NDI MWIZA ARIKO UBWIZA NTIBWUBAKA❤️Umukobwa ufite ubwenge ni we MUGORE|SAUDA yadusuye ku ISIMBI TV❤️
HTML-код
- Опубликовано: 5 окт 2023
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
ALL LOVE SAUDA: www.youtube.com/@alllovesauda/videos
Ma fille uranezeza, ibyo uvuga bikurimo, kuva ari umwana ntahinduka yakuze ari umuhanga, umunyeshuri wanjye ndagukunda. Courage ma chérie je t'aime intensément ubwenge n'ubuhanga warabivukanye.❤
T’es vraiment belle et t’es bien maquillée.
Komera cya sawuda ,tugushyigikiye Mubiganiro byiza utugezaho ❤❤ courage
Sauda Sasa kwisimbi❤❤komera Mumy courage ❤
Ariko dukumbuye nako nkumbuye pastor mutesi, miss mutesi, mama paster(assia), katabarwa, na Jean de Dieu Dore ari Bujumbura, abashya mutesi scovia
Nanjye mbakumbuye Kubi
Buriya wasanga ari hafi ,ko Gafaranga yaje na Brigitte akaza nabandi bakera bari hafi.
Mutesi Jolly turamushaka, na Pastor Mutesi
Urimwizq pe❤❤❤❤ariko sha sauda we Inshuti zikigihe ni hatari birutwa no kutazigira gusa ninziza nke ziracyahari uzibonera iyo uhuye nutubazo😮
Kabisaaaa Ndemeranyaaa naweee....umuntu amenyaaa Uwe mubikomeyeee
Sauda u loved ❤ na cyera ukiri muto wari mwiza cyaneee skl ndakwibuka
Always Beautiful Sauda wacu❤️❤️🙏🏾
Ohh so amazing beautiful mother ,
Ikibabaje nuko ibyo birange yisize aribyo bihisha ubwiza bwe! Azatwiyereke atisize ayo marange kandi wasanga aribwo yaba mwiza cyane!!
Cyane nimwiza nubusanzwe
AZAVANEMO URUTAMBARO MU MUTWE NA MAKE UP AYIREKE, UBWIZA BWA HE ? , UMUGABO WE NIWE UZI NIBA ARI BON MU BURIRI, BAZATWEREKE IKIBUNO CYE UBUTAHA.
@@bonifaciohabbyegoko ko mana ko mbona wabirakariye c musanzwe mufitanye ikibazo ark ?ntago twese tureba kimwe ark nimwiza niba ushaka kumureba uzajye kuri channel ye umurebe kd yezu agusake akuzuze urukundo, amagambo meza mbese ikiza kikurimo kiganze ikibi
@@bonifaciohabby😂😂😂ubwiza kuri wowe nikibuno no muburiri urarushye nukuri
Sawuda disi nguheruka urumwana
Umugore mwiza ni uwuciye ubwenge rata,na bibilia iravuga ngo ubwiza bw- umugore winjiji ni nka zahabu iri ku zuru ry-ingurube😂😂
Nyibutsa aho byanditse sha ,Uri umugabo
@@umutoniwaseolga4416 lmigani 11;22
Uri mwiza pe💕💕❤️
She is so so cute. Imana ikunda abagabo pee.
Sauda muzi kuva 2012
Niwamuntu utabona ikintu Kiri negative umuvugaho. Niwo mwihariko weee
Uri Mwiza Shenge kdino mu mutwe rwose ni salama
She’s so cute❤
Inshungu Sauda ❤️❤️❤️❤️❤️ I miss you shn
Uyu mu Dame abivuze neza, turi benshi dukeneye kubona Sabin na Mme wiwe.
She is beautifully
She is cute❤
Njye namupofotse ndakurahiye ❤❤💟💟🔥
I like your thoughts Sauda♥️🙏🙏
Beautiful Mama🥰
Pole sana
Urasa neza pee 👌👌👌
Bagusize neza cyane
Incwiii uri mwiza mama Mushambokazi
Asa na Sarah Sanyu❤❤
Uri mwiza nka mama wawe U M.kandi ba Nyogosenge Sauda na Mama Jeanine bari beza cyaneeee😊😊
Nimba aruko bimeze nzashaka muruyu muryango
@@NsengiyumvaHusseinushobora gusanga abasigaye ari babi
Bamwita Inshungu Uwase Sauda.
Uyu mwana twariganye yaranitondaga
Elle est belle et intelligente, je l’aime bcp ❤️❤️
Beautiful in & out nkunda ibiganiro byawe you're more intelligent
Abantu bemerako abayisilamukazi bambara neza like plz 🙏
Urutambaro mu mutwe rutuma umutwe utumva izuba, c'est mauvais pour la santé, bituma vitamine D itinjira mu mubiri
@@bonifaciohabby egoko kombona se abatambara utwo dutambaro iyo vitamin basa nkaho ntayo bafite ra
@@NsengiyumvaHussein c'est scientifically prouvé, kutagira vitamine ntiwabibonesha amaso.
Ama Verne yashyize ku nzara niyo yabyishe pe
SAUDA ❤❤❤❤
Urimwiza ❤Cyane ndagunze 🥰
Tubwire ibintu 10 biranga ubwiza
Ich liebe dich mugani wa Babou.ako mana ni keeejaaaa
uyu mubyeyi ni mwiza asa na se wa Mupenzi
sha nkukosore gato biterwa nuburyo abantu baguhemukiyemo arko byose bisaba ubwenge pe arko igitsina gore kucyimenyereza cn ntabwenge burimo tu
She is so beautiful❤❤❤
Ingeso y'urugo ntiyubaka urundi ubimenye
Tubwire ibintu 10 biranga ubwiza twumve
Sauda wacu❤❤
Sauda ni mwiza urabona anoroshye we
Sha Uri mwiza pe kdi ur'umuhanga nibyo nta kuntu waba inshuti na Rose Uri mind out.
Nibyo rwose ibyo uvuga ubwiza ntago bwatunga umuntu
Uyu mudamu nimwiza kweli
Ibyuvuze nibyo kandi urimweza pe ariko ubwiza bwumukobwa nimicyo mwiza
♥️♥️♥️♥️♥️
Sabin urarenze bro
Uri mwizaaaa peeee ntaco kurenzaho mfise.
Nukuri tugiye kugukunda
Ubwiza ni mu mutwe naho kuba mwiza ku isura mu mutwe ntakigenda wapi
🥰🥰🥰🥰
❤❤❤
Sauda wacu🤎✨✨
Hey nduhura foundation muracyayigira?
Eeeeh ni umuhanga nka Claudette di
Ibanga ryurugo rwiza: imigani 24;3
Umuntu wumvishe sabe avuga ngo turagufotora ukishima akongeho ngo mukiriyo ampe like
Inshungu ya sauda gwiza
Sabin ndagufana ark nkeneye kumenya isura yawe Rose nadufashe agahe ikiganiro turebeko twakumenya
Mekapu nizozibanjyira beza
❤❤❤❤❤❤❤❤
Rosa mbabariiiira uronke uwo mwanya ukoreshe ikiganiro sabin na Madame wiwe.ariko sindavyizeye ngira sabin aratubeshe😂😂😂😂😂
Courage Sawunda mukobwa mwiza❤.Sabin we aratubeshye yihisha camera bazagutumire nawe bakubaze nkabandi
Arihisha cyane, sinzi icyo yikanga
Mutegereze 1M yuzure tuzamubona yarabidusezeranyije niba atazatubeshya.
Uwakunyereka disi utisize ❤
Nubundi aba ari mwiza ni ibulinga ku ishuri yari mwiza cyane
Ndamuzi Sauda iyo atisize nibwo asa neza
Nc
Ubwo niba urya utsyo urumva umwana umwonsa iki?
Umugore w'ubwenge umuhabwa nuwiteka, credit kuri sauda
sha uyu mugore ni gihuha
Kuberiki
Sawu da mwiriwe ariyamavuta uvanga muri karoti ukora amavutayokwisiga umuntu yayasangahe yomeicupa ryumukara narayabuze bwira?
Sabe ubundi wazatwiyeretse
Sauda disi twariganye P6
Uy'umwana koyakuze kare,uri kuvuga ukuri, gushaka=bingana kubyra
sabin ati: utugura twutunyafu😂😂😂😂
Ba saouda nabahanga cane ndabakunda peee
Cyakoze abantu depression yarabamaze mbega kuvuganabi hano? Rata sauda nimwiza rwose tuge twemera
Umuntu nimugali mumenya neza iyomubana .niyompamvu nkuko Sauda abivuze.mbere Yokozuna ikindi kiremwa.muntu mumuryango
Sauda wagize maquillage nyinshi ica yonona ubwiza bwawe.
ihangane, bizagenda neza
Gusa neza n'amafranga wana
Wahora,nanjye uwayampa mwanyoberwa.ifaranga ryubahwe
@@rwandamum8323 nubundi ntitukuzi😂😂
@@ushershim1796kandi nyamara wasanga unzi duhuye.njye se ko nkuzi ni gute unyirengajyiza😅.
@@rwandamum8323 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 buriya nibyo turaziranye ntiwambeshya
Bose baza imbere ya caméra bikozeho,
Pas du tout icyutazi ntukakivuge nabi! Abahungu bavamo incuti nziza zijya inama nta shyari kandi bagira ubwenjye buzima bungura umuntu, nta bucuti bundi bulimo ubwo uvuga! Wagize incuti zabahungu, abakobwa ntiwakongera kubikoza!
Turashaka kubona Saben agira ibiganiro aboneka
Camera ntibona neza
Mushambokazi
Ubwiza bwe buzwi n umugabo we mu gitanda, isura ...ntihagije niba afite n IKIBUNO KININI kandi giteye neza, ni bon
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ako urimuzima icyo kinyagwa kikibuno cyakubujije amahoro niba ugikunda ubwirwa niki ko twebwe tugikunda
Uzaze kuri camera utisize ibyobintu byose wisize niho tuzabona ubwiza bwawe nahubundi it’s hot air ka
Nimwiza jya kumureba kuri channel ye
@@uwasesifa7563 hehehe 😂 really kugirango binfashe ikise funny
@@Borvia109 Nonese kuziko ntacyo bigufasha ushingirahe uvuga ko atari mwiza nimwiza niba byakuriye wihangane unywe amazi.
@@uwasesifa7563 hehehe kumbonase ugiye kubigira intambara mwihereze muri miss world 🤣🤣🤣
@@Borvia109 Nosense
Mwitondere abakobwa beza bari muri kigari beshi abadayimoni kandi ntimwabyemera kwari yo
Ngaho😂😂😂😂
Wasanga koko aribyo?
😂😂😂😂😂😂 genda wikundire juwayeze uturekere abana beza
Ubuse wowe sulealg ushatse kuvuga ko sauda ari idaimoni mana we iryonishyari nukuntu ubona asa nkaho ari mannyo adedera njye ndabona yoroshye rwose ninakeza afite agasura kameze nka kabikiramariya
@@Isimbizi 🤣🤣🤣🤣uri Mahoro yigendera rwose!! Uti mannyo adedera 🤣
Sabin : ujye utumira n abandi Bataza kurata ubwiza CG NAWE UTAMARA ISAHA URI KURATA UBWIZA BWABO
Ligne éditoriale yawe ni très suspecte et sélective , ukora sélection y abo muvugana ushingiye kuki ?
Ibintu bya Beauté mwabitinzeho cyane !!
Uvugana n abanyamujyi n aba Diaspora gusa ,???
Ikindi wibanda ku bagore gusa !!
Koko se? Ko ubishizemwo inzigo???
Icyo nabonyecyo urananiwe ucyeneye ubufasha
None se babandi yasuye bo mucyaro nabo nibeza cyane?wamukobwa batoeaguye, wamugore wambaye imyenda yumuhondo wasubiye kubaka iwabo mucyaro, hari nabandi kandi wibuke ko abagabo ibya social media ntibabitindaho,
Uyu mutype biramuryohera
kuvugana n abagore b abasilimu n aba Diaspora. Uzajye no mu cyaro uvuge IBIBAZO by abaturage.
@@bonifaciohabby arabikora nubwo atari cyane nawe mbona wajya utumira abafite amabuno manini.hhhh
C.u.t.e
Sha ntabwiza ufite pe!ukuntu wimakiye ntacyizere wifitiye pe!ikindi utwinnyo,utwiso,udutama udutoki Tubi ,utuno byose sibyiza pe🤭🤭🤭🤭🤭
🤣🤣🤣🤣woe ishyari riraguhitana puuuh vana ishyari aho kuko ndumva aragashyari umufitiye, uburyo arimwiza none ngo nimubi🤫
@@kanteteresylvine1584 wahaye ibere umwana ubundi ugaceceka ko utazi ubwiza bwumuntu Aho bushingiye!
Isimbi tv ❤️❤️❤️@E_N_kbb
Ibi bintu wisize byakugize nabi
😂😂bimubereye kubi
Biramubereye cyaneeeeeeee
Araberewe nuko mwanga abimereye neza
Ariko ubundi mukundiki 😄😄ukuntu bimubereye ,nibyiza pe