Mn sinajyagankurikira ibiganiro byawe arko ngiye kujya mbikurikirana ndumva ufite advices musa much respect👍👍 hari undi nkawe abasore cg abagabo babyumva neza mn tujye twemera uyu mugabo he is techer guys be carefull aba baby mubitondere keep your eyes
ariko mucoma kubaka si imikino, uko wabagaho utarashaka niyo utahindurwa nundi, ukwiye kwihindura wowe ubwawe. ubu se wansiga mu rugo ukajya mu kabari bigakunda? umu ex se baganira iki? oya si amategeko nawe ukwiye kuyishyiraho, none se niba ushaka kubaho nka single ikomereze mu bwigenge bwa gisiribateri. kutizera ko umuntu yahinduka ni signe yo kwiheba. mucoma rwose urambabaza, marriage yaragushaririye, relationships zirakururira, icyitwa umugore cyo rwose ntimucana uwaka. widuca intege izacu zirakomeye. umunugabo arahinduka, umuhore arahinduka erega famille nziza iraharanirwa nta mikino.
@@claudefabricei4959 icyo ntemera ni uko uko byamubayeho atari ihame, si ngombwa ko biba no ku bandi, simvuga ko abeshya kuko nta nyungu yabyo kandi aravuga exoetience ye nta numwe wamuvuguruza niko kuri kwe. uwo bitarabaho bishobora no kutamubaho buri wese agira urugo rwe. niba yarahuye n'uumugore akamubanira nabi ntahsgarariye abagore bose, azahura n'umubanira neza bose si bamwe. ni icyo nashakaga kuvuga.
Tuba tugutegereje mucoma wacuuu❤❤❤❤❤
Ariko kondeba uvuga kubyurukundo cyane Kandi mbona bigiye kugusiga ufite imyaka ingahe ? Ugeze mugihe cyokuva murubyirukope!! Usheshe akanguhe(umaze gusaza)
Mn big brother he is big brother
Nkunda umugabo ntacyo ampaye, Mucoma ndakwemera kabisa uvuga ukuri
Mn sinajyagankurikira ibiganiro byawe arko ngiye kujya mbikurikirana ndumva ufite advices musa much respect👍👍 hari undi nkawe abasore cg abagabo babyumva neza mn tujye twemera uyu mugabo he is techer guys be carefull aba baby mubitondere keep your eyes
mbonye umuntu duhuje imyumvire❤
Mbaye uwambere umuntu wemera toughts za mucona ame like (abasore)
Komerezaho
👌😘👏
Urikubatoneka mwiyi minsi
Cyakoze Ibyo bintu nibyo abantu babyumva batekereza utyo babihindire, ngo bazahindura umuntu! Nyibishoboka ntibagashukwe namarangamutima
Hhhhh umuntu arahinduka cyane Didi. Sha iyumugabo akwereye imbuto araguhindura niyumugore akwereyimbuto araguhindura
@LearnWithSage/ banza ukore ubushakashatsi, hanyuma ubanze wigishe abagore😂
Ntago Imana Inanirwa Mucoma 😂😂😂 bibaye yuko inanirwa ubwo naYo Yaba Yararemwe.
ariko mucoma kubaka si imikino, uko wabagaho utarashaka niyo utahindurwa nundi, ukwiye kwihindura wowe ubwawe. ubu se wansiga mu rugo ukajya mu kabari bigakunda? umu ex se baganira iki? oya si amategeko nawe ukwiye kuyishyiraho, none se niba ushaka kubaho nka single ikomereze mu bwigenge bwa gisiribateri. kutizera ko umuntu yahinduka ni signe yo kwiheba. mucoma rwose urambabaza, marriage yaragushaririye, relationships zirakururira, icyitwa umugore cyo rwose ntimucana uwaka. widuca intege izacu zirakomeye. umunugabo arahinduka, umuhore arahinduka erega famille nziza iraharanirwa nta mikino.
cyane rwose Mucoma yibasira abagore nawe agakabya, niyigumire kuba single ,nahubundi uwo murikumwe ashobora guhinduka kukintu kitagushimishije pe
Nukuri ikiza nuko niba ubonye umuntu ukumva wifuje kumukunda ahubwo wamukunda kwa kundi wamusanze cyane ko umuhungu anjya kukubwira ko agukunda amaze kukumenya muri bimwe
Cyakora noneho uvuze ukuri
Ibyo uvuga nukuri urugero chr tumaze imyaka ine nibwo yambwiye ko ankunda aho abimbwiriye hari bintu nkora adakunda nibwo yatagiye kubimbuza kandi njyewe ndabikunda kandi Harabura igihe gito ngo tubane gusa ubu arihanze yigihugu ubu byaranyobeye niba nzabireka
Indaya yo ntishobora guhinduka ibyo wakora byose kbc nange aho nabihamya nshingiye kubushakashatsi nakoze kbc
nta muntu utahinduka ariko, ingeso nazo, ibintu karemano nibyo bidahinduka nko kuba umwirabura/, kuba muremure/ mugufi, ingeso rwose zirahinduka
Ngewe mbona 2arasaze😂😂😂😂😂😂
marriage yaramushaririye, akibwira ko ari ihame ko twese dusharirirwa. ahubwo akeneye ubufasha n'ubujyanama bw'ababyigiye.
@@ikagi-k8uBirashoboka Koko ko mariage yamushaririye.Ariko se ibyo avuga arabeshya?!Ariko imyumvire abantu benshi bagira cyane cyane nayibonye Ku birabura! Iyo umuntu avuze ibintu uko Bimeze cg se yahuye nabyo,Aho kubibonamo isomo nk'abadigaye ngo bitwararike,batangira kumukwena,byamara nawe kumubaho,akagenda yubitse umutwe yishwe n'agahinda kandi ari we wabyiteye ... ubwo n'undi wari Ufite Gahunda yo kuburira abandi bikamuca intege,ntabikore...iki ni Ikibazo dukwiye kwitekerezaho tukakivamo.
@@claudefabricei4959 icyo ntemera ni uko uko byamubayeho atari ihame, si ngombwa ko biba no ku bandi, simvuga ko abeshya kuko nta nyungu yabyo kandi aravuga exoetience ye nta numwe wamuvuguruza niko kuri kwe. uwo bitarabaho bishobora no kutamubaho buri wese agira urugo rwe. niba yarahuye n'uumugore akamubanira nabi ntahsgarariye abagore bose, azahura n'umubanira neza bose si bamwe. ni icyo nashakaga kuvuga.
jyewe unsize mu rugo jyenyine ukajya mu kabari wasanga nisubiriye iwacu..
Warasaze rero
@@jacquenahimana1497 none se ni ukumbika mu nzu nk'akabati oya, ahubwo twajyana tugatahana sibyo? kuki wabaho nkaho ntahari kandi mpari? bagabo mwite ku mirysngo yanyu, muyikunde, muyishimire ibyo kuryoshya mu bubari muzibukire. ishoramar ryo mu kabari rirahomba bantu banjye. murakoze
Arakajyayo nka rimwe mucyumweru uzi umugabo uhera kuwa 1 akageza kuwundi 1 arakabari gusa ngo ntacyo wabuze murugo umwanya we wose akawuha ngo incuti ze woe ukaba nkumupfakazi ufite umugabo
@@Umulisa1991 wapi ntibyacamo, nine mucoma ngo ugomba kubyemera, kubyihanganira, kubyakira, ntibikabe.