni mugari , umugabo we ashobora kumuhinduka akumirwa !! Wagizengo se umugabo we buriya aba yishimiye kumva yirirwa yisereranga ngo nihati bishobora gutuma abandi bagabo batangira kumutereraho urwenya akazashiduka yahindutse ashaka kwerekana ko atari ingaruzwamuheto !! 😂😂😂
Eliane byaramucanze..yigize bamenya..ou je connais..kd ubanza yarize primmaire nkanjye..ntabwo arahura n abagore barushye..bakubiswe..hari nabicwa ndetse..iriya njajwa..
Urakoze mama bifashije benshi Kandi lmana igukomeze yo yakurokoye Kandi izaguhe ijuru, gusa kwihambira kumuntu wakubwiye ko atagushaka Hava byinshi bibi cyane ko mwabaga munzu imwe it was so dangerous, umuco namadini nisoni haribyo bidukoresha Kandi ngo isoni zitisha uburozi.... Wahuye nububabare bwumubiri bukomeye pole nukuri, umuryango nyarwanda natwe twisubireho dusubirane umuco wogutabarana.
ayigaMana 🤔🤔🤔mbuze icyo mvuga mbega ubuzima 😭😭 courage Maman Quenn weee🙏🏽🙏🏽 Imana irahari ku bwawe rwose 🙏🏽
Uwo mumama sinamubonye ariko murumuna wanjye yaje amutubwira niwe wamuhaye ako ka esharupe ni murumuna wange wagatanze ngo bakamworose yaramanutse asanga a bantu barashungereye ahita
Yo uwo murumuna wawe lmana izamuhe ishya ni ihirwe
Mama king we ndakuzi twarasenganye muri ucc nukuri imana yomwijiru idakiranirwa iguhe umugisha gusa byarambabajee kd biragoye kubyakira imana igume kugukomeze kd azakugarukire nawe yicuze byo yagukureye
Nukuri wamubyeyi we Imana yomwijuru iguhe umugisha utagabanjyije ibibintu nanjye binyibukije byinshi kandi binyongereye kwongera kwiyunga n'Imana nukuri Imana idukorera byinshi ariko abenshi nibagira amahirwe yo kubyibuka ngo bashime Imana! Disi twenda guhuza kubyimpanuka ariko binyongereye imbaraga zogusenga Imana biruseho.
Amen
Ukuntu se disi ari igikumi cyizaaa! Yooooo aratuje cyane nyabusa! Umudamu nk uyu w umutima se, ugirango si gake!
Murakoze cyane kubuhamya bukomeye Imana ikomeze kubongera imbaraga.
Imana iyo ikigufiteho umugambi ntaho wajya rwose 👍👍👍👍👍👍
Komera urakoze ni byinshi. Birababaje..ariko kandi Imana ikora ukwayo
mama umutimufite imana izawugukomereze imaniriho nkukubivuga uzakomezumurimo wimana nagukunze kuburyo ntazuko nakubwira umugabo ntacowamukoreye imana izamubabarire❤❤❤❤🤝
C'est divorce volontaire ou forcé ? Ku divorca , c'est necesseri mihi minci ishize . Ku divorca nikuitonda namagambo makeye makeye.
Sabin uwo mudame yarakubititse Ariko ukwiriye ku balanca inkuru.shaka umugabo we twumve uruhande rwe nawe.please please please
Divorce ni ibintu 3 ivuga:
1)Ikimenyetso cyo guhitamo wibeshya Ku mpande zombi cyangwa rumwe. (Abenshi bambara inkweto zitari izabo).
2)Ikimenyetso cyo gushakana umutima wakomeretse cyane ariko utagifite imbaraga zihangana. Ugaasanga ubanye n umuntu mukundana ariko umuziza amakosa y abo mwakocoranye mbere!
Uwawe nyawe ntagusiga,ntumubura kandi akunambaho.
3)Uwiyandaritse atanze uwe bagahita bamuhumanya ubwenge bukayoba(amahabara y Abagore akunda kubikora abagabo).
Komera mubyeyi
Nukuri Nyagasani nuwo gushimira iteka ryose. Komera cyane Mama
Pole Sana Mwihangane Mubyeyi Isi Yanone Itegetswe Numwanzi Sathan
Mana we 😭😭😭😭😭😭 mama ihangane nukuri. Imana iba izi impamvu. Mpise ndira
Bigaragarako haricyobapfuye umugabo ntamutima wokubabarira agira imbabazi zirutabyose mama QUEEN komera kumana ntihemuka nkwifurije KUZABONA ubugingo
Uyu mubyeyi aracyakunda umugabo we jyewe umuntu wambabaje nkuko abivuga ntanubwo nakongera kumutaho umwanya
Honorine gaju.najye nzinukwa kubi ipuuuu naheba
0788417607 Maman Queen
umbaye kure mba nkuguriye 1
Honorine Gaju Uyu mubyeyi azarekane nawe .ndakwanze yabagabo ntijya ivamo ndagukunze, baba bamaze gufatisha hanze! aha! nihatari!
noneho iyo divorce itejemo ntakiba gisigaye! ntacyo muba mugihuriyeho
Komera mubyeyi! Gusa utwigishije kubabarira pe.Uri intwari komerezaho
Sabin Merciii kubwo gutumira Mummy Jack nukuri uwakumva ibye wese byamuviramo isomo ry'ubuzima ikindi ntamuntu ukwiriye kwirara kuko ntawuragera aho satani adatera ibuye!!blessing upon you Sabin
Ubuhamyabwawe nabwumvishendira mburangije ndira gusa urakoze kuko haricyo umfashije gukomeye Imana ikomeze ikubahafi
Njye mbaye uwa 720 yose nimibare kuba uwambere sintego yanjye pee
UYU MU MAMA IMANA IMUHE UMUGISHA
Imana ihabwe icyubahiro🙏🙏🙏
Komera mugore mwiza !!! Iyo bikubayeho umaze 17 de mariage wumva bikurangiliyeho !!! Aliko wumvise témoignage de 20 ans uhita uceceka ugasaba Nyagasani imbaraga zo kwihangana !!!
Uno mu maman numuntu mwiza. Imana ikomeze imurinde
Divorce irababaza kandi irema imibereho mibi yabana arko irinisomo kubajene bihutira kurongora batabanje kubitindaho cg bakabana batarabanje kwigishwa imibanire yumuryango birangira akenshi bibay .
Arko urubyiruka rujye rurongo atarukurushanwa cg gukora ibyabandi barigukora
Nabonye umuhamya ntashobora kurambirwa kumva!!gusa abajeni bitubere isomo ndetse no kurushaho gusenga Imana.
Amen sha uko ni ukuri pe!
Murakoze kubuhamya budukoze ku mutima!ariko ngize ikibazo ntabaza Maman queen kuko gishobora kuba cyaratewe n'imyigishirize y'amadini yamaze guhindura imitekerereze y'abantu kandi mbona atabayobora ku Mana!uyu mudamu yagiriwe neza n'abantu ariko yanze kwemera ko ari abantu ahubwo aramara kuvuga ko umuntu yamugiriye atya agahita avuga ko Imana yohereje abamarayika!Uko Imana yaremye umuntu ubundi n'uko akwiye kuba ameze, kubyitirira abamarayika kandi Imana yarohereje abantu kubera iki?
Ubanza ariyo mpamvu abantu duhindura amadini uyu munsi tuva aha ejo tukajya aha dushaka Imana kandi mu byukuri tuba duhunga Imana kuko ntitunazi ko iba muri twe
Imana ihimbazwe yakoze ibyo byose Mam Queen ndamuzi cyane kandi no kwa muganga naramusuye ndi umuhamya wibyo byose
Wihangane disi Imana irakurinze Kandi izakomeze ikurinde,uduhaye inyigisho nziza. Nkeka ko uyu mugabo utamuhazaga mu buryo bwo mu gitanda. Ese aho amasengesho menshi ntiyatumye hari izindi nshingano za kigore wibagirwa? Uzaduspbanurire naho ngaho tumenye koko uko urubyoruko rwakwitwara mu ngo ziki gihe.
Mama komera .Uwiteka yaragukomeje pe.
pono
Ubuhamya bawe bwa mbere ndabubonye , Imana Yarahabaye Nukuri Nishimwe ibihe byose
Wabaye intwari...ukomeze utwaze, n'ijuru uzaribona, kuko wakoze ibyananiye ingo nyinshi hano hanze!
muzoturonderere numugabo we kugira tumenye ukuri
Ismail Habimana yego kbs
Iyi story iraburamo details ukuntu...
Ndibaza kuvuga ibyo umudamu numugabo bapfuye ntabwo ari byiza kuri social media kdi ikindi ntiyigeze avuga nabi umugabo we ngo amuharabike.yatubwiyeko shitani cg se satani yagendereye urugo rwabo bituma habamo gatanya(devorce).Mureke twe gushaka kumenya ibyimibanire yabo ubuhamya yaduhaye burahagije kdi habwirwa benshi hakumva beneyo.Umutima wo kubabarira niwo shingiro ryo kubohoka kumpande zombi kdi ni isomo rikomeye bamwe twungukiyemo.Murakoze
Clenie Mukamabwire kuki yahisemo kuza kubivuga ateruye kuri social atubwire yatuye cg abireke.iyo areka nokutubwira ibi.abarokore baratubeshya erega
@@cleniemukamabwire8781ntamuntu numwe yigera avuga ico bapfuye nibanga. Ntamuntu yoza ngo tuvane atampamvu😂😂😂😂😂😂
Sabin mukomere cyane ndetse nuwo mubyeyi Imana ikomeze kumuba hafi kuko gutandukana n'uwo bashakanye ntibyoroshye. ariko se bapfuye iki mubyukuri? niba bishoboka uzakorane ikiganiro nuhoze ari umugabo we wenda we azavuga icyo bapfuye cyangwa icyo yamujijije. biragoye kubyiyumvisha ndetse watekereza ko hari ibyamunaniye kuvuga. none se ni gute bwacya umuntu akakubwira ngo dutandukane?
Ibyo uvuga nibyo
Impore maman we komera Christy niwe rufatiro rwacu
Imana nanjye imbabarire kukutababarira kubera Maman Queen aranyijyishije pe Umbabarire dawe 🙏.
Quelle beaute?
Many thanks to isimbi t.v. God bless you always
Mama Imana irakurinze cyane kdi humura uracyarinzwe kdi uzarama ndetse uzabonubugingo pee
Muzashake numugabo we atubwire uko babanye si byiza gufata côte imwe
Ese uwarutwaye iyo modoka ntiyamenyekanye koko
Sabin ,urakoze niyi thème ,ku divorca . Ceci dit ,umugabo ,umugore , c'est ne sont pas des za mpene attachés sur le poto . Si quelqu'un t'emmerde continuellement et sans projet ensemble de changer de mode d'être ,je dis haut et fort ,divorce toi ,divorca,divorca sans reculé et jamais regretté .
reka reka abagabo baraduhimba , umugore azishinga abagabo ntarondere , heee, ni danger . weho nunva wahukanye inyuma ya 20 ans , warumuhanga . abandi biba kare . ndaguhaye bravo . Yezu akundindire
kwizera yvonne ntago yahukanye ni divorce
aurore divorce mukirundi ni ukwahukana , raba uwuzi igifaransa ni kirundi canke ikinyarwanda agusigurire
@@murekeziaurore2971 hahh..kwahukana no gusendwa byose nikimwe uba uruvuyemo..ahubwo yaratinze ahakura imbwa yiruka..yagombaga kumva kare na kare..
Yvette yacyo uvuga uko. Kumbure ntuzi abagabo nabo baba mubuzima bubi kubera abagore. Kwumva uruhande rumwe ntibisigura ko ari ukuri. Nuwo mugabo si umusazi kuburyo avyuka rimwe ngo mpa divorce arakintu kinini camubabaje.
@@teddymugemana6129 imbwa yiruka kbs..iyo utinze mubintu cyane niko.bigenda..
Uwiteka ashimwe cyane kuko yabanye nawe muri izo ntambara zose.
Umva! Muzatumize nu umugabo we kugirango nawe tumumve
Manawe nange ishoboze kubabarira uwange byarananiye peee
Ufite ubwitonzi kandi noguca bugufi mubyo uvuga.
Aliko kuki ntamugabo ndabona hano kandi nabo hari abahura nibibazo nkibi?
Nta mugabo umena amabanga y'urugo, n'ubwo hari benshi bashobewe agahinda bakibikaho
Jye nibuka nikiri umwana umugabo w umuturanyi wahoraga akubita umugore we akamukomeretsa..agahungira iwacu avirirana..nahise ndahira ko nta mugabo uzankubita 2..ndasenga ariko nta chance nimwe namuha..nakiza amagara yanjye nawe ugasigarana ibyawe..that it that all.
Nibyo nta mpamvu yo kubaha numuntu ugutera stress rwose
Kubana * sorry
@@ndashimyeemmanuel7481 yes niko bimeze umuntu aba yaje gushaka urugo..n amahoro..ntaba yaje gushaka inkoni n imidugararo..abantu bajye bashyira ubwenge kugihe..au fait ntitugaseke abazungu..urugo ntirushoborwa na bose so bo babyitwaramo neza cyane..nubwumvikane..cy bakabivamo bakibana..twarangiza ngo nta muco bagira..ahubwo bafite ubwenge bwinshi..tujye tubabaza uko zubakwa..
Yooo pole sana Imana yarakoze yaguhaye gukira ibikomere by'umutima!
@ISIMBI TV,muzadushakire n'umugabo nawe avuge ukuri kwe,kuko ntibyumvikana ukuntu umugabo ashobora kwifata akaka Divorce nta kintu kibaye, utwo dukosa duto avuga ko twabayeho ni utuhe? ibyo umugabo yashingiragaho mu rukiko ni ikihe? ese we yavugaga iki mu rukiko? kuri jye ndumva atanze ubuhamya buciye hejuru kd budafite icyo umuntu yakuramo usibye kumva ko batandukanye gusa.
nimudushakira Uwo mugabo muzaba mukoze itangazamakuru ritabogamye kuko ndumva ari kuvugwa muri iyi nkuru murakoze
evariste m.ntwari nukur peee
Exactly
Ngire ngo yatanze number ngo abafite ibindi bashaka kubaza bamubaze
Ntago yabivuga byose ibyo urushako biba ari birebire ahubwo nkuko yatanze number wamuvugisha ushaka kumenya ibirambuye
Ntako atagize pe. Gutanga ubuhamya nk'ubu si ibintu byoroshye. Sabin yakomeza kumubaza mu mpande nyinshi, ibyo atisanzuyeho akabyihorera ariko ibyo yavuze nabyo ni byinshi. Urugo rumaze igihe kingana gutyo murumva ukuntu biba bimeze? Abana bakuru, incuti zabo, Incuti z'umuryango... byose birahubangana. Ikibazo nakwibariza umugabo bibaye bishoboka ni iki: 'Ese yatinze ashaka ko abana babanza kwigira hejuru?' Ntabwo nemera ko amakosa ari yo asenya urugo, rusenywa n'iyo umwe (cg mwembi) atagishaka kubaka.
Mumenyeshamakuru.
Wakomeje ubaza imitungo uko bayigabuye.
Nkubwire mu rukiko
Igihe cose mugifise abana bato peu importe uwubareze ntimugabura amatungo kuko bafata ko atari rwanyu ari amatungo y abana bakiriko barakura.
Ah ubwo uri n umugore n aho wokwahukana ujana ku komine ikete risaba opposition de vente des biens communs. N ukuvuga ikete risaba ko imitungo musangiye itazogurishwa.
Ukaba aho ugatuza nawe akiberaho ukwiwe mugategereza.
Urandijije nshuti yImana uratuje rwose nturingare yarakubeshyeye IMANA SUMUNTU ngoYibeshye sinu......
uyumubyeyi yahuye nikigeragezo mana kubana numuntu imyaka ingana kuriya ukunda mukabyarana abana bwacya ati singushaka nihurizo divorce irasharira nigikomere cyidakira byongeye na societe yacu irihanzaha mubyeyi imana yonyine niyo yaguhoza kdi humura
Yooo ihangane mubyeyi