Nari Mfite Imfunguzo zifungura INZU 700😲Nagiye Kwiba kwa AFANDE Aramfata😯 Nashatse Umugore Ufite 40
HTML-код
- Опубликовано: 19 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Nanjye Imana yankuyeho igitutsi impa yosefu ❤ Alléluia,🙏🙏🙏🙏
Ndafashijwe rwose! Yesu aguhe Umugisha nukuri ! Dukeneye abavugabutumwa bukuru Kandi biyemeje gukorera Imana yacu badafite mbereka!
Muhaguruke muzibe icyuho cya pastor wacu kweli lmana ibagure mujye mushyiramo natwa tunu twe bizadufasha amen amen
Amen. Ariko ubanza ariyo mpamvu tutacyumva abatubuzi bahindura amaf ibipapuro
Love you Alexis sinjya mpaga kukumva uvuga Imana neza nkakunezererwa cyane
Aba bantu nibo dukeneye cyane! Nubwo muri bake ariko nimwe mukenewe!
Yewe yatuvanye kure pe,yakoze ibikomeye Yesu kristo ashimwe yaturokoye urupfu rukomeye twari dupfuye tuzize ibyo byaha twahozemo, God bless u . Unyibukije nanjye ibyo yankuyemo
Imana uguhezagire kuntahe zawe ninkiza penina mugabo uzushikire umukozi wimana penina muganire umufashe kuriri jambo akoresha ngwí manantikora canke irakora wamufobeje mugabo mukorera imanaimwe nawe yakize nkuko kwawe uzomukosore ntuzo subire kumutaranga imbere yabo yigisha ijambo ryimana.rivuga ntitu gasebanye dupfukane agahuzu
Imana Iguhe umugisha wuburyo bwose
Ufite ubuhamya bwiza uzabuduhe neza utabica hejuru.thx
Imana ishimwe ko yakugiriye neza 🙏
Glory be to the Lord
paisir komera ushikame ntukangwe n intare ziziritse, Imana Iri muruhande rwawe umubisha wawe ninde?
Yoooo God bless you ndahindukiye rwose
Imana yamahoro ikomeze ikongerere imbaraga namavuta mukozi w'Imana nukuri Uwiteka akomeze agendane nawe mpaka mu ijuru ryabera nkunda inyigisho zawe harimo ukuri kwinshi cyane.
Ufite inyisho nziza mukozi w'Imana uhabwe umugisha
Imana iguhe umugisha pastor....
Nukubatuza nokubasengera ubundi bwo umuhuza wacu n'Imana ni Yesu Kristo wenyene
Imana igirimbabazi kand urukundo rwayo rwatumye nacyakirara se acyakira Imana ishimwe 🙌🙌🙌
HAllelujh HAllelujh Amen amen. Iman nihambwe icyubariro iteka ryose yoyo idutabara itarabye igihagararo canke. Uburebure Amen amen 🙏🙏🙏
Umengo ibireba pe, itabara bamwe abandi ikabareka
Uvuze ukuri kuzuye Imana iguhe imigisha myinshi kandi ikurinde
Imana yarakose cyane,
Nta hantu kure Imana itakura umuntu Koko!!!! Halleluya 🙌🙌🙌🙌
waaaawuuu you're so talented for sure ndakwishimiye cyane
Amen,icubahiro,nicimana
Yesu aguhezagire !
Imana izakomeze ikwagure amen
Imana.iguhe.imigisha.udushyirireho.naho.wa.suye.itorero.ryage.paruwasi.ngororero.murakoze
Iyo ngira Inka mbanyiguhayeee ❤❤❤❤❤❤ komerezaho
Icyigisho nayibonye niwawundi wakwatse. Inomero adepr kabuye. Imana. Yaragutabaye
Uyumugabo yaradusuye Nyacyonga afite ubuhamya rwose abantu bakizee neza
Azagaruke Nyacyonga
None umuntu yomenya ate niba utarahinduye umuvuno wo gutubura, niba warahindutse bro n’umugisha✅
Ibyo bireba Data wo mu ijuru n'uwamwakiriye, abandi ducunge amazamu yacu neza, n'uwibwira ko ahagaze yirinde atagwa.
Ubwiriza neza cyane ariko kwihanagura buri second ntabwo ari sawa
Imana ishimwe kuko ijya yibuka umuntu wayo Amen🙌
Amen 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Imana ni umukozi w'umuhanga ihimbazwe.
Amena
Aminaaa
Yesu niwe uruhura Abanyabyaha!!!!
Niryiza cane
Imana ishimwe ko yatanzwe Yesu tukaba twiyumvamo imbabazi. Amen🙏
Imana irahinduripe
Yesu ashimwe! nishimiye kumva aho uyu mugabo atanga ubuhamya kdi avuga neza Imana. Mwafasha mukampa number ye ko nyikeneye cyane.
Ese udashyizemo montage ntabwo ubuhamya bwakumvikana?
Najye waranyibye , wiba na mucuti wanjye. Warantuburiye
Mu kiyovu cy abakire
😂😂😂😂😂😂😂😂
Hhhhhhh wbabariye ukambwirikuntu yagutuburiye
Ubu afite akantu mwegere umuhe ibimenyetso aguhe utwawe
Ahhhh! Yewe ndumiwe abatagera I bwami babeshywa byinshi!
Turagukunda cyane abanyakiyanza ntarabana Rulindo
Dufashwa n'ubutumwa bwawe
Amen
Rekatuyivuge uko iri Imana irihariye
YESU KRISTO numwami wa BAMI
Toka wibeshya abantu ? Imana ikunda ukuri , niba utanga ubuhamya wibeshya? 43 million wiba mugatsara? Infunguzo 700? Wavugishijr ukuri?
Ameeeen
ayiiiiiiiiiiii👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏
Yesu akugirire neza murakoze
Habwacubahiro mana yacu🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
❤️❤️🙏🙏🙏
Kristu azaza ntazaceceka.Amen
Imana numubyeyi 🙏🙌😭😭
Oh my God
Ndafashijwe
Ngwino uzibicyuhoo wice abazimu baribasigaye.
Yesu wee mana urihejuru yabyose 🙏🙏🙏🙏💕
Iyonyigisho irakenewe yesu akwagure
Nibyiza ubwo busirimu bwo kudapfukimitwe nkaya ndi mahanga yose twihimana nkabazuke ntacyo twizigamiye haricyubahirimana. Yambuwe niterambere Irinumira ntituzababafasha. Ba nowa tutazzugama murakoze zaburi nyipya
Maman batamuliza ndamusuhuje 😂😂😂cyakoze ubu buhamya buransekeje pe
Nimukabeshye maze
Ushimwe Mana kowambabariy,
En fait mugira ikabyankuru. Ntushobora guseka wihishe munsi y'igitanda aho wateganije kwiba
Uwiteka n,umunyembabazi
Ubukoko warabiretse koko🤔
Mana ushyimwe
Channel za gikiristu iyaba zagiraga umuntu nkuyu.
Wigisha neza ariko nuko ukwakwanya
Ndumiwe😨😨
Muhezagigwe.nukuri,😢😢jinj
Waduhaye number yawe
Ndakwibuste inyagasambu ku5
Amennn😭
❤❤❤
Nukuripe ku Mana byose birashoboka
wajya kubibwira urukiko ukishyura iby'abandi
This in uhh in uhh uh uhhhkjhu hmm
Alexis gumamo,ndabashijwe pe!ubundi dukeneye abigisha nkaba
Hezagigwa mukozi wimana unyibukije Theogene
Ntakure hahari itakura umuntu kandi ntakure hahari itajana umuntu.
Ramping🤣🤣🤣🤣🤣
Ng adatoneka isi ❤anyibutsa mm fabrice ngo yagenda iy ngendo adakandagira inyenyeri zuwo hejuru😂😂😂😂
5:59
Dukeneye abatanga ubuhamya bwukuri nkubu bufite ibimenyetso bifatika Kandi mukozi wimana ubuhamya bwawe buranyubaka uzaze ubutange no muri paroisse ya Ryabize muri ADEPER mukarere ka Rubavu
MANA NYAGASANI USHIMWE
Naringukumbuye yarimisi urapfasha
Jya usobanura ibintuu neza utajajanga ubuhamya ntibusobanutse uvakukintu utakirangije ugafata ikindi hoyasibyo
Nwimana irashoboye cankentishoboy ninkuko nawe kogucamwo uhagurutse kuvuga shetani abari maso ngo akuyovye ntushobora kuvuganeza vyose uzo mufashe kwako kajambo araturyohera . Cane penina aravuga ubuhamya ikihana ñukuri arako mupfa nigato ntiko tuma uta kamufasha murakoze
Abescro
😅😅😅
Hhhh uri igisambo rwose
Nukurimaniguhezagire.nukuru😢😢😢ubuhamyanibwobwiza😢😢😢buradufacha.manawe😢😢
Ufite amagambo yubwenge IMana igukomerez amabok
Alexis ubutumwa bwawe burubaka,uzagaruke EPR karama turagukunda
😂😂😂😂muguranyiche.nagatwengo.nukuri😂😂😂
Nkaba batekamitwe Koko
😂😂 mose koyabikozee akarivuga
😂😂😂😂
uyu muvugabutumwa ndamukunda mwambwiye amazina yiwe gusa nkajya numva ibyigisho byiwe ko naryibagiwe najyaga mwumva ariko naje kwibagirwa amazina yiwe.